Umunyarwandakazi yishyize hanze yerekana ibanga rya gikobwa, benshi baratungurwa.

Umwe mu banyarwandakazi yaciye agahigo yereka bagenzi be basanzwe bashyira hanze amafoto bambaye ubusa itandukaniro maze ashyira hanze yambaye ubusa buri buri benshi baratangara.

Uyu mukobwa witwa Uwitonze Naillah utuye i Nyamirambo mu mujyi wa Kigali usanzwe wiga muri Kaminuza yahoze yitwa RTUC yahindutse UTB yatangaje abantu benshi bakoresha imbuga nkoranyambaga ubwo amafoto ye yatangiraga gukwirakwizwa.

Ifoto yatunguye benshi ni iyagaragaye yamanuye ikariso, ukuboko kumwe gukingirije ibere rimwe, irindi bere riri ku karubanda imoko yaryo iri hanze, ibintu bitari bisanzwe mu Rwanda kuko akenshi imoko z’amabere zikunze kugirwa ibanga rikomeye.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2E6oDY2
via IFTTT

Afurika yoba Yarababariye Trump?

Abakuru b’ibihugu vya Afrika baza bari baramaze gutegura urwandiko rusaba Perezida wa Reta zunze ubumwe z’Amerika gusaba imbabazi ku majambo yavuze kur’uyo mugabane no ku bimukira, ariko mu nyuma bahitamwo kubangira. Amakuru ava mu muryango w’ubumwe bw’Afrika avuga ko urwo rwandiko rwateguriwe mu nama y’abo bakuru b’ibihugu mu nama iheruka kubahuza. Urwo rwandiko rwagabisha ruvuga ko amacakubiri ya Trump hamwe n’inyifato yiwe yo kwanka abimukira baturuka mu bindi bihugu bishobora gutosekaza amasezerano Amerika yagiranye na Afrika. Ariko umuryango w’ubumwe bw’Afrika wahisemwo kudasohora urwo rwandiko. Urwo rwandiko kandi rwavuga ku rwete Perezida Trump yanditse kw’itariki ya 25 z’ukwezi kwa mbere avuga ko asonera Afrika kandi rwavuga ko sekreteri wa reta, Rex Tillerson ategekanya kugendera Afrika mu kwezi kwa gatatu. Trump kandi yarabonanye na Perezida Paul Kagame w’u Rwanda mu nama yerekeye ivy’ubutunzi kw’isi yabereye i Davos mu ndwi iheze. Perezida Kagame niwe arongoye umuryango w’ubumwe bw’Afrika. Avuga ko ubumwe bw’Afrika buzorondera uburyo buvugana na Trump. Trump yise Afrika, Haiti n’igihugu ca El Salvador ko ari ibihugu vy’amazirantoke mu nama yari arongoye mu biro White House mu ntango z’ukwezi kwa mbere.

from Voice of America http://ift.tt/2Eq3be5
via IFTTT

Trump: Ibohero rya Guantanamo Ntirizugarwa

Amashirahamwe aharanira agateka ka zina muntu aranegura ingingo yafashe na Perezida Donald Trump yo kugumizaho ibohero ry’igisirikare ca Reta zunze ubumwe z’Amerika riri i Guantanamo muri Cuba. Mu gihe yariko ashikiriza ijambo Abanyamerika n’amakungu ku musi wa kabiri, Trump yavuze ko iyo ngingo iri mu vyo yemereye abamutoye kandi yabivuze aza yaramaze gusinya itegeko ririgumizaho. Iyo ngingo ikuraho iyari yarafashwe mu mwaka wa 2009 na Perezida Barack Obama, aho yari yavuze ko iryo bohero rizugarwa. Mw’ijambo yashikirije, Trump yavuze ko iryo bohero rikenewe kugira bigaragare ko Amerika ifise ububasha bwo gufunga abakora iterabwoba mu ntambara barimwo yo kurwanya imihari ya reta ya Kiyisilamu na al-Qaida. Perezida George W. Bush niwe yuguruye iryo bohero rya Guantanamo inyuma y’igitero c’iterabwoba cabaye muri Reta zunze ubumwe z'Amerika kw’itariki ya 11 z’ukwezi kw’icenda, 2001 kugira abagirizwa kuba abakora iterabwoba babe ariho babarizwa.

from Voice of America http://ift.tt/2DOmpZT
via IFTTT

CHAN 2018: Abazokina Final Bamenyekanye

Igihugu ca Maroke, cakiriye ihiganwa rya CHAN 2018 kur’uyu wa gatatu catsinze Libiya ibitsindo 3-1 mu rukino rwabereye mu gisagara ca Casablanca, intsinzi yabonetse ar’uko bongewe uwundi mwanya. Maroke izohura na Nijeriya mu rukino rwa nyuma rwa final ku musi w’Imana mu gisagara ca Casablanca. Maroke yashitse kur'iyo ntambwe inyuma yo gutsinda Libiya mu rukino rwa kabiri rushira urwa nyuma. Mu rundi rukino rwa kabiri rushira urwa nyuma, Nijeriya yatsinze Sudani 1-0 i Marrakech. Ku musi wa gatandatu, Libiya na Sudani bazohiganirwa ikibanza ca gatatu i Marrakech.

from Voice of America http://ift.tt/2rTzKi5
via IFTTT

Gatera Silas warokokeye I Nyange, Intwari ibana n’abaturage mu buzima busanzwe

Gatera…

from UMUSEKE http://ift.tt/2BIgljN

Episode 1: Muri gereza… ati “Ntabwo nakwitesha amahirwe yo kumvwa n’amatwi ya mukuru”

Nkibisanzwe…

from UMUSEKE http://ift.tt/2BKCy0M

Chelsea FC yamaze gusinyisha rutahizamu Olivier Giroud

Ikipe ya Chelsea FC imaze gutangaza ku mugaragaro ko yasinyishije rutahizamu Olivier Giroud wakiniraga ikipe ya Arsenal nyuma y'aho itije umusore Michy Batshuayi mu ikipe ya Borussia Dortmund.
Olivier Giroud utaravuzweho rumwe n'abafana b'ikipe ya Arsenal,yerekeje mu ikipe ya Chelsea ku munsi wa nyuma w'isoko ryo kugura no kugurisha abakinnyi aho agiye gufatanya na Alvaro Morata gushaka ibitego.
Ikipe ya Chelsea FC yaguze Giroud akayabo ka miliyoni 18 z'amapawundi ahabwa amasezerano y'amezi (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2E13Kxn
via IFTTT

Rwanda: Imitungo yo kwa Rwigara ishobora Gutezwa Cyamunara

Nta gihindutse imitungo yo kwa Rwigara noneho ngo ishobora gutezwa Cyamunara nk'uko bitangazwa n'ikigo cy'igihugu cy'imisoro n'amahoro. Kirabashinja kutishyura imisoro miliyari eshanu na miliyoni 600 z'amafaranga.

