Byukusenge yatangaje inzozi yifuza gukabya mu mukino wo gusiganwa ku magare

Umukinnyi Byukusenge Patrick watwaye Rwanda Cycling Cup y'uyu mwaka yatangaje ko inzozi ze ari ugukina nk'uwabigize umwuga ndetse ari gukora cyane kugira ngo abashe kubigeraho.
Uyu musore ukinira ikipe ya Benediction y'I Rubavu,yatangarije The New Times ko ahorana inzozi zo kuzakina nk'uwabigize umwuga kandi ahora akora cyane kugira ngo abashe kubigeraho.
Yagize ati “Ndishimye cyane kuba negukanye Rwanda Cycling cup y'uyu mwaka, gusa ndifuza gukina nk'uwabigize umwuga kuko uzaba ari umugisha (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2CwXcTU
via IFTTT

Uganda: Hakozwe amasengesho yo gusengera abanyepolitiki bijujutiye manda y'umukuru w'igihugu

Kuri iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza, 2017 mu gihugu cya Uganda habereye amasengesho yamaze umunsi wose asoza umwaka wa 2017 by'umwihariko bibanda ku banyepolitiki batishimiye icyemezo cyafashwe n'inteko Nshingamategeko ku ngingo yo kongera manda y'umukuru w'igihugu.
Aganira n'itangazamakuru, Bishop David Kiganda uyobora itorero Christianity Focus Ministries yatangaje ko iyi ari inshuro ya 12 hategurwa amateraniro nk'aya, akaba buri mpera z'umwaka.Yavuze ko kuri iyi nshuro byari umwihariko kuko (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2lvCw7l
via IFTTT

AMAFOTO: Ibyaranze igitaramo cy'imbaturamugabo Sauti Sol na Yemi Alade bakoreye i Kigali

Iki gitaramo cyari cyahawe izina rya ‘New Year Count Down' cyabaye mu myaka ibiri dore ko cyatangiye Tariki 31 Ukuboza 2017 kirangira tariki 01 Mutarama 2018, Cyabereye I Kigali muri Convention Center aho bamwe mu bahanzi nyarwanda barimo Bruce Melodie nabo bari baje gufasha aba bahanzi gushimisha abanyarwanda babafasha guherekeza umwaka wa 2017 binjira mu mwaka mushya.

Ibi birori byatangiye bisa n'ibikerewe dore ko n'imvura yabanje kubikoma mu nkokora, gusa ahagana saa yine n'igice nibwo umuhanzi Mike Kayihura yagiye ku rubyiniro acuranga zimwe mu ndirimbo ze anyuzamo n'iz'abandi bahanzi yagendaga asubiramo nyuma yaje kuva ku rubyiniro yakirwa n'aba Djs bagendaga bavangavanga imiziki kugeza ku isaha ya saa tanu n'iminota irindwi (23h07) ubwo Bruce Melodie yasesekaraga ku rubyiniro.

Bruce Melodie wabanje kumara akanya kagera nko ku minota umunani ategereje ko itsinda ry'abacuranzi ryamufashaga rimara kugerageza ibyuma, yaje gusesekara ku rubyiniro aririmba indirimbo ye Uzandabure, akurikizaho turaberanye ariko ukabona abitabiriye iki gitaramo badashyuha ngo nafatanye n'uyu muhanzi kubyina dore ko n'akavura karinganiye karimo kagwa.

Mu gihe kingana hafi n'iminota mirongo ine yamaze ku rubyiniro, Bruce Melodie yaririmbye nyinshi mu ndirimbo ze zirimo; Ntundize, Complete me,Deep In Love, Ndumiwe, Ndetse n'indirimbo ye ikunzwe cyane 'Ikinya' iyi yo akaba yayigezeho benshi bari bayitegereje dore ko abafana bamufashaga kuyiririmba no kuyibyina, Bruce Melodie kandi yasoreje kuri iyi ndirimbo aha bikaba byari bigeze saa tanu na mirongo ine n'ibiri (23h42').

Umuhanzi Bruce Melodie yamaze kuva ku rubyiniro aba Djs bongera kuvangavanga imiziki ari nako Umushyushyarugamba Eugene Anangwe anyuzamo agashyushya abantu, ibi bikaba byaje kugeza ku isaha ya 23h56 ubwo abateraniye muri ibi birori kimwe nk'ahandi hose mu gihugu bakurikiye ijambo rya Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame risoza umwaka wa 2017, ndetse n'ubutumwa yageneye abanyarwanda mu gihe binjira mu mwaka mushya wa 2018.

Nyuma y'ijambo rya Perezida Kagame, byari ibyishimo bidasanzwe ubwo abantu bari bamaze gusezera ku mwaka wa 2017, binjiye muri 2018, ibirori byaranzwe no kurasa urufaya rw'ibishashi bizwi nka Fireworks byarasirwaga inyuma gato ya Kigali Convention Center.

Ibi birori byo kwinjira mu mwaka byakurikiwe n'umuhanzikazi Alioni wagiye ku rubyiniro ku itariki ya 01 Mutarama 2018, Saa sita n'iminota itandatu.
Alioni yaririmbye indirimbo ze zigera kuri ebyiri nyuma avaho akurikirwa na Uncle Austin nawe utatinze ku rubyiniro dore ko abantu biteguraga kwakira itsinda rya Sauti Sol.

Sauti Sol yakoze amateka muri iki gitaramo

Saa Sita na mirongo ine n'itanu mu kadomo (00h45) yabaye isaha y'ibyishimo ku bari bitabiriye iki gitaramo cyiswe ‘New Year Count Down' bagaragaje kwishima ndetse bagaragaza ko baryohewe n'ibirori byari ibya mbere mu mwaka wa 2018 kuri bo.

Kuri iyi saha kandi twari ku wa Mbere tariki 01 Mutara 2018, abagize itsinda Sauti Sol bari bageze ku rubyiniro, aba bagabo basanzwe ari bane kuri iyi nshuro baje mu Rwanda ari batatu banabigarutseho bagitangira kuririmba babwira abakunzi babo ko mugenzi wabo umwe yagiye muri Tailand gukemura ibibazo bijyanye n'umuryango we.

