ACP Theos Badege yakomeje ku barinzi b'ibigango bacunga umutekano w'abahanzi

Polisi y'u Rwanda iratangaza ko kuba hari abahanzi nyarwanda basigaye bakoresha abashinzwe umutekano bazwi nka ‘Bodyguards' ntakibazo ahubwo ko aho basore b'ibigango bagomba kubikora bafite ibyangombwa bibemerera gukora ako kazi ko gucunga umutekano.
Polisi ivuze ibi mu gihe bamwe mu bahanzi bo mu Rwanda usigaye usanga iyo bagiye mu bitaramo bitandukanye cyangwa ahari imbaga nyamwinshi y'abantu, bakunze kugendana n'abasore b'ibigango bavuga ko babacungira umutekano.
Umuririmbyi Bruce Melody (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2AiuVS8
via IFTTT

Meddy yaba yatandukanye n’umukunzi we, ibimenyetso

Umuhanzi nyarwanda ukorera umuziki we muri USA, Meddy yaba yatandukanye n’umukunzi we nkuko bigaragazwa n’ibimenyetso bitandukanye byo ku rukuta rwa Instagram rwa Meddy.

Nkuko mubizi mu minsi yashize Meddy yavuzweho kuba mu rukundo n’umukobwa witwa Mimi wagaragaye mu ndirimbo ye Ntawagusimbura ndetse Meddy ntiyigeze abihakana ahubwo yagiye arushaho ku mutera imitoma kuri Instagram anapostinga amavideo bari kumwe. Gusa ibi byose birasa nibyayoyotse kuko Meddy yasibye amavideo agaragaraho uyu mukobwa kuri Instagram yendetse n’andi mafoto ye.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2i4BUUa
via IFTTT

Amavubi yakoze imyitozo ya nyuma, Buteera niwe uzasigara

Kapiteni Ndayishimiye Eric 'Bakame' uri kumwe na Nzarora Marcel yiteguye kujya muri Kenya.Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane, Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru igiye kwitabira “CECAFA Senior Challenge Cup” yakoze imyitozo ya nyuma, mbere y’uko yerekeza muri Kenya. Abakinnyi bahamagawe bose uko ari 24 bose bakoze imyitozo, yari irimo no kwitoza gutera imipira y’imiterekano. Biteganyijwe ko ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatanu aribwo abakinnyi 23 bahaguruka i […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2Aq5r5J

Kim Kardashian yongeye gushyira hanze amafoto agaragaza ubwambure bwe ashaka amafaranga.

Mutabazi na Sibomana basinye muri Jordan

Juliana Kanyomozi uzafatikanya na Charly na Nina mu gitaramo yageze i Kigali (Amafoto)

Juliana Kanyomozi yamenyekanye mu ndirimbo nyinsi zakunzwe cyane muri Afurika y'uburasirazuba ndetse no mu bindi bihugu bya Afurika by'umwihariko aho avuka muri Uganda nk'iyitwa ‘Kibaluma', ‘Nabikoowa', ‘Nkyanoonya' n'izindi nyinshi.

Juliana Kanyomozi akigera i Kigali yatangaje ko yari akumbuye Abanyarwanda cyane kandi ko afite amashyushyu y'uko ejo hageze ngo yongere ataramane nabo bishimane nk'uko abyiteguye.

Yakomeje avuga ko yemera cyane abahanzikazi Charly na Nina kandi azi neza ko ari abahanga ashingiye ku ndirimbo zabo "Owwoma" na "Face to Face" akunda cyane.

Yagize ati ”Hari indirimbo zabo zicurangwa mu tubyiniro two muri Uganda harimo Owooma na Face to Face njya nzumva cyane ni abahanga ndabakurikira cyane."

Igitaramo Kanyomozi ajemo cyiswe "Imbaraga", ni icyo kumurika "Album" ya mbere y'indirimbo za Charly na Nina aho bazayimurika ku itariki 1 Ukuboza 2017 mu gitaramo gikomeye kizabera muri Kigali Conference & Exhibition Village (Camp Kigali).



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2neKzsw
via IFTTT

Kenya:Umupolisi yateranye amagambo n'umusenateri kuri Televiziyo bashaka gufatana mu mashati -Video

Amashusho yakwirakwije ku mbuga nkoranyambaga agaragaza iri teranamagambo ryaberaga kuri televiziyo y'igihugu cya Kenya bivugwa ko aba bateranye amagambo bari batumiwe mu kiganiro ‘Weekely Side Bar' gisanzwe gikorwa n'umunyamakuru Larry Madowa ari nawe wari wakiriye aba bagabo.

Uku guterana amagambo hagati ya IG Owino na Senateri Ole Kina ubarizwa mu ihuriro ry'amashyaka atavuga rumwe na Leta ya Kenya- NASA, kwaturutse ku kibazo Senateri yari abajijie umu Polisi cy'Ubwicanyi buherutse kuba ku munsi w'irahira rya Uhuru Kenyatta aho umwana w'imyaka 7 yishwe arashwe ndetse bikavugwa ko ari aba Polisi ba Leta ya Kenya bamurashe bamusanze mu busitani bw'imbere y'inzu arimo gukina iby'abana.

Aba bagabo bateranye amagambo kuri iyi ingingo umwe asaba undi guceceka ari nako undi amubwira ko adashobora gupfa gucecekeshwa nawe kugeza ubwo umunyamakuru yabonye bashobora gufatana mu mashati agafata umwanzuro wo kubasaba guhagarika ikiganiro bakabanza kujya gukemura izo mpaka zabo.

Ibi byatumye benshi mu bakoresha urubuga rwa Twitter bagira byinshi bavuga kuri uku gushaka kurwana kwabaye hagati y'aba bagabo bombi bamwe banibasira bikomeye uyu mupolisi bavuga ko yashatse gutera ubwoba uyu mu senateri amucecekesha.

Senateri Ledama Ole Kina ubarizwa muri NASA y'abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Kenyatta Umuyobozi wa Polisi wungirije muri iki gihugu, IG Charles Owino



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2ni4mrh
via IFTTT

Abimukira baheze muri Libya bagiye gufashwa gutahukanwa

Video yerekana abimukira bariko baragurishwa nk'abaja yatumye haba umugambi wo kubafasha gutahuka.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2Bnrcjb
via IFTTT

Perezida Kagame yagiranye ibiganiro n’abakuru b’ibihugu barimo Ali Bongo

Umwambaro wa “Denim” uharawe n’ibyamamare byo mu Rwanda

Iri kote ryambawe na Kwizera Peace waryambarana n'imyenda itandukanye.Nubwo “Denim” ari umwambaro wamamaye mu myaka yo hambere ubu wongeye kugaruka ku isoko ndetse uza ukozwe ku buryo butandukanye, hari inganda zihitamo gukora amakote nk’uko hari izindi zikora ibisarubeti, amashati, i Pantalon n’ibindi, ndetse ubu iyi myambaro iharawe n’abanyarwanda benshi barimo n’ibyamamare. Amafoto twakoresheje muri iyi nkuru yose yerekana uburyo butandukanye umukobwa yakwambaramo iyi […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2zR3HmD

Se wa Giggs yababajwe n'uko Giggs yirengagije murumuna we nyuma yo kumuca inyuma

Umubyeyi wa Ryan Giggs wabaye igihangange mu ikipe ya Manchester United,yatangarije abanyamakuru ko nubwo hashize imyaka 7 uyu Giggs asambanyije umugore wa murumuna we,atigeze amusaba imbabazi ndetse yanze kumwitaho cyane ko uyu ntaho kuba afite. Danny Wilson se wa Giggs
Uyu Danny Wilson w'imyaka 61,yavuze ko uyu muhungu we wafashije Manchester United gutwara ibikombe 13 bya Premier League,nyuma yo guhemukira murumuna we akaryamana n'umugore we Natasha, atigeze amusaba imbabazi ndetse kuri (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2irj1hZ
via IFTTT

RDC: Igipolisi caburijemwo imyiyerekano itarekuwe n'amategeko

Igipolisi cateye ivyuka bikoroza amosozi abari mu myiyerekano mu bisagara vyinshi mu gihugu ca RDC, nk'uko bivugwa n'itororokanirizo ry'amakuru rya AFP.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2BnBkIQ
via IFTTT

Uganda: Umwana wiga mu mashuri abanza afungiye gusambanya inka

Polisi yo mu Karere ka Kibuku mu Burasirazuba bwa Uganda yataye muri yombi umunyeshuri wiga mu mashuri abanza w'imyaka 17 y'amavuko ukurikiranyweho gusambanya inka.
Umuvugizi wa Polisi mu gace ka Bukedi ASP Sowali Kamulya yabwiye Chimpreports ducyesha iyi nkuru ko uyu mwana w'umuhungu kugeza ubu afungiye kuri sitasiyo ya polisiya Kibuku.
Francis Sisye ushinjwa gusambanya inka yigaga mu kigo cy'amashuri abanza cya Nambiri akaba avuka mu gace ka Kagumu mu Karere ka Kibuku.
Umutangabuhamya (...)