from Voice of America http://ift.tt/2BHL00L
via IFTTT

Rwanda:Igihano cyo Gufungwa Imyaka 25 kuri Dr Kabirima

Umucamanza mu rukiko rukuru mu Rwanda yahanishije Bwana Jean Damascene Kabirima igihano cyo gufungwa imyaka 25 nyuma yo kumuhamya icyaha cy'ubwicanyi nk'icyaha cya Jenoside.

from Voice of America http://ift.tt/2FwpBtw
via IFTTT

USA: Ijambo rya Trump ntiryakiriwe Kumwe

Abashingamateka n’abakenguza mateka bagize Congre ya Amerika bagenda bashikiriza ivyiyumviro vyabo kw’ijambo rya mbere ku banyagihugu, ryaraye rishikirijwe na prezida wa Amerika Donald Trump. Bamwe mu bashingamateka barashima kuba iryo jambo ryaranzwe n’ubumwe, abandi bakipfuza ko Trump yari gushimika cane ku bibazo bihanze igihugu muri iki gihe.    Paul Ryan wo mu mugambwe w’Abarepublikani yashimye iryo jambo rya Trump avuga ku kuba ryaravuze ku bibazo biri hagati mu gihugu nk’ibijanye no gusanura amabarabara, ibiraro n’ayandi matungo ya reta, kimwe n’ibibazo vy’abimukira. Ryan yavuze kandi ko kongre ya Amerika ikwiye gufata nka nkama, bakitaho mu ndwi za vuba ibibazo Trump yashikirije.     Ariko Senateri Chris Coons  wo mu mugambwe w’abademokrate yavuze ko Trump yari akwiye gutomora neza ukwo agiye gukemura ibibazo bijanye no gusanura amabarabara, ibiraro n’ayandi matungo ya reta, n’uburyo azoshira imbere inyungu za Amerika kw’isi, harimwo n’ukuntu agiye kwitaho ikibazo ca Koreya ya ruguru. Senateri Chris avuga ko naho ahinini yashimye ijambo rya Trump, hari ibintu bimwe bimwe bifise akamaro kanini atatomoye neza.     

from Voice of America http://ift.tt/2GAAqw4
via IFTTT

Meddy Saleh na Shaddy Boo basubiranye ? (Video)

Mu…

from UMUSEKE http://ift.tt/2EsVROO

Kongo: Cholera Imaze Guhitana 37 Kuva mu Kwezi kwa 11



from Voice of America http://ift.tt/2DQb6EC
via IFTTT

Mu Burundi hatanguye igikorwa co gutororokanya imyidondoro y'abaririmvyi

Mu Burundi, ikigo « FEMI DE J'ABAT » c'umuririmvyi w'igihangange wa kera azwi kw'izina rya Minani Félicien catanguje igikorwa co gutororokanya imyidondoro y'abaririmvyi n'abanditsi b'amareresi bose b'abarundi.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2E512Hc
via IFTTT

Amafoto ya Knowless yambaye imyenda igaragaza igitsina cye yavugishije abatari bake

Umuhanzikazi Butera Knowless, yagaragaye muri Video yashyizwe ahagaragara na Inyarwanda.com arimo akora imyitozo ngororamubiri (GYM), gusa ariko nkuko byagaragajwe na Comment zitandukanye z’abantu bagiye bavuga kuri iyi video abantu bagiye bavugira ku buryo uwafashe ayo mashusho yagaragaje igitsina cya Knowless bitewe n’uburyo yari yambaye imyenda imufashe.

Irebere Video ya Knowless mu myitozo hano:

 

 

 



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2EuQrmI
via IFTTT

Diamond yagaragaye agirana ibihe byiza n’uwahoze ari umukunzi we, bitera benshi urujijo rukomeye.

Umuhanzi Diamond Platnumz yongeye kuvugisha abatari bake nyuma yo kugaragara ari mu bihe byiza n’uwo bakanyujijeho mu rukundo mu myaka yashize, Wema Sepetu, bituma benshi bibaza icyo urugwiro bagiranye rwari ruhatse.

Ibi byabaye mu ijoro ryo ku Cyumweru tariki 28 Mutarama 2018 ubwo Wasafi Record yari mu birori byo kwakira umuhanzi mushya Marombosso uzwi ku izina rya Mboso muri Hoteli yitwa Hyatt Regency, aho ibi birori byari byitabiriwe n’ibyamamare bitandukanye birimo na Wema Sepetu wahoze ari umukunzi wa Diamond. Nk’uko tubikesha Ghafla ngo muri iryo joro nibwo Diamond na Sepetu bongeye kugaragara basa n’abaryohewe no kuba bari kumwe, aho babaga bari kongorerana ndetse banakorana utuntu tugaragaza ko bafitanye ubwuzu budasanzwe.

Amafoto n’amashusho agaragaza aba bombi basa n’abari mu rukundo akaba yaratumye abantu babibazaho bikomeye ndetse bamwe banavuga ko bashobora kuba bagiye kongera gukundana dore ko n’ubundi ngo akenshi bagikundana bagiye batandukana ndetse bakajya no mu itangazamakuru bagaterana amagambo nyuma bakaza gusubukura umubano wabo.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2DOwYfq
via IFTTT

Amafoto ya Knowless yambaye imyenda igaragaza igitsina cye yaciye ibintu kuri Internet

Umuhanzikazi Butera Knowless, yagaragaye muri Video yashyizwe ahagaragara na Inyarwanda.com arimo akora imyitozo ngororamubiri (GYM), gusa ariko nkuko byagaragajwe na Comment zitandukanye z’abantu bagiye bavuga kuri iyi video abantu bagiye bavugira ku buryo uwafashe ayo mashusho yagaragaje igitsina cya Knowless bitewe n’uburyo yari yambaye imyenda imufashe.