Aba bahanzi bagaragaye cyane nk'abafite ishema ryo kuvuga ururimi rw'ikinyarwanda batangiye baririmba indirimbo yabo yitwa ‘Sura yako' bamaze kuyiririmba batangira kubwira abanyarwanda bati ‘Muraho!, Turabakunda, n'andi magambo menshi bavugaga mu Kinyarwanda benshi bakarushaho kubakunda

Sauti Sol kandi yaririmbye indirimbo 12 zakurikiranye muri ubu buryo; Sura Yako, Love again, Friend Zone (Emoji Video Lyrcis), Live and Die in Africa, Africa, Unconditionally Bae, Mbozi za Malewa, Isabella, Nerea, Nishike,Melanin Kuliko Jana, ndetse na Bom Bom zose kandi bazirangiza abanyarwanda bishimye banafatanya kuririmba no kubyina izi ndirimbo

Kuvuga ko Sauti Sol yakoze amateka si amakabyankuru dore ko nabo bakunze kubigarukaho bagira bati ‘ Kuririmba tariki ya mbere ukaririmba mu mvura, kandi uririmbira abantu bakwishimiye. Bati “Mureke dukore amateka muri 2018 kandi twizeye ko uyu mwaka uzaba mwiza niba namwe mubyizera muzamure amaboko”, ubwo abafana nabo bahitaga babakundira bakazamura amaboko n'akaruru kenshi kagaragaza ko bishimiye aba bahanzi

Mu gihe kingana n'amasaha abiri aburaho iminota mike aba bahanzi bamaze ku rubyinino bishimiwe cyane kandi nabo bashimangira ubuhanga budasanzwe bafite dore ko baririmbaga, bakabyina, bagacuranga ndetse bakanyuzamo bakaganiririza abanyarwanda banabifuriza umwaka mushya muhire.

Sauti Sol basanzwe baririmbira mu Rwanda cyane bakomeje kujya bavangamo hagati mu ndirimbo bakabwira abanyarwanda uburyo Umujyi wa Kigali ariwo Mujyi ufite isuku muri Afurika yose ndetse bagera n'ubwo bavuga ko Intenet ya Wi-Fi basanze muri uyu Mujyi na za New York bagiyeyo ariko ntibayihasange. Ibi nabyo biri mu byatumaga abafana babereka urukundo cyane.

Aba bahanzi kandi batangiranye imbaraga kuva ku ndirimbo yabo ya mbere baririmbye ariyo Sura Yako kugeza kuyo basorejeho yitwa Bom Bom, iyi yo bakaba bahamagaye inkumi nyinshi zari zaje muri ibi birori maze barazibyinisha karahava kugeza bavuye ku rubyiniro aha hari ku isaha ya sa munani n'iminota cumi n'itatu z'urukerera (2h13).

Iri tsinda rya Sauti Sol ryavuye ku rubyiniro ubona abantu bafite akanyamuneza ari nako abambere batangiye kunanirwa gusa akavura ko kari kamaze guhita, umuntu yavuga ko kirukanwe na Sauti Sol.

Bidatinze ku isaha ya saa munani na mirongo ine n'itanu nibwo Umuhanzikazi wari uw'umunsi, Yemi Alade yasesekaye ku rubyiniro gusa habanje kubaho gukererwa dore ko yaje agiye kurira ku rubyiniro ibyuma bigacomoka bikaba birazimye byose biba ngombwa ko ategereza ko babanza kongera kubyatsa, ibi nabyo byatwaye akanya ariko abantu bakomeje kwihangana

Kuri iyi saha ya 2h45 nibwo umuhanzikazi Yemi yageze ku rubyiniro, uyu we ntabwo yakoze byinshi dore ko yahageze bamwe mu bafana batangiye gutaha ndetse n'ubwo yari ku rubyiniro wabonaga abantu bagenda bikura umwe kuri umwe

Uyu muhanzikazi yinjiye aririmba indirimbo ze zitandukanye zirimo; Single and Searching, Kissing, Tumbum, Marry Me, Want You, Duro Timi, Africa (Afatanije na Sauti Sol), Go down, uyu muhanzikazi kandi yaririmbye n'indirimbo Johnny yari itegerejwe na benshi dore ko iyi n'umwana w'uruhinja yagaragazaga ko ayizi

Mu gihe cyose yamaze ku rubyiniro, Yemi yatangiranye imbaraga abyina imbyino zidasanzwe aha akaba yanafashwaga n'abasore babiri ubona bafite ibigango bamubyiniraga, Yemi kandi yanyuzagamo akabwira abagabo bazanye n'abakunzi babo ati “Mu bahobere mu babwire ntibazababere ba Johnny”, yanyuzagamo kandi akavuga ko uyu munsi arabona Johnny Ati “Amaherezo Johnny mubonye mu Rwanda”.

Muri rusange iki gitaramo cya Sauti Sol na Yemi Alade ni uku cyagenze aho cyasojwe mu masaha asatira urucyerera kigasozwa n'uyu muhanzikazi Yemi Alade mu ndirimbo 'Africa' afatanije na Sauti Sol aho yahamagaye iri tsinda ku rubyiniro maze bafatanya kuyiririmba.



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2zX7sBP
via IFTTT

Shampiyona izasubukurwa Rayon Sports icakirana na APR FC

Kuri iki iki cyumweru tariki ya 31 Ukuboza 2017,nibwo inama ya komite nyobozi y'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda yateranye yemeza ko imikino ya shampiyona y'icyiciro cya mbere ku munsi wa 11izasubukurwa mu kwezi kwa 2 nyuma ya CHAN aho Rayon Sports izahura na APR FC.
Iyi komite nyobozi ya FERWAFA yavuze ko iyi mikino y'umunsi wa 11 wa shampiyona izakinwa taliki ya 06 Gashyantare 2018,nyuma gato ya CHAN izaba yasojwe taliki ya 04 Gashyantare aho ikipe y'igihugu Amavubi nayo izitabira (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2CwIqfQ
via IFTTT

De Gaulle yivunye umunyamabanga we batabyumvaga kimwe

Umuyobozi w'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda Nzamwita Vincent uzwi nka De Gaulle yamaze kwandikira uwari umunyamabanga we Uwamahoro Tharcille Latifah urwandiko rumumenyesha ko atazongererwa amasezerano ayo afite narangira mu mpera z'uku kwezi.
Nzamwita yagiye agaragaraho kenshi kutumvikana n'uyu munyamabanga we winjiye muri aka kazi mu mwaka wa 2016 aho uyu mugore yagiye ashinja De Gaulle kumujujubya mu kazi ke ndetse no kwivanga mu nshingano ze.
Nzamwita uherutse kwikura mu matora (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2lzxje0
via IFTTT

VIDEO : Perezida Kagame yasabye abanyarwanda gukorera hamwe no kurinda ibyagezweho

Ibi Umukuru w'Igihugu yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku banyarwanda risoza umwaka wa 2017 rinatanga ikaze mu wa 2018, aho yabashimye ku bwitange bagaragaje mu mwaka ushize.

Ati “Ndahamya ko wagenze neza, tukaba twarageze kuri byinshi by'ingenzi kandi ndifuza kubashimira mwese. Ubukungu muri rusange, umutekano, imibereho myiza y'abanyarwanda n'amatora yaduhuje twese akagenda neza, ibi byose twabigezeho muri uyu mwaka ushize.”

Umukuru w'Igihugu yakomeje ashimira abanyarwanda avuga ko umwaka wa 2017 usize umubano mwiza mu banyarwanda, mu karere ndetse mu mahanga ku isi, byose ‘byashobotse kubera ubushake n'ubwitange bwacu twese dufatanyije'.

Nk'umukoro wa 2018, Perezida Kagame yasabye abanyarwanda gukomeza iyo nzira nziza imaze igihe kitari gito, bagakorera hamwe ku bw'igihugu ariko banarinda ibyagezweho.

Ati “Dukorera hamwe, twiga, dukorera igihugu cyacu kandi ari nako twubaka ubushobozi bwo kurinda ibyo byose tugenda tugeraho ngo hatagira icyasenya ibyo twubaka cyangwa ngo gihungabanye igihugu cyacu. Abashaka gusenya bo bahoraho, ni ngombwa ko batashobora kugira icyo bageraho aho baturuka aho ariho hose n'uburyo bakoresha ubwo aribwo bwose.”

Muri iri jambo, Perezida Kagame yavuze ko nta n'umwe ukwiye gusigara inyuma muri uru rugamba rwo kubaka no kurinda ibyagezweho kuko ntawe bitareba.

Yasoje avuga ko 2018 ukwiye kuba umwaka wo gutera intambwe ndende mu rugendo rw'ubumwe, amajyambere n'umutekano byose ‘birambye'.

Mbere y'uko ageza ku banyarwanda iri jambo risoza umwaka, Perezida Kagame yari yasabanye n'abari bateraniye kuri Kigali Convention Center, abifuriza umwaka mushya muhire.

Mu kwinjira mu mwaka mushya, mu bice bitandukanye bya Kigali hacanywe ibishashi by'ibyishimo uhereye ku nyubako ya Kigali Convention Center, ku musozi wa Rebero n'uwa Mount Kigali.



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2CmBfdl
via IFTTT

RDC: Abantu 8 Bishwe mu Myiyerekano y'Ukwiyamiriza Perezida Kabila

Abasivile 8 barishwe ku musi w’Imana muri Republika iharanira Demokarasi ya Kongo abandi baharurwa mw’ijana barahagarikwa, mu myiyerekano yatunganijwe  n’Abakatolika biyamiriza iguma ku butegetsi rya perezida Joseph Kabila. Igipolisi ca Kongo cavuze ko hapfuye abantu 3, mu gihe reta yo yavuze ko umupolisi umwe ariwe yishwe ku murwa mukuru Kinshasa. Igipolisi carashe insoro z’ukuri, gikoresha n’imyuka ibabaza mu maso ku bantu bari mur’iyo myiyerekano. Iyo myiyerekano yatunganijwe n’Abakatolika bo muri Kongo, inyuma y’umwaka hasinywe amasezerano y’amahoro yari ahagarariwe n’abepiskopi Katolika mur’ico gihugu. Amasezerano yategekanya amatora y’umukuru w’igihugu mu mpera z’umwaka wa 2017 kugira bategure ukuva ku butegetsi kwa Kabila. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bose hamwe n’amashirahamwe adaharanira inyungu za politike bifatanije n’abandi mur’iyo myiyerekano, yari yabujijwe n’ubutegetsi.

from Voice of America http://ift.tt/2DHI6dQ
via IFTTT

Irani: Perezida Rohani Arashigikiye Abamunegura mu Mahoro

Umukuru w’igihugu ca Irani Hassan Rohani yemeye kur’uyu w’Imana ko igihugu ciwe kibwirizwa kwemerera abanyagihugu gushikiriza ivyo banegura. N’inyuma y’imyiyerekano imaze imisi ine aho abantu 2 bamaze gupfa abandi baharurwa mu majana barafatwa n’igipolisi. Perezida Rohani yaramiriye kure abica n’abasambura ibikoresho rusangi. Ni mu gihe yashikiriza ijambo rya mbere kur’iyo myiyerekano yiyamiriza ubutegetsi bwiwe n’ubuzima buzimvye yabereye mu bisagara bitari bike muri Irani. Imigumuko yiyamiriza ubutegetsi muri Irani yatanguye kuva mu mwaka wa 2009, aho perezida Mahmoud Ahmadinejad yahoze arongoye ico gihugu yongera gutorerwa ikiringo ca kabiri. Imigumuko yaburijwemwo n’ubutegetsi bikomeye cane. Mu migumuko yo kur’uyu w’Imana, yitabwe n'abanyeshure baharurwa mu majana bo muri kaminuza y’I Teheran yarigamije gushigikira ubutegetsi ariko nabo bariyamirije ibiturire birangwa muri Irani hamwe n’ubuzima buzimvye.

from Voice of America http://ift.tt/2CxUFZR
via IFTTT

Abashika 18 Barishwe n'Umwiyahuzi muri Afuganistani

Umwiyahuzi yiturikijeko bombe kur'uyu w'Imana yica abantu bashika kuri 18 mu gitero cari gitumbereye abantu bari ku maziko y’umukuru wa distrikte yo mu buseruko bwa Afghanistani, mu ntara ya Nangarhar. Nta muhari uriyemerera ko ariwo wagavye ico gitero. Abatalibani bahakanye ko ata ruhara babigizemwo. Ico gitero cabaye mu gihe hari haheze imisi mike habaye ikindi gitero cahitanye abashika 41 gikomeretsa abarenga 80 ku kigo ndangakaranga c’Abayiisilamu bo mu bwoko bw’abashiite ku murwa mukuru Kabul. Ico naco umuhari wa reta ya kiyisilamu waremeye ko ariwo wagikoze.

from Voice of America http://ift.tt/2lB5Wk3
via IFTTT

Abanyamerika 10 Bapfiriye mw'Isanganya y'Indege muri Costa Rica

Abanyamerika 10 hamwe n’abadereva b’indege babiri barapfuye kur’uyu w’Imana mw’isanganya ry’indege ntoya barimwo ryabereye mu misozi yo mu burengero bw’igisagara San Jose, muri Costa Rica.   Abategetsi ba Costa Rica bavuga ko iyo ndege yitwa Nature Air yahiye iratokombera, nta n’umwe yarokotse, abarimwo bose barahiye nabi cane. Perezida wa Costa Rica, Luis Guillermo Solis yatangaje ko reta yiwe ibabajwe cane n’abapfuye.

from Voice of America http://ift.tt/2luJObQ
via IFTTT

Musanze: Abafite ubumuga babangamiwe n’inzira 21 zigeza umuntu ku biro bya Meya

Uhitamo kuguma mu biyobyabwenge abe yiteguye guhangana na Leta-Kaboneka

Ibyo twifuza byose twagiye tubigeraho, igisigaye ni ukubikomeza ngo bihoreho ubuziraherezo-Kagame

Burera: Polisi yafashe imodoka ipakiye magendu y'imyenda ya chaguwa

Polisi mu karere ka Burera ku itariki 30 z'ukwezi gushize yafashe imodoka ipakiye amabaro 60 ya magendu y'imyenda yambawe bita chaguwa.
Iyo modoka yo mu bwoko bwa Dyna ifite nomero za pulake RAA 613U yafatiwe mu kagari ka Gacundura, mu murenge wa Rwerere.
Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda mu Ntara y'Amajyaruguru, Inspector of Police (IP) Innocent Gasasira yavuze ko hafashwe uwari utwaye iyo modoka n'uwo bari kumwe ucyekwa kuba ari we nyirabyo.
Yagize ati,"Polisi yabonye amakuru ko iyo modoka (...)

- Ubukungu

from Umuryango.rw http://ift.tt/2lxHq32
via IFTTT

Gatsibo: Umugore yafashwe ahekeye umwana hejuru ya Zebra Waragi

Mu gitondo cyo ku wa 29 Ukuboza umwaka ushize, Polisi mu karere ka Gatsibo yafashe uwitwa Uwimbabazi Aline ahekeye umwana we w'amezi agera kuri atandatu y'amavuko hejuru y'amasashi 120 y'inzoga itemewe mu Rwanda yitwa Zebra Waragi; ifatwa rye rikaba ryaratewe n'amakuru yatanzwe n'Umushoferi witwa Nsabimana David wari umutwaranye n'abandi bagenzi mu modoka ya Kompanyi yitwa Yahoo.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Iburasirazuba,Chief Inspector of Police (CIP) Theobald Kanamugire yavuze ko uyu mugore (...)

- Ubutabera

from Umuryango.rw http://ift.tt/2lzNW9z
via IFTTT

Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA ntazongererwa amasezerano y’akazi

2017 Ndahamya ko ari umwaka wagenze neza –Perezida Kagame-VIDEO

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda,Paul Kagame amaze gutangaza uko igihugu gihagaze kuva uyu mwaka wa 2017 watangira kugeza ku musozo wawo ku isaha ya saa tanu n'iminota 59 mu ijambo ryanyuze kuri Televiziyo y'Igihugu kuri uyu wa 01 Mutarama 2017.
Umukuru w'igihugu yatangaje ko umwaka wa 2017 wagenze neza ntagushidikanya mu nguni zose harimo ‘ubukungu muri rusange; umutekano,imibereho myiza y'abanyarwanda,….'Yavuze ko amatora yagenze neza bigizweho uruhare na buri munyarwanda.
Yakomeje avuga ko (...)

- Politiki /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2CnFbtE
via IFTTT

Ali Kiba na Sheebah biteguye gususurutsa Abanyarwanda

Huye: Umwalimu wa Kaminuza yitabye Imana aguye mu cyobo cy'umusarane

Nyakwigendera Anastase Hakizimana
Ku gicamunsi cyo kuri icyi cyumweru nibwo Hakizimana Anastase wari umwalimu muri Kaminuza yagiye kureba aho icyobo cy'umusarani yacukuzaga iwe kigeze ariko agira ibyago aranyerera agwa muri icyo cyobo ahita yitaba Imana.
Anastase Hakizimana yigishaga isomo ry'ubugenge “phyisics” muri Kaminuza y'u Rwanda. Yari atuye mu Murenge wa Tumba akagali ka Rango B umudugudu wa Urugwiro ari naho yaguye.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Amajyepfo IP Emmanuel Kayigi (...)

- Umutekano /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DCQATu
via IFTTT

Igitero c'Umwiyahuzi Cahitanye mu Buraruko bwa Kameruni

Umusivile yishwe, abandi mirongo ibiri n’umunani barakomereka mu gitero c’umwiyahuzi cabaye ku musi w’Imana mu mihana y’ahitwa Bia hafi ya Kolofata mu ntara iri mu buraruko bw’igihugu ca Cameroun. Iyo ntara ikunda kuberamwo ibitero vy’umurwi w’intagondwa z’abayislamu, Boko Haram. Ababonye ivyabaye babiajiwe n’itororkanirizo ry’amakuru ry’abafransa, AFP, kw’itelefone, batangaje kw’umupfasoni yari afise bombe yayiturikije mu kibanza abantu bafunguriramwo mu mihana y’ahitwa Bia. Iyo bombe yahitanye umuntu umwe, ikomeretsa abandi mirongo ibiri n’umunani. Abakomeretse bajanywe mu bitaro vy’ahitwa Mora mu gice ca Mayo-Sava. Ico gice gihana urubibe n’igihugu ca Nigeriya gikunda kuberamwo ibitero vy’abiyahuzi vyagirizwa umurwi Boko Haram.

from Voice of America http://ift.tt/2luXhPU
via IFTTT

Kenya: Impanuka ya Bisi Yahitanye Abantu 30

Isanganya y’ibisi yabareye hagati mu gihugu ca Kenya mu gitondo co ku musi w’Imana yahitanye abantu mirongo itatu na batandatu, abandi cumi n’umwe barakomereka. Itororokanirizo ry’amakuru ry’Abafransa, AFP, rimenyesha kw’iyo mpanuka yabereye kw’ibaharabara rukuru riri hagati ya Nakuru na Eldoret igihe bisi yari ivuye ahitwa Busia yasekana n’ikamyo yari ivuye mu gisagara ca Nakuru. Abantu barenga ijana barapfiriye kur’ico gice c’iryo barabara mu kwezi kw’icumi na kabiri kwonyene. Ivyo bitangazwa n’igipolisi. Ku bw’ikinyamakuru c’igihugu ca Kenya, The Star, iyo bisi ntiyari mu nzira yayo kw’ibarabara igihe iyo mpanuka yaba.    

from Voice of America http://ift.tt/2q5iRjA
via IFTTT

RDC: Abantu 2 Bishwe mu Myiyerekano y'Ukwiyamiriza Perezida Kabila

Abasivile babiri bishwe igihe haba uruhagarara imbere y’imyiyerekano yari itegekanijwe muri Republika iharanira Demokrasi ya Kongo uno musi ku w’Imana. Igipoilisi carashe insoro z’ukuri, gikoresha n’imyuka ibabaza mu maso ku bantu bari mw’isengero ry’abakatolika. Cahagaritse abantu bari bakoraniye mur’iryo sengero kugira biyamirize Perezida Joseph Kabila. Ida Sawyer, umuyobozi mu karere ko muri Afrika yo hagati w’ishirahamwe riharanira agateka ka muntu yatangaje kw’abantu babiri biciwe hanze y‘iryo sengero. Itirorokanirizo ry’amakuru ry’Abafransa, Agence France Presse ryamenyesheje kw’umupolisi n’umukangana bishwe mu bice biri ku nkengera z’umurwa mukuru, Kinshasa.  

from Voice of America http://ift.tt/2En5BtP
via IFTTT

Crystal Palace ihagamye Manchester City

Ikipe ya Manchester City yari imaze imikino 18 itsinda,inaniwe gutsinda ikipe ya Crystal palace yari ku kibuga cyayo Selhurst Park aho yahushije penaliti mu minota y'inyongera.
Benshi mu bakunzi ba ruhago bibazaga ikipe izabasha guhagarika iki kigugu,ariko Crystal palace ibuze gato ngo ibigereho kuko ku munota wa 91 w'umukino uwitwa Luka Milivojevic yahushije penaliti nyuma y'ikosa ryakorewe kuri Zaha.
Umunyezamu w'ikipe ya Manchester City Ederson yabaye intwari y'umukino kuko abashije (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2C2dhzT
via IFTTT

Ikirwa cy'ubusambanyi cyatunguye benshi kubera ibikorwa by'urukozasoni bihabera[amafoto]

Mu gihugu cya Colombia hashyizweho agace kitwa ikirwa cy'ubusambanyi “Sex Island” gafasha abantu kurangiza umwaka mu byishimo aho haba huzuye indaya n'ibiyobyabwenge bitandukanye ndetse n'amoko atandukanye y'inzoga.
Kugira ngo winjire muri aka gace ugomba kwishyura ibihumbi 3,700 by'amapawundi aho bahita baguha indaya 2 ndetse wazirambirwa ukagurana n'abandi,ibintu byatangaje abantu benshi ndetse babazwa n'ibikorwa by'urukozasoni bihabera.
Abagana iki kirwa cy'ubusambanyi bamara iminsi 4 mu (...)

- Udushya

from Umuryango.rw http://ift.tt/2Emh3FL
via IFTTT

Umusore yashenguwe n'urupfu rw'umukunzi barushingiye mu bitaro agapfa mu masaha macye

Umusore witwa David ari mu gahinda gakomeye ko gupfusha umukunzi we Heather Mosher nyuma y'amasaha 18 bemeranyije kubana nk'umugabo n'umugore imbere y'imiryango yombi.
Ubukwe bw'aba bombi bwabereye mu bitaro kuko uyu mukobwa yari amaze hafi umwaka urenga amenye ko afite kanseri y'iberi.Umukobwa yambaye ikanzu y'abageni aryamye ku gitanga cyo kwa muganga n'umuhungu yambaye ikoti n'ipantalo by'umukara bisa n'ishati y'umweru yamusanze mu bitaro amwambika impeta y'urudashira. Uyu mukobwa witwa Heather (...)

- Inkuru z'urukundo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2Cmf9Hj
via IFTTT

Ibitaro bya Kibungo byatangije sport kuri bose binapima ku buntu indwara zitandura

Barifuza ko iyi sport yaba ngarukakweziMu…

from UMUSEKE http://ift.tt/2ChoJvK

Yohani Umubatiza wa Radio/TV1O yambikanye iy'urudashira n'umukunzi we-AMAFOTO

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Ukuboza, 2017 nibwo umunyamakuru Nibishaka Jean Baptiste wa Radio/Tv10 yarushinze n'umukunzi we bamaranye igihe mu rukundo.
Nibishaka Jean Baptiste yamamaye mu biganiro bitandukanye nka Yohani Umubatiza.Kuri uyu wa Gatandatu w'iki cyumweru yabanje umuhango wo gusaba no gukwa nyuma yaho bakomereza mu gusezerana imbere y'Imana.
Ubu bukwe bwa Yohani Umubatiza bwatashywe na bamwe muri bagenzi be bakorana kuri radio 10 barimo Jerome Mugabo, Joshua Gatera ndetse (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2ElahjP
via IFTTT

Umunyeshuri yashinje umuhungu wa Mugabe kumutera inda akamwigarama

Umunyeshuri wo muri kaminuza mu gihugu cya Afurika y'Epfo ari mu gahinda gakomeye nyuma yo gukundana n'umuhungu wa Robert Mugabe ndetse akaza no kumutera inda ariko akamwigarama ku munota wa nyuma.
Russell Goreraza ni umuhungu uba mu rugo rw'uwahoze ari Perezida wa Zimbabwe mu myaka 37 ariwe Robert Mugabe akaba ashinjwa n'umukobwa w'imyaka 22 y'amavuko kumutera inda akirengagiza inshingano zo kwitwa no kurera umwana wabo.
Uyu mukobwa avuga ko uyu muhungu yamuteye inda ubwo bari bakiri ku (...)

- Inkuru z'urukundo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zTevvy
via IFTTT

Safi Madiba wahaye abanyarwanda umwaka mushya yavuze igihe azatangira gukora ibitaramo

Safi Madiba yashyize hanze amashusho y'iyi ndirimbo ‘Kimwe Kimwe' mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 31 Ukuboza 2017, akaba yavuze ko ari mu rwego rwo guha abanyarwanda umwaka mushya cyane ko yari yarabibasezeranyije mu minsi yashize.

Agaruka ku butumwa buri muri iyi ndirimbo ndetse n'icyo yashatse kugarukaho, Safi Madiba yavuze ko ari indirimbo y'urukundo igenewe abakundana by'umwihariko avuga ko ari byiza ko abakundana batangira umwaka bakundana urukundo ruzira gutana mbese bikaba ‘Kimwe Kimwe'

Uyu hanzi kandi yabajijwe ibijyanye n'imishinga ye afite mu minsi iri imbere avuga ko arajwe ishinga no gukora cyane akibanda gukora indirimbo nyinshi cyane ko arizo zigira umuhanzi

Yagize ati “Uyu munsi nashyize hanze amashusho y'indirimbo ‘Kimwe Kimwe' ariko nk'uko nabitangaje mu minsi ishize, mfite indirimbo yange na Rayvanny izasohoka mu kwezi kwa kabiri, mfite kandi n'indirimbo yange nakoranye na Rider Man iyo amashusho yayo ari hafi kujya ahagaragara”

Yakomeje agira ati “Nk'uko ubundi umuhanzi agirwa n'indirimbo ahanini nange rero ndimo gukora cyane kuko uretse wenda izo ndirimbo abantu bazi zaba izasohotse n'iziri hafi gusohoka, mfite n'izindi nyinshi nteganya gukora mu rwego rwo kwiyubaka nk'umuhanzi ukeneye gukora muzika yo ku rwego mpuzamahanga”

Safi Madiba kandi yavuze ko nyuma yo gukora indirimbo nyinshi ateganya mu minsi iri imbere arimo no gutegura igitaramo azakora mu kwezi kwa Werurwe 2018, mu rwego rwo kwiyereka abafana be.
Reba hano amashusho y'indirimbo Kimwe Kimwe hano



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2lxu7Qb
via IFTTT

Kenya: Impanuka y'imodoka yatwaye abagera kuri 36 abandi benshi barakomereka

Impanuka y'imodoka ikomeye mu gihugu cya Kenya yahitanye benshi mu gitondo cyo kuri uyu wa 31 Ukuboza 2017 aho kugeza ubu amakuru avuga ko abantu 36 bapfuye abandi benshi bagakomereka bagera kuri 18.
Ikinyamakuru Daily nation cyandikirwa muri Kenya cyatangaje y'uko imodoka y'ikamyo yaturukaga mu mujyi wa Nakuru-Eldoret iza kugonana n'indi modoka nini itwara abagenzi.Ngo iyi modoka itwara abagenzi yaje kubisikana n'iyi kamyo biragonana.
Abantu 30 bahise bitaba Imana mu gihe abandi 6 bapfiriye (...)

- Ubuzima

from Umuryango.rw http://ift.tt/2BYI9kR
via IFTTT

AMAFOTO: Sheebah Karungi yakiranywe urugwiro rudasanzwe i Kigali

Uyu muhanzikazi wageze ku kibuga cy'indege cya Kigali ahagana saa kumi z'umugoroba, akigera i Kanombe yakiranywe urugwiro rudasanzwe n'abafana be bari baje kumusanganiza indabyo mu rwego rwo gushimangira ko bamukunda kandi bari bamukumbuye dore ko yaherukaga mu Rwanda mu minsi ya vuba

Sheebah Karungi ni umwe mu bahanzikazi bakunzwe cyane mu gihugu cya Uganda muri iyi minsi ndetse by'umwihariko hano mu Rwanda abanyarwanda benshi bakaba bakunda indirimbo ze zirimo izigezweho muri iyi minsi nka John Rambo, Binkolela afatanije na The Ben, Nkwatako n'izindi nyinshi

Iki gitaramo Sheebah Karungi azaheramo abanyarwanda ubunani kizitabirwa kandi n'Abahanzi bakomeye yaba mu karere ndetse no mu mu Rwanda barimo na Alikiba waraye ageze I Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2017

Mu banyarwanda batumiwe muri iki gitaramo harimo Tuff Gangz itsinda ry'abaraperi bane bari bamaze igihe barasenyutse ariko magingo aya bakaba baramaze kwiyunga ku buryo ubu batangiye imikoranire mishya, Usibye aba ariko hazitabira kandi Bruce Melody, Riderman na Yvan Buravani.

Iki gitaramo cya East African Party kimaze kumenyererwa nk'igitaramo ngarukamwaka gitangira umwaka mushya kuri iy nshuro kizaba tariki 1 Mutarama 2018 kibere i Remera muri Parikingi ya Stade Amahoro aho kwinjira ari ibihumbi bitanu (5000frw) n'ibihumbi icumi mu myanya y'icyubahiro (10000frw)
AMAFOTO: Mugabo Paccy



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2lxWrSn
via IFTTT

Wa mupolisi n’abandi 2 baguye muri ya mpanuka y’i Muhanga bashyinguwe

*Abagonganye…

from UMUSEKE http://ift.tt/2lAf0pk

Umugore yatangaje uko yaryamanye na Rutahizamu wa Manchester United (AMAFOTO)

Rutahizamu w'ikipe ya Manchester United Jesse Lingard yaciye inyuma umukunzi we witwa Jena Frumes,ubwo yaryamanaga n'umugore w'imyaka 32 witwa Leonie Borek ufite umwana. Uyu mugore yatangarije ikinyamakuru The Sun ko uyu musore ari umubeshyi kuko yamubeshye ko amukunda bakaryamana ubugira 3, hashira iminsi akamenya ko afite umukunzi uba muri Leta zunze ubumwe z'Amerika.
Uyu mugore usanzwe ari umufana w'ikipe ya Manchester United,yatangaje ko yaryamanye na Lingard ubwo yari amaze kuva mu (...)

- Udushya

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zTSpJo
via IFTTT

UK: May avuga ko abongereza bazishimira umwaka wa 2018

Umushikiranganji wa mbere Theresa May yavuze kw'icizere c'abongereza kizoduga mu mwaka ugiye gutangura wa 2018, bongere banezerewe n'ico bari, niko yavuze mw'ijambo yashikirije ry'umwaka mushasha.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2zT7n2b
via IFTTT

Korali Amahoro yakoze igitaramo gikomeye cyitabiriwe n'abayobozi bakuru b'igihugu- Amafoto

Iki gitaramo cyabaye ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 29 Ukuboza 2017 muri Marriott Hotel, cyari gifite intego yo kubaka amahoro no gushimira ibyiza Imana yagejeje ku banyarwanda.

Igitaramo ‘Amahoro Iwacu Celebration' cyari cyatumiwemo abayobozi bakuru b'igihugu mu nzego zitandukanye, abayobozi b'amatorero, abakorera ibigo bitandukanye, aho bitabiriye ku bwinshi bafatikanya n'iyi Korari kuramya no guhimbaza Imana mu ndirimo zagiye zikora ku mitima ya benshi.

Iki gitaramo cyabaye amasaha agera kuri ane aho Korali Amahoro yaririmbye indirimbo zayo nyinshi kandi zikunzwe zari ziganjemo izifite ubutumwa bwo gutanga ihumure, kwimika amahoro ndetse n'izifite ubutumwa bwo kwibuka abanyarwanda baguye mu mahano yagwiririye u Rwanda mu 1994.

Korali Amahoro uretse gukora uurimo w'ivugabutumwa,igira na gahunda zitndukanye zigamije kubaka amahoro mu banyarwanda mu rwego rwo gusigasira ahazaza h'umuryango, binyuze mu komora ibikomere by'umutima no gutanga ihumure bakaba babinyuza mu bikorwa byabo bategura buri mwaka birimo gutegura ibitaramo bagatangiramo ubutumwa bw'amahoro, kwita ku bababaye ndetse no gufasha abatishoboye aho bitanga bagakusanya imbaraga bakubakira byibura umuntu umwe buri mwaka.

Umuyobozi wa Korali Amahoro Ntakirutimana Zacharie yavuze ko gukora umurimo w'ivugabutumwa bibanda cyane ku gutanga ubutumwa bw'amahoro n'ihumure ari ugushimangira no kubungabunga umurage Yesu yasigiye abo ku Isi.

Yagizez ati “Gutanga ubutumwa bw'amahoro niryo vugabutumwa dutanga kuko Yesu ajya kuva mu Isi yasize avuze ati mbahaye amahoro yanjye. Ni umurage, iyo umuntu yatakaje umurage aba yabuze byose. Turimo turabungabunga umurage Yesu yadusigiye.”

Yavuze ko icyo Korali Amahoro ishaka ari uko abanyarwanda bakira imvune zo mu mitima ngo kuko iyo umuntu yabohotse mu mutima abasha gukora akiteza imbere bityo bikanateza imbere igihugu cyose muri rusange.

Umuyobozi w'itorero ry'igihugu Bamporiki Edouard wari witabiriye iki gitaramo yashimangiye ko Korali Amahoro iri mu nzira nziza mu buryo buzafasha abanyarwanda benshi, aho yavuze ko kwamamaza amahoro biciye mu bihangano ndetse no mu bikorwa nk'uko iyi korali ibikora byunganira imirongo migali ya politike y'igihugu.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y'Igihugu y'Ubumwe n'Ubwiyunge Ndayisaba Fidel yavuze ko iyi Korali iri mu nzira nziza cyane ko ubutumwa bw'amahoro bujyanye n'ukwemera ndetse ko bunafasha abantu kwemera kubaka ubumwe hagati yabo no gusenya inkuta z'urwango mu bantu kandi bikabageza ku munezero.

Yakomeje avuga ko atanga ubutumwa bw'uko buri muryango cyangwa se itsinda ry'abantu bashingiye ku idini bakwiriye kuzirikana mu buryo buhoraho ko bafite inshingano yo gufasha abantu by'umwihariko abanyarwanda gukira ibikomere basigiwe n'amateka mabi y'igihugu cyacu no kubaha icyizzere cyo kubaho mu munezero ubungubu no mu gihe kizaza maze buri wese agaharanira ineza ye n'iy'abandi babana.

Ubuyobozi bw'iyi korari bwavuze ko iki gitaramo cyari cyatumiwemo abayobozi batandukanye n'abo mu nzego za Leta ndetse n'ab'amatorero n'imiryango idashamikiye kuri Leta, bwibutsa ko igiterane cyagutse cy'abantu bose kiba ku mugoroba wok u Cyumweru tariki 31 Ukuboza 2017 kikaba kiri bubere ku cyicaro cya ADEPR i Remera.

Korali Amahoro yararirimbye abantu baranyurwa

Bamwe mu bayobozi bakuru b'igihugu bari bitabiriye iki gitaramo

Umuyobozi w'Itorero ry'igihugu, Bamporiki Eduard ari mu bitabiriye iki gitaramo



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2lqORtK
via IFTTT

Korea Yepfo yafashe ubundi bwato bwikekwa gushira ibitoro iya Ruguru

Ubutegetsi bwa Korea Yepfo bwafashe ubwato bugira kabiri bwikekwa ko buha ibitoro Korea ya Ruguru kubiri n'ibihano mpuzamakungu ico gihugu cafatiwe, niko ubutegetsi bwavuze.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2lwOAoo
via IFTTT

Umujyi wa Kigali urasaba abantu kudahungabanywa n’ituritswa ry’ibishashi by’umwaka mushya

Umujwi wa Kigali watangaje ko mu ijoro ryo kuri wa 31 Ukuboza 2017 rishyira ku wa 01 Mutarama 2018 saa sita z’ijoro haraturitswa urufaya rw’ibishahi (fireworks) mu rwego rwo kwishimira umwaka mushya, bityo usaba abantu kudaterwa ubwoba n’icyo gikorwa.

Mu itangazo ryashyizweho umukono n’umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pascal Nyamurinda, risobanura ko ituritswa rya biriya bishashi rirabera mu turere twose tw’Umujyi wa Kigali.

Mu Karere ka Gasabo ibishashi biraturikirizwa ku Kimihurura, muri Kicukiro na Nyarugenge biturikirizwe ku Musozi wa Rebero .

Iryo tangazo ryasohotse kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Ukuboza, riragira riti “Mu rwego rwo kwizihiza isozwa ry’umwaka, Umujyi wa Kigali uramenyesha abaturage ko mu ijoro ryo ku wa 31/12/2017 rishyira kuwa 01/01/2018 saa sita za nijoro mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali hazaturitswa urufasha rw’urumuri (Fireworks/Feux d’artifice)…”

Rikomeza rihamagarira abaturage kutagira ubwoba, riti “Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali burasaba abaturage kutikanga cyangwa ngo bahungabane.”

Kurasa umwaka hifashishijwe ibishashi by’urumuri bikunze gukorwa hirya no hino ku Isi aho abantu baba bishimira ko basoje umwaka mu mahoro, bikorwa abantu banifurizanya ishya n’ihirwe mu mwaka mushya baba binjiyemo.

Ibikorwa byo kurasa umwaka mu myaka yatambutse mu Rwanda byakorwaga hifashishijwe amasasu nyirizina, gusa mu myaka 23 ishize hahagaritswe ayo masasu ahubwo hatangira gukoreshwa urumuri mu kurasa umwaka.

Twitter: @Umurengezis



from Izuba Rirashe http://ift.tt/2Ct3eVt
via IFTTT

ACP Karasi asanga ruswa yakagombye gufatwa nk’icyaha cyibasira inyoko-muntu

Safi yashyize hanze ‘Video’ ya Kimwe kimwe…Ngo ni impano y’Ubunani

Safi Madiba ubu ni umuhanzi ku giti cyeSafi…

from UMUSEKE http://ift.tt/2CnuxD1

Barashima Kagame wabahaye umuhanda wabakuye mu bwigunge

RD Congo: Imyiyerekano yo kwiyamiriza Prezida Kabila

Abajejwe umutekano muri Repubulika Iharanira intwaro rusangi ya Congo (RD Congo) barekuye ivyuka bibaba, bashwiragiza abanyagihugu bari mu myiyerekano ku mugwa mukuru Kinshasa, basaba Prezida Kabila ngo ave ku butegetsi.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2C1qHMr
via IFTTT

Umujyi wa Kigali urasaba abantu kudahungabanywa na ‘Fireworks’ zirasirwa ahantu 3

Ubuyobozi…

from UMUSEKE http://ift.tt/2CsItJD

Kenya: Impanuka y'imodoka yahitanye 30

Ubutegetsi bwa Kenya bwavuze ko abantu barenga 30 bapfuye mu mpanuka y'imodoka zibiri zasekanye zirabana.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2lzmKrg
via IFTTT

Liberia: Prezida yatowe George Weah asaba ababa hanze gutahuka

Prezida George Weah aheruka gutogwa muri Nigeria, asaba abenegihugu baba hanze kugaruka mu gihugu bagafasha kugisanura.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2Cg9lj7
via IFTTT

Irani: Abiyamiriza ubutegetsi bagabishijwe guhanwa bikomeye

Igisirikare gifasha kwubahiriza idini rya Islamu "Iran's Revolutionary Guards" caburiye abari mu myiyerekano yo kwiyamiriza ubutegetsi ko bazohanwa bikomeye imigumuko barimwo ni yabandanya.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2DCHh5J
via IFTTT

Umusore yasezeraniye n'umukunzi we mu bitaro nyuma y'amasaha make yitaba Imana- Amafoto

David na Heather Mosher bari bamaraye imyaka ibiri bakundana gusa muri 2016 baje guhura na kirogoya umukobwa arwara Kanseri yo mu ibere bagerageza gukora uko bashoboye ngo avuzwe ariko biza gukomera ubwo yari mu bitaro bya St. Francis Hospital aho yaje kwitaba Imana tariki 23 Ugushyingo uyu mwaka.

Urupfu rw'uyu mukobwa rwashenguye benshi dore ko yapfuye we n'umukunzi we bamaze amasaha 18 gusa bamaze gusezerana kuzabana, mu birori byabereye muri ibi bitaro bya St. Francis Hospital yari arwariyemo n'ubwo ababyitabiriye bari mu gahinda kubera uburyo umugeni yari arembye cyane.

Daily Mail dukesha iyi nkuru ivuga ko David n'umukunzi we Heather Mosher bari barateguye iby'ubukwe bwabo mu mezi yashize Mosher akimeze neza maze bemeranya ko bazarushinga tariki ya 30 Ukuboza 2017, gusa mu ntangiriro z' Ukuboza aza kuremba babonye ko amerewe nabi ubwo yari mu butaro banzura kwigiza imbere itariki yo gusezeranaho maze bayigira 23 Ukuboza ari nabwo byabaye maze yitaba Imana nyuma y'amasaha 18 bahawe umugisha wo kuzabana akaramata.

Iki kinyamakuru gikomeza kivuga ko amagambo ya nyuma Heather Mosher yabashije kuvuga ari ayo yavuze arimo gusezzerana n'umugabo we bemeranya kuzzabana no kuzakundana iteka.

David mu gahinda kenshi yatangaje ko yamenyanye n'umugore we mu kwezi kwa Gatanu 2015, bahuriye ku bwogero [piscine] maze bahita bakundana nyuma mu Ukuboza 2016 aza gufatwa na Kanseri yo mu ibere akaba ariyo yamuhitanye ku munsi basezeraniyeho kurushinga.

Yakomeje avuga ko kugira ngo bimure itariki yo gusezzeranaho ariwe wabikoze ubwo yabonaga mukuzi we arembye cyane, kugira ngo amwereke ko amukunda kandi ko ngo aramutse yitabye Imana yagenda aziko ataba ari wenyine mu rugendo yaba atangiye.

David yanavuze ko kugira ngo iyi Kanseri imuhitane ari uko yari yamaze kumugera mu bwonko nk'uko abadogiteri bamukurikiranaga babimubwiye.

JPEG - 152 kb

David na Heather Mosher basezeraniye mu bitaro

JPEG - 191.5 kb
JPEG - 134.1 kb

Ubukwe bwabo bwari kuba tariki 30/12 babonye arembye cyane babwigeza imbere bukorwa tariki 23/12 uyu mwaka

JPEG - 166.9 kb

Bambikanye impeta imbere y'inshuti n'abavandimwe bari babaye cyane kubera ko babonaga ubuzima bwa Mosher buri mu marembera

JPEG - 58.3 kb

David na Heather Mosher bari mu buryohe bw'urukundo kirogoya y'uburwayi bwa Kanseri butaraza

JPEG - 38.3 kb


from UKWEZI.COM http://ift.tt/2q3nDy9
via IFTTT

Sauti Sol ishima ubuhanga bw’Abahanzi nyarwanda by’umwihariko Mani Martin

Souti Sol ivuga ko mu Rwanda hari abahanzi b'abahangaAbahanzi…

from UMUSEKE http://ift.tt/2DBh2gb

Rwanda: Imideli 5 yambawe cyane muri 2017

Dechire yaciye ibintu muri uyu mwaka wa 2017Bamwe…

from UMUSEKE http://ift.tt/2zSBSW3

Umusaza w'imyaka 95 umaze imyaka 50 aca inyuma umugore we yatunguye benshi

Aba bombi basezeranye imbere y'Imana kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2017, ubwo hari hasezeranye imiryango igera kuri 12 yabanaga idasezeranye mu muhango wabereye mu rusengero rwa Nyenga Church ruherereye mu karere ka Buikwe muri iki gihugu cya Uganda.

Isaaya Musakaazi w'imyaka 95 wari umaze imyaka 50 abana n'umugore we Lonvisa Nampeera w'imyaka 90, ubu bafitanye abana 10 n'abuzukuru 30 gusa uyu mukambwe Musakaazi akaba afite abandi bana benshi yagiye abyara ku bagore batandukanye

Ikinyamakuru New Vision dukesha iyi nkuru kivuga ko Uyu musaza yatunguye benshi mu buhamya yatanze avuga ko muri iyi myaka yose yakunze kugira irari no kwifuza abagore cyane ari nabyo byatumaga aca inyuma umugore we gusa kuri ubu akaba yamaze guhitamo kutazongera guhemukira umugore we dore ko ngo mu bagore bose yahuye nabo ntan'umwe yigeze abona ufite imico myiza no kwihangana n'uyu Lonvisa ari nayo mpamvu yabonye ariwe akwiye gushyingiranwa nawe .

Uyu musaza yagize ati “Uyu munsi twashyingiranywe nyuma y'imyaka 50 tubana, ariko muri iyo minsi yose nakundaga gushurashura no kujya mu bandi bagore ntitaye ku mugore wange nasize mu rugo”

Yakomeje agira ati “Ariko yahoraga ambabarira nk'ikimenyetso cyo kwihangana, Uyu munsi namuhembye ko ngiye kuziririza abandi bagore ubundi nkamukunda wenyine



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2lr6o58
via IFTTT