- Udushya

from Umuryango.rw http://ift.tt/2Aq0NEJ
via IFTTT

Kenya:Umupolisi yateranye amagambo n'umusenateri kuri Televiziyo bashaka gufatana mu mashati -Video

Amashusho yakwirakwije ku mbuga nkoranyambaga agaragaza iri teranamagambo ryaberaga kuri televiziyo y'igihugu cya Kenya bivugwa ko aba bateranye amagambo bari batumiwe mu kiganiro ‘Weekely Side Bar' gisanzwe gikorwa n'umunyamakuru Larry Madowa ari nawe wari wakiriye aba bagabo.

Uku guterana amagambo hagati ya IG Owino na Senateri Ole Kina ubarizwa mu ihuriro ry'amashyaka atavuga rumwe na Leta ya Kenya- NASA, kwaturutse ku kibazo Senateri yari abajijie umu Polisi cy'Ubwicanyi buherutse kuba ku munsi w'irahira rya Uhuru Kenyatta aho umwana w'imyaka 7 yishwe arashwe ndetse bikavugwa ko ari aba Polisi ba Leta ya Kenya bamurashe bamusanze mu busitani bw'imbere y'inzu arimo gukina iby'abana.

Aba bagabo bateranye amagambo kuri iyi ingingo umwe asaba undi guceceka ari nako undi amubwira ko adashobora gupfa gucecekeshwa nawe kugeza ubwo umunyamakuru yabonye bashobora gufatana mu mashati agafata umwanzuro wo kubasaba guhagarika ikiganiro bakabanza kujya gukemura izo mpaka zabo.

Ibi byatumye benshi mu bakoresha urubuga rwa Twitter bagira byinshi bavuga kuri uku gushaka kurwana kwabaye hagati y'aba bagabo bombi bamwe banibasira bikomeye uyu mupolisi bavuga ko yashatse gutera ubwoba uyu mu senateri amucecekesha.

Senateri Ledama Ole Kina ubarizwa muri NASA y'abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Kenyatta Umuyobozi wa Polisi wungirije muri iki gihugu, IG Charles Owino



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2zFlGrG
via IFTTT

Abanye Ghana bari mu gihugu ca Libya batahukanwe

Abanye Ghana barenga ijana bari bapfungiwe muri Libya bagarukanywe mu gihugu cabo inyuma y'aho reta irungikiye indege yo kubatahukana.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2kbGHrs
via IFTTT

Rusizi : Umunyerondo ngo yakubiswe n'umukuru w'umudugudu avunika urubavu

Umuturage witwa Uwimana Samuel utuye mu mudugudu wa Rusayo, Akagari ka Nyange mu Murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi mu Ntara y'Amajyaruguru aravuga ko umuyobozi w'uyu mudugudu aherutse kumukubita amusanze ku irondo.
Avuga ko byatewe n'uko yashyize amaguru mu mufuka bikaba byaramuviriyemo kuvunika urubavu.Ubuyobozi bw'aka kagari buvuga ko bugiye gushaka uko uyu muturage yagezwa kwa muganga nibyemezwa ko yakubiswe koko uyu muyobozi w'umudugudu azabiryozwa.
Uwimana Samuel bivugwa ko (...)

- Ubuzima

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zQyW14
via IFTTT

Syria: Abantu abajana 500 bakeneye imfashanyo y'imiti yihuta bagiye kuvanwa mu karere ka Ghouta

Abakozi batanga imfashanyomuri Syri bavuga ko abantu amajana atanu bakeneye imiti vyihutirwa betegerezwa kuva mu karere karimwo abagwanyi mu micungararo ya Damas,

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2zAOUIp
via IFTTT

Amateka y’igihugu atavugwa kimwe atiza umurindi ingengabitekerezo – Dr Bizimana

*Kurwanya ingengabitekerezo ya Jenoside ni rimwe mu mahame 6 ya Leta, *Inzego z’ubuyobozi zishyira mu bikorwa amahame remezo zitabizi, *Ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside byariyongereye aho kugabanuka mu myaka 6. Abasenateri, bamwe mu Baminisitiri, Abadepite, ba Guverineri n’abo mu mitwe ya politiki bamaze amasaha atandatu mu nama nyunguranabitekerezo muri Sena baganira ku nzitizi zikiriho zibangamiye ishyirwa […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2j3lD2U

Irebere amafoto y’abana babiri b’impanga bakomeje gutangaza benshi nyuma yo kuvuka badahuje ibara ry’impu zabo.

Abana babiri b’impanga b’Abanyamerika bitwa Isabella na Gabriella bakomeje kwibazwaho na benshi cyane cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera uburyo bavutse  badahuje ibara ry’impu zabo, aho umwe ari umwirabura naho undi akaba umuzungu.

Gabriella na Isabella bavukiye muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu kwezi kwa kane uyu mwaka, bakaba baravutse ku babyeyi b’Abanyamerika ariko bafite inkomoko ku mugabane wa Afurika. Gusa usanga abantu benshi batangarira ko aba bana bavutse ari impanga ariko bakavuka badasa na gato ku ibara ry’uruhu ndetse n’ibara ry’amaso yabo.

Nyina w’aba bana witwa Clementina Shipley, yatangarije igitangazamakuru cyo muri Amerika ko abana be bakuriye mu ngobyi za nyababyeyi ebyiri zitandukanye, akaba ari yo mpamvu ngo baje batandukanye ku ibara ry’uruhu.Gusa inzobere mu buvuzi zo mu Bwongereza, zatangaje ko ibi bidakunze kubaho ko impanga zivuka zidasa na gato ku ruhu, kuko ngo amahirwe y’uko byaba angana na 1/500.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2ir6wmP
via IFTTT

Zimbabwe ntizakina CECAFA kubera umutekano muke uri muri Kenya

Korea ya ruguru: Uburusiya bwagiriza Amerika gusotora Kim Jong-un

Umushikiranganji w'imigenderanire w'Uburusiya Sergei Lavrov aramirira kure akamo ka Amerika ko guhagarika imigenderanire na Korea ya ruguru kubera igeragezwa ry'ibigwanisho ruhonyanganda.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2zEtgTt
via IFTTT

Nta muntu n' umwe uraboneka mu bari mu bwato bwarohamye hafi ya Tanzania

Kugeza ubu abantu 9 nibo bamaze gutangazwa ko baburiwe irengero mu mu gihugu cya Tanzaniya, nyuma ubwato barimo buhamye mu Nyanja y'Ubuhinde kuri uyu wa Gatatu
Daily Monitor yatangaje ko inzego zishinzwe umutekano wo mu mazi muri Tanzania, zatangaje ko ubu bwato bwarohamye bugeze hafi y' ikirwa cya Zanzibar gihereye mu gihugu cya Tanzania.
Bimwe mu bikoresho bari bitwaje byagaragaraye mu mihanda yo mu gace ka Tanga na Pemba, tumwe mu turwa tugize ikirwa cya Zanzibar. Uretse ibyo bikoresho (...)

- Umutekano

from Umuryango.rw http://ift.tt/2j3yvpD
via IFTTT

Sat-B ngo ntamahirwe ko azagaruka gukorera muzika mu Rwanda

Umuhanzi w’Umurundi Bizimana Aboubakar Karume uzwi nka “Sat-B“ wabaga mu Rwanda nk’impunzi nyuma gutahuka aravuga ko ubu iwabo umuziki ugenda ku buryo abona atazagaruka mu Rwanda vuba. Yatahutse mu Ukuboza 2016 nyuma y’igihe mu buhungiro mu Rwanda, yavuye mu Rwanda avuga ko agiye gusura abo mu muryango we. Mu minsi yamaze mu Rwanda yari amaze […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2irx9YU

Rubavu: Polisi ntiramenya uwatwitse imodoka ya Benda uri mu bitaro

Kuwa mbere tariki ya 27 Ugushyingo 2017 mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Gisenyi mu Kagari ka Kivumu, abantu bataramenye bateye urugo rwa Benda Timothy batwika imodoka yari iparitse mu gipangu cye.
Ibi byabaye ahagana saa munani z'ijoro.Bivugwa ko, uyu mugabo Benda ahagana saa munani z'ijoro aribwo yumvise igikoma hanze ubundi arasohoka.Ngo yabonye umuntu asimbuka igipangu arenga.
Amakuru avuga ko uwo mugizi wa nabi yari yitwaje litiro icumi ya Lisansi.
Umuvugizi wa Polisi mu ntara y' (...)