 

Irebere Video ya Knowless mu myitozo hano:

 

 

 



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2EuQmzq
via IFTTT

HEC iri gukora irindi genzura muri za Kaminuza

Inama…

from UMUSEKE http://ift.tt/2ntKi1L

ONU yahinduye inyito ikoreshwa mu kwibuka jenoside yo mu Rwanda

Umuryango w'Abibumbye, ONU, wafashe umwanzuro wo guhindura inyito yari isanzwe ikoreshwa ku munsi mpuzamahanga wo kwibuka jenoside yakorewe mu Rwanda mu 1994

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2Esrubu
via IFTTT

Ikiganiro Brenden Varma, umuvugizi w'umunyamabanga mukuru wa ONU agiranye na BBC

Ikiganiro Brenden Varma, umuvugizi w'umunyamabanga mukuru wa ONU agiranye na BBC

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2rXgAI6
via IFTTT

Karongi: Kawa basanzwe bakesha imibereho yatumye banahembwa

Bamwe…

from UMUSEKE http://ift.tt/2Er62DH

Kuva muri Kamena 2017 u Rwanda rumaze guha Afurika yunze ubumwe miliyoni 762

Kuva muri Kamena 2017 u Rwanda rwatangira kubahiriza gahunda nshya yashyizweho n'amavugurura y'umuryango wa Africa yunze ubumwe yo gukata umusanzu ku misoro y'ibyinjira mu gihugu, rumaze gutanga umusanzu ungana n'amafaranga y'u Rwanda miliyoni 762,1.
Amavugurura y'umuryango wa Africa yunze ubumwe (AU Reforms) yateguwe na Perezida w'u Rwanda Paul Kagame ateganya uburyo bushya bwo gutanga umusanzu muri uyu muryango ku banyamuryango bawo bose. Ubu buri gihugu gisabwa gutanga 0.2% by'imisoro kinjiza (...)

- Mu Rwanda

from Umuryango.rw http://ift.tt/2npkkxf
via IFTTT

Ubusesenguzi bwa Prof Harelimana ku bintu 4 byo kwitabwaho mu bucuruzi bw’ibirayi

Prof…

from UMUSEKE http://ift.tt/2GvCB45

Uruganda rwa Rwigara rwareze Leta y' u Rwanda

Urukiko rw'ubucuruzi rwa Nyarungenge, rwatangiye kuburanisha urubanza Uruganda “ Premier Tobacco Company” rw'umuryango wa Rwigara Assinapol, ruregamo ikigo c'igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n'amahoro RRA. Uru ruganda , rusaba urukiko gutegeka iki kigo, kuvanaho inzitizi zose zatumye uru ruganda ruhagarika akazi karwo k'ubucuruzi.
Mu kirego cyihutirwa cyatanzwe n'Uruganda Premier Tobacco Company” rwunganirwa na Me Janvier Rwagatare, rwagejeje ku rukiko rw'ubucuruzi rwa Nyarugenge, uru ruganda (...)

- Mu Rwanda

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DO5c2Q
via IFTTT

Mu mezi 7 u Rwanda rumaze guha “African Union” umusanzu wa miliyoni 762 Frw

Nyuma…

from UMUSEKE http://ift.tt/2rSDjFb

Abadepite bagaragaje ihohoterwa rikorwa n’Abahinde n’Abashinwa ku bakozi b’Abanyarwanda

Rayon Sports na APR FC ku munsi wa nyuma w’irushanwa ry’Umunsi w’Intwari

Ikiganiro na Fax Rapper uririmbana na Skizzy muri “The Banks”

Hari televiziyo zicugawe muri Kenya kubera irahira rya Odinga

Ibigo vyinshi vya Televiziyo biracugaye inyuma yaho igipolisi kivyugariye ku munsi wa kabiri vyagira bitangaze amakuru ajanye n'ukurahira kwa Raila Odinga nka prezida.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2nqAd6A
via IFTTT

Muri Etiyopiya ikiyaga Tana, ca mbere kinini muri ico gihugu, kigeramiwe n'icatsi hyacinth

Muri Etiyopiya ikiyaga Tana, ca mbere kinini muri ico gihugu, kigeramiwe n'icatsi hyacinth co mu mazi

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2BJ6o5O
via IFTTT

Isange One Stop Center yasanze abaturage mu nteko bakemuriramo ibibazo

Umukobwa yiyahuye yibeshye agaragaza ifoto y'umusore baryamanye

Umukobwa witwa Charlotte Guy w'imyaka 17 wo mu gihugu cy'u Bwongereza wakurikirana ibijyanye n'ubuganga muri Kaminuza iherereye mu mujyi wa Manchester yiyahuye nyuma yo kubona ko yoherereje ifoto umusore bakundana y'undi musore baryamanye.
Charlotte yakundanaga byeruye n'uy''umusore witwa Jack Hurst w'imyaka 20 y'amavuko.Yohereje iyi foto ku mukunzi we atabishakaga kuko yarimo yandikira uyu Jack ubutumwa acyeka ko yaba ari kumwe n'undi mukobwa.
THE SUN ivuga ko uyu mukobwa akibona ko yibeshye (...)

- Udushya

from Umuryango.rw http://ift.tt/2EsCzJJ
via IFTTT

Sekamana ari mu mazi abira nyuma yo gutuka umutoza Jimmy Mulisa

Umukinnyi Sekamana Maxime w'ikipe ya APR FC ashobora kuba ari mu bihano bikarishye nyuma yo gutuka umutoza Jimmy Mulisa ubwo yari amukosoye ku ikosa yakoze ku mukino iyi kipe yanganyije na AS Kigali ibitego 2-2.
Sekamana Maxime ukina asatira, yagaragaye abwira nabi umutoza we Jimmy Mulisa ubwo yari amutonganyirije ku ikosa yakoreye hafi y'urubuga rw'amahina rikavamo igitego cya kabiri cya AS Kigali cyatsinzwe na Ndayisenga Fuadi kuri Coup franc.
Sekamana ntari mu bakinnyi bari kwitegura (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2BI0jX2
via IFTTT

Umufasha wa Gangi yamaganye abashakaga gutaburura umurambo w'umugabo we ngo ushyingurwe bwa kabiri

Umufasha wa Hategekimana Bonaventure Gangi witwa Mukamana Charlotte yanze ibyifuzo by'uwitwa Ndengejeho Innocent wifuzaga ko umurambo wa Gangi wakwimurwa aho wari ushyinguye ukajyanwa mu irimbi ry'icyubahiro.
Uyu mugore yatangarije Igihe dukesha iyi nkuru ko uyu mugabo afite inyungu mu byo kwimura umurambo wa Nyakwigendera cyane ko atigeze amubaza mbere yo kubikora ndetse yemeza ko nta sano bafitanye.
Yagize ati “Uwo mugabo ntacyo bapfanaga ahubwo n'uko umwana we ari we wamurwaje mbere (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rVeOY0
via IFTTT

Davido yihenuye ku bandi bahanzi ngo anyuzamo akavugana n'abaperezida 13

Davido wo mu gihugu cya Nigeria yatangaje ko afite nimero z'abaperezida 13 bari ku migabane itandukanye igize isi, ngo bajya baganira iby'ubuzima bwe ndetse n'umuziki yatangiye gukora akiri ku ntebe y'ishuri. Yavutse yitwa Adedeji Adeleke kubera ubuzima yiyita Davido.Mu m''amabyiruka ye yabanje kwangirwa na se gukora umuziki bitewe n'uko yari akiri ku ntebe y'ishuri ariko ngo ubwo yakoraga indirimbo ‘Back Then' Ise umubyara yatangiye kujya amuvuga ari mu bandi bagabo.
Davido atangaza kandi ko (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2GzX4EX
via IFTTT

