Minisitiri w’Intebe MUSHYA yitwa Edouard Ngirente

Itangazo rya Perezidansi ya Republika riramenyesha ko Perezida wa Republika, ashingiye ku bubasha ahabwa n’itegeko Nshinga, yashyizeho Minisitiri w’intebe mushya, ni uwitwa Edouard NGIRENTE.

 

Dr Ngirente ntabwo azwi cyane ku ruhando rwa Politiki y’u Rwanda, yakoraga muri Banki y’isi nk’umujyanama. Akaba yaranigeze gukora muri Minisiteri y’imari n’igenamigambi y’u Rwanda kugeza mu 2011.

UMUSEKE.RW



from UMUSEKE http://ift.tt/2xxfXUq

No comments:

Post a Comment