Reba AMAFOTO nawe wisekere: Abagabo binjije inka mu modoka y’ivuwatiri (Voiture)

Aya mafoto akomeje kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga ariko agateza urujijo, bamwe bati ‘ibi ntibishoboka, abati bati ‘birashoboka’, kimwe n’uko hari n’abarimo kwemeza ko aya mafoto ari ayakozwe (photoshop).

 Wowe ku ruhande rwawe urabona bishoboka cyangwa oya?

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter



from bwiza http://ift.tt/2xC07YI
via IFTTT

Mukunzi yavuze akamuri ku mutima nyuma yo kwerekeza muri Rayon Sports

Umukinnyi Mukunzi Yannick werekeje mu ikipe ya Rayon Sports avuye muri APR FC yatangaje byinshi nyuma y'uko iyi nkuru ibaye kimomo ndetse na nyuma yo guhura n'abafana ba Rayon Sports bari benshi ku Mumena ku munsi w'ejo taliki ya 31 Kanama 2017. Uyu musore wari umaze imyaka isaga umunani akina mu ikipe ya APR FC cyane ko yazamukiye mu ishuli ry'umupira w'amaguru ry'iyi kipe ndetse akaba yari umukinnyi yagenderagaho,yatunguye benshi mu bakunzi ba ruhago mu Rwanda ubwo inkuru yabaga kimomo ku (...)

- Imikino /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2enxrdp
via IFTTT

Bizimana ntiyahiriwe n'urugendo rwo mu Budage

Umusore Bizimana Djihad ukinira ikipe ya APR FC ntiyahiriwe n'igeragezwa yakoreraga mu ikipe ya Fortuna Dusseldolf yo mu Budage nyuma y'ibyumweru yari amaze akora igeragezwa muri iyi kipe ikina mu cyiciro cya kabiri mu Budage.
Uyu musore werekeje mu Budage nyuma y'umukino Amavubi yatsinzemo Uganda ibitego 2-0 wabaye ku italiki ya 19 Kanama uyu mwaka , ntiyashoboye kwemeza abatoza ba Fortuna Dusseldorf kugira ngo bamuhe amasezerano, byatumye ahita afata icyemezo cyo kwigarukira mu Rwanda. (...)

- Imikino /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2gsEeXI
via IFTTT

APR FC na AS Kigali zitwaye neza mu irushanwa ry'intsinzi Cup

Amakipe 2 yitezwe cyane mu mwaka w'imikino utaha APR FC na AS Kigali yatangiye neza mu mikino y'igikombe cy'Intsinzi Cup cyatangiye ku munsi w'ejo kuri stade umuganda mu karere ka Rubavu. Iki gikombe cyateguwe n'akarere ka Rubavu cyitabiriwe n'amakipe 4 yo mu Rwanda: AS Kigali, APR FC, FC Marines na Etincelles FC, ndetse n'andi abiri yo muri Repubuliki iharanira Demokarasi ya Kongo Kabasha FC na Virunga FC mu rwego rwo kwitegura umwaka w'imikino utaha.
Umukino wabimburiye iyindi ikindi wahuje (...)

- Imikino /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2gtZJax
via IFTTT

RDC: Abanyagihugu Basabwa Kugarariza Amategeko

Muri Republika Iharanira Demokrasi ya Kongo, Felix Tshisekedi, umukuru w’abatavuga rumwe n’ubutegetsi yateye akamo abanyagihugu ko kuva kw’itariki ya mbere y’ukwezi kw’icumi, hoba kugarariza amategeko, mu ntumbero yo kwiyamiriza ingendo yo kudatunganya amatora. Ivyo ngo bizokorwa m’uguhagarika gutanga amakori no kuriha amafaranga yinjira mu kigega ca Reta. Ivyo vyatangajwe kw’jwi rya Amerika, m’ururimi rw’Igifaransa, na Felix Tshisekedi, ari nawe ayoboye urunani rw’abatavuga rumwe n’ubutegetsi, Rassemblement de l’opposition congolaise. Tshisekedi avuga ko ar’uburyo bwo kwereka Prezida Joseph Kabila ko atacemewe n’abanyagihugu. Prezida Kabila amaze ikiringo c’imyaka cumi n'indwi ayoboye Igihugu ca Kongo. Ikiringo ciwe caheze m’ukwezi kwa cumi na kabiri, m’umwaka uheze. Gushik’ubu akaba ata rutonde arashiraho rw’amatora, mu gihe amasezerano yashizweho m’ukwezi kwa cumi na kabiri kw’umwaka uheze ategekanya ko atunganya amatora agahagarika umugambi yar’afise wo guhindura ibwirizwa shingiro. Umurwi ujejwe gutunganya amatora uvuga ko ayo matora adashobora kuba uyu mwaka, bivuye ku ntureka ziri mu ntara ya Kasai, n’ikibazo kijanye n’ugutunganya intonde z’abazotora. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi baramirira kure izo nsiguro, bakavuga ko ar’uburyo bwo guhagarika ayo matora, kandi ko ari Prezida Kabila atipfuza ko ayo matora atunganywa.

from Voice of America http://ift.tt/2wnaGQD
via IFTTT

Umusogongero w’inkuru ndende….

Ubwo duherukana hari ku munsi wanjye, umunsi nishimyeho bitavugwa!

Burya amahirwe aza umunsi umwe, wayapfumbata akakubyarira andi akavubura isoko y’ibyishimo by’umutima bishira bishibuka maze wabironka ukibagirwa byose byaguteye ibikomere by’amateka, ukabaho mu buzima wavukiye kubamo ndetse ukaba uwo wavukiye kuba we.

Wa munsi wanjye nifuzaga ndetse ngashirwa nkawugeraho wabaye inzira yo kongera kubona byinshi, amahirwe atagirwa na bose nagombaga kuyacigatira maze iminsi yagombaga gukurikiraho yose ikaza ari mishya.

Nkuko iminsi idasa kuri twe yagombaga gusa kuko nari nshigatiye ikiruta ibindi, nta kindi cyari uwo namenye nkagira amahirwe, nta wundi n’ inkesha yakeshereje umutima wanjye ngatambuka ntahunyeza! Ooooh! Ni Jane nikundiraga kwita Ma Boo mbabwira, we twari tuvanye muri bya birori bibaho rimwe mu buzima, kuri wa munsi wanjye wo gutungurwa! Wooooow!

Padiri mukuru amaze kuduha umugisha akatubwira rya jambo ryiza ngo: “Icyo Imana yifatanyirije umuntu ntakagitandukanye” Icyo gihe nanjye nibwo nahamirije imbere y’ababyeyi, inshuti n’imiryango ko ntazigera muhemukira yaba mu mahoro yaba mu makuba, yaba muzima cyangwa arwaye, ko nzamukunda kandi nzamwubaha ndetse nkanamwubahisha iteka ryose kugeza gupfa, ayo magambo ntiyigeze amva mu ntekerezo.

Hari benshi bazi ko ijuru rito rya babiri ritabaho, hari n’ababizi ariko babuze ayo mahirwe yo kuribamo gusa byose biva mu rukundo rw’amateka, biva mu kuzirikana ndetse bikava no mu kwizerena tutibagiwe kwihangana, ibi bitagurwa ahubwo bikorwa n’umutima wo nita ko ariwo muntu.

Umuntu ntabwo ari isura, umuntu ntabwo ari uburebure cyangwa ubugufi, ahubwo umuntu nyamuntu ni ubumuntu.

Ubumuntu ni amagambo abiri ariko yibumbiye muri rimwe Jane umutarutwa umugabirwa amariza wandemeye umutuzo mu mutima ngatama urukundo yashyize imbere, akubaha rya jambo namubwiye ari naryo ryatumye dutsinda ibigeragezo bidasiba kuzimya urukundo.

Yibutse uminsi yose ko namufashe mu kiganza kuri wa mugoroba ubwo bwari bucye tujya mu kiriziya kwambikana iy’urudashira, nkamutegera ukwezi kwatumurikiraga maze nkamubwira ko tugiye kubaka urwacu, nkamubwira ko urwacu ruzarangwa n’ubumuntu bwa bundi ukuyemo “bu” biba umuntu, akaba ari yo mpamvu ubumuntu ari bwo nita umuntu!

Ibi nibyo umwana wa Mabukwe yanyerekaga buri munsi maze urugo rwacu rukagendwa, rugatunga ndetse rukaba isoko yo kubaho no gusugira tugasangamba byabindi twaruhiye kugera ku munsi wajye wo gutungurwa!

Yego koko iminsi twabanyemo njye na Jane yose twari mu ijuru rito, ariko burya ngo inshuti nziza uyibonera mu byago, umuvandimwe wawe nyawe ni wawundi ushobora gutegera intugu ukakuriraho kugirango nagera hejuru aguhereze ukuboko akuzamure mubashe kuva mu rwobo mwacukuriwe n’umwanzi, gusa byagutera kuzinukwa burundu bibaye uwakuririyeho ariwe ugeze hejuru akagupepera maze akarenzaho itaka, Oooohlala!

Ibanga ry’ubuzima rihishe kimwe k’ingenzi, kuwakimenye akacyubaha bimubera impamba idashira, bimubera amazi mu butayu, bikongera bikamubera igicucu ku zuba maze agahora atsinda! Koko abashibutse ku giti cy’umuruho bera imbuto z’umugisha, iminsi yabo yose ikaba iyo gutungurwa gusa bisaba kwihangana byo bitera umutima gukomera!

Abakunzi b’inkuru ndende, uyu ni umusogongero w’inkuru nshya……

“My Day of Surprise Part II”

 

Iyi nkuru tuzatangira kuyibagezaho guhera kuwa mbere mu gitondo kuri ya masaha asanzwe.

Icyakora impinduka ihari ni uko ku cyumweru itazajya ibageraho. Indi minsi yose tuzihatira kuyibagezaho ku gihe nyacyo no kubamenyesha kare impinduka zishobora kudutungura.

Ntimuzacikwe,

Murakoze



from UMUSEKE http://ift.tt/2vwmt0j

Yoya Jamal uri i Burayi yasangije abakunzi be indirimbo ye nshya  “NKunda Kuborerwa”

Nyuma y’umwaka wose atigaragaza mu ruhando rwa muzika, umuhanzi w’umurundi uherereye i  Burayi, yashyize hanze hanze indirimbo nshya y’amajwi yise “Nkunda kuborerwa” .

Uyu muhanzi yerekeje mu gihugu cy’u Bwongereza muri Mata 2016 avuye mu Rwanda, aho yaramaze umwaka wose ari mu buhungiro kubera ibibazo bya politiki byabaye mu Burundi.

Indirimbo ya Yoya yitwa “ Rukundo” Ni imwe muzamumenyekanishije cyane ubwo yari mu Rwanda, kuva yakwerekeza mu Bwongereza, ntamakuru ye yari yakamenyekana.

Abinyujije kuri facebook ye, uyu muhanzi yagaragarije abakunzi be ko yashyize hanze indirimbo ye nshya yise Nkunda kuborerwa, aboneraho kubabwira ko ubuzima bwe bumeze neza i Burayi.

Uyu muhanzi kandi yakomeje avuga ko iyi ndirimbo ari ikimenyetso cy’uko aticaye ubusa i Burayi, ko ndetse ari imwe mu ndirimbo zibimburiye izindi zizasohoka mu minsi iri imbere.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Jean de Dieu Dushimimana – bwiza.com



from bwiza http://ift.tt/2vNGZ7S
via IFTTT

Uganda : Indege y’u Burusiya yafatanywe intwazo zari zigiye kujyanwa muri Sudani y’Epfo

Muri iki cyumweru, indege yo mu gihugu cy’u Burisiya yari ipakiye toni zisaga 40 z’intwaro bikekwa ko zari zijyanywe muri Sudani y’Epfo yaguye ku kibuga cy’indege cya Entebbe muri Uganda.

Amakuru yatanzwe n’ubuyobozi bw’ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Entebbe kuri uyu wa kane tariki ya 31 Kanama 2017, avuga ko indege yo mu bwoko bwa Ilyushin II – 76TD – 90VD on yo mu Burusiya yaguye kuri iki kibuga kuwa Kabiri w’iki cyumweru, ikaba yari ipakiye intwaro zitandukanye zirimo ibiturika n’ibyuma.

Aya makuru yavugaga ko muri izo ntwaro harimo Toni  31 z’imbunda zo mu bwoko bwa  AK-47 rifles, ibyuma, magazine n’izindi ntwaro zitandukanye,  n’izindi Toni 12 z’imizigo itandukanye.

Iyi mitwaro yafashwe itegereje imodoka iza kuyitwara muri Sudani y’Epfo ubuyobozi bw’ikibuga butegeka ko ijyanwa hanze y’ikibuga gutegerereza yo izo modoka.