- Umutekano

from Umuryango.rw http://ift.tt/2j1VhhC
via IFTTT

Toyota Vigo nshyashya igurishwa ku giciro cyiza

Price:27,000,000 RWF negociable
Transmission: Mannuel
Plate: RAD
Fuel:Gazoil
Seats:5
Doors:4
Year:2012
Insurance:Tous risques
Control :ok

Contacts: 0788848812 cg 0738848812



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2ByZjpc
via IFTTT

Rubavu: Polisi ntiramenya uwatwitse imodoka igakongoka ya Benda uri mu bitaro

Kuwa mbere tariki ya 27 Ugushyingo 2017 mu Karere ka Rubavu mu Murenge wa Gisenyi mu Kagari ka Kivumu, abantu bataramenye bateye urugo rwa Benda Timothy batwika imodoka yari iparitse mu gipangu cye.
Ibi byabaye ahagana saa munani z'ijoro.Bivugwa ko, uyu mugabo Benda ahagana saa munani z'ijoro aribwo yumvise igikoma hanze ubundi arasohoka.Ngo yabonye umuntu asimbuka igipangu arenga.
Amakuru avuga ko uwo mugizi wa nabi yari yitwaje litiro icumi ya Lisansi.
Aganira n'ikinyamakuru UMURYANGO, IP (...)

- Ubuzima

from Umuryango.rw http://ift.tt/2Akgj2n
via IFTTT

Umwihariko mu gitaramo cyo kumurika alubumu ya Young Grace

Uganda: Umunyeshuri wiga mu mashuri abanza akurikiranweho gusambanya inka

Polisi yo mu Karere ka Kibuku mu Burasirazuba bwa Uganda ifunze umwana w'imyaka 17 wigaga mu mashuri abanza ukurikiranweho gusambanya inka.

Umwana w'umuhungu witwa Francis Sisye, ni we ukurikiranweho gusambanya inka. Yigaga mu kigo cy'amashuri abanza cya Nambiri akaba akomika ahitwa Kagumu mu karere ka Kibuku.

Umuvugizi wa Polisi mu gace ka Bukedi, ASP Sowali Kamulya, yahamirije ikinyamakuru chimpreports dukesha iyi nkuru ko uyu mwana afungiye kuri sitasiyo ya polisi ya Kibuku.

Mu buhamya bwa Umar Kaligo, wabonye Sisye asambanya inka yavuze ko yabanje kuyiboha akabona kuyisambanya. Yavuze ko mu rwuri hari harimo inka ebyiri zarishaga maze Sisye ahitamo imwe arayisambanya.

Agace kamwe k'ingingo ya 145 y'igitabo cy'amategeko ahana ibyaha muri Uganda havuga ko umuntu wese uhamwe n'icyaha cyo gusambanya itungo afungwa ubuzima bwe bwose.



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2ni1af5
via IFTTT

Leta ni umubyeyi ntishaka gukirira mu byaha by’abantu- Min. Evode

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutabera ushinzwe ibyerekeye Itegeko Nshinga n’andi mategeko, Evode Uwizeyimana avuga ko mu guteganya no kugena ibihano n’amande bigenerwa uwahamijwe icyaha runaka, hanatekerezwa ku cyatuma Leta idafatwa nk’ishaka gukirira mu baturage cyangwa mu byaha bakoze. Evode Uwizeyimana amaze iminsi yitabira imirimo ya Komisiyo ya Politiki, Uburinganire n’Ubwuzuzanye bw’Abagabo n’Abagore iri gusuzuma […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2jzmNCG

Igipolisi kiri mu matohoza ku kwiyahura kwa Praljak

Igipolisi gishaka kumenya ingene Praljak yagirizwa ivyaha vyo mu ntambara yashoboye kwinjiza uburozi muri sentare bwo kwiyahuza

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2jyOKdT
via IFTTT

Burera: Barasaba ‘gare’ ijyanye n’igihe ku Mupaka wa Cyanika

Chris Brown yashenguwe umutima n’ibiri gukorerwa muri Libya maze avuga amagambo akomeye yakoze ku mitima ya benshi.

Perezida Buhari yahagurikiye icuruzwa ry'abaturage be muri Libya

Prezida wa Nigeria Muhammadu Buhari yavuze ko abanye Nigera bose baheze mu gihugu cya Libya bagomba gutaha iwabo bakanafashwa uko basubizwa mu buzima busanzwe.
Avuga ku mavideo amaze imisi yerekana abanyafrika barimo baragurishwa mu icyamunara nk'abaja muri Libya, prezida Buhari yavuze ko ababajwe n'uko "bamwe mubanye Nigeria bagurishwa nk'ihene-kuma dolari muri Libya".
Yibajije niba abanye Libya hari icyo barunguka gikomeye kuva Col Muammar Kadafi avanywe ku butegetsi mu 2011.
"Icyo bize (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2i2DJB6
via IFTTT

Muri 2030 abakozi Miliyoni 800 bazatakaza akazi kubera ama Robot

Ubushakashatsi buheruka gukorwa bwagaragaje ko mu myaka 13 iri imbere abantu basaga miliyoni 800 bazaba baratakaje akazi kabo aho kazaba gakorwa n'amamashini [Robot].

Ubu bushakashatsi bwagaragaje ko imwe mu mirimo izajya ikorwa n'ama mashini imyinsi ari imirimo isaba imbaraga nko gukora mu busitani [jardin], kurera abana, gutegura amafunguro, kubaka n'ibindi bitandukanye.

Ubu bushakashatsi bwakozwe na McKinsey bugaragaza ko abagera kuri 60% ku isi bazatakaza akazi kubera ikoranabuhanga, ku buryo abari hagati ya miliyoni 400 na 800 bazahita batakaza akazi.

Abantu baraburirwa gutangira kwihangira imirimo ngo kuko muri 2030 hazaba hariho impinduka zikomeye. Iyi raporo ivuga ko abantu bagomba kwiga cyane ndetse bkarushaho gukora ubushakashatsi buhambaye bwabafasha kuvumbura no guhanga imirimo mishya.

Muri ubu bushakashatsi kandi hagaragajwe ko abantu bari hagati ya Miliyoni 75 na miliyoni 375 bakeneye kongera kwiga ndetse bagakora ubushakasyhatsi ku buryo bwo kwihangiara umurimo.

Ubushinwa ni kimwe mu bihugu bizzahura n'iki kibazo cyo kugwiza abantu benshi batakaza akazi mu myaka 13 iri imbere kubera iterambere riri kwihuta muri iki gihugu, aho abantu bagera kuri miliyoni 100 bakora akazi k'imbaraga nko mu nganda n'ahandi bashobora kuzatakaza akazi byihuse.

Ibi kandi binagaragarira mu rugero rwa hafi rugaragara mu Bushinwa, aho mu myaka 25 ishize abaturage bagera kuri miliyoni 10 b'abahinzi babuze akazi kubera imashini zisigaye zibyikorera.

Iyi raporo kandi yagaragaje ko ibihugu bizagira ingaruka yo kugira abaturage benshi bazatakaza akazi kubera ikoranabuhanga harimo; USA, Ubudage, Ubuyapani n'ibindi bitandukanye.

Ibikubiye muri iyi raporo biraburira byimazeyo abantu bakora imirimo y'amaboko, isaba imbaraga ko bashaka uburyo batangira guhindura imirimo cyangwa kwagura ubumenyi ku buryo impinduka zizaza bariteganyirije indi mirimo.

Akazi gasaba imbaraga kazajya gakorwa n'amamashini gusa]]



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2Ap4NVY
via IFTTT

Umugore wa Mukeshabatware Dismas wigeze gutemwa n'umushoferi yitabye Imana

Mukakarangwa Marie Helene yitabye Imana mu gicuku cyo mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira kuwa Kane, akaba yaguye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal ndetse umurambo we kugeza ubu uri mu buruhukiro bw'ibyo bitaro. Umuryango we uvuga ko uyu mubyeyi yari amaze igihe arwaye.