Arsenal yasinyishije rutahizamu Aubameyang

Ikipe ya Arsenal yamaze gusinyisha rutahizamu Pierrre Emerick Aubameyang ukomoka mu gihugu cya Gabon imukuye mu ikipe ya Borussia Dortmund ku kayabo ka miliyoni 56 z'amapawundi.
Pierre Emerick Aubameyang w'imyaka 28 amaze kwerekanwa ku mugaragaro n'ikipe ya Arsenal nyuma y'iminsi avugwa mu bitangazamakuru ko ashobora kuyerekezamo aho iyi kipe itatangaje ingano y'amasezerano ye.
urubuga rwa Arsenal narwo rwabyemeje
Uyu musore yasinye muri Arsenal kuri uyu wa Gatatu aho yahise aca agahigo (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rUfWev
via IFTTT

Abazize Holocaust n’abazize Jenoside mu Rwanda ngo bagomba kwibukwa kimwe

*Amb.…

from UMUSEKE http://ift.tt/2DNHN1u

APR FC yaguze abakinnyi beza ariko ntabwo bari ku rwego rwacu – Bakame

Kapiteni…

from UMUSEKE http://ift.tt/2Eq7cze

Ibyatuma King James ashidukira umukobwa harimo no kuba ateye nk''igisabo

Umuririmbyi Ruhumuriza James wamamaye nka King James atangaza y'uko nta mukunzi afite kuri ubu ariko ko abona hari ibintu bitatu byatuma ashidurwa n'umukobwa yakwifuza ko yamubera umugore w'ahazaza.
Ngo nawe akunda umukobwa uteye nk'igisabo nk'uko Miss Hirwa Honorine yigize kubitangaza avuga ko umukobwa mwiza ari utuye nk''igisabo.Iyi mvugo ikaba yaramamaye ahantu hose aza no kwitwa Miss Igisabo, ubwe yivugira ko irushanwa rya Miss Rwanda nta wundi mukobwa uzajyamo ngo yitirirwe igisabo.
Mu (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2BGeoEB
via IFTTT

Umukobwa wo muri Kaminuza yarenze kuri benshi bibeshyaga ko biyambika ubusa-AMAFOTO

Umukobwa witwa Uwitonze Naillah w'I Nyamirambo mu mujyi wa Kigali yatunguye benshi ubwo yashyiraga ku mbuga nkoranyambaga amafoto agaragaza ubwambure bwe.
Uyu mukobwa asanzwe yiga muri Kaminuza yahoze yitwa RTUC ubu yahindutse UTB.Amafoto menshi yafatiwe muri studio ndetse n'andi yagiye yifotora/afotorwa hakoreshejwe telefone ngendanwa. Uwitonze(uri hagati) yinjiye mu kibuga.......
Hari ifoto y'uyu mukobwa yaragagaye yamanuye ikariso, ukuboko kumwe gukingirije ibere rimwe, irindi bere riri (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DRh6Jm
via IFTTT

Neymar yamaze guhitamo nimero azambara muri Real Madrid.

Derek arasubiza abibaza ko ari gusenya Active

Derek…

from UMUSEKE http://ift.tt/2ErJ13G

Knowless mu myitozo ngororamubiri irangirana n'amezi atatu-AMAFOTO

Butera Jeanne D'arc [uzwi ku izina ry'ubuhanzi rya Knowless] akaba ari n'umugore wa Producer Ishimwe Clement ari gukora imyitozo ikakaye kugirango akomeze kugira ubuzima buriza umuze aho yihaye iminsi 90 aterura ibyuma ahinduranya kugirango akomeze kurwanya zimwe mu ndwara zandura.
Uyu mugore w'umwana umwe akaba ari gukorera imyitozo muri Gym ya Hotel Umubano ku Kacyiru afatanya n'umutoza we.
Uyu muhanzikazi yakoze indirimbo zikomeye nka Uzagaruke, Winning Team, Ujya unkumbura, Baramushaka (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rX8oaV
via IFTTT

Agace ka Filime ya mbere irimo Barafinda kageze hanze [VIDEO]

Barafindafinda niyo filime ya mbere yakinwemo na Barafina Sekikubo Fred wamamaye mu Rwanda nyuma yo gutanga kandidature ku mwanya w'umukuru w'igihugu mu matora yabaye muri Kanama 2017 gusa kandidatire ikaza kutemerwa kuko atujuje ibisabwa na komisiyo y'igihugu y'amatora ubu noneho yinjiye mu mwuga wo gukina amafilime.
Barafinda wamamaye kandi kubera ibiganiro bitandukanye byuzuyemo urwenya yatangaga birimo n'icyo yagiranye n'abanyamakuru akimara gutanga kandidatire ndetse n'imigabo n'imigambi ye (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rRuSKl
via IFTTT

Itangazo: Uwitwa MIRUHO Ramadhan yasabye guhindura amazina akitwa BIZUMUREMYI Ramadhan

Uwitwa MIRUHO Ramadhan yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n'amataegeko akitwa BIZUMUREMYI Ramadhan.
Impamvu atanga zituma yifuza guhindura amazina zikaba ziri hano hasi.

- Kwamamaza

from Umuryango.rw http://ift.tt/2nnX8zA
via IFTTT

Gicumbi: Imyaka itatu irashize abubatse ikigo nderabuzima cya Nyamiyaga bishyuza miliyoni 10Rwf

Abakozi barenga 160 biganjemo abafundi n'abayede bubatse ikigo nderabuzima cya Nyamiyaga mu karere ka Gicumbi baravuga bamaze igihe basiragizwa n'ubuyobozi bw'aka karere bo bishyuza arenga miliyoni icumi z'amafaranga y'u Rwanda bakoreye kuva iyubakwa ry'iyi nyubako ryatangira n'ubwo ubu ryadindiye.
Baravuga ko gutinda kwishyurwa amafaranga bakoreye byabagizeho ingaruka mbi zirimo kuba bamwe mu bana babo baravuye mu ishuri ndetse abandi bakabura ubwisungane mu kwivuza.Bashinja ubuyobozi bw'aka (...)