Izi ntwaro zitari zoherejwe na kompanyi ya Bulgarian’s VIMM AD Company isanzwe ikorana na Uganda kuva na kera mu bijyanye n’ubuhahirane bw’intwaro bityo iyo ikaba ari imwe mu mpamvu zatumye izo ntwaro zoherezwa hanze y’ikibuga.

Muri 2010, nibwo Uganda yakiriye imbunda zo mu bwoko bwa machine guns na gerenade biturutse muri Bulgaria na Ukraine, ari na bwo muri uwo mwaka yakiraga indege z’intambara  ziturutse mu gihugu cy’u Burusiya.

Ni mu gihe muri 2016, inzego zishinzwe umutekano no gukurikirana ibya gisirikare ku isi mu muryango w’Abibumbye wahagaritse Sudani y’Epfo kongera kugura intwaro ndetse no kuba iriya kombanyi yo mu gihugu cy’u Burusiya yari itwaye biriya birwanisho itari yemerewe kubikandagiza muri Uganda, bityo izi ntwaro zikaba zaragombaga guhita zijyanwa i  Juba, umurwa mukuru wa Sudani y’Epfo.

Ku itariki ya 7 Kanama, hagaragaye inyandiko za Ambasade y’u Burusiya ikorera muri Uganda zari zandikiwe Ambasade y’Afurika y’Epfo ivuga ko indege y’u Burusiya izakoresha ikirere cy’ibihugu bihana imbibi na Sudani.

Umuvugizi w’igisirikare cya uganda, Brig. Richard Karemire yabwiye Chimpreports dukesha iyi nkoto ko Sudani y’Epfo nta burenganzira yari ifite bwo gukoresha indege z’amahanga mu kirere cy’ikindi gihugu byongeye mu gutwara intwaro.

Yagize ati ‘’UPDF nta kintu ifite kuvuga kuri ibi, ahubwo ikibazo kiri kuri Guverinoma ya Sudani y’Epfo. ‘’

Ushinzwe itumanaho mu gisirikare cya Sudani y’Epfo, Sasha Ampaire yahakanye aya makuru avuga ko izi ntwaro zitari iza Sudani y’Epfo.

Yagize ati” Ibyo dushinjwa byose ni ibinyoma kuko nta ntwaro twigeze dutumiza ngo zinjire I Juba zinyuze mur Uganda”

Ni mu gihe Uganda ifitanye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare muri Sudani y’Epfo, ariko muri ayo masezerano akaba nta ho avuga ko igisirikare cya Uganda , UPDF kuba cyagura cyangwa ngo cyakire intwaro cyohereze muri Sudani.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Nsengimana@Bwiza.com

 



from bwiza http://ift.tt/2vMQBzU
via IFTTT

Umuhungu wa Perezida Jacob Zuma yahakanye ibirego bya ruswa

Duduzane Zuma, umuhungu wa Perezida Jacob Zuma w'Afurika y'epfo, yahakanye ibirego bya ruswa nubwo bwose afitanye umubano wa hafi n'abanyemari batavugwaho rumwe b'aba Gupta.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2wr6tdc
via IFTTT

Dr Ngirente yijeje Murekezi kuzatera ikirenge mu cye

Murekezi Anastase yasobanuye icyatumye atitabira irahira ry'uwamusimbuye

Uwahoze ari Minisitiri w'intebe w'u Rwanda Nyakubahwa Murekezi Anastase ubu akaba ari Umuvunyi Mukuru yavuze ko uburwayi ari bwo bwatumye atitabira irahira rya Dr Edouard Ngirente waraye amusimbuye ku mirimo ye.

Ejo kuwa gatatu tariki ya 30/8/2017 ni bwo Murekezi Anastase yasimbujwe Dr Ngirente Edouard ku mwanya wa Minisitiri w'intebe Anita anawurahirira.

Uyu Dr Ngirente yahise anarahirira izi nshingano imbere ya Perezida Kagame , abayobozi batandukanye bitabiriye uyu muhango ariko uwo yasimbuye Murekezi Anastase ntiyahabonetse.

Mu magambo ye ubwo bari mu muhango w'ihererekanya bubasha Anastase Murekezi yavuze ko yabujijwe n'uko yararwaye.

Ati :”Nyakubahwa Minisitiri w'intebe ejo nakurikiranye irahira ryanyu ndi mu rugo kuko nari ndwaye ariko numva biranejeje kuko nari nsanzwe mbazi mu mirimo muri Minisiteri y'imari n'igenamigambi (Minecofin) mu kanya ubwo twaganiriye wananyibukije ko twanahuriye mu nama naherekeje Nyakubahwa Perezida mu nama yarayoboye mu Bubiligi.”

Gusa yamubwiye ko ashimishijwe no kuba amusimbuye ari umunyarwanda w'umuhanga kandi akiri muto mu myaka yamubwiye ko hari byinshi bimutegereje bikomeye ariko ko aho azamwitabaza haba kumugira inama ngo azazimuha.



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2xQ1vq0
via IFTTT

Ubu ni igihe gikomeye muri ibi biro: Murekezi atanga inkoni anibutsa umusimbuye guhita aza kumugaragariza imitungo

Minisitiri w'intebe ucyuye igihe yahererekanyije ububasha na mugenzi we umusimbuye anamwibutsa ko agomba guhita aza kumugaragariza imitungo.

Kuri uyu wa kane ku gicamunsi ni bwo uyu muhango wabayeho Dr Ngirente Edouard Minisitiri w'intebe mushya ahererekanya ububasha na Murekezi Anastase asimbuye.

Mu ijambo rye Murekezi Anastase yavuze ko yishimiye guhererekanya ububasha na Dr Ngirente Edouard umusimbuye.

Ati :”Ubu ni igihe gikomeye muri ibi biro kimwe mu bihe bikomeye kuko mu byishimo bikomeye mpereje inkoni unsimbuye Dr Ngirente Edouard umunyarwanda w'umuhanga umukozi w'umurava uzwi ku Isi hose .”

Yavuze ko atewe ishema no kuba u Rwanda rufite abanyabwenge nka Dr Ngirente ati :”Ni ishema rero kuba u Rwanda rugenda rugira abana barwo babahanga ni ishema rikomeye kubona abantu bagenda bakora bakabona ababasimbura kandi mu mahoro…. Nagira ngo rero nshimire Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul Kagame waduhaye Minisitiri w'intebe mushya ukwiye.”

Yavuze ko ari amahirwe ko u Rwanda rubonye Minisitiri w'Intebe mushyashya ukiri muto mu myaka kandi ko yizeye ko azanye amaraso mashya.

Mu kumugira inama Murekezi yagize ati:”mbagiriye inama yo kuzakorana na bangenzi banyu Perezida Kagame yabahaye ngo mukorane ni bwo muzagera ku musaruro mwiza w'imirimo mugiye gukora.”

Yamubwiye ko namukeneraho inama azaza bwangu akazimuha ati :” igihe cyose uzaba ukeneye inama zanjye nzaza bwangu n'imodoka nimfiraho nzaza niruka n'amaguru. Naba twari dusanzwe dukorana twishimiye ishyirwaho ryanyu kandi twiteguye kubagira inama aho muzadukenera hose.”

Yamwijeje ko n'igihe azabona ibyangirika atazategereza ko aza kumugisha inama ahubwo ngo azamwegera amwereke aho akosora.

Minisitiri w'intebe mushyashya Dr Ngirente Edouard yishimiye ko yisanze mu bakozi bari barimo abenshi ngo bari basanzwe baziranye ndetse ngo harimo n'abo biganye avuga ko bateye imbaraga mu kazi.

Yavuze ko ashimira Perezida Kagame wamuhaye uyu mwanya ati :”ndashimira Umukuru w'igihugu nk'uko nabimwereye nanabyemereye n'abanyarwanda imbaraga mfite zose nzaziha igihugu.”

Yashimiye kandi uwo asimbuye kuri uyu mwanya Murekezi Anastase imirimo myiza yakoze amwizeza ko azatera ikirenge mucye. Yamushimiye kandi ko yemeye kuzamugira inama.

Ibirori birangiye Murekezi Anastase yafashe umwanya mu rwego rwinshi ati :” akantu gato nongeraho nari nibagiwe nagira ngo nkwibutse ko Minisitiri w'intebe mushya yerekana imitungo ku Umuvunyi ndetse n'abandi ba Minisitiri bashya.”

Murekezi Anastase ubu akaba nyuma yo gukurwa kuri uyu mwanya yahise agirwa umuvunyi mukuru w'u Rwanda .



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2xPWm0Y
via IFTTT

Amerika yategetse Uburusiya gufunga ibiro by'ubuhagarariye

Leta Zunze Ubumwe z'Amerika zategetse Uburusiya gufunga ibiro by'ubuhagarariye biri i San Francisco ndetse n'inzu ebyiri zishamikiye kuri ibyo biro kubera ibyo Amerika yise "ibikorwa bitemewe".

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2wl06to
via IFTTT

Umuntu witwaje intwaro yinjiye muri BK/Buhanda

Umugabo witwaje intwaro yinjiye muri BK/Buhanda iri mu murenge wa Bweramana mu karere ka Ruhango, ingabo z’u Rwanda zahageze zizenguruka iyo bank kugira ngo umugambi w’uwo muntu uburizwemo.

Amakuru dukesha umw emu bantu bari mu gace Bank ya Kigali ishami rya Buhanda iherereye ni uko umuntu bikekwa ko ari umujura witwaje intwaro, yinjiye muri iyi banki.

Umuturage uturiye iyi banki, atangarije Umuseke ko ubu saa 20h10, Abasirikare b’u Rwanda bahurujwe bageze aho iyo banki iri kugira ngo babashe kuburizamo umugambi we.

Ati “Abasecurity amakuru batanze ni uko umuntu wambaye imyambaro ya gisirikare yinjiye muri BK afite aimbunda, umu-security udafite imbunda amubuza kwinjira, undi yinjira ku mbaraga baragundagura, ajya kwitaba mugenzi we, uwo muntu yinjirira mu muryango wundi, abandi bahuruza abashinzwe umutekano babonye abananiye.”

Yongeyeho ko abashinzwe umutano bahageze, bakaba bazengurutse bank bareba niba uwo muntu yaba akiri muri banki, cyangwa yanyuze yasimbutse igipangu agatoroka.

Iyi nkuru turikuyikurikirana….

UMUSEKE.RW



from UMUSEKE http://ift.tt/2wlFGjZ

Muri Nijeri Abantu 44 Bapfuye Abandi 70,000 Basenyerwa n’Imyuzure



from Voice of America http://ift.tt/2xPUPrH
via IFTTT

Uburundi, Tanzaniya na HCR Bumvikanye ku Kibazo c'Impunzi

Ama reta y’Uburundi, Tanzaniya, hamwe na HCR kur’uyu wa kane batangaje ko bashitse ku mwumvikano w’ukungene bagiye gutahukana impunzi z’Abarundi zipfuza gusubira mu gihugu cabo. Aho ni mugihe Tanzaniya cari kimaze imisi kibona kw’ivyo bikogwa vyatevye. Ubu impande zose zegwa n’ico kibazo c’impunzi zipfuza gutaha, zivuga ko zigiye gukorana kugira bakure ico kibazo munzira, batahukane izo mpunzi m’umutekano no mu gateka kabo. Ivyo bikorwa bigiye gutangura mu ntago z’uku kwezi kw’icenda kugiye gutangura.    Mu kwezi guheze haravuzwe amajambo menshi anegura umukuru w’igihugu ca Tanzaniya John Pombe Magufuli, inyuma y’aho ahamagariye impunzi z’Abarundi gusubira mu gihugu cabo. Muri iki gihe igihugu ca Tanzaniya kaciriye impunzi zishika kubihumbi 350 ziva mu bihugu bibanyi. Ibice birenga bibiri kuri bitatu biva mu Burundi.   Umushikiranganji wa Tanzaniya ajejwe intwaro yo hagati mu gihugu amenyesha ashimitse yuko ata mpunzi zizosubizwa mu gihugu cabo ku nguvu.

from Voice of America http://ift.tt/2em4m1W
via IFTTT

Abantu 44 Bahitanywe n'Imvura y'Isegenya muri Nijeri

Mu gihugu ca Nijeri, abantu bashika 44 bitavye umuremyi, bahitanywe n’imvura y’umurengera. Umuyobozi w’ibiro vy’igihugu bijejwe gukingira ivyaduka, Koloneli Aboubacar Bako, yavuze kw’iyo mvura y’isegenya yasambuye amazu amajana n’amajana kuva m’ukwezi kwa gatandatu. Ishirahamwe mpuzamakungu, mu kwezi kwa gatanu, ryaragabishije kw’abanyagihugu ibihumbi 107 bashobora gutakaza amazu yabo. Imvura y’isegenya yaguye mu mwaka w’2016 yarahitanye ubuzima bw’abanyagihugu 60, yongera isenyura amazu ibihumbi n’ibihumbi mu gihugu ca Nijeri.