Mukakarangwa Marie Helene yabyaranye na Mukeshabatware abana barindwi, barimo abakobwa batanu n'abahungu babiri. Uyu mugore, muri Gicurasi 2015, yatemwe n'umushoferi watwaraga imodoka yabo, amutemana n'umushumba waragiraga akanita ku nka zabo ziri mu Nzove mu mujyi wa Kigali. Icyo gihe Mukakarangwa Marie Helene yatemwe mu mutwe ajya kwa muganga arakira arataha, ntibiremezwa niba uburwayi bwamuhitanye hari aho bwaba buhuriye n'ibyo bikomere.

JPEG - 143.9 kb

Mukeshabatware Dismas w'imyaka 67 y'amavuko, yamenyekanye cyane nk'umuhanga mu kwamamaza cyane cyane kuri Radio Rwanda aho yakunze kwamamaza Imvaho. Azwi kandi mu makinamico menshi yagiye aca kuri Radio Rwanda mu itorero Indamutsa, akaba anazwi nka Rutaganira mu ikinamico Musekeweya.



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2imYL1b
via IFTTT

Ahazaza ha Areruya Joseph warangije amasezerano muri Team Dimension Data

Areruya Joseph afite ikizere cyo kongera amasezerano muri TDDUkuboza ni ukwezi kwa nyuma kw’amasezerano ya Areruya Joseph wagize umwuga gusiganwa ku magare n’ikipe ye Team Dimension Data for Qhubeka yo muri Afurika y’epfo. Gusa ngo ashobora kongera aya masezerano nubwo nyuma yo gutwara Tour du Rwanda hari andi makipe yatangiye kumwifuza. Tariki 17 Ugushyingo 2017 nibwo ikipe y’abanya-Afurika y’epfo yagize umwuga umukino wo […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2i0VmkS

Gisagara: Mu murenge wa Muganza gusa abana b’abakobwa 100 batewe inda

Ababyariye iwabo bagiranye ibiganiro n'ubuyobozi bw'Akarere.Ibarura riri gukorwa ku bufatanye n’inzego z’ibanze, riragaragaza ko mu murenge wa Muganza, mu Karere ka Gisagara hari abana b’abakobwa bagera ku 100 batewe inda zitateganyijwe, nymara ngo ibarura rirakomeje bashobora no kwiyongera. Ubuyobozi bw’umurenge buravuga ko ibarura ry’abana b’abakobwa batewe inda bagera nibura kuri 20 muri buri kagari, kandi umurenge wa Muganza ukaba ugizwe […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2jx8LBo

Abanyarwanda bafitiye icyizere itangazamakuru kiruta icyo bafitiye amadini n' amashyaka

Mu nzego zitari iza Leta itangazamakuru niryo riza imbere mu nzego abanyarwanda bafitiye ikizere.
Umuyobozi w' Urwego rw' igihugu rw' igihugu rw' imiyoborere Prof Shyaka Anastase yabitangarije abagize inteko ishinga amategeko mu nama nyungurabitekerezo ku mahame remezo u Rwanda rugenderaho.
Yifashishije ubushakashatsi n' ibipimo bidatukanye yagiye bikorwa yagaragaje icyizere Abanyarwanda bafitiye inzego, gahunda za Leta, umukuru w' igihugu, n' uko bakiriye ibyavuye mu matora.
Yagize ati “Iyo (...)

- Politiki / ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2inT2YT
via IFTTT

Reba umuhanzi Nyarwanda ushaka kwibagiza Parfine agahinda yatewe na Safi

Regy Banks , umuhanzi nyarwanda uririmba indirimbo ziganjemo izicurangitse mu mudiho nyafurika yanditse ibaruwa avuga ko ashaka gusimbura Safi imbere ya Parfine no mu itsinda rya Urban Boyz.

Mu itangazo uyu muhanzi yanyujije ku mbuga nkoranyambaga yagize ati ‘’ Ndashaka gusimbura Safi Madiba mu myanya ibiri y’icyubahiro yatakaje ariyo : Parfine  na Urban Boyz’’.

Yongeyeho ko ngo icyo Safi amurusha ari uburambe mu kazi gusa ati : “ Icyo Safi andusha ni uburambe mu kazi naho ibindi byose ntacyo andusha kandi niteguye gukora ibisabwa byose kugira ngo iyo myanya yombi nyegukane”.

Itangazo rya Regy Banks

Safi na Parfine bavuzwe mu nkuru z’urukundo guhera muri 2015 , urukundo rwabo rwaravuzwe cyane mu itangazamakuru ndetse nabo bakarutiza umurindi aho buri kanya babaga bashyira amafoto yabo mu bihe bitandukanye ku mbuga nkoranyambaga.

Muri Kanama uyu mwaka nibwo byamenyekanye ko aba bombi bamaze gutandukana burundu , babanje kubigira ibanga ariko nyuma biramenyekana , Safi yahise akora ubukwe na Niyonizera Judithe umunyarwandakazi ufite ubwenegihugu bwa Canada , kuri Parfine we ntarahishura uko ahagaze mu rukundo nyuma yo gutandukana na Safi.

Parfine yavuze ko nyuma yo gutandukana na Safi hari abasore benshi b’abanyarwanda barimo n’abahanzi batangiye kumwandikira bamusaba urukundo ngo bamwibagize agahinda yasigiwe na Safi , Regy Banks na we akaba yeruye ko abyifuza.

Nyuma y’ubukwe bwa Safi yahise asezera no mu itsinda rya Urban Boyz yari amazemo imyaka 10 , akivamo havuzwe amakuru ko Nizzo na Humble Jizzo bashobora gushaka umusimbura we muri iri tsinda gusa nyuma babiteye utwatsi bakomeza gukora ari babiri.

Safi na Parfine bakundanyeho mbere y’uko Safi arushinga na Judithe

Regy Banks ushaka gusimbura Safi mu myanya ibiri y’icyubahiro abona yatakaje



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2AIpuN8
via IFTTT

Papa yatanguye urugendo rwiwe muri Bangladesh

Ikibazo cerekeye impunzi z'aba Islam b'aba Rohingya biza kuba kw'isonga ry'ibiganirwa, mu gihe Papa Francis ashitse avuye i Myanmar

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2zDyTlb
via IFTTT

Yagotomeye uburozi mu rukiko mpuzamahanga

Slobodan Praljak umwe mu babaye mu buyobozi bw'igitugu bwa Bosnia, imwe muri za leta zari zigize icyahoze ari Repubulika ya Yugoslavia yapfiriye mu rukiko amaze kunywa uburozi.
Jenerali Praljak wayoboye bimwe mu bitero by'abaturage bo mu bwoko bwaba croate, yanyweye ubwo burozi ubwo abacamanza mu rukiko rw'ubujurire rw'urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho Yugoslavia bari bamaze gushimangira igihano yahanishijwe cyo gufungwa imyaka 20.
Urukiko rwahise ruhagarika imirimo ubwo Praljak yari amaze (...)

- Udushya

from Umuryango.rw http://ift.tt/2i1S5Sn
via IFTTT

Mukeshabatware uzwi mu gukina ikinamico yapfushije umugore

Mukeshabatware Dismas umugabo w'igikwerere wubatse amateka mu gukina ikinamico no kwamamaza Imvaho, yapfushije umugore we wazize uburwayi.Iyi nkuru ikabaye yamenyekanye mu gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 30 Ugushyingo 2017.
Dismas afite imyaka 67 y'amavuko afitanye abana barindwi[abakobwa batanu n'abahungu babiri] n'uyu mugore we witabye Imana akaba yitwaga Mukakarangwa Marie Helene.
Amakuru aravuga ko Marie Helene yaguye mu bitaro byitiriwe umwami Faisal aho yari arwariye. (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2nftoY8
via IFTTT

Umwaka urashize umunyamakuru Eminente afunzwe, uwo babakatiye hamwe we aracyari hanze

Tariki 30 Ugushyingo 2017, nibwo hatangiye gutangazwa amakuru y'ifungwa rya Mugabushaka Jeanne de Chantal uzwi cyane ku izina rya Maman Eminente.