- Ubukungu

from Umuryango.rw http://ift.tt/2BG9mb1
via IFTTT

Q1 2017/18: RRA yakusanyije miliyari 582 mu gihe intego yari 572

Ikigo…

from UMUSEKE http://ift.tt/2DR8Sks

Papa Francis agiye gutanguza itohoza ku mabi yakorewe abana muri Chili

Papa Francis agiye kurungika umuhinga wa Vaticano ku bijanye n'amabi ashingiye ku gitsina muri Chili, kugira ngo atohoze ku biregwa umusenyeri avugwa ko yoba yarapfukiriye amabi akogwa n'umupatiri.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2GuLNFM
via IFTTT

Maxime, Imran, na Butera bakuwe ku rutonde rwa APR FC yitegura Rayon

Umutoza…

from UMUSEKE http://ift.tt/2BFv0MF

General wahaye Perezida Kabila iminsi ngo abe yavuye ku butegetsi yatawe muri yombi

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika iharanira demukarsi Nyuma yo guha Perezida Joseph Kabila iminsi 45 ngo abe yavuye ku butegetsi, Colonel John Tshibangu wihaye ipeti rya général yatawe muri yombi n'inzego z'umutekano zo muri Tanzaniya.
Amakuru aturuka muri iki gihugu aravuga ko uyu wahoze mu gisirikare cya FARDC akaza gutoroka yafatiwe ku kibuga cy'indege cya Dareslam avuye I Nairobi muri Kenya.
Hari amakuru avuga ko yaba yafatiwe gukoresha impapuro z'inzira mpimbano zo muri Zimbabwe. (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2EpJrr2
via IFTTT

Ibitekerezo bya Munyana umukobwa w’i Kirehe ushaka kuba MissRwanda (VIDEO)

Munyana…

from UMUSEKE http://ift.tt/2E1u765

Urubyiruko rugiye kumurika ibyo rukora rwinjize abantu muri ‘Saint Valentin’

Kuva…

from UMUSEKE http://ift.tt/2nwwuE2

Basketball: Hamza na Kenny Gasana mu bakina hanze 7 bahamagawe mu Amavubi

Imikino…

from UMUSEKE http://ift.tt/2DPmIaN

Abatalibani 'babangamiye ibice 70% vya Afghanistani'

Inguvu n'aho uwo mugwi witwaje idini rya Islam ushika vyariyongereye cane kuva ingabo mpuzamakungu zivuye muri ico gihugu, nk'uko BBC yabisanze.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2GwxfW9
via IFTTT

RDF ku isonga mu kwizerwa n’abaturage

Itangazo: Uwitwa NSEKAMBABAYE Jean Pierre yasabye guhindura amazina akitwa BISAMAZA Jean Pierre

Uwitwa Jean Pierre NSEKAMBABAYE yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n'amategeko akitwa BISAMAZA Jean Pierre.
Ingingo z'ingenzi zituma ahindura amazina zikaba ziri hano hasi:

- Kwamamaza

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DNVS2M
via IFTTT

Rubavu: Inama y’abazimukira ikibuga cy’indege n’Akarere ntacyo yagezeho

*Barifuza…

from UMUSEKE http://ift.tt/2nrRQCe

Ba mukerarugendo b'Abongereza bafungiwe muri Cambodia kubera ibikorwa by'urukozasoni [AMAFOTO]

Ba mukerarugendo b'Abongereza bahuye n'uruva gusenya nyuma yo kubyina imbyino z'urukozasoni bambaye ubusa byatumye abaturage bahuruza polisi nayo ibashyira muri gereza ndetse bashobora gukatirwa igifungo cy'umwaka.
Aba ba mukerarugendo bamenyereye gukora ibimansuro bambaye ubusa,bagerageje kubikora muri Cambodia ariko abaturage b'iki gihugu barabamagana ndetse bahamagara polisi ijyaa kubafunga.
Aba ba mukerarugendo 5 bafunzwe nyuma yo gufata ku gasembuye kababanye kenshi batangira kwiyambika (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2ntGnlJ
via IFTTT

Umukobwa twahuriye kuri Facebook yangize imbata y'igitsina ansambanya umunsi ku wundi- NKORE IKI??

Umwe mu bakunzi b' UMURYANGO yandikiye abasomyi b'uru rubuga agisha inama ku kibazo gishobora gushyira iherezo ku buzima bwe. - Dore ubutumwa bwe uko buteye:
Muraho neza mwebwe basomyi namwe bayobozi b'ikinyamakuru UMURYANGO? Njya nkunda gusoma inkuru zanyu kenshi ndetse n'inama mugira abantu nkumva zuje inyigisho ari nayo mpamvu mfashe iyambere nkabagana ngo mumfashe kwigobotora mu gatego natezwe n'uwo twakundanye kamaze kungira umunyantege nke imbere y'igitsina gore.
Ndi Umusore w'imyaka 21 (...)

- Urukundo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DPYnBN
via IFTTT

Kaburimbo Abanyaburera bemerewe na Perezida Kagame izubakwa ryari?

Trump yatangaje 'Amerika nshasha muri kino gihe'

Prezida Donald Trump yavuze ku "muryango umwe wa Amerika" ariko abademokrate bavuga ko yatumye igihugu "cicamwo ibice".

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2DPhhsp
via IFTTT

Areruya Joseph atangiye urugendo rwo gushaka umwanya muri Td France

Team…

from UMUSEKE http://ift.tt/2nnBGL8

BIRAVUGWA: Meddy yaba agiye kurushinga n’umukunzi we.

Umuhanzi nyarwanda Ngabo Meddy akomeje kuvugwaho amakuru y’umunyenga w’urukundo yaba arimo n’umukobwa wanagaragaye mu mashusho y’indirimbo ye ‘Ntawamusimbura’. 

Mu cyumweru gishize nibwo hagaragaye amafoto Meddy ari kumwe n’uyu mukobwa basohokeye i Las Vegas muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ndetse bari mu bihe byiza by’urukundo.Biravugwa ko Meddy amaze iminsi abana mu nzu imwe n’uyu mukobwa nk’uko byemezwa n’incuti z’aba bombi za hafi. Ndetse banemeza ko Meddy n’uyu mukobwa barimo gutegura gukora ubukwe bakabana mu buryo bwemewe.Gusa ku ruhande rwa Meddy nta kintu na kimwe yari yatangaza kuri aya makuru akomeje kumuvugwaho.

Uyu mukobwa uvugwa ko akundana bikomeye na Meddy niwe wabaye umukinnyi mukuru mu mashusho y’indirimbo “Ntawamusimbura”, ndetse Kuva iyi videwo yasohoka byakomeje kuvugwa ko aba bombi ibyo bakinaga byavuyemo ukuri. Bose ubu ngo ni Ntawamusimbura.