from Voice of America http://ift.tt/2vMEP8v
via IFTTT

Iraki: Reta Yigaruriye Igisagara ca Tal Afar Cose

Umushikiranganji wa mbere w’igihugu ca Iraki yatangaje kw’abasirikare b’igihugu batsinze umurwi w’intagondwa za Ki Islamu mu gisagara ca Tal Afar hamwe no mu ntara yose ya Nineveh. Haider al- Abadi yavuze kw’umunezero ari wose kuko intsinzi yabonetse mu ntara ya Nineveh, yongera aratangaza kw’iyo ntara mur’iki gihe iri mu minwe y’ingabo z’igihugu. Urunani rw’abasirikare rurongowe na Reta Zunze Ubumwe za Amerika, rwasohoye itangazo rikeza ingabo z’igihugu ca Iraki, yamara ruragabisha kw’igikorwa kigoye kitararangira, kuko hashobora kuba hakiri imitego y’amabombe yateragiwe hamwe n’abagwanyi b’uyo murwi w’intagondwa bashobora kuba bacinyegeje. Ibitero vyo gutuza uyo murwi w’intagondwa mu gisagara ca Tal Afar hagati ya Siriya ku birometero 80 vy’uburengero bw’intara ya Mosul uyo murwi wahora ucumbitsemwo, vyatanguye kw’igenekerezo rya 20 ry’uku kwezi kw’umunani.

from Voice of America http://ift.tt/2vHYVBP
via IFTTT

USA: Igihuhusi Harvey Catandukiriye Louisiana

Ibisigarira vy’umuyaga n’imvura vy’igihuhusi simusiga kivanze n’imvura nyinshi citiriwe Harvey muri Reta Zunze Ubumwe za Amerika, vyatumye haba imvura y’agakura mu ntara ya Louisiana uyu musi ku wa kane, mur’iki gihe intara ya Texas yoyo yariko iratangura kugabanukamwo umudengeri w’amazi. Abahinga mu vyerekeye ihinduka ry’ibihe bavuga kw’ibice bimwe bimwe vyo mu ntara ya Louisiana bihava bigwamwo imvura ishika ku masantimetero ari hagati ya 10 na 20 kur’uyu musi ku wa kane, mur’iki gihe igihuhusi kirimwo imvura y’iseganya Harvey citezwe gutandukira no ku babandanya mu ntara zitari nke zirimwo Arkansas, Mississipi, Tennessee na Kentucky. Ibiro vy’igihugu bikwirikirana ibihuhusi simusiga, vyatangaje ko naho ata mvura y’isegenya yitezwe mur’iki gihe mu gisagara ca Houston, Umurengera w’amazi ubandanya kugeramira abanyagihugu mur’ico gisagara hamwe no mu gisagara ca Beaumont, mu ntara ya Texas hamwe no mu bumanuko bushira uburengero bw’intara ya Louisiana mur’iyi ndwi yose.

from Voice of America http://ift.tt/2eHmcgD
via IFTTT

Imvugo Inyuranye mu Bategetsi ba Amerika ku Bitero vya Koreya ya Ruguru

Umushikiranganji wo kwivuna abansi hano muri Reta Zunze Ubumwe, Jim Mattis, amenyesha ko Amerika itigeze ihindura umugambi wo kuganira na Koreya ya Ruguru. N’inyuma y’aho Prezida Donald Trump atangarije ko kuvuga bitakiri inyishu. Ivyo Mattis yabivuze mu gihe yariko arishura ku kibazo kijanye n’ubutumwa bwatanzwe na Prezida Trump, buciye k’urubuga rwa Twitter, mu gitondo co kur’uyu wa gatatu, ku bijanye n’ibitero vya misile balistike Koreya ya Ruguru iheruka gukora.    Mu gihe abahinga bavuga ko abo bategetsi bakoresha imvugo zihushanye, Sarah Sanders, ajejwe kumenyekanisha amakuru mu biro kwa Prezida, yavuze ko ata gihushane kirimwo kandi ko abantu bibaza ko Prezida Trump ariko aravuga ku kijanye no gukoresha inguvu za gisirikare, atobikora atisunze abantu bamwe bamwe harimwo General Jim Mattis, abategetsi mu gisirikare n’abandi. 

from Voice of America http://ift.tt/2vLGhIg
via IFTTT

Abo Perezida Kagame yatsinze mu matora ntibagaragaye muri yashyizweho

Abakandida Perezida w' u Rwanda Paul Kagame yatsinze mu matora y' umukuru w' igihugu ntabwo bahawe imyanya muri guverinoma nk' uko byari byitezwe na bamwe.
Dr Habineza Frank na Mpayimana Philippe ntabwo bagaragaye muri guverinoma nshya yatangajwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Kanama 2017, igizwe n' abaminisitiri 20 n' abanyamabanga ba leta 11.
Perezida Kagame yagize amajwi 98, 66, akurikirwa na Mpayimana Philippe wagize amajwi 0, 73 mu gihe Dr Frank Habineza w' ishyaka riharanira (...)

- Politiki /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2wpoDfd
via IFTTT

Abagize Guverinoma nshya n'abahawe imyanya mu nzego nkuru: Murekezi Anastase yagizwe Umuvunyi Mukuru

ITANGAZO RITURUTSE MU BIRO BYA MINISITIRI W'INTEBE

Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku wa 30 Kanama 2017, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho ba Minisitiri n'Abanyamabanga ba Leta mu buryo bukurikira :

I. Abaminisitiri :

1. Madamu UWIZEYE Judith,
Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika

2. Bwana GATETE Claver,
Minisitiri w'Imari n'Igenamigambi

3. Bwana MUNYESHYAKA Vincent,
Minisitiri w'Ubucuruzi n‘Inganda

4. Bwana Dr. BIRUTA Vincent,
Minisitiri w'Ibidukikije

5. Madamu TUMUSHIME Francine,
Minisitiri w'Ubutaka n'Amashyamba

6. Madamu MUKESHIMANA Geraldine,
Minisitiri w'Ubuhinzi n‘Ubworozi

7. Madamu MUSHIKIWABO Louise,
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, Ubutwererane,
n'Umuryango w'Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba

8. Bwana KABONEKA Francis,
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu

9. Bwana MUSONI James,
Minisitiri w'Ibikorwa Remezo

10. Bwana KABAREBE James,
Minisitiri w'Ingabo

11. Madamu KAYISIRE Marie Solange,
Minisitiri muri Primature ushinzwe Imirimo y'Inama y'Abaminisitiri

12. Bwana Dr. MUSAFIRI Papias Malimba,
Minisitiri w‘Uburezi

13. Madamu MBABAZI Rosemary,
Minisitiri w'Urubyiruko

14. Bwana NSENGIMANA Jean Philbert,
Minisitiri w'Ikoranabuhanga n'Itumanaho

15. Madamu Debonheur Jeanne d'Arc,
Minisitiri ushinzwe impunzi n'Imicungire y‘Ibiza

16. Madamu UWACU Julienne,
Minisitiri w‘Umuco na Siporo

17. Bwana BUSINGYE Johnston,
Minisitiri w'Ubutabera/Intumwa Nkuru ya Leta

18. Madamu RWANYINDO KAYIRANGWA Fanfan,
Minisitiri w'Abakozi ba Leta n'Umurimo

19. Madamu Dr. GASHUMBA Diane,
Minisitiri w'Ubuzima

20. Madamu NYIRASAFARI Esperance,
Minisitiri w'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango

II. Abanyamabanga ba Leta :

1. Bwana RWAMUKWAYA Olivier, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Uburezi ushinzwe Amashuri y'Imyuga n'Ubumenyingiro

2. Bwana MUNYAKAZI Isaac, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Uburezi ushinzwe Amashuri Abanza n'Ayisumbuye

3. Madamu Dr. MUKABARAMBA Alivera, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu ushinzwe Imibereho Myiza y'Abaturage

4. Bwana HARELIMANA Cyriaque, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu ushinzwe Iterambere ry'Abaturage

5. Dr. NDAGIJIMANA Uzziel, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Imari n'Igenamigambi ushinzwe Igenamigambi.

6. Bwana Dr NDIMUBANZI Patrick , Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubuzima ushinzwe Ubuzima Rusange n'Ubuvuzi bw'Ibanze

7. Bwana UWIHANGANYE Jean de Dieu, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwaremezo ushinzwe Gutwara Abantu n'Ibintu

8. Madamu KAMAYIRESE Germaine, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwaremezo ushinzwe Ingufu n'Amazi

9. Bwana NSENGIYUMVA Fulgence, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi ushinzwe Ubuhinzi

10. Bwana UWIZEYIMANA Evode, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutabera ushinzwe ibyerekeye Itegeko Nshinga n'andi Mategeko

11. Bwana NDUHUNGIREHE Olivier,
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga, Ubutwererane, n'Umuryango w'Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho kandi n'abandi Bayobozi bakurikira:

1. Bwana MUREKEZI Anastase,
Umuvunyi Mukuru

2. Abayobozi bakurikira bari ku rwego rwa Minisitiri :
- AKAMANZI Clare, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu cy'Iterambere/RDB
- GATARE Francis, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe za Mine, Gazi na peteroli

3. Madamu UWAMARIYA Odette, Umuyobozi Mukuru mu Biro bya Minisitiri w'Intebe/Director of Cabinet

4. Bwana GATABAZI Jean Marie Vianney, Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru

5. Bwana MUFULUKYE Fred, Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba

6. Bwana NTIGENGWA John, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Umuco na Siporo

7. Bwana BIGENIMANA Emmanuel, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Urubyiruko

8. Bwana SEBERA Michel, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Ubucuruzi n'Inganda

9. MUSABYIMANA Claude, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Ubutaka n'Amashyamba

10. INGABIRE Assoumpta, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Ubutegetsi bw'Igihugu

11. Bwana RUGIRA Amandin, Ambasaderi muri Ambasade y'u Rwanda mu Bubiligi

12. KAMPETA SAYINZOGA, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo gishinzwe Ubushakashatsi no guteza imbere Inganda (NIRDA)

13. Madame MUKANTABANA Seraphine, Perezida wa Komisiyo yo gusubiza mu buzima busanzwe Abavuye ku rugerero

14. Bwana BAMPORIKI Edouard, Perezida w'ITORERO ry'Igihugu

15. Bwana HABYARIMANA Gilbert, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Amakoperative

16. Bwana SERUBIBI Eric, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Imiturire

17. Bwana RUCAGU Boniface, Umwe mubagize Inama Ngishwanama y'Inararibonye

Bikorewe i Kigali, kuwa 30 Kanama 2017, mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Republika, Paul KAGAME
Minisitiri w'Intebe
Dr. Edouard NGIRENTEITANGAZO RITURUTSE MU BIRO BYA MINISITIRI W'INTEBE

Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku wa 30 Kanama 2017, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho ba Minisitiri n'Abanyamabanga ba Leta mu buryo bukurikira :

I. Abaminisitiri :

1. Madamu UWIZEYE Judith,
Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika

2. Bwana GATETE Claver,
Minisitiri w'Imari n'Igenamigambi

3. Bwana MUNYESHYAKA Vincent,
Minisitiri w'Ubucuruzi n‘Inganda

4. Bwana Dr. BIRUTA Vincent,
Minisitiri w'Ibidukikije

5. Madamu TUMUSHIME Francine,
Minisitiri w'Ubutaka n'Amashyamba

6. Madamu MUKESHIMANA Geraldine,
Minisitiri w'Ubuhinzi n‘Ubworozi

7. Madamu MUSHIKIWABO Louise,
Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, Ubutwererane,
n'Umuryango w'Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba

8. Bwana KABONEKA Francis,
Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu

9. Bwana MUSONI James,
Minisitiri w'Ibikorwa Remezo

10. Bwana KABAREBE James,
Minisitiri w'Ingabo

11. Madamu KAYISIRE Marie Solange,
Minisitiri muri Primature ushinzwe Imirimo y'Inama y'Abaminisitiri

12. Bwana Dr. MUSAFIRI Papias Malimba,
Minisitiri w‘Uburezi

13. Madamu MBABAZI Rosemary,
Minisitiri w'Urubyiruko

14. Bwana NSENGIMANA Jean Philbert,
Minisitiri w'Ikoranabuhanga n'Itumanaho

15. Madamu Debonheur Jeanne d'Arc,
Minisitiri ushinzwe impunzi n'Imicungire y‘Ibiza

16. Madamu UWACU Julienne,
Minisitiri w‘Umuco na Siporo

17. Bwana BUSINGYE Johnston,
Minisitiri w'Ubutabera/Intumwa Nkuru ya Leta

18. Madamu RWANYINDO KAYIRANGWA Fanfan,
Minisitiri w'Abakozi ba Leta n'Umurimo

19. Madamu Dr. GASHUMBA Diane,
Minisitiri w'Ubuzima

20. Madamu NYIRASAFARI Esperance,
Minisitiri w'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango

II. Abanyamabanga ba Leta :

1. Bwana RWAMUKWAYA Olivier, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Uburezi ushinzwe Amashuri y'Imyuga n'Ubumenyingiro

2. Bwana MUNYAKAZI Isaac, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Uburezi ushinzwe Amashuri Abanza n'Ayisumbuye

3. Madamu Dr. MUKABARAMBA Alivera, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu ushinzwe Imibereho Myiza y'Abaturage

4. Bwana HARELIMANA Cyriaque, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu ushinzwe Iterambere ry'Abaturage

5. Dr. NDAGIJIMANA Uzziel, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Imari n'Igenamigambi ushinzwe Igenamigambi.

6. Bwana Dr NDIMUBANZI Patrick , Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubuzima ushinzwe Ubuzima Rusange n'Ubuvuzi bw'Ibanze

7. Bwana UWIHANGANYE Jean de Dieu, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwaremezo ushinzwe Gutwara Abantu n'Ibintu

8. Madamu KAMAYIRESE Germaine, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwaremezo ushinzwe Ingufu n'Amazi

9. Bwana NSENGIYUMVA Fulgence, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi ushinzwe Ubuhinzi

10. Bwana UWIZEYIMANA Evode, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutabera ushinzwe ibyerekeye Itegeko Nshinga n'andi Mategeko

11. Bwana NDUHUNGIREHE Olivier,
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga, Ubutwererane, n'Umuryango w'Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho kandi n'abandi Bayobozi bakurikira:

1. Bwana MUREKEZI Anastase,
Umuvunyi Mukuru

2. Abayobozi bakurikira bari ku rwego rwa Minisitiri :
- AKAMANZI Clare, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu cy'Iterambere/RDB
- GATARE Francis, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe za Mine, Gazi na peteroli

3. Madamu UWAMARIYA Odette, Umuyobozi Mukuru mu Biro bya Minisitiri w'Intebe/Director of Cabinet

4. Bwana GATABAZI Jean Marie Vianney, Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru

5. Bwana MUFULUKYE Fred, Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba

6. Bwana NTIGENGWA John, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Umuco na Siporo

7. Bwana BIGENIMANA Emmanuel, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Urubyiruko

8. Bwana SEBERA Michel, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Ubucuruzi n'Inganda

9. MUSABYIMANA Claude, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Ubutaka n'Amashyamba

10. INGABIRE Assoumpta, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Ubutegetsi bw'Igihugu

11. Bwana RUGIRA Amandin, Ambasaderi muri Ambasade y'u Rwanda mu Bubiligi

12. KAMPETA SAYINZOGA, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo gishinzwe Ubushakashatsi no guteza imbere Inganda (NIRDA)

13. Madame MUKANTABANA Seraphine, Perezida wa Komisiyo yo gusubiza mu buzima busanzwe Abavuye ku rugerero

14. Bwana BAMPORIKI Edouard, Perezida w'ITORERO ry'Igihugu

15. Bwana HABYARIMANA Gilbert, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Amakoperative

16. Bwana SERUBIBI Eric, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Imiturire

17. Bwana RUCAGU Boniface, Umwe mubagize Inama Ngishwanama y'Inararibonye

Bikorewe i Kigali, kuwa 30 Kanama 2017, mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Republika, Paul KAGAME
Minisitiri w'Intebe
Dr. Edouard NGIRENTE



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2xOmTf0
via IFTTT

Abagize Guverinoma Nshya

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yashyizeho Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard, nyuma anashyiraho  n’abagize Guverinoma nshya bazafatanya muri iyi manda nshya yatorewe y’imyaka 7.

Nkuko abyemererwa n’Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo ya 116. Minisitiri w’Intebe atoranywa, akanashyirwaho kandi avanwaho na Perezida wa Repubulika. Minisitiri w’Intebe ashyirwaho bitarenze iminsi 15 nyuma y’irahira rya Perezida wa Repubulika.

Ni muri urwo rwego Perezida Paul Kagame warahiriye tariki ya 18 Kanama 2017 yashyizeho abagize Guverinoma ahereye kuri Minisitiri w’Intebe, ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2017.

Gushyiraho abagize Guverinoma abyemererwa n’itegeko nshinga rigena ko  abandi bagize Guverinoma bashyirwaho na Perezida wa Repubulika amaze kugisha inama Minisitiri w’Intebe.

Ashingiye ku biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku wa 30 Kanama 2017, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho ba Minisitiri n’Abanyamabanga ba Leta mu buryo bukurikira :

I. Abaminisitiri :

1. Madamu UWIZEYE Judith,
Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika

2. Bwana GATETE Claver,
Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi

3. Bwana MUNYESHYAKA Vincent,
Minisitiri w’Ubucuruzi n‘Inganda

4. Bwana Dr. BIRUTA Vincent,
Minisitiri w’Ibidukikije

5. Madamu TUMUSHIME Francine,
Minisitiri w’Ubutaka n’Amashyamba

6. Madamu MUKESHIMANA Geraldine,
Minisitiri w’Ubuhinzi n‘Ubworozi

7. Madamu MUSHIKIWABO Louise,
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane,
n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba

8. Bwana KABONEKA Francis,
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu

9. Bwana MUSONI James,
Minisitiri w’Ibikorwa Remezo

10. Bwana KABAREBE James,
Minisitiri w’Ingabo

11. Madamu KAYISIRE Marie Solange,
Minisitiri muri Primature ushinzwe Imirimo y’Inama y’Abaminisitiri

12. Bwana Dr. MUSAFIRI Papias Malimba,
Minisitiri w‘Uburezi

13. Madamu MBABAZI Rosemary,
Minisitiri w’Urubyiruko

14. Bwana NSENGIMANA Jean Philbert,
Minisitiri w’Ikoranabuhanga n’Itumanaho

 

15. Madamu Debonheur Jeanne d’Arc,
Minisitiri ushinzwe impunzi n’Imicungire y‘Ibiza

16. Madamu UWACU Julienne,
Minisitiri w‘Umuco na Siporo

17. Bwana BUSINGYE Johnston,
Minisitiri w’Ubutabera/Intumwa Nkuru ya Leta

18. Madamu RWANYINDO KAYIRANGWA Fanfan,
Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo

19. Madamu Dr. GASHUMBA Diane,
Minisitiri w’Ubuzima

20. Madamu NYIRASAFARI Esperance,
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango

II. Abanyamabanga ba Leta :

1. Bwana RWAMUKWAYA Olivier, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro

2. Bwana MUNYAKAZI Isaac, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe Amashuri Abanza n’Ayisumbuye

3. Madamu Dr. MUKABARAMBA Alivera, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage

4. Bwana HARELIMANA Cyriaque, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe Iterambere ry’Abaturage

5. Dr. NDAGIJIMANA Uzziel, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ushinzwe Igenamigambi.

6. Bwana Dr NDIMUBANZI Patrick , Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima ushinzwe Ubuzima Rusange n’Ubuvuzi bw’Ibanze

7. Bwana UWIHANGANYE Jean de Dieu, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo ushinzwe Gutwara Abantu n’Ibintu

8. Madamu KAMAYIRESE Germaine, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo ushinzwe Ingufu n’Amazi

9. Bwana NSENGIYUMVA Fulgence, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ushinzwe Ubuhinzi

10. Bwana UWIZEYIMANA Evode, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe ibyerekeye Itegeko Nshinga n’andi Mategeko

11. Bwana NDUHUNGIREHE Olivier,
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane, n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho kandi n’abandi Bayobozi bakurikira:

1. Bwana MUREKEZI Anastase,
Umuvunyi Mukuru

2. Abayobozi bakurikira bari ku rwego rwa Minisitiri :
– AKAMANZI Clare, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere/RDB
– GATARE Francis, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe za Mine, Gazi na peteroli

3. Madamu UWAMARIYA Odette, Umuyobozi Mukuru mu Biro bya Minisitiri w’Intebe/Director of Cabinet

4. Bwana GATABAZI Jean Marie Vianney, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru

5. Bwana MUFULUKYE Fred, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba

6. Bwana NTIGENGWA John, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y’Umuco na Siporo

7. Bwana BIGENIMANA Emmanuel, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y’Urubyiruko

8. Bwana SEBERA Michel, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y’Ubucuruzi n’Inganda

9. MUSABYIMANA Claude, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y’Ubutaka n’Amashyamba

 

10. INGABIRE Assoumpta, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y’Ubutegetsi bw’Igihugu

11. Bwana RUGIRA Amandin, Ambasaderi muri Ambasade y’u Rwanda mu Bubiligi

12. KAMPETA SAYINZOGA, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Ubushakashatsi no guteza imbere Inganda (NIRDA)

13. Madame MUKANTABANA Seraphine, Perezida wa Komisiyo yo gusubiza mu buzima busanzwe Abavuye ku rugerero

14. Bwana BAMPORIKI Edouard, Perezida w’ITORERO ry’Igihugu

15. Bwana HABYARIMANA Gilbert, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amakoperative

 

16. Bwana SERUBIBI Eric, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiturire

17. Bwana RUCAGU Boniface, Umwe mubagize Inama Ngishwanama y’Inararibonye

Bikorewe i Kigali, kuwa 30 Kanama 2017, mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Republika, Paul KAGAME
Minisitiri w’Intebe
Dr. Edouard NGIRENTE

amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Ntakirutimana Deus/bwiza.com



from bwiza http://ift.tt/2wpBcqQ
via IFTTT

Sobanukirwa iby’ingagi 19 zizitwa amazina ejo n’imiryango zikomokamo

Uyu ni umwana w'ingagi wavutse nyina yitwa Umwe yo mu muryango witwa Isimbi yavutse muri Nzeri umwaka ushize nayo izitwa.

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 01 Nzeri, mu Kinigi mu karere ka Musanze harabera umuhango wo kwita amazina ingagi 19, zirimo abana b’ingagi 14, abagore b’ingagi bashya 4 n’umuryango umwe mushya wavutse.

Uyu ni umwana w'ingagi wavutse nyina yitwa Umwe yo mu muryango witwa Isimbi yavutse muri Nzeri umwaka ushize nayo izitwa.

Uyu ni umwana w’ingagi wavutse nyina yitwa Umwe yo mu muryango witwa Isimbi yavutse muri Nzeri umwaka ushize nayo izitwa.

Nk’uko tubikesha urwego rw’igihugu rushinzwe kwihutisha iterambere “Rwanda Development Board -RDB), ari narwo rushinzwe ubukerarugendo, mu ngagi zizitwa harimo umuryango umwe w’ingagi ikomoka mu muryango wa Marambo, ndetse ingagi z’ingore 4 nshya mu miryango ya Ntambara, Amahoro, na Muhoza (2).

Mu bana b’ingagi bazitwa harimo, harimo abagera kuri 11 bavutse mu 2016 n’abandi battu (3) bavutse muri uyu mwaka wa 2017.

Ni ukuvuga, uwavutse tariki 01 Mata 2016, nyina ni Kuryama yo mu muryango witwa Mahirwe,
Hakaba uwavutse tariki 13 Nyakanga 2016, ni igitsina gabo, nyina ni Umoja yo mu muryango witwa Hirwa,
Uwavutse tariki 30 Nyakanga 2016, ni igitsina gabo, nyina ni Turiho yo mu muryango witwa Agashya,
Uwavutse tariki 04 Kanama 2016, nyina ni Kurudi yo mu muryango witwa Titus,
Uwavutse tariki 07 Kanama 2016, nyina ni Ukuri yo mu muryango witwa Mafunzo,
Uwavutse tariki 04 Nzeri 2016, ni igitsina gabo, nyina ni Umwe yo mu muryango witwa Isimbi.

Hari kandi uwavutse tariki 06 Nzeri 2016, nyina ni Nyabitondore yo mu muryango witwa Pablo,
Uwavutse tariki 08 Nzeri 2016, nyina ni Tamu yo mu muryango witwa Iyambere,
Uwavutse tariki 14 Nzeri 2016, ni igitsina gabo, nyina yitwa Ingufu yo mu muryango witwa Susa,
Uwavutse tariki 02 Ukwakira 2016, ni igitsina gabo, nyina yitwa Inkubito yo mu muryango witwa Muhoza,
Uwavutse tariki 29 Ukuboza 2016, ni igitsina gabo, nyina ni Intango yo mu muryango witwa Agashya.

Hazitwa kandi uwavutse tariki 01 Werurwe 2017, nyina ni Tegereza yo mu muryango witwa Ntambara
Uwavutse tariki 04 Werurwe 2017, ni igitsina gabo, nyina ni Ejoheza yo mu muryango witwa Isimbi
Uwavutse tariki 24 Mata 2017, nyina ni Mitimbili yo mu muryango witwa Pablo.

UMUSEKE.RW



from UMUSEKE http://ift.tt/2wjRx2h

Perezida Kagame akoze impindukazikomeye muri Guverinoma

Perezida Kagame na Minisitiri w'intebe mushya

Hafi saa tanu n’iminota 35, Perezida wa Repubulika Paul Kagame atangaje Guverinoma nshya igaragaramo impinduka zikomeye, ni Guverinoma igizwe n’abaminisitiri 20, ‘abanyamabanga ba Leta 11.

Nk’uko yari yabitangaje amaze kwakira indahiro ya Minisitiri w’intebe mushya, Perezida wa Repubulika amaze gushyiraho Guverinoma nshya. Ku rwego rwa ba Minisitiri higanjemo abari basanzwe, ariko harimo n’amasura mashya nk’uko byari byitezwe.

Mu baminisitiri 20, abagera kuri 14 bari basanzwe ari ba Ministiri, abandi ni bashya.

Yakoze impinduka kandi kuva ku rwego rwa za Minisiteri aho yashyizeho indi minisiteri nshya y’ubutaka n’amashyamba yatandukanijwe n’iy’ibidukikije, na Minisiteri y’urubyiruko, ndetse ahindura n’abayobozi b’ibigo n’inzego nkuru z’igihugu.

Minisiteri y’inganda n’ubucuruzi kandi yongeye gutandukanywa na Minisiteri ishinzwe imirimo y’umuryango wa Africa y’Iburasirazuba maze izi nshingano zongerwa ku z’ububanyi n’amahanga n’ubutwererano zongeye gushingwa Louise Mushikiwabo.

Itangazo ryasohowe na Minisitiri w’intebe mushya Dr. Edouard NGIRENTE mu izina rya Perezida wa Republika, Paul KAGAMEriragaragaza uko abayobozi bagiye bashyirwa mu myanya.

Madamu UWIZEYE Judith Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika

wana GATETE Claver, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi

Bwana MUNYESHYAKA Vincent, Minisitiri w’Ubucuruzi n‘Inganda

Bwana Dr. BIRUTA Vincent, Minisitiri w’Ibidukikije

Madamu TUMUSHIME Francine, Minisitiri w’Ubutaka n’Amashyamba

Madamu MUKESHIMANA Geraldine,Minisitiri w’Ubuhinzi n‘Ubworozi

Madamu Louise Mushikiwabo,Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane, n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba

Bwana KABONEKA Francis, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu

Bwana MUSONI James, Minisitiri w’Ibikorwa Remezo

Bwana KABAREBE James, Minisitiri w’Ingabo

Madamu KAYISIRE Marie Solange, Minisitiri muri Primature ushinzwe Imirimo y’Inama y’Abaminisitiri

Bwana Dr. MUSAFIRI Papias Malimba, Minisitiri w‘Uburezi

Madamu MBABAZI Rosemary, Minisitiri w’Urubyiruko

Bwana NSENGIMANA Jean Philbert, Minisitiri w’Ikoranabuhanga n’Itumanaho

Madamu Debonheur Jeanne d’Arc, Minisitiri ushinzwe impunzi n’Imicungire y‘Ibiza

Madamu UWACU Julienne, Minisitiri w‘Umuco na Siporo

Bwana BUSINGYE Johnston, Minisitiri w’Ubutabera/Intumwa Nkuru ya Leta

Madamu RWANYINDO KAYIRANGWA Fanfan,Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo

Madamu Dr. GASHUMBA Diane, Minisitiri w’Ubuzima

Madamu NYIRASAFARI Esperance, Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango

Abanyamabanga ba Leta:

Bwana RWAMUKWAYA Olivier, Umunyamabanga wa   Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe Amashuri y’Imyuga n’Ubumenyingiro

Bwana MUNYAKAZI Isaac, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe Amashuri Abanza n’Ayisumbuye

Madamu Dr. MUKABARAMBA Alivera, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe Imibereho Myiza y’Abaturage

Bwana HARELIMANA Cyriaque, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu ushinzwe Iterambere ry’Abaturage

Dr. NDAGIJIMANA Uzziel,  Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ushinzwe Igenamigambi.

Bwana  Dr  NDIMUBANZI Patrick , Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima ushinzwe Ubuzima Rusange n’Ubuvuzi bw’Ibanze

Bwana UWIHANGANYE Jean de Dieu, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo ushinzwe Gutwara Abantu n’Ibintu

Madamu KAMAYIRESE Germaine, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo ushinzwe Ingufu n’Amazi

Bwana NSENGIYUMVA Fulgence,  Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi ushinzwe Ubuhinzi

Bwana UWIZEYIMANA Evode, Umunyamabanga wa  Leta muri Minisiteri  y’Ubutabera ushinzwe ibyerekeye Itegeko Nshinga  n’andi Mategeko

Bwana NDUHUNGIREHE Olivier, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane, n’Umuryango w’Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho kandi n’abandi bayobozi bakurikira:

Bwana MUREKEZI Anastase, Umuvunyi Mukuru

Abayobozi bakurikira bari ku rwego rwa Minisitiri :

AKAMANZI Clare, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Iterambere/RDB

GATARE Francis, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe za Mine, Gazi na peteroli

Madamu UWAMARIYA Odette, Umuyobozi Mukuru mu Biro bya Minisitiri w’Intebe/Director of Cabinet

Bwana GATABAZI Jean Marie Vianney, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru

Bwana MUFULUKYE Fred, Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba

Bwana NTIGENGWA John, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y’Umuco na Siporo

Bwana BIGENIMANA Emmanuel, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri  y’Urubyiruko

Bwana SEBERA Michel,  Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y’Ubucuruzi n’Inganda

MUSABYIMANA Claude, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y’Ubutaka n’Amashyamba

INGABIRE Assoumpta, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y’Ubutegetsi bw’Igihugu

Bwana RUGIRA Amandin,  Ambasaderi muri Ambasade y’u Rwanda mu Bubiligi

KAMPETA SAYINZOGA, Umuyobozi Mukuru  w’Ikigo gishinzwe Ubushakashatsi no guteza imbere Inganda (NIRDA)

Madame MUKANTABANA Seraphine, Perezida wa Komisiyo yo gusubiza mu  buzima busanzwe Abavuye ku rugerero

Bwana BAMPORIKI Edouard,  Perezida w’ITORERO ry’Igihugu

Bwana  HABYARIMANA Gilbert, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amakoperative

Bwana SERUBIBI Eric, Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiturire

Bwana RUCAGU Boniface, Umwe mubagize Inama Ngishwanama y’Inararibonye.

 



from UMUSEKE http://ift.tt/2wjB91G

Perezida Kagame yashyizeho abagize Guverinoma nshya anahindura benshi mu bayobozi

I. Abaminisitiri :

1. Madamu UWIZEYE Judith, Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika

2. Bwana GATETE Claver, Minisitiri w'Imari n'Igenamigambi

3. Bwana MUNYESHYAKA Vincent, Minisitiri w'Ubucuruzi n‘Inganda

4. Bwana Dr. BIRUTA Vincent, Minisitiri w'Ibidukikije

5. Madamu TUMUSHIME Francine, Minisitiri w'Ubutaka n'Amashyamba

6. Madamu MUKESHIMANA Geraldine, Minisitiri w'Ubuhinzi n‘Ubworozi

7. Madamu MUSHIKIWABO Louise, Minisitiri w'Ububanyi n'Amahanga, Ubutwererane, n'Umuryango w'Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba

8. Bwana KABONEKA Francis, Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu

9. Bwana MUSONI James, Minisitiri w'Ibikorwa Remezo

10. Bwana KABAREBE James, Minisitiri w'Ingabo

11. Madamu KAYISIRE Marie Solange, Minisitiri muri Primature ushinzwe Imirimo y'Inama y'Abaminisitiri

12. Bwana Dr. MUSAFIRI Papias Malimba, Minisitiri w‘Uburezi

13. Madamu MBABAZI Rosemary, Minisitiri w'Urubyiruko

14. Bwana NSENGIMANA Jean Philbert, Minisitiri w'Ikoranabuhanga n'Itumanaho

15. Madamu Debonheur Jeanne d'Arc, Minisitiri ushinzwe impunzi n'Imicungire y‘Ibiza

16. Madamu UWACU Julienne, Minisitiri w‘Umuco na Siporo

17. Bwana BUSINGYE Johnston, Minisitiri w'Ubutabera/Intumwa Nkuru ya Leta

18. Madamu RWANYINDO KAYIRANGWA Fanfan, Minisitiri w'Abakozi ba Leta n'Umurimo

19. Madamu Dr. GASHUMBA Diane, Minisitiri w'Ubuzima

20. Madamu NYIRASAFARI Esperance, Minisitiri w'Uburinganire n'Iterambere ry'Umuryango

II. Abanyamabanga ba Leta :

1. Bwana RWAMUKWAYA Olivier, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Uburezi ushinzwe Amashuri y'Imyuga n'Ubumenyingiro

2. Bwana MUNYAKAZI Isaac, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Uburezi ushinzwe Amashuri Abanza n'Ayisumbuye

3. Madamu Dr. MUKABARAMBA Alivera, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu ushinzwe Imibereho Myiza y'Abaturage

4. Bwana HARELIMANA Cyriaque, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu ushinzwe Iterambere ry'Abaturage

5. Dr. NDAGIJIMANA Uzziel, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Imari n'Igenamigambi ushinzwe Igenamigambi.

6. Bwana Dr NDIMUBANZI Patrick , Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubuzima ushinzwe Ubuzima Rusange n'Ubuvuzi bw'Ibanze

7. Bwana UWIHANGANYE Jean de Dieu, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwaremezo ushinzwe Gutwara Abantu n'Ibintu

8. Madamu KAMAYIRESE Germaine, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ibikorwaremezo ushinzwe Ingufu n'Amazi

9. Bwana NSENGIYUMVA Fulgence, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubuhinzi n'Ubworozi ushinzwe Ubuhinzi

10. Bwana UWIZEYIMANA Evode, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutabera ushinzwe ibyerekeye Itegeko Nshinga n'andi Mategeko

11. Bwana NDUHUNGIREHE Olivier, Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ububanyi n'Amahanga, Ubutwererane, n'Umuryango w'Ibihugu bya Afurika y‘Iburasirazuba

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho kandi n'abandi Bayobozi bakurikira:

1. Bwana MUREKEZI Anastase, Umuvunyi Mukuru

2. Abayobozi bakurikira bari ku rwego rwa Minisitiri:

AKAMANZI Clare, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu cy'Iterambere RDB

GATARE Francis, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe za Mine, Gazi na peteroli

3. Madamu UWAMARIYA Odette, Umuyobozi Mukuru mu Biro bya Minisitiri w'Intebe/Director of Cabinet

4. Bwana GATABAZI Jean Marie Vianney, Guverineri w'Intara y'Amajyaruguru

5. Bwana MUFULUKYE Fred, Guverineri w'Intara y'Iburasirazuba

6. Bwana NTIGENGWA John, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Umuco na Siporo

7. Bwana BIGENIMANA Emmanuel, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Urubyiruko

8. Bwana SEBERA Michel, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Ubucuruzi n'Inganda

9. MUSABYIMANA Claude, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Ubutaka n'Amashyamba

10. INGABIRE Assoumpta, Umunyamabanga Uhoraho muri Ministeri y'Ubutegetsi bw'Igihugu

11. Bwana RUGIRA Amandin, Ambasaderi muri Ambasade y'u Rwanda mu Bubiligi

12. KAMPETA SAYINZOGA, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo gishinzwe Ubushakashatsi no guteza imbere Inganda (NIRDA)

13. Madame MUKANTABANA Seraphine, Perezida wa Komisiyo yo gusubiza mu buzima busanzwe Abavuye ku rugerero

14. Bwana BAMPORIKI Edouard, Perezida w'ITORERO ry'Igihugu

15. Bwana HABYARIMANA Gilbert, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Amakoperative

16. Bwana SERUBIBI Eric, Umuyobozi Mukuru w'Ikigo cy'Igihugu gishinzwe Imiturire

17. Bwana RUCAGU Boniface, Umwe mubagize Inama Ngishwanama y'Inararibonye

Bikorewe i Kigali, kuwa 30 Kanama 2017, mu izina rya Nyakubahwa Perezida wa Republika, Paul KAGAME.

Minisitiri w'Intebe,Dr. Edouard NGIRENTE



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2wKesVg
via IFTTT

Abagize guverinoma nshya bamenyekanye

Ashingiye ku biteganywa n'Itegeko Nshinga rya Repubulika y'u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, cyane cyane mu ngingo yaryo ya 116, none ku wa 30 Kanama 2017, Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yashyizeho ba Minisitiri n'Abanyamabanga ba Leta mu buryo bukurikira :
I. Abaminisitiri :
1. Madamu UWIZEYE Judith, Minisitiri muri Perezidansi ya Repubulika
2. Bwana GATETE Claver, Minisitiri w'Imari n'Igenamigambi
3. Bwana MUNYESHYAKA Vincent, Minisitiri w'Ubucuruzi n‘Inganda
4. Bwana (...)

- Mu Rwanda /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2vGHr8T
via IFTTT

Ngirente yasubije abibaza niba yari yiteguye guhamagarwa na Kagame amusaba kuba Minisitiri w'Intebe-AMAFOTO+VIDEWO

Minisitiri w'Intebe mushya wa 11 u Rwanda rugize, Dr Ngirente Edouard, yatangaje ko yashimishijwe bikomeye no gushyirwa mu mirimo yo gukorera igihugu cye, yijeje abaturage ubufatanye buhoraho mu gihe cyose azamara kuri kuri uyu mwanya.
Ni mu kiganiro cyihariye yahaye RBA ari nacyo kibimburira ibindi byose, uyu mugabo w'imyaka 44 y'amavuko azagirana n'itangazamakuru. Muri iki kiganiro cyamaze iminota micye yasobanuye ko muri manda ahawe azaharanira gukorana na Guverinoma nshya akanagisha inama (...)

- Politiki / ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2vKPl05
via IFTTT

Meddy yavuze icyo yakundiye inkumi ari gutereta ituye muri Amerika,

Ngabo Medard wamamaye nka Meddy ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika yahishuye ko atari yajya mu rukundo ko ariko ari gutereta umukobwa wo muri Amerika yirinze gutangaza izina rye.
Ni mu kiganiro yahaye Kt Radio aho yabajijwe niba ari mu rukundo nkuko bikunze guhwihwiswa n'abatari bake maze Meddy asubiza ko akiri gutereta.
Agira ati "Sindi mu rukundo ariko hari uwo ndi gutereta, mfite icyizere ko bizacamo. Atuye muri Amerika! Si umunyarwanda!"
Akomeza avuga ko uwo mukobwa ari (...)

- Imyidagaduro /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2x6pvaY
via IFTTT

Simeon Ndwaniye, yiganiye BBC ivyabaye ku muryango wa muramuwe Rwigara.

Mu gihe ipolisi c'Urwanda cemeza ko kiriko kirakora itohoza ku vyaha kirega Diane Rwigara ku giti ciwe, n'ibindi biraba umuryango, kirahakana ibivugw ako aba bagize umuryango wa Assinapol Rwigara boba batawe muri yompi.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2wJVCxu
via IFTTT

Ishuri ryigisha abagabo kuboneza urubyaro muri Niger

Kubera ikibazo cy'umubare munini w'abana bavuka muri Niger, abagabo bahabwa inyisho zo kuboneza urubyaro mu ntumbero yo kugabanya umurindi w'ukwiyongera kw'umubare w'abantu.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2wotjC5
via IFTTT

Ushaka gukorera igihugu ntarobanura imyanya-Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yatangaje ko yashimishijwe no kuza  gukorera igihugu cye, yagiye akorera mu bihe byashize, yizeza abaturage ko bazafatanya na guverinoma yabo, bagakorera hamwe ngo bagere kure hashoboka.

Ni nyuma yuko amaze kurahirira izi nshingano nshya yahawe, mu muhango wabereye mu Nteko Ishinga  Amategeko , ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2017. Hari mu kiganiro yagiranye na Rba.

Dr Ngirente yatangaje ko yakiriye izi nshingano agira ati “Nabyakiriye neza. Iteka ryose iyo umuntu aje gukorera igihugu cye biramushimisha.”

Aha harimo bamwe mu bo bazakorana muri Guverinoma azaba ayoboye

Yijeje abazahabwa imyanya muri Guverinoma ko bazajya bakorera hamwe. Ibyo ngo azabiganiraho n’abasanzwe mu kazi ndetse n’abashya bazinjira muri guverinoma.

Ntibazibagirwa kandi gusaba Perezida kagame imirongo migari yo kugenderaho  mu gukorera u Rwanda.

Ku bijyanye n’umwanya niba yari yiteze uyu mwanya, umwe mu ikomeye mu gihugu, yavuze ko yari ashyize imbere gukorera igihugu.

Ati « Iteka ryose iyo umuntu yumva ko yavukiye mu gihugu, yumva yagikorera. Nta mwanya uteganya gukora, wumva ko uzakorera igihugu cyawe. Nabaye umwarimu narigishije, nakoze muri Minisiteri, nakoreye banki y’Isi. Urumva ntabwo ushobora kwicara ngo uvuge ngo nzakora kuri uyu mwanya. Uba wumva ko ugomba gukorera igihugu cyakubyaye, ugafasha abagukuriye n’abazavuka nyuma …”

Yijeje Abanyarwanda ubufatanye, ariko nabo abasaba kugaragaza uruhare rwabo.

Bamwe mu bahagarariye Abanyarwanda bazakorana

 Ati “« Icyo nabwira Abanyarwanda ni uko Nka guverinoma, dushyize hamwe nabo, ari Guverinoma ari abaturage, twese hamwe tugomba gushyira hamwe ngo duteze imbere igihugu cyacu. Inshingano cyangwa se icyerekezo igihugu cyihaye ntabwo ari iza Guverinoma yonyine. Bifatwa na Guverinoma ifatanyije n’abaturage ibyo tugomba kubagezaho, ni nabo baba babyigejejeho. Tuzakorera hamwe tugere kure hashoboka mu byo twiyemeje.»

Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente yakoze imirimo ikomeye, irimo kwigisha muri kaminuza y’u Rwanda.

Abo mu muryango we

Mu mwaka w’2009 yakoze muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi. Yahakoze imirimo ibiri irimo iyo kuba umuyobozi mukuru ushinzwe igenamigambi, nyuma aba umujyanama mu by’ubukungu muri iyi minisiteri.

Uyu mugabo w’imyaka 44 y’amavuko, wavukiye mu karere ka Gakenke  mu 1973, afite umugore n’abana babiri.

Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe

Kuva muri 2011 yabaye umujyanama, n’umujyanama mukuru w’umuyobozi nshingwabikorwa wa Banki y’Isi (senior Advisor to Executive Director).

Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, uwa Sena, uwa Repubulika, Minisitiri w’Intebe, na Perezida w’inteko umutwe w’Abadepite

Dr Ngirente afite afite impamyabumenyi ebyiri z’icyiciro cya kabiri cya kaminuza zirimo ijyanye no kuzahura imari(Financial Risk Managemeny) , n’iy’ubuhanga mu bukungu bushingiye ku buhinzi (Agricultural Economics) yavanye muri Kaminuza ya Louvain-la-Neuvemu Bubiligi. Aha ni naho yavanye impamyabumenyi y’ikirenga(PHD) muri ubu bumenyi.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Ntakirutimana Deus/Bwiza.com



from bwiza http://ift.tt/2wjg33l
via IFTTT

Bresil: Urukiko rwabujije gucukura amabuye y'agaciro muri Amazon

Urukiko rwo mu gihugu cya Bresil rwaburijemo itegekoteka ryajyaga gutuma igice kinini cy'umutungokamere w'ishyamba rya Amazon gikorerwamo ibikorwa by'ubucuruzi bujyanye no gucukura amabuye y'agaciro.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2xNpDcD
via IFTTT

Ikipi y’Umupira w’Amaguru ya Uganda Irimo Kurangiza Kwitegura Guhatanira Igikombe cy’Isi cya 2018



from Voice of America http://ift.tt/2vKivfQ
via IFTTT

ONU irashinja Perezida Trump Kugaba Ibitero ku Itangazamakuru

Umukuru w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku burenganzira bwa muntu, Zeid Ra’ad al Hussein, yatangaje kur'uyu wa gatatu mu kiganiro n’abanyamakuru i Geneve mu Busuwisi ko itangazamakuru ryo muri Leta zunze ubumwe z’Amerika ryugarijwe n’umukuru w’igihugu. Yavuze, ati: “Perezida Donald Trump arimo aragaba ibitero ku itangazamakuru. Ahora avuga ko ibinyamakuru n’abanyamakuru ni abanyabinyoma gusa abatekamutwe, abantu udashobora kwizera, kandi babi gusa.” Zeid Ra’ad al Hussein, ati: “Amagambo agira ingaruka. Ibikorwa nabyo bigira ingaruka. Byose bigomba gukoreshwa mu bushishozi.” Kuri we, ibyo perezida Trump akorera itangazamakuru bishobora kugira ingaruka mbi muri Amerika, ndetse no ku isi yose. Kuri iyi ngingo, Zeid al Hussein yatanze urugero rwa Cambodge. Ati: “Muri iki gihe, leta irimo irafunga ibinyamakuru n’amaradiyo. Muri iyi ntambara, leta ya Cambodge ihora itanga urugero rwa Perezida Trump.”  

from Voice of America http://ift.tt/2wibbeK
via IFTTT

Amashirahamwe Ntahuza Kubanyuruzwa m'Uburundi

Icegeranyo c’ishirahmwe mpuzamakungu ryitaho agateka ka zina muntu kw’isi FIDH cerekana ko kuva mu mwaka w’I 2015 abantu bari hagati ya 400  na 900 aribo babuzwe irengero m'Uburundi. Ivyo ni mugihe kur’uyu wa 30 ukwezi kwa munani uko umwaka utashe amakungu ahimbaza umusi wahariwe abantu banyuruzwa n'ababurwa irengero. Umugwi w’igihugu wigenga ujejwe agateka ka zina muntu CNIDH, mu cegeranyo wahaye inama nshingamateka wemeza ko ibibazo vya politike vyibonekeje mu gihugu kuva mu 2015 vyatumye abantu barenga 120 banyuruzwa m’umwaka w’I 2016 n’igice ca mbere c’uw’i 2017. Umugambwe RANAC uri muyitavuga rumwe na reta wasohoye itangazo uvuga ko ubabazwa n’agahinda k’imiryango itazi irengero ry’abayo. Urwo runani ruvuga mugabo ko ivyo bitigiri ari bike rwose kuko abantu benshi batazi aho bitura iy’ababo banyurujwe abandi nabo bagatinya kubivuga kugira bakize agatwe.

from Voice of America http://ift.tt/2xyeai0
via IFTTT

Abasore babiri basezeranye kubana akaramata bakorerwa ibirori by'agatangaza- Amafoto

Nick w'imyaka 25 y'amavuko na Dominic w'imyaka 27, bombi ibyabo byamenyekanye mu minsi ishize ubwo basakazaga inkuru y'uko bahuye ndetse bakanahishura ko bamaze imyaka 11 bakundana.Aya makuru aberekeyeho bayatangarije ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram ndetse n'urwa @TheWayWeMet rukunze gukoreshwa n'ababa bashaka kwerekena amateka y'urukundo rwabo.

Aba basore bavuga ko bakundanye kuva bakimenyana ariko bikomeza kubagore kuko babanje kumara igihe kinini baratandukanye kubw'impamvu z'amasomo, aho umwe yagiye kwiga kure y'undi gusa kubw'amahirwe baza kongera guhura basubukura umubano wabo kugeza ubwo bemeranije kurushinga bakamara ubuzima bwabo bwose bibanira nk'uko ikinyamakuru Fazzfed kibitangaza.

Aba bombi basezeraniye imbere y'imana mu nzu ikorerwamo ibirori ya Bath Club kuri Miami Beach muri Florida, aho bari bashagawe n'imiryango ubona ko ari ibintu bisanzwe ndetse ibyishimo ari byose kubagize iyi miryango yabo ndetse n'inshuti.



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2vFwQLm
via IFTTT

Mu mezi 6 ya mbere y’uyu mwaka ibiciro ku masoko byazamutseho 7.0%

Uko ibiciro byagiye bihinduka uhereye muri Gashyantare (February) kugera muri Nyakanga (July) uyu mwaka.

Raporo nshya ya Banki Nkuru y’igihugu “BNR” igaragaza uko urwego rw’imari n’ubukungu bw’u Rwanda byitwaye mu mezi atandatu ya mbere y’umwaka wa 2017 iragaragaza ko ibiciro ku masoko byazamutseho 7.0% mu gice cya mbere cy’umwaka.

Uko ibiciro byagiye bihinduka uhereye muri Gashyantare (February) kugera muri Nyakanga (July) uyu mwaka.

Uko ibiciro byagiye bihinduka uhereye muri Gashyantare (February) kugera muri Nyakanga (July) uyu mwaka.

Iyi raporo yitwa “Monetary Policy and Financial Stability Statement” impuzandego y’amezi atandatu ya mbere igaragaza ko ibiciro ku masoko muri rusange byazamutseho 7.0%, biri hejuru cyane yizamuka ry’ibiciro ku gipimo cya 4.7% cyari cyagaragaye mu gice cya mbere cy’umwaka wa 2016.

Ni ukuvuga ko igiciro cy’igicuruzwa waguraga amafaranga y’u Rwanda 100 mu ukuboza 2016, ibiciro bikaba byarazamutseho 7% ubu kigeze ku mafaranga 107.

Gusa, kubera ko ari izamuka rusange birashoboka ko hari ibicuruzwa bishobora kuba ibiciro byabyo byarazamutse cyane cyangwa bitarazamutse.

Iri zamuka ryatangiye gutumbagira muri Mutarama 2017, ubwo ibiciro byazamukagaho 7.4% na 8.1% muri Gashyantare; Gusa, biza gutangira kumanuka muri Kamena ubwo byazamukagaho 4.8% na 3.5% muri Nyakakanga.

Mu mezi atatu ya mbere y’uyu mwaka, izamuka ry’ibiciro ngo byatewe n’izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa n’iby’umwikorezi nk’uko iyi raporo ibigaragaza.

Guverneri wa Banki nkuru y’igihugu John Rwangombwa yavuze ko kuba ibiciro ku masoko byaratangiye kumanuka muri Kamena na Nyakanga bafite ikizere ko bitazongera gutumbagira.

Yagize ati “Ibiciro byatangiye kumanuka kandi ntiduteganya ko mu mpera z’umwaka bizaba bibi kurenza aha.”

Muri rusange, BNR ivuga ko iri zamuka ry’ibiciro ngo riri gutizwa umurindi n’umusaruro w’ubuhinzi ukiri hasi.

Gusa, kuba ibiciro byaratangiye kumanuka ngo biratanga ikizere ko umwaka uzajya kurangira impuzandengo y’izamuka ry’ibiciro ku masoko iri hafi kuri 5%.



from UMUSEKE http://ift.tt/2vK1dPK

Anita Pendo wibarutse nta mugabo w'isezerano afite nk'umukirisitu,umusore wamuteye inda yagize icyo avuga ku kwibaruka kwe(AMAFOTO)

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri tariki ya 29 Kanama 2017, Anita Pendo yibarutse umwana w'imfura w'umuhungu k'umusore w'umukinnyi Ndanda Alphonse bivugwa ko ariwe wayimuteye.
Anita Pendo ni umwe mu bakobwa bavuga ko birwanyeho nkuko akunze kubivuga,akaba azwi cyane mu bikorwa birimo gushyushya urugamba hamwe n'ubunyamakuru kuri Magic FM na Televiziyo by'igihugu. Anita Pendo yarategereranyije amatsiko umwana we wa mbere w'umuhungu yibarutse
Uyu mukobwa yari amaze amezi agera ku icyenda (...)

- Imyidagaduro / ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2xNoTEp
via IFTTT

U Buhinde: Abaganga birukanywe nyuma ya Videwo bafashwe batonganira hejuru y’umurwayi babagaga

Ibitaro byo mu Buhinde biravuga ko byabaye bihagaritse ku kazi abaganga babiri nyuma yaho hasohotse videwo ibagaragaza bombi batongana bahagaze hejuru y’umugore uri ku nda.

Amashusho agaragaza ibyabereye mu bitaro bya Umaid biherereye ahitwa Rajasthan mu majyaruguru y’u Buhinde, yakwiragiye ateza uburakari bwinshi muri rubanda.

Umwe mu bayobozi bakuru b’ibyo bitaro yavuze ko uwo mubyeyi n’umwana we bameze neza.

Ahaturutse iyo videwo haracyari urujijo, ariko uwo muyobozi mukuru w’ibitaro yemeje ko iyo videwo yakomotse imbere muri ibyo bitaro.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Ntakirutimana Deus/Bwiza.com



from bwiza http://ift.tt/2vsfk15
via IFTTT

BNR yatangaje ko ifaranga ry' u Rwanda rigiye kongera kwihagararaho mu maso y' idorali

Kuri uyu wa Gatatu tariki 30 Kanama 2017 banki nkuru y' u Rwanda BNR yamuritse raporo igaragaza uko ubukungu bw' u Rwanda bwitwaye mu mezi 6 ashize bitanga icyizere ko mu mpera z' uyu mwaka wa 2017 ifaranga ry' u Rwanda rizaba rimaze kwisubiza agaciro kagana na 3,0%.
Muri uyu muhango Guverineri wa Banki nkuru y'igihugu John Rwangombwa yavuze ko gutakaza agaciro kw'ifaranga ry'u Rwanda bikomeje kujya ku gipimo cyo hasi kurenza uko babitekerezaga.
Yavuze ko muri Kamena 2017 ifaranga ry'u Rwanda (...)

- Ubukungu /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2xxTUgn
via IFTTT

Mbere gato yuko isoko ry’abakinnyi rifunga ikipe ya Chelsea ikaba iri mu nzira zo kugura umukinnyi wa Bayern Munich

Mu gihe habura amasaha atarenga 48 gusa ngo isoko ry’igura n’igurisha ry’abakinnyi rirangire ku mugabane w’uburayi, amakipe akomeye ahangayikishijwe bikomeye no kurangiza kugura abakinnyi yifuza azakoresha muri uyu mwaka w’imikino  watangiye, akaba ari kubwizo mpamvu nkuko tubikesha ikinyamakuru Bild cyo mu gihugu cy’ubudage, ikipe ya Chelsea nayo iri mu biganiro n’ikipe ya Bayern Munich.Image result for rafinha bayernUbuyobozi bw’ikipe ya Chelsea bukaba bwatangiye ibiganiro n’ubuyobozi bw’ikipe ya Bayern Munich nkuko tubikesha Bild, kugirango barebe ko kuri Miliyoni 25 z’amapound ikipe ya Bayern Munich yabarekurira Márcio Rafael Ferreira de Souza uzwi nka Rafinha ku myaka ye 31 ngo abe yasinya mu ikipe ya Chelsea. Ni mugihe ikipe ya Chelsea yangiwe na Juventus gutwara Alex Sandro bifuje cyane ndetse na Alex Oxlade Chamberlain wanze kuva mu ikipe ya Arsenal ngo yerekeze muri Chelsea. tukaba dutegereje kureba niba ikipe ya Bayern Munich iri bwemere kurekura uyu mugabo.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2wiIWfZ
via IFTTT

Abantu 5 Bakekwa Kwicwa n'Uburozi mu Kirundo

Abantu 5 bo mu muryango umwe baritavye Imana mu myanya yegeranye ku mutumba wa Nyamabuye muri komine ya Bugabira mu ntara ya Kirundo. Abaryango basigaye bamenyesha ko bafashwe badahwa inyuma yo kurya imvuzo bahawe n’uwundi munyagihugu. Bikeka ko izo mvuzo zoba zarimwo uburozi. Nyene kuzibaha yafashwe ku mvo z’amatohoza.  

from Voice of America http://ift.tt/2gpj3pp
via IFTTT

Ubushinwa Bushigikiye Ibiganiro Ku Kibazo ca Koreya ya Ruguru

Inyuma y'aho ONU ineguye vyihuta imyimenyerezo ya gisirikare y’ibigendajuru vya misile yaciye hejuru y’igihugu c’Ubuyapani, abatari bake babandanya gusaba ko haba ukuremera kudasanzwe n’ukwongereza ibihano kuri reta ya Koreya ya ruguru. Yamara, ababikurikiranira hafi iki kibazo, babona ata kamaro ukwo kuremera kuzogira.  Aho ni mugihe Koreya ya ruguru ibandanya kugira agasomborotso kenshi kandi iheruka gufatirwa ibihano bikomeye. Mu rwandiko rwasohowe n’inama ya ONU ijejwe umutekano kw’isi kur'uyu wa  kabiri, bavuze kw’ivyo Koreya ya ruguru yakoze vyabaye ibikorwa bigayitse ariko ntibavuga n’iba hari umugambi wo gufatira iyo reta ibindi bihano.   Reta zunze ubumwe z'Amerika ivuga ko bariko bariyumvira ingingo iyariyo yose bafata kuri ico kibazo. Yamara, Ubushinwa igihugu gicuditse bikomeye na Koreya ya ruguru, kibona kw’icokorwa ari kugaruka mu biganiro hagati ya Koreya ya ruguru n’amakungu naho bimaze igihe kire kire vyaradindiye. Ubushinwa busaba kandi ko impande zose zitokora icarico cose cotuma icuka kibi ciyongera.   Umushikiranganji w’Ubushinwa ajejwe imigenderanire n’amakungu Wang Yin, kur'uyu wa gatatu, yagabishije igihugu ic'arico cose, kudafata ingingo irwanya Koreya ya ruguru. Ubushinwa buvuga ko vyoba biteye kubiri n’amategeko mpuzamakungu. 

from Voice of America http://ift.tt/2iJbQky
via IFTTT

Rwanda: Polisi irakora iperereza kuri Diane Rwigara

Polisi y'u Rwanda iravuga ko iri gukora iperereza kuri Diane Rwigara, umwe mu batavuga rumwe na leta y'u Rwanda.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2wi2PDR
via IFTTT

Perezida Kagame yijeje ko kuri uyu wa 30 Kanama, abagize Guverinoma nshya barara bamenyekanye

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yatangaje ko Kuri uyu wa 30 Kanama, abanyarwanda barara bamenye amazina y'abagize Guverinoma nshya.

Ibi yabitangaje nyuma yo kwakira indahiro ya Minisitiri w'Intebe mushya Dr Ngirente Edouard warahiye ku mugoroba wo kuri uyu wa 30 Kanama mu nteko ishinga amategeko y'u Rwanda.

Perezida Paul Kagame yavuze ko nyuma yo gushyiraho no kwakira indahiro ya Minisitiri w'Intebe nta kindi gisigaye uretse gushyiraho abandi bagize Guverinoma nshya.

Yagize ati: “Nyuma yo gushyiraho Minisitiri w'Intebe, Ngirango murabizi uko bigenda bikurikirana, uyu muhango w'uyu munsi ni wo wagombaga kubanziriza ibindi byose, ubu hagomba gukurikiraho rero gushyirago Guverinoma, na yo iri mu nzira, ndetse wenda ku mugoroba, Ni ugukoreraho, twaratinze ariko ku mugoroba turabagezaho amazina y'abo twifuza cyangwa twumva bashobora gukora muri iki gihe kindi, hari abakomeza nkuko bisanzwe, hari n'abashya nanone muri iyi guverinoma, ngirango ibyo muranabimenyereye ntabwo ari bishya, birasanzwe!”

Yakomeje avuga ko abagore bazakomeza guhabwa imyanya muri iyi Guverino igiye kujyaho.

Ati: “Iyi Guverinoma izajyamo abagore n'abagabo ku buryo iyi guverinoma ituranga mu miterere yacu no muri byinshi tugomba kubahiriza, abanyarwanda bose bashobore kuyibonamo, niko mbyumva, nta bijya biba 100% ariko turagerageza kugirango abanyarwanda bumve ko bahagarariwe na Guverinoma yaba ibatunganiye, ibisigaye bikaba ibikorwa.

…Ibyo itegeko nshinga ridusaba murabizi, ngomba kuryubahiriza rero, abagore ntibabe hasi ya 30%, icyifuzo ni no kurenza 30%. Uyobora Guverinoma afite ibyo agomba kubahiriza, ibyo nagerageje kubikurikiza, turagerageza kubyubahiriza iteka ariko ntabwo tuzashimisha buri wese ariko iyo ari benshi bigendera kuri uwo mubare.”

Umukuru w'igihugu kandi yavuze ko kuri uyu wa 31 Kanama, abazaba bahawe inshingano na bo bazarahira. Ati: “Ejo ndasaba inzego zibishinzwe zizongere ziduhe umwanya hanyuma twongere turahize abo tuza kuba twabagejejeho ku mugoroba ubwo tuzajye muri wikendi dufite Guverinoma.”



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2wJgtks
via IFTTT

Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w' intebe mushya yizeza abanyarwanda kurara bamenye abagize guverinoma nshya

Perezida w' u Rwanda Paul Kagame ku mugoraba wo kuri uyu wa 30 Kanama 2017 yakiriye indahiro ya Minisitiri w' intebe mushya w' u Rwanda Ngirente Edouard avuga ko kuri uyu mugoroba abaminisiti bashya barara bamenyekanye.
Mu masasita nibwo Perezidansi y' u Rwanda yashyize ahagaragara itangazo ry' uko Perezida Kagame yagize Edouard Ngirente Minisitiri w' intebe.
Saa kumi Perezida yakira indahiro ya Minisitiri w' intebe mushya. Muri uyu muhango Perezida Kagame yashimiye Edouard Ngirente kuba yemeye (...)

- Politiki /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2wSMojc
via IFTTT

Perezida Kagame yashimye Minisitiri w’Intebe ucyuye igihe anaha ikaze umushya

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’Intebe mushya, Dr Edouard Ngirente warahiriye  kubahiriza inshingano ze.

Ni indahiro yatangiye ahagana saa kumi n’iminota 5, ku wa Gatatu tariki ya 30 Kanama 2017, avuga ko azubahiriza ibisabwa n’itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda.

Yagize ati ” Njyewe, Ngirente Edouard, ndahiriye u Rwanda ku mugaragaro: ko ntazahemukira Repubulika y’u Rwanda ; ko nzubahiriza Itegeko Nshinga n’andi mategeko; ko nzaharanira uburenganzira bwa muntu n’ibyagirira Abanyarwanda bose akamaro; ko nzaharanira ubumwe bw’Abanyarwanda; ko nzakorana umurava imirimo nshinzwe; ko ntazakoresha ububasha mpawe mu nyungu zanjye bwite. Nintatira iyi ndahiro, nzabihanirwe n’amategeko. Imana ibimfashemo.”

Nyuma y’iyo ndahiro, Perezida Kagame yashimiye Dr Ngirente wemeye inshingano zo kuba Minisitiri w’Intebe.

Yavuze ko bumvikanye kuri iyo  mirimo iremereye,  ariko ko azayikora neza kuko  nta gikwiye gukangana kuko ikwiye gukorwa n’abantu.

Perezida Kagame kandi yavuze ko yasanze Dr Ngirente yiteguye, abyumva igisigaye ni ari ukubishyira mu bikorwa, kuko ngo afite ubushake, ubumenyi n’ubwenge bihagije kugira ngo ashobore gusohoza inshingano ze.

Ati “Nasanze Minisitiri w’Intebe mushya afite imbaraga, ubushake n’ubumenyi bihagije kugira ngo agere ku nshingano. Ariteguye, Ndamushimira ko yabyemeye, kandi ndamwizeza ubufatanye mu nshingano ze. Ibyo twifuza bizagerwaho”.

Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard

Yamubwiye ko  mu bikorwa by’u Rwanda ntawe ukora wenyine, bakorera hamwe nk’umuco

Umukuru w’u Rwanda Yashimiye kandi uwari Minisitiri w’Intebe Murekezi. Yavuze ko yakoze byinshi byiza, kandi yafashije igihugu kugera kuri byinshi mu gihe yari ayoboye nka Minisitiri w’Intebe.

Ati “Ndashimira uwari Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi ku kuba yarasohoje inshingano ze neza, akagera kubyo twamwifuzagaho”.

Mu ijambo rye yabaye nk’umwizeza imirimo mishya, ahereye ku buryo yakoze.

Ati “Hari imirimo myinshi dutezweho twese , iyo udakora umurimo umwe ashobora gukora undi. Ndibwira ko  Murekezi ubushake bwe n’uibwitange bwe n’ibyo yakoze, bitari imfabusa, ahubwo bizakomeza no mu yindi mirimo nayo ifitiye igihugu akamaro bitari iyo kuba Minisitiri w’Intebe gusa. Ibyo rero biraza gukurikiraho mu minsi iri imbere.”

Ku bari bagize Guverinoma icyuye igihe, Perezida Kagame yabijeje ko hari abazakomeza mu nshya izashyirwaho.

Yijeje Abanyarwanda kandi ko Guverinoma izashyirwaho  ari iyo Abanyarwanda bose bazibibonamo ko bahagarariwe.

Abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta barashyirwaho  uyu munsi, bazarahire ejo.

Nkuko abyemererwa n’Itegeko nshinga rya Repubulika y’u Rwanda mu ngingo ya 116. Minisitiri w’Intebe atoranywa, akanashyirwaho kandi avanwaho na Perezida wa Repubulika. Minisitiri w’Intebe ashyirwaho bitarenze iminsi 15 nyuma y’irahira rya Perezida wa Repubulika.

Ni muri urwo rwego Perezida Paul Kagame warahiriye tariki ya 18 Kanama 2017 yamushyizeho mbere gato ko umunsi ntarengwa ugenwa.

Gushyiraho abagize Guverinoma abyemererwa n’itegeko nshinga rigena ko  abandi bagize Guverinoma bashyirwaho na Perezida wa Repubulika amaze kugisha inama Minisitiri w’Intebe.

Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter

Ntakirutimana Deus/bwiza.com

 

 

 



from bwiza http://ift.tt/2gp8O4i
via IFTTT

Reba videwo y'umuhango w'irahira rya minisitiri w'Intebe mushya Dr.Ngirente Edouard

Mu ijambo Perezida Kagame yagejeje ku bitabiriye umuhango w'irahira rya minisitiri w'Intebe,Dr.Ngirente Edouard yibukije uyu muminisitiri ko akamenyero k'u Rwanda na guverinoma ari uko abanyarwanda batajya bakora bonyine ko ahubwo bakorera hamwe.
Perezida Kagame kandi yashimye imikorere yaranze minisitiri w'intebe ucyuye igihe, ari we Murekezi Anastaze.
REBA VIDEWO HANO IRIMO UMUHANGO W'IRAHIRA RYA MINISITIRI W'INTEBE MUSHYA
Yashimye kandi imikorere ya guverinoma yose ishoje igihe ariko (...)

- Mu Rwanda / ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2vJtA0y
via IFTTT

Perezida Kagame yakiriye indahiro ya Ngirente, yizeza umwanya Murekezi

Minisitiri w’Intebe mushya Ngirente ni muntu ki?

Ngirente….Afite imbaraga, afite ubushake afite n’ubwenge- Kagame

Ngirente Edouard arahirira imirimo mishya yahawe

*Turajya muri week end dufite n’abandi bagize guverinoma

Minisitiri w’intebe mushya Dr Ngirente Edouard amaze kurahirira imirimo mishya mu ndahiro iteganywa n’itegeko, amaze kurahira Perezida wa Republika Paul Kagame yavuze ko uyu mugabo afite afite imbaraga, afite ubushake afite n’ubwenge bihagije kugira ngo ibimwitezweho bigerweho.

Ngirente Edouard arahirira imirimo mishya yahawe

Ngirente Edouard arahirira imirimo mishya yahawe

Perezida Paul Kagame yavuze kandi ko n’abagize Guverinoma amazina yabo arara atangajwe uyu munsi, avuga ko harimo abasanzwemo n’abashya bari bwinjiremo. Bose bakazarahira vuba.

Perezida Kagame yashimiye cyane Ngirente kuba yemeye gukorera igihugu cye muri uyu mwanya wo kuyobora Guverinoma.

Ati “Nabonye umwanya wo kuganira nawe bihagije mbere, ariko twumvikanye ko iyo mirimo iremreye ariko nta n’uwo ikwiriye gukanga kuko ikorwa n’abantu.

Nasanze yiteguye abyumva, igisigaye ni ukubishyira mu bikorwa, nanamubwiye ko mu bikorwa uko tubimenyereye nta ukora wenyine, turuzuzanya, dukorera hamwe nk’umuco.

Afite imbaraga, afite ubushake afite n’ubwenge bihagije n’ubumenyi,…kugira ngo ibimwitezweho bigerweho twese dushobore kubigeraho.”

Perezida Kagame kandi yashimiye Minisitiri w’Intebe ucyuye igihe Anastase Murekezi avuga ko  yakoze byinshi byiza kandi bifite icyo byabafashije kugira ngo bagere ku nshingano muri icyo gihe cye.

Ati “ ndibwira ko Murekezi ubushake bwe n’ubwitange bwe bitari impfabusa ahubwo bizakomeza no mu yindi mirimo nayo ifitiye igihugu akamaro atari iyo kuba Minisitiri w’Intebe gusa. Ibyo rero biraza gukurikiraho mu minsi iri imbere.

Nyuma yo kurahira kwa Minisitiri w’Intebe, Perezida Kagame yavuze ko habayemo gutindaho ariko ubu bigiye kwihuta, ndetse kuri uyu mugoroba ngo amazina y’abo bifuza cyangwa bumva bashobora gukora muri iki gihe aratangazwa.

Ati “hari abakomeza nk’uko bisanzwe hari n’abashya….Ngira ngo ibyo murabimenyereye ntabwo ari bishya.”

Yashimangiye ko bagerageje ngo Guverinoma nshya abanyarwanda bose bashobore kuyibonamo nubwo ngo nta bijya biba 100% ati “Ariko turagerageza.”

Ati “Abanyarwanda bumve ko bahagarariwe na guverinoma ibatunganiye, ibisigaye bikaba gukora. Ntabwo tuzashimisha buri wese, ariko iyo ari benshi tugendera kuri uwo mubare.”

Perezida yavuze ko yifuza ko bitazatinda ku buryo bizagera muri iyi week end Guverinoma iriho.

Daddy SADIKI RUBANGURA
UMUSEKE.RW



from UMUSEKE http://ift.tt/2vK62si

Akumiro: Dady de Maximo yandagajwe n’umusore wamushinjije ubutinganyi ku karubanda

Ngirente afite imbaraga, afite ubushake afite n'ubwenge nizeye ko tuzakorana neza- Kagame

Ibi Umukuru w'igihugu abigarutseho ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 30 Kanama ubwo yakiraga indahiro ya Minisiteri w'Intebe mushya, Dr Edouard Ngirente nyuma y'amasaha make ahawe kuyobora uyu mwanya.

Perezida Kagame yavuze ko yizeye neza imikoranire myiza hagati yabo bombi ndetse n'abandi bazafatanya kuyobora Guverinoma nshya, ngo kuko ashoboye kandi akaba afite imbaraga , ubushake n'ubwenge buhagije.

Yagize ati "Iyo mirimo mishya agiyemo yo kuyobora guverinoma tuzayifatanya twese kandi ndizera ko afite imbaraga, ubushake, ubwenge buhagije n'ubumenyi kugira ngo ibimutezweho twese dushobore kubigeraho.Ndamushimiye rero kandi ndizera ko bizagenda neza."

Perezida kandi yanaboneyeho gushimira Minisiutiri w'Intebe ucyuye igihe bwana Anastase Murekezi avuga ko nawe yakoze neza imirimo ye ndetse anamwizeza ko azabona umwanya muri guverinoma nshya iri gutegurwa.



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2vJM7tC
via IFTTT

Ngirente yarahiriye yarahiriye inshingano za Minisitiri w'Intebe

Dr Ngirente Edouard wahawe inshingano zo kuba Minisitiri w'intebe yarahiriye imbere y'abagize inteko ishinaga amategeko na Perezida wa Repubulika ndetse n'abandi bagize Guverinoma ko atazatatira.

Dr Ngirente arahiriye inshingano nshya nyuma y'amasaha make amaze kwemezwa nka Minisitiri w'Intebe kuri uyu wa 30 Kanama 2017.

Mu ndahiro, Dr Ngirente yagize ati: “Jyewe, Ngirente Edouard ndahiriye u Rwanda ku mugaragaro, ko ntazahemukira Repubulika y‟u Rwanda ; ko nzubahiriza Itegeko Nshinga n‟andi mategeko; ko nzaharanira uburenganzira bwa muntu n`ibyagirira Abanyarwanda bose akamaro; ko nzaharanira ubumwe bw‟Abanyarwanda; ko nzakorana umurava imirimo nshinzwe; ko ntazakoresha ububasha mpawe mu nyungu zanjye bwite. Nintatira iyi ndahiro, nzabihanirwe n'amategeko. Imana ibimfashemo”.

Perezida Kagame wakiriye iyi Ndahiro yashimiye Dr Ngirente kuba yemeye gukora izi nshingano yahawe ndetse ashimangira ko afite ubwenge n'ubushobozi byo kuyobora u Rwanda.

Perezida Kagame kandi yashimiye Minisitiri w'intebe ucyuye igihe Anastase Murekezi kuba yarakoze inshingano ze neza.



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2vJCnzO
via IFTTT