Kuwa Gatanu tariki 12 Gicurasi 2017 nibwo Urukiko rw'ibanze rwa Kacyiru mu mujyi wa Kigali, rwakatiye Mugabushaka Jeanne de Chantal hamwe n'umuvugabutumwa Apotre Bizimana Ibrahim, aba bombi bakatirwa ko bagomba gufungwa imyaka itatu n'amezi abiri no gutanga ihazabu ya miliyoni eshatu z'amafaranga y'u Rwanda, nyuma yo kubahamya icyaha cy'ubwambuzi bushukana.

Kuva ubwo umunyamakuru Eminente arafunzwe ariko Apotre Ibrahim we ntiyigeze afungwa, bitewe n'uko yakatiwe adafunzwe kandi agahita ajuririra icyemezo cy'urukiko.

JPEG - 165.3 kb

Eminente we amaze igihe muri gereza mu gihe uwo bakatiwe igihano kimwe atarafungwa

Mugabushaka Jeanne de Chantal (Eminente) yaburanaga afunzwe kuko yatawe muri yombi mu kwezi k'Ugushyingo 2016 akurikiranyweho icyaha cy'ubwambuzi bushukana, icyaha ubushinjacyaha bwagaragazaga ko yagikoze yaka amafaranga abanyamadini abizeza kubashakira ibyangombwa mu kigo cy'igihugu cy'imiyoborere (RGB). Apotre Bizimana Ibrahim, we yaburanaga adafunzwe, ndetse Eminente agitabwa muri yombi ntibyahise bivugwa ko areganwa na Bizimana Ibrahim.

Kuba Apotre Ibrahim atarafunzwe, biteganywa n'amategeko nk'uko byashimangiwe na Itamwa Emmanuel, umuvugizi w'inkiko z'u Rwanda, mu kiganiro yahaye ikinyamakuru Ukwezi.com. Itamwa Emmanuel ati: "Kuko Eminente we yakurikiranwaga afunzwe, itegeko rivuga ko iyo urubanza ruciwe mu rwego rwa mbere umuntu aguma muri etat yari arimo (niba yari afunzwe akagumamo, niba yari ari hanze akahaguma) n'iyo yahamwa n'icyaha. Ni ukuvuga ngo Eminente we agomba kuguma afunzwe ariko uriya ukurikiranywe ari hanze, iyo ajuriye nawe aguma muri etat yari arimo, ni ukuvuga ngo icyaha kiba kitaramuhama kugeza igihe urubanza ruzaba ndakuka. Mu gihe rero iminsi yo kujurira ikirimo cyangwa se yarajuriye, icyo gihe aguma uko yari ari, kereka umunsi urubanza rwe rwabaye ndakuka"

JPEG - 355.8 kb

Apotre Bizimana Ibrahim n'ubwo yakatiwe yibereye mu rugo

Uyu muvugabutumwa, Apotre Bizimana Ibrahim, yamenyekanye mu itorero Umusozi w'Ibyiringiro rya Kimisagara na Runda mu karere ka Kamonyi, iri torero akaba yarafatanyaga kuriyobora na Apotre Mukabadege Liliane wari umugore we byemewe n'amategeko ariko bakaza gutandukana burundu mu mategeko, itorero rikaguma mu biganza by'umugore we ari nawe wari wararishinze, hanyuma undi nawe akaza gushinga irye nyuma.

JPEG - 140.6 kb

Mbere bakoranaga umurimo w'ivugabutumwa bakibana nk'umugabo n'umugore ariko batandukanye byemewe n'amategeko umwe abikora ukwe

JPEG - 259.6 kb

Aha bari kumwe na Apotre Paul Gitwaza, umunsi abimika icyarimwe akabashyira ku rwego rw'Intumwa z'Imana

SOMA INKURU BIJYANYE HANO: Gushinjanya amarozi, ubusambanyi... biraganisha Apotre Bizimana n'umugore we kuri gatanya



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2Bma9hq
via IFTTT

Ibibazo by’imvune mu ikipe y’igihugu ya Kenya yitegura Amavubi

Kenneth Muguna usanzwe ugenderwaho n'ikipe ya Kenya yavunitseCECAFA Senior Challenge Cup  2017 irabura iminsi itatu ngo itangire. Umukino ufungura iri rushanwa uzahuza Amavubi y’u Rwanda ikipe y’igihugu ya Kenya yakiriye amarushanwa, ivugwamo ibibazo by’imvune mu bakinnyi igenderaho. Kuva tariki 3 kugera 17 Ukuboza 2017 hateganyijwe irushanwa rihuza amakipe y’ibihugu by’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru mu karere ka Afurika yo hagati n’Uburasirazuba ‘CECAFA’. Ikipe y’igihugu […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2zP170d

Musonye yandagaje igihugu cya Zimbabwe nyuma yo kwikura muri CECAFA

• Musonye yababajwe n'uko Zimbabwe yikuye muri CECAFA ku munota wa nyuma
• Zimbabwe yatangaje ko yivanye muri CECAFA ku munsi w'ejo kubera umutekano muke uri muri kenya
• Musonye yavuze amagambo Atari meza kuri Zimbabwe

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2BohHk5
via IFTTT

Trump na Minisitiri w' intebe w' Ubwongereza ntibavuze ku mashusho Trump yakwirakwije

Perezida wa Leta zunze Ubumwe z' Amerika Donald yasabye Minisitiri w' Intebe w' Ubwongereza Theresa May kwita ku iterabwoba aho kumwitaho.
Ni nyuma y' uko Perezida Trump akwirakwije amashusho atatu y' abari mu mitwe y' iterabwoba. Aya mashusho Trump yakwirakwije abantu barimo na May banenze Trump bamushinja kwamamaza imitwe y'iterabwoba. Umuvugi wa Therese May yavuze ko ibyo Trump yakoze ari amakosa
Ayo mashusho Trump yakwirakwije yayakuye ku mbuga nkoranya mbaga z' abari muri iyo mitwe y' (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2j3FY8e
via IFTTT

Dore amafoto y’abasore bahataranira ikamba ry’umusore Mwiza kurusha abandi muri Africa “Mister Africa International 2017”

Umusore usanzwe amurika imideli mu Rwanda ndetse no muri Afurika, Ntabanganyimana Jean Dieu aherutse kwerekeza muri Nigeria aho yagiye guhagararira u Rwanda mu marushanwa yo gushaka rudasumbwa w’Afurika 2017 (Mister Africa International 2017).

Uyu musore yahagarutse mu Rwanda kuwa 27 Ugushyingo 2017, yerekeza muri Nigeria ahateganyijwe kuzabera ibirori byo gutora Rudasumbwa w’Afurika kuwa 02 Ukuboza 2017.

Kugeza ubu uyu musore n’abandi bahanganye basaga 20 bacumbitse muri Hotel y’inyenyeri 5 iri mu Mujyi wa Ibadan muri Nigeria aho bari kwitegura umunsi nyir’izina.

Ntabanganyimana Jean de Dieu uzwi cyane ka Jay Rwanda ubwo yahagurukaga mu Rwanda, yavuze ko yiha amahirwe yo kwegukana ikamba ku kigero cya 90%, ayandi akayaharira bagenzi be bahanganye.

Muri aya marushanwa u Rwanda rwitabiriye ku nshuro ya kabiri, mu bagize akanama nkempurampaka harimo n’umunyarwanda Moses Turahirwa wigeze kuryitabira akanaba agisonga cya kabiri.

Reba amafoto ya Jay n’abo bahanganye muri Nigeria:



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2ArIv6d
via IFTTT

Perezida Trump yarakajwe na Minisitiri w'Intebe w'u Bwongereza amusubiza amwiyama

Ibi bije nyuma y'aho uyu Minisitiri w'Intebe, Theresa May, yagaragaye cyane yikoma Perezida Trump, ku gushyigikira amashusho yakwirakwijwe kuri Twitter n'itsinda ry'abahezanguni bo mu Bwongereza bagendera ku ngengabitekerezo y'irondaruhu.

Ayo mashusho yakwirakwije bwa mbere na Jayda Fransen, Umuyobozi wungirije w'iryo tsinda, arimo iyerekanaga umuntu wiswe umwimukira w'umuyisilamu akubita umwana w'umuhungu w'Umuholandi kugeza apfuye; iyerekana umuntu amenagura ishusho ya Bikira Mariya muri Syria n'iy'umugabo wurijwe inyubako agasunikwa hasi.

Perezida Trump yongeye gusangiza abamukurikira kuri Twitter barenga miliyoni 40 ayo mashusho (retweet), ntibyanyura Minisitiri w'Intebe, Theresa May. Umuvugizi we yavuze ko “bidakwiye ku muntu nka Perezida gushyigikira igikorwa nk'icyo.”

BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko Perezida Trump atazuyaje, yahise abwira May ko akwiye kwita ku kibazo cy'iterabwoba cyugarije igihugu cye akareka kwirirwa anenga amashusho yasangije abantu.

Yagize ati “Ntukibande kuri njye, ibande ku mutwe w'iterabwoba uri mu Bwongereza.

U Bwongereza na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashyira hamwe ndetse abenshi ntibatinya kuvuga ko bafitanye n'ubucuti budasanzwe ku buryo Theresa May ari we muyobozi wa mbere wasuye Trump muri White House muri Mutarama 2017 nyuma yo kurahirira inshingano zo kuyobora Amerika.



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2jyXsc2
via IFTTT

TOYOTA VITZ igurishwa 3,2M

Price:3,200,000 RWF
Transmission:Automatic
Plate: RAC…B
Fuel:Petrol
Seats:5
Doors:5
Year:2001
Insurance:OK

CONTACTS: +250783515900(whatsapp)
+250728703370
+250733515900



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2Bnmh1R
via IFTTT

Buhari: Abanye Nigeria bose bari muri Libya bazotahukanwa

Prezida wa Nigeria Muhammadu Buhari yavuze ko abanye Nigera bose baheze mu gihugu ca Libya batohakunwa iwabo banafashwe gusubizwa mu buzima busanzwe

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2i2Mf37
via IFTTT

Land Rover Defender igurishwa kuri 9M

Price:9,000,000 RWF
Make: Land Rover
Model:Defender
Transmission:Manuel
Plate: RAA…R
Fuel:Petrol
Seats:8
Doors:4
Year:1989
Insurance:OK
Control:ok



CONTACTS: +250783515900(whatsapp)
+250728703370
+250733515900



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2iqwqan
via IFTTT

Intebe nziza zigurishwa kuri macye cyane: 150,000RWF

Izi ntebe zifite imyanya 7 yo kwicaraho hamwe n'akameza, biragurishwa kuri 150,000RWF gusa. Guciririkanya ntabwo byemewe, ayo niyo ya nyuma.


CONTACTS: +250783515900(whatsapp)
+250728703370
+250733515900



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2AnRzcd
via IFTTT

TOYOTA CARINA E igurishwa kuri 4,5M

Price:4,500,000 RWF
Transmission:Manuel
Plate: RAC…A
Fuel:Petrol
Seats:5
Doors:4
Year:1995
Insurance:OK
Control:ok



CONTACTS: +250783515900(whatsapp)
+250728703370
+250733515900



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2iqwk2v
via IFTTT

TOYOTA PICNIC igurishwa kuri 4,5

Price:4,500,000 RWF
Transmission:Manuel
Plate: RAC…I
Fuel:Diesel
Seats:8
Doors:4
Year:2000
Insurance:Ok
A/C


CONTACTS: +250783515900(whatsapp)
+250728703370
+250733515900



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2Aq94bz
via IFTTT

Abafana ba Nice babwiye umukinnyi wabakiniraga ko bazamwica

Myugariro wakiniraga Nice umwaka ushize witwa Dalbert ukomoka muri Brazil, yatangaje ko abafana bayo bamubwiye ko bifuza kumuca amaguru ndetse abandi bamubwira ko bazamwica.
Mu kiganiro yagiranye n'ikinyamakuru France Football,yagitangarije ko mbere y'uko ava muri Nice yerekeza muri Inter Milan yakiriye ubutumwa bwinshi bw'abafana b'iyi kipe bamubwira ko bazamuca amaguru ndetse abandi bamubwira ko bifuza kumwica.
Yagize ati “Mu maso yabo nari umugambanyi.Mbere y'uko mva muri Nice nerekeza (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zAfG3D
via IFTTT

Minisitiri w’uburezi yasuye ULK ngo arebe aho igeze mu ireme ry’uburezi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu Minisitiri w’uburezi Dr Musafiri Papias Malimba yasuye kaminuza yigenda ya Kigali (ULK) areba uko ireme ry’uburezi rihagaze, ashima ibikorwa byabo n’imyigishirize ihari ariko agira n’ibyo asaba ko bikosorwa. Yatembereye mu bice binyuranye by’iyi Kaminuza iri ku Gisozi areba ibikoresho bafite, za Laboratoire, abaza iby’abarimu bafite, za mudasobwa, anasura […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2kbDckw

Leta y'u Rwanda yemeye gutabara uruhinja ruri mu kaga, gusa ababyeyi baracyahangayitse

Pierra Abayisenga Nishimirwe, ni umwana w'amezi atanu gusa y'amavuko, akaba ari imfura ya Mukangemanyi Chantal na Nsengumuremyi Jean Paul bamaze umwaka n'amezi macye bashakanye. Uyu mwana, akivuka yagize uburwayi bw'umutima ndetse nk'uko twari twabitangaje mu nkuru iheruka, akeneye ubutabazi bwihutirwa cyane ngo ajyanwe mu Buhinde gukurikiranwa n'abaganga baho.

Ababyeyi ba Pierra Nishimirwe Abayisenga, batuye aho benshi bakunda kwita mu Kiyovu cy'abakene, hafi y'ibiro by'akagari ka Rugenge. Se atwara abagenzi mu modoka nto (Taxi Voiture) agashakira umuryango ibiwutunga, ariko nyina wa Pierra we nta kazi afite. Ni umuryango ubasha kwibonera ibiwutunga bisanzwe ariko nta bushobozi bufatika bafite bwo kwita ku mwana wabo.

Nyuma y'uko ababyeyi ba Pierra batabazaga basaba abagiraneza kubafasha ngo bajye kuvuza umwana wabo, Minisitiri w'Ubuzima mu Rwanda, Dr Diane Gashumba, yahamije ko uyu mwana azavuzwa na Leta ariko Leta ikaba itazamutangira ibindi bisabwa birimo amafaranga y'urugendo ndetse n'ibizatunga abazamurwaza mu gihe cyose bazamara mu Buhinde.

Minisitiri w'Ubuzima yatangaje kuri uyu wa Gatatu tariki 29 Ugushyingo 2017, ko inama yabaye tariki 24 Ugushyingo 2017 yigaga ku kibazo cya Pierra Nishimirwe Abayisenga, yanzuye ko ari ngombwa ko ibitaro byitiriwe umwami Faisal byohereza uyu mwana kuvurizwa mu Buhinde ariko itike y'indege n'ibindi bitari ubuvuzi byo bakazabyishakira.

REBA VIDEO Y'IKIGANIRO TWARI TWAGIRANYE MBERE N'UMUBYEYI WA PIERRA HANO:

Abayisenga Nishimirwe Pierra n'umubyeyi we Mukangemanyi Chantal

Nyuma yo kwemererwa na Minisiteri y'Ubuzima ko bazabona ubufasha mu kuvuza umwana wabo, ababyeyi ba Pierra barabyishimiye cyane ariko kugeza ubu bafite impungenge ko bazananirwa kubyaza umusaruro amahirwe bahawe bitewe n'uko batashobora kwigeza mu Buhinde no kwiyishyurira aho bazaba n'ikizabatunga mu gihe bazamarayo.

Mukangemanyi Chantal yabwiye Ukwezi.com ko mu bantu bari bitabaje mbere, hari abafite umutima w'urukundo n'impuhwe bari bagiye babafasha, kuburyo bari bamaze kubona amafaranga y'u Rwanda abarirwa muri miliyoni imwe. Gusa ngo amafaranga akenewe kugirango bazabone ay'urugendo, ayo kubatunga n'ay'icumbi ry'umurwaza mu Buhinde kugeza ubu ntibazi aho bazayakura, basagaba n'abandi bafite umutima w'urukundo ko babatabara.

Inkunga yawe uko yangana kose, yagira uruhare mu kurokora ubuzima bwa Pierra

Uyu muryango utewe agahinda n'uburwayi bw'uyu mwana, ndetse bafite impungenge z'uko Pierra yazuzuza amezi atandatu atarabona ubuvuzi kubera kubura ubushobozi bwo kumugezayo ngo Leta imwishyurire, bikaba byatuma ubuzima bwe bujya mu kaga kurushaho. Basaba imiryango itegamiye kuri Leta n'abantu ku giti cyabo bafite umutima w'impuhwe n'urukundo, ko babatabara bakabafasha uko babishoboye kugirango babone amafaranga y'urugendo, ay'icumbi n'azatunga umurwaza bityo babashe kubona umwana wabo yavuzwa.

N'iyo yaba inkunga y'amafaranga macyeya, ushobora kubafasha ukayabaha mu buryo bwakorohera. Wakwifashisha MTN Mobile Money ya Mukangemanyi Chantal kuri nimero 0783553025 cyangwa Tigo Cash kuri nimero 0728553024. Wanifashisha iya Nsengumuremyi Jean Paul kuri nimero 0788858141 cyangwa 0728858141. Ushobora kandi gukoresha nimero ya Konti 9399 ibarizwa muri COOPEDU.

GUSANGIZA BENSHI BASHOBOKA IYI NKURU NABYO NI INKUNGA IKOMEYE MU GUTABARIZA UYU MWANA



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2kbzd7w
via IFTTT

Amerika isaba isi yose guhagarika urudandaza na Korea ya ruguru

Amerika yeteye akamo ibihugu bitandukanye guhagarika imigenderanire na Korea ya ruguru, nk'ingingo yo kwiyamiriza igeragezwa ry'ibisase rimaze imisi rikorwa n'ico gihugu.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2AgReHV
via IFTTT

Umubyeyi yabuze umwana we w'imyaka 3 nyuma yo kumusiga aryamye mu Cyumba cye nijoro

Umubyeyi witwa Kristy Woods ukomoka mu gihugu cya Leta zunze Ubumwe z'Amerika muri Carolina y'amajyaruguru yatunguwe no kubyuka akabura umwana we w'imyaka 3 witwa Mariah yari yasize aryamye mu cyumba cye.
Uyu mubyeyi yatangaje ko yasize aryamishije uyu mwana we mu cyumba cye mu ijoro ryo ku Cyumweru taliki ya 26 Ugushyingo 2017 ndetse yemeza ko yatandukanye nawe ku I saa tanu z'ijoro,ariko azindutse mu gitondo saa kumi n'ebyiri abura uyu mwana we.
Nyuma yo kubura umwana we,uyu mubyeyi yahise (...)

- Mu Rwanda

from Umuryango.rw http://ift.tt/2ipuVZJ
via IFTTT

Abasobanura filims baganiriye n’AbaDJ bo ku mihanda ngo bumvikane

Aba Disk Banner bo mu karere ka Nyanza babangamirwa n' ababafunga babahora ubusaAbasobanura filimi mu Rwanda zizwi cyane nk’Agasobanuye ubu bibumbiye hamwe mu kitwa DAD (Digital Arts Distrubution) ejo batangiye ibikorwa byo gusura abaDJ na Disk Banners bo ku mihanda mu Ntara ngo bumvikane imikoranire n’inyungu ziva mu kazi bakora. Ejo, Sankara the Premier, Yakuza na Kirabiranya Rocky bo muri DAD baganiriye n’ab’i Nyanza n’i Muhanga ku […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2ApJELp

VIDEO: Menya uburyo waca ukubiri n'umunaniro cyangwa kubabara umugongo no mu ngingo

Tugiye kugaruka ku mwunyungugu wa Kalisiyumu (Calcium). Ese umarira iki umubiri? Ese iyo wawubuze, ni ibihe bimenyetso ugaragaza? Ese ubundi 'Calcium' ni iki?

Kalisiyumu cyangwa Calcium ni imyunyungugu (Minerals) umubiri ukenera cyane mu mikorere myiza yawo. Amenyo n'amagufa burya nibyo bikenera cyane iyi myunyungugu kugirango bikomere, gusa kalisiyumu ikora n'ibindi byinshi mu mubiri. Yinjira mu mubiri cyane iturutse mu byo turya bya buri munsi.

Ese ni akahe kamaro kayo?

Nk'uko tubikesha urubuga Healthy Vitamin Choice, Kalisiyumu ifitiye akamaro kenshi umubiri wacu:

  • Ifasha ugukomera kw'amenyo n'amagufa yo mu mubiri . Burya ngo amenyo n'amagufa yihariye 99% bya kalisiyumu iba mu mubiri,1% isigaye iboneka mu maraso.
  • Ifasha umutima gutera neza.
  • Ku bana bato, ituma bakura neza.
  • Ifasha kuringaniza umuvuduko w'amaraso
  • Ifasha imikaya(muscles) gukora neza ndetse igatuma imyakura(nerves) itwara amakuru neza mu mubiri.
  • Ifasha ikoreshwa ryiza ry'ubutare (fer/iron) mu mubiri.
  • Ifasha imvubura (Glands) z'imisemburo itandukanye gukora neza.
  • Ifasha ibikorerwa mu mubiri (Metabolism) kugenda neza.
  • Irinda ibinya mu mubiri, ndetse no gufatwa n'imbwa (Cramps)

Ni ibihe bimenyetso byakwereka ko yagabanyutse mu mubiri?

Iyo Kalisiyumu yagabanyutse ni byo bita Hypocalcemia. Icyo gihe umuntu ashobora kugira ibimenyetso bitandukanye. Muri byo twavugamo:

  • Kugira ibinya mu mubiri (Spasms) no gufatwa n'imbwa (Muscle cramps)
  • Kumva utuntu tumeze nk'udushinge tujomba cyane cyane mu birenge no mu biganza
  • Koroha kw'amagufa ku buryo nk'abageze mu za bukuru bo n'amagufa atangira kuvunika ubusa.
  • Umunaniro ukabije ndetse no kubyuka unaniwe cyane (Morning sickness)
  • Kubabara mu ngingo zitandukanye
  • Ku bana bato, iyo babuze uyu munyungungu, amagufa atangira no kwihina kuko aba yoroshye (Rickets or Osteomalacia).
  • Umuntu ashobora no kugira ikizengerera ndetse akaba yagira na Paralizi
  • Kubura ibitotsi.
  • Ku gitsina gore, bashobora kugira ibibazo mbere yo kujya mihango (premenstrual Problems).
  • Kwiyongera k'umuvuduko w'amaraso.

Wari uzi ko habonetse inyunganiramirire za Kalisiyumu zagufasha?

Ni byiza ko urya amafunguro abonekamo Kalisiyumu cyane ariko ntabwo uzi ngo umubiri wawe wawuhaye ingana iki. Hari n'ababa baratangiye kugira ibibazo byo kubura Kalisiyumu. Ubu rero habonetse inyunganiramirire zikize cyane kuri Kalisiyumu kuburyo zongera Kalisiyumu mu mubiri. Muri izo harimo Calcium Capsule, Compound Marrow powder na Joint Heath Capsule.

Izo nyunganiramirire zirizewe cyane ku kwego mpuzamahanga ndetse zifite n'ubuziranenge mpuzamahanga butangwa n'ibigo bikomeye nka FDA (Food and Drug Admnistration). Nta ngaruka mbi ku wazikoresheje kuko zikozwe mu bimera kalisiyumu ibonekamo.

Uramutse ukeneye izi nyunganiramirire wahamagara 0789433795/0726355630 cyangwa ukaba wagana Horaho Life aho ikorera kwa Rubangura muri Etage ya 3, mu muryango wa 302. Ndetse wanasura urubuga rwabo arirwo www.horahoclinic.rw.

REBA VIDEO USOBANUKIRWE KURUSHAHO HANO:



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2zCwS8H
via IFTTT

Prezida Trump yasuzuguye umushikiranganji wa mbere w'Ubwongereza Theresa May

Prezida Donald Trump wa Amerika yabwiye umushikiranganji wa mbere w'Ubwongereza Theresa May kwitaho cane ivyerekeye iterabwoba muri ico gihugu hakumunebagura.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2jxK33L
via IFTTT

Abanya Kigali bakanguriwe kurya amababi y'ibijumba ngo batagwingira

Abanayakigali bahawe imbuto y'ubwoko bushya bw'ibijumba biterwa mu karima k'igikoni imigozi yabyo ikaribwa mu myanya wo kurya imboga zisanzwe za dodo mu rwego rwo kurwanya imirire mibi.

Iyi migozi yatangiwe mu murenge wa Mageragere mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigal kuri uyu wa gatatu tariki ya 29/11/2017, kuri uyu munsi kandi hari hanatangijwe ubukangurambaga bwo kurwanya imirire mibi.

Abaturage batuye uyu murenge bongeye gukangurirwa gukora uturima tw'igikoni bagateramo imboga, icyaba nk'igitanga kuri uyu munsi ariko ni imigozi y'ibijumba bahawe ngo bayitere mu turima tw'igikoni kandi ko bazajya barya imigozi yayo.

Umwe mu bazi ba CIP umushinga wazanye iyi migozi yavuze ko bigoye kumvisha abanyarwanda ko bakwiye kurya imigozi y'ibijumba ariko ngo bazagerageza kubibumvisha.

Ati :”iki si ikintu abantu bari bamenyereye ko imigozi y'ibijumba abantu bayishyira mu karima k'igikoni iyi migozi y'ibijumba ariya mababi yayo araribwa nk'imboga kandi agira intungamubiri nyinshi cyane niyo dusaba abahizi kuyihinga kuko irabafasha nk'imboga. Ni imboga rwose ziryoha cyane . turabizi ko bigoye kugirango abanyarwanda barye imigozi y'ibijumba ariko kandi tugomba gukora ubukangurambaga bakabimenyera.”


Abakozi ba CIP bereka visi meya w'umujyi aya mababi y'ibijumba aribwa

Uyu mushinga uvuga ko iyi migozi ikungahaye kuri vitamin A, ntibimenyerewe ko mu Rwanda abantu barya imigozi y'ibijumba kuko ubundi ibimenyerewe ari ibihingwa abantu bakarya ibijumba byezeho.

Muhongerwa Patricie umuyobozi w'umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe imibereho myiza avuga ko iyi mbuto izakiwra mu baturage bose uko izagenda ihigwa. Ati :”Iriya mbuto si nyinshi muri Kigali no ku Isoko usanga bihenda batuzaniye ikamyo yuzuye imbuto turabiha abaturage abandi bashaka kubihinga imbuto bazayikura hano.”

Ibi bijumba ntibiribwa imigozi gusa kuko n'ibijumba bisanzwe byabyo ngo biribwa ndetse bikanagira vitamin A na B.

Umurenge wa Mageregere wabereyemo iki gikorwa kuwuhitamo ntibyabaye kuri tombora kuko ufite abanta bafite imirire mibi ndetse hakaba hari abana 28 bari kwitabwaho mu buryo budasanzwe kugirango bakire ingaruka z'imirire mibi zibugarije.

Ubu mu Rwanda ubugwingire buri ku kigereranyo cya 38 ku ijana ku rwego rw'igihugu mu gihe mu mujyi wa Kigali buri ku kigero cya 23 ku ijana.

Ubuyobozi bw'umujyi wa Kigali buvuga ko iki gikorwa kizakomereza mu turere twa Kicukiro na Gasabo ngo bikwire mu mujyi hose.



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2zBgYLO
via IFTTT

Christina Shusho mu bazataramira abagore ku wa Gatandatu muri Serena

Amateka ya TP Mazembe ikomeje kuba ubukombe ku mugabane wa Afurika

Ikipe ya Tout Puissant Mazembe izwi ku kazina ka Englebert ituruka mu gihugu cya Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo mu mugi wa Lubumbashi aho yashinzwe mu mwaka wa 1939, kuri ubu imaze gutwara ibikombe 11 Nyafurika. Ikipe ya TP Mazembe yashinzwe n'abihaye Imana b'abagatolika mu rwego rwo gufasha urubyiruko rutashoboye kwitabira amashuli yo kwiga iyobokamana nk'ubupadiri n'ibindi gukina umupira w'amaguru aho bayise Saint Georges FCndetse ihita ishyirwa mu cyiciro cya mbere cyitwaga Royal (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2Apuy8M
via IFTTT

Uko abari barabaswe n’ubukene bahinduriwe amateka n’impanuro za FPR-Inkotanyi

Umuhanzi ukomeye wo muri Tanzaniya yakoreye igikorwa gikomeye Miss Ingabire Habibah bitungura benshi.

Mu gihe habura amasaha make ngo hakamenyekana umukobwa uzegukana ikamba ry’uwahize abandi mu irushanwa rya Miss Supranational 2017 ririmo umunyarwandakazi Miss Ingabire Habibah uhagarariye u Rwanda.Kuri ubu umuhanzi ukomeye cyane mu gihugu cya Tanzaniya, Ommy Dimpoz yatunguye abantu batari bake ubwo yagaragazaga ko ashyigikiye cyane Habibah ndetse anashishikariza abafana be kumutora.

Ni mu butumwa Ommy Dimpoz ukunzwe cyane mu ndirimbo Cheche yanyujije ku rukuta rwe rwa instagram aho yashyizeho ifoto ya Habibah ndetse yongeraho amagambo agaragaza ko amushyikiye cyane, ndetse aboneraho kubwira abafana be barenga miliyoni ebyiri bakumukira kuri instagram,uburyo bakoresha batora uyu munyarwandakazi kugira ngo bakomeze kumwongerera amahirwe yo kwegukana igihembo muri iri rushanwa.

Instagram Photo



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2By1Tfl
via IFTTT

FPR yasabye urubyiruko rwo muri UNIK gutera ikirenge mu cy’abayitangije

Bagiranye ibiganiro n'abayobozi ba RPF mu karere ka Ngoma babasaba gusigasira ibyagezwehoNgoma- Ejo ku wa Gatatu, abayobozi b’Umuryango FPR-Inkotanyi mu karere ka Ngoma baganiriye n’abanyeshuri bo mu Kaminuza ya Kibungo (UNIK) biganjemo urubyiruko babasaba kuzarangwa n’ubutwari bagatera ikirenge mu cy’abatangije uyu muryango. Ni ibiganiro biriho bitangwa mu kwitegura kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 umuryango wa RPF-Inkotanyi umaze ubayeho. Chairman wa RPF-Inkotanyi mu karere ka Ngoma, Rwiririza Jean […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2nh24IS

Perezida Kagame yatabarije abimukira bari gucuruzwa bucakara muri Libya

Bamwe mu bayobozi b'ibihugu byo muri Afurika bagaragaje ko batishimiye ibikorwa bya kinyamaswa biri gukorerwa Abanyafurika bari mu gihugu cya Libiya, aho ngo bakwiye gufatwa bagakurikiranwa.

Aba baturage bakorerwa ibi bikorwa bigayitse ni abimukira baturuka mu bihugu bitandukanye bya Afurika baba bafite inzozi zo kujya gushaka imibereho i Burayi baciye mu nyanja ya Méditerranée, ahantu baba bizeye ubuzima buruta ubw'iwabo ariko abenshi ntibahirwe n'urugendo.

Ubwo hatangizwaga inama ihuje Umuryango w'Ubumwe bw'u Burayi na Afurika iri kubera muri Côte d'Ivoire, Perezida Kagame yagarutse ku ngingo zitandukanye zirimo ko ibihugu bikeneye gufatanya mu gushaka umuti w'ibibazo bifite.

Perezida Kagame yavuze ko iyi nama ihuje Afurika n'u Burayi ibaye mu gihe ibihugu biri guharanira kunga ubumwe ku nzego z'uturere no gukomeza gukorera hamwe hagamijwe kurushaho gutanga umusaruro.

Perezida Kagame yavuze kandi ko ubufatanye bugomba kubaranga kimwe n'ubumuntu bigomba kugaragarira ku buryo bwo gukemura ikibazo cy'abimukira b'Abanyafurika bari muri Libya kimwe n'ahandi.

Yagize ati “Tugomba gukorera hamwe, Afurika Yunze Ubumwe ifite aho ihagaze kandi yihagije izaba isobanuye byinshi ku bafatanyabikorwa bo hanze na buri wese ubigiramo uruhare. Kuki umuntu yakwifuza gukorana n'umuntu udafite ibintu biri ku murongo cyangwa udatanga umusaruro?”

Perezida Kagame yakomeje avuga ko ubufatanye no kumva ibintu kimwe hagati ya Afurika n'u Burayi ari cyo cy'ingenzi kizatuma intengo zishyizwe imbere zigerwaho.

Umukuru w'igihugu yavuze ko ubufatanye bugomba kubaranga kimwe n'ubumuntu bigomba kugaragarira ku buryo bwo gukemura ikibazo cy'abimukira b'Abanyafurika bari muri Libya kimwe n'ahandi.

Perezida Kagame yanashimangiye ko muri ayo mavugurura urubyiruko rugomba gutekerezwaho, kuko kuruha umwanya n'amahirwe muri Afurika n'i Burayi ari uburyo bwiza bwo gusigasira indangagaciro n'ahazaza ibi bice by'Isi bisangiye.

AMAFOTO: Village Urugwiro



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2inwI1M
via IFTTT