Umugabo wo mu gihugu cy’u Burusiya utatangajwe amazina yafotowe ari gusambana mu modoka ari na we utwaye imodoka.
Mu mashusho yafashwe n’undi mugenzi bari mu muhanda umwe yakwirakwijwe hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga aherekejwe n’amagambo anenga uyu mugabo ku buryo yari yitwaye mu muhanda rusange, ugenderamo imodoka nyinshi icyarimwe zijya mu cyerekezo kimwe.
Uyu mugabo ngo wagendaga gahoro, imodoka nyinshi zari zamutonze umurongo inyuma kuko nubwo yari atwaye yarimo no gusambana n’umukobwa ku butyo bitari kumuhira kwihuta.
Nibwo ngo bamwe bagize amakenga ku cyaba cyamuteye kugenda gahoro mu muhanda, ubwo barebagamo bagasanga rwahanye inkoyoyo kwa shoferi.
Abantu benshi ku mbuga nkoranyambaga bagaye uyu mushoferi n’uwo bari kumwe, bibaza n’impamvu yabateye guhitamo gukorera ibikorwa nk’ibyo mu muhanda imodoka igenda kuko byashoboraga no guteza ingorane mu muhanda.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
from bwiza http://ift.tt/2w8u6Zu
via IFTTT
No comments:
Post a Comment