Source: hose.rw



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2BGPzYT
via IFTTT

Nyirarukundo yerekeje muri Kenya

Sugira Ernest yanenze ubuvuzi bwo mu Rwanda

Rutahizamu w'ikipe ya APR FC n'Amavubi Sugira Ernest yanenze ubuvuzi bwo mu Rwanda bwamubaze nabi nyuma yo kugira imvune ikomeye ari mu ikipe y'igihugu Amavubi aho biteganyijwe ko ashobora kubagwa bwa kabiri. Mu kiganiro Sugira aherutse kugirana n'abanyamakuru yababwiye ko nibiba ngombwa ko abagwa atazigera yemera ko hari umuganga w'umunyarwanda umukoraho ahubwo yiteguye kwerekeza hanze.
Yagize ati “Ntabwo Operation yagenze neza uko nabyifuzaga gusa umuganga wambaze navuga ko ngomba kongera (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2Fy1URt
via IFTTT

Kigali: Hoteli hafashwe n' inkongi inzoga n' amatungo bihinduka umuyonga [AMAFOTO]

Harmony Palace Hotel iherereye mu murenge wa Jabana mu karere ka Gasabo yafashwe n' inkongi mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 31 Mutarama 2018, irashya ikongokeramo ibintu by' agaciro ka miliyoni zisaga 20 nk' uko byatangajwe n' ubuyobozi bw' iyi hoteli.
Umwe mubayobozi b' iyi hoteli Uwamariya Christine yatangarije City radio ati Inkongi yahereye ku gikoni byinshi birashya birakongoka…hari nk' ibyo tutakekaga ko byahiye nk' amafirigo yari ari hirya mu gikoni, n' ibiribwa n' amakoko yari (...)

- Umutekano

from Umuryango.rw http://ift.tt/2E4lat7
via IFTTT

FIFA yarahiriye gukemura ikibazo cya Rwemarika wareze akanama gashinzwe amatora y'umuyobozi wa FERWAFA

Rwemarika Felicite wajuririye ibyavuye mu matora ya FERWAFA yabaye ku I taliki ya 30 Ukuboza 2017 ubwo yatsindwaga n'imfabusa kandi zitabarwa,ashobora kurenganurwa na FIFA mu gihe FERWAFA izananirwa gukemura ikibazo cye. Amatora yo gushyiraho umuyobozi wa FERWAFA mushya yabaye tariki ya 30 Ukuboza 2017, yabimburiwe no kuvanamo kandidatire kwa Nzamwita Vincent De Gaulle wagombaga guhatana na Rwemarika, watangaje ko adashaka kwiyamamaza kubera impamvu ze bwite bituma abari bamushigikiye (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2GAihyA
via IFTTT

Iwawa: 989 bakoreshaga ibiyobyabwenge barasubizwa mu buzima busanzwe

Umujyi wa Kigali, Polisi y'u Rwanda n'izindi nzego zishinzwe umutekano ndetse n'Ikigo cy'igihugu gishinzwe igororamuco(NRS) batangiye imyiteguro yo gusubiza mu buzima busanzwe amagana y'abari barabaswe n'ibiyobyabwenge , bari hafi kurangiza inyigisho bateganyirijwe mu kigo kibigisha cya Iwawa Rehabilitation and Vocational Skills Development Centre (IRVSDC).
Abagera kuri 989 bahoze mu bakoresha ibiyobyabwenge , baba ababicuruza n'ababinywa bazasoza inyigisho zibagenewe ndetse n'amasomo y'imyuga (...)

- Ubuzima

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rW2Ywy
via IFTTT

Muhanga: Umugore yatwitse umwana we akoresheje umuhoro ushushye

Mu karere ka Muhanga Uwitije Beatrice utuye mu kagari ka Makera, mu murenge wa Cyeza yatwitse umwana we w'umukobwa ufite imyaka 11 y'amavuko kubera amakosa yoroheje yakoze.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y'Amajyepfo, Chief Inspector of Police (CIP) Emmanuel Kayigi yavuze ko iperereza ry'ibanze rigaragaza ko uyu mugore w'imyaka 44 y'amavuko yatwitse umwana we akoresheje umuhoro ushushye.
Yagize ati,"Iki gikorwa kigayitse uyu mugore yagikoze ku itariki 25 z'uku kwezi. Uwo mwana yamutwitse ahantu (...)

- Ubuzima

from Umuryango.rw http://ift.tt/2GutyQO
via IFTTT

Ifungwa n'itotezwa ry'umunyarwanda wanyujijwe mu nzira y'umusaraba muri Uganda

Nyuma y'iminsi 25 afunzwe akanakorerwa iyicarubozo muri Uganda umunyarwanda Emmanuel Cyemayire yagarutse mu Rwanda. Cyemayire Emmanuel avuga ko yafashwe taliki 4/01/2018 mu mujyi wa Mbarara muri Uganda aho yari asanzwe akorera akazi ke k'ubucuruzi.
Cyemayire yemeza ko yafashwe n'inzego ziperereza za Uganda CMI, agira ati, ''mu gukora statement bambajije imyirondoro yanjye, hanyuma mu gihe nari ndimo gukora statement mbonaho indi file ku ruhande iriho amazina y'umupasteri dusengana kuko (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rTMNjA
via IFTTT

Manchester City yaguze myugariro Laporte

Ikipe ya Manchester City yamaze kongerera ingufu ubusatirizi bwayo nyuma yo kugura myugariro w'umufaransa witwa Aymeric Laporte wakiniraga ikipe ya Athletic Bilbao ku kayabo ka miliyoni 57 z'amapawundi.
Uyu munyakinnyi yahise agahigo ko kuba umukinnyi waguze amafaranga menshi mu ikipe ya Manchester City aho yakuyeho akari gafitwe na Kevin de Bruyne waguzwe miliyoni 55 ubwo yavaga muri Wolfsburg .
Aymeric Laporte uzajya yambara nimero 14 yasinye amasezerano y'imyaka 5 n'igice ndetse ajye (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DOlmJx
via IFTTT

Gicumbi: Uruganda rw’icyayi rumaze imyaka 55 rugiye kwegurirwa abahinzi

Uruganda…

from UMUSEKE http://ift.tt/2DP1Zjq

Nyanza-Nkomero: Ukekwaho kwica umukecuru w’imyaka 79 yafashwe

Kuri…

from UMUSEKE http://ift.tt/2EpZXHD

Urutoki rwamuvanye mu cyiciro cya 1 ubu ari mu cya 3 cy’Ubudehe

Rubashamiheto…

from UMUSEKE http://ift.tt/2nufHRU

Umva amagambo y’ubwiyemezi Davido yatangaje yihenura ku bandi bahanzi bo muri Afurika.

Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika Adedeji Adeleke ukomoka muri Nigeria uzwi ku kazina ka Davido yihenuye ku bandi bahanzi bo muri Afurika aho yemeje ko nta wundi mu hanzi ukora muzika umurusha kumenyana n’abantu b’Ibikomerezwa cyane abakuru b’ibihugu.

Ni mu kiganiro kigufi umuhanzi Davido yagiranye na MTVBASE, maze avuga uburyo ashimishwa n’indirimbo ze zagiye zimenyekana ku Isi nzima ndetse anongeraho ko ari we muhanzi rukumbi uziranye n’abantu bakomeye.

Davido yagize ati:”Njye nagiye nkora indirimbo zitandukanye nyuma zikagera ku rwego mpuzamahanga ikintu kinyereka ko abafana banjye bagutse,nakoze indirimbo nise ‘ Dami Duro’ maze igera aho ntabasha kwiyumvisha ni ibintu nakwishimira ngashimira n’abafana nibo bangeza aho hose.Nagiye nkora ibitaramo impande zitandukanye z’isi mbona nishimirwa cyane n’abafana,sibyo gusa ubu ninjye muhanzi ufite nimero z’Abaperezida basaga 13 kandi ndabahamagara tukavuga byihuse iyo babonye nimero ari iyanjye ntibazuyaza kunyitaba”.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2FuZ0Nr
via IFTTT

Neymar yagaragaje ukwicisha bugufi gukomeye imbere ya Cristiano Ronaldo bitungura benshi.

Rutahizamu w’ikipe ya Paris Saint Germain , Neymar Jr yatunguye abantu benshi ubwo yahishuraga ko yubaha bikomeye Cristiano Ronaldo ndetse ko yifuza ko yazatera ikirenge mu cye.

Nk’uko tubikesha AS ngo Neymar Jr w’imyaka 25 y’amavuko yagaragaje ko yubaha cyane Cristiano umaze kwegukana Ballon d’Or inshuro eshanu, ngo kuko Cr7 yakoze amateka mu mupira w’amaguru mu myaka icumi ishize , ndetse yongeraho ko igihe cyose yifuza kugera ku rwego Cr7 agezeho.

Neymar yagize ati:“I respect Cristiano greatly because he has made football history”.”He has been at the top of the game for ten years. I am trying to get close to those players.”

Tugenekereje mu Kinyarwanda Neymar yagize ati:”Ndamwubaha cyane Cristiano kuko yakoze amateka akomeye mu mupira w’amaguru.Amaze imyaka icumi yose ari we mukinnyi uri ku isonga.Kuri ubu ndimo kugerageza kugera ku rwego rw’abakinnyi nk’abo”.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2ntc3Yx
via IFTTT

Pépinière FC yageze muri 1/16 mu Gikombe cy’Amahoro nyuma yo gutsinda Gasabo

Sobanukirwa ibyuho mu mategeko bihembera ruswa mu nzego z’ubutabera

Ese Areruya Joseph yatwara “Tour de l’Espoir ” akabona itike ya “Tour de l’Avenir ” mu Bufaransa?

Musanze izakoresha miliyari zisaga 17 mu mwaka wa 2018/19

Rayon Sports na APR FC bakoreye imyitozo hanze y'umugi wa Kigali mbere yo gucakirana

Ikipe ya Rayon Sports yakoreye imyitozo I Rugende mu rwego rwo kwitegura umukino wa 3 w'igikombe cy'intwali mu gihe ikipe ya APR FC yo igomba gukorera imyitozo I Shyorongi .
Aya makipe y'amakeba hano mu Rwanda,ari kwitegura uyu mukino ugomba kuba ku wa Kane taliki ya 01 Gashyantare 2018,aho Rayon Sports isabwa gutsinda APR FC igahita yegukana iki gikombe mu gihe APR FC isa n'aho iri gukorera ishema kuko nta mahirwe ifite yo kwisubiza iki gikombe yatwaye umwaka ushize.
Ikipe ya Rayon yasubiye (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2EqZsNy
via IFTTT

Perezida Donald Trump Yashikirije Ijambo Abanyamerika n'Amakungu

Perezida wa Reta zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yashikirije Abanyamerika n’amakungu ijambo rya mbere bita “State of the Union Address” kuva ashikiriye ubutegetsi. Mur’iri jambo ibikomeye yashimikiyeko vyerekeye ubutunzi, asaba abanyeporotike ku mpande zose gukorera hamwe ku bibazo vy’abimukira. Trump yavuze kuvyo yakoze mu vyo yemereye Abanyamerika mu bihe yiyamamariza kurongora igihugu yongera yemerera Abanyeporitike mu migambwe yose, abademokrate n’abarepublikane ko yiteguye gukorana nabo kugira bakore ibirenze ibimaze gukorwa. Ibikuru bikuru yashimikiyeko yagize ati: "Twese hamwe, turiko twubakira hamwe Amerika IRANGWAMWO UMUTEKANO, IKOMEYE kandi YISHIMIRA UKO IHAGAZE. Twipfuza ko Umunyamerika wese amenya agateka ahabwa no kumara umusi wose akora cane; Twipfuza ko umwana wese atekanirwa mw’ijoro aho ari mu rugo abamwo, kandi twipfuza ko Umunyamerika wese anezerererwa n’iki gihugu dukunda." Ku bijanye n’amatagisi yagize ati: Nkuko navyemereye Abanyamerika mpagaze aha nyene ndi haraheze amezi 11, twarakoze ibikomeye mu kugabanya amatagisi turakora impinduka zitazibagirwa muri kahise ka reta zunze ubumwe z’Amerika. Ayo matagisi twagabanije arafasha imiryango ibayeho ubuzima bubayabaye hamwe n’amashirahamwe mato mato. Kuvyerekeye gukorera hamwe n’ibindi bihugu ku bijanye n’urudandazwa Yavuze ko Amerika yarasezereye ibihe vyaranzwe n’amasezerano atungukira twese mu guhanahana ibidandazwa, ivyatumye ubutunzi bwacu twabiriye akuya bunyagwa, amashirahamwe, ubuzi hamwe n’ubutunzi bw’igihugu cacu bitwarwa hanze. Abimukira ntiyibagiye kugira ico abavuzeko: "Imiryango ibayeho ubuzima butoroshe, cane cane imiryango y’abimukira, bazofashwa n’amategeko abega twashizeho ashimikiye ku nyungu z’abakozi b’abanyamerika hamwe n’imiryango y’Abanyamerika". Yabandanije ati: "Kur’uyu mugoroba, ndamenyesheje ko niteguye gukorana n’impande zose za poritike, Abademokrate n’Abarepublikane, mu gukingira abanyagihugu, tutaravye iyo baje bava, urukoba rwabo n’ivyo bemera". Mugihe Twubaka Amerika Ikomeye aha mu gihugu, turiko kandi turagarukana inkomezi n’igihagararo twari dufise mu makungu. Kw’iteraboba yavuze ati: Mu mwaka uheze, nemeye ko tuzokorana n’ibihugu dushize hamwe duhanagura umuhari w’iterabwoba wa reta ya kiyisilamu kw’isi. Inyuma y’umwaka rera, Ndanezerejwe nuko urunani rw’ibihugu.

from Voice of America http://ift.tt/2FwyiE6
via IFTTT

Leta y'u Rwanda na Premier Tobacco Company mu Rukiko

Urukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarungenge, rwatangiye kuburanisha  urubanza Uruganda “ Premier Tobacco Company” rw’umuryango wa Rwigara Assinapol, ruregamo ikigo c’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro RRA. Uru ruganda , rusaba urukiko gutegeka iki kigo, kuvanaho inzitizi zose zatumye uru ruganda ruhagarika akazi karwo k’ubucuruzi. Mu kirego cyihutirwa  cyatanzwe n’Uruganda Premier Tobacco Company”  rwunganirwa na Me Janvier Rwagatare, rwagejeje ku rukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge, uru ruganda rusaba urukiko guhatira ikigo cy’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’Amahoro,  gukuraho inzitizi zigera kuri 3  zibuza uruganda gukomeza akazi karwo k’ubucuruzi.   Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika i Kigali mu Rwanda Assumpta Kaboyi ni we wakurikiranye uru rubanza.  

from Voice of America http://ift.tt/2BFXJRn
via IFTTT

Rubavu Baratakamba Kubera Kwimurwa Batarishyurwa

Abaturage baturiye ahagomba kwagurirwa ikibuga cy'indege cya Rubavu barashinja ubuyobozi kubabeshya mu gihe basinyiraga indishyi. Abo baturage bavuga ko bemeye gusinyira amafaranga make kuko bari barasezeranijwe kuzajyana ibyo bubakishije none ubu ubuyobozi bukaba bwahinduye imvugo. Ubuyobozi bwo buhakana ibyo abaturage bavuga. Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Claude Ganza Munyamagana  araturamburira iyi nkuru.    

from Voice of America http://ift.tt/2E0pCsE
via IFTTT

Arabia Saudite yagaruje miliyari 106 z'amadolari

Leta ya Arabia Saudite iravuga ko yagaruje amafaranga arenga miliyari 106 z'amadolari yari yarazimiriye muri ruswa.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2E2Ec2I
via IFTTT

Ruhango: Nyobozi na Njyanama bongeye gukozanyaho ku by’imicungire mibi y’umutungo

Hashize…

from UMUSEKE http://ift.tt/2BFxz10

DRC: Imirwano hagati ya FARDC n’abarwanyi ba FNL yaguyemo batatu 

Mu…

from UMUSEKE http://ift.tt/2noDx23

Gakenke: Inzu yari kuba ‘bureau’ y’Akarere imaze imyaka 17 ipfa ubusa

Gakenke…

from UMUSEKE http://ift.tt/2E1kdS2

Arabia Saudite yagaruje miliyari 160 z'amadolari

Leta ya Arabia Saudite iravuga ko yagaruje amafaranga arenga miliyari 160 z'amadolari yari yarazimiriye muri ruswa.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2DNIDLJ
via IFTTT

Kwirengagiza ibyo Odinga yakoze byagaragaza intege nke za Leta ya Uhuru- Dr Shyaka 

Interview…

from UMUSEKE http://ift.tt/2BF5qHs

Uruganda rw' itabi rw'umuryango wa Rwigara rwareze leta

Mu Rwanda urukiko rw'ubucuruzi rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza uruganda rukora itabi Premier Tobacco Company ruregamo ikigo cy'igihugu cy'imisoro.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2EsBamt
via IFTTT

Kenya: Raila Odinga Yarahiye



from Voice of America http://ift.tt/2nujEps
via IFTTT

‘Transparency Rda’ igiye gukurikirana abaca imanza nabi kubera ‘ruswa’

Transparency…

from UMUSEKE http://ift.tt/2rUIFzT

Raila Odinga Yirahije nka Perezida w'Abanyakenya

Raila Odinga kuri uyu wa kabiri yarahiye nk’umukuru w’igihugu ca Kenya imbere y’ibihumbi vy’abakunzi b’urunani rwiwe National Super Alliance Nasa. Odinga yavuze ko we ari “ perezida w’abanyagihugu”

from Voice of America http://ift.tt/2DMs9qY
via IFTTT

HCR itewe impungenge n'imvururu ziri mu buseruko bwa Kongo

Ishami rya ONU rijejwe impunzi, HCR, rivuga ko ritewe impungenge n'umutekano muke ukomeje kurangwa mu buseruko bwa Republika Iharanira Demokrasi ya Kongo

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2DNkjh4
via IFTTT

HCR Ihangayikishijwe n'Abanyekongo Bahunga Imirwano

Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi HCR riratangaza ko rihangayikishijwe n’imirwano ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo. Iyo mirwano imaze gutuma ibihumbi by’abanyekongo bahunga igihugu berekeza mu bihugu by’Uburundi Tanzaniya na Uganda. Amakuru dukesha umuvugizi wa HCR Babar Baloch avuga ko abanyekongo barenga 7,000 biganjemo abana n’abagore bamaze guhungira mu Burundi. Abandi barenga igihumbi bahungiye muri Tanzaniya. HCR ivuga ko hari abandi bakuwe mu byabo n’imirwano hagati y’ingabo za leta na Mai Mai bahungiye hagati mu gihugu cyane cyane mu ntara ya Kivu y’amajyepfo. Baloch avuga ko izo mpunzi zikeneye ubufasha bw’ibiribwa n'aho bakika umusaya. HCR ivuga ko impunzi nyinshi zavuganye nayo zivuga ko zategekwaga kwinjira mu gisirikali ku ngufu.  Usibye abanyekongo bakomeje guhunga, HCR ivuga ko inahagayikishijwe n’ubuzima bw’impunzi z’Abarundi zigera ku 43,000 ziri mu makambi ya Lusenda na Mulongwe. Umuvugizi wayo Baloch yavuze ko n'ubwo kugeza ubu ntacyo izo mpunzi ziraba, bafite ubwoba ko imirwano ikomeje ishobora kuzigiraho ingaruka. HCR ivuga ko abanyekongo bagera kuri miliyoni eshanu bamaze guta ingo zabo. Abarenga 600,000 bahungiye mu bihugu bitandukanye byo ku mugabane w’Afurika.

from Voice of America http://ift.tt/2GupdNx
via IFTTT

Raila Odinga Yirahije nka Perezida w'Abanyakenya

Raila Odinga, umunyapolitike utavuga rumwe na leta, kuri uyu wa kabiri yirahije nk’umukuru w’igihugu cya Kenya. Odinga w’imyaka 73 wahakanye ibyavuye mu matora yatsinzwemo na Perezida Uhuru Kenyatta, yavuze ko yarahiriye kuba “Perezida w’abaturage”. Yarahiriye imbere y’ibihumbi by’abayoboke b’ihuriro NASA rigizwe n’amashyaka atavuga rumwe na leta mu murwa mukuru Nairobi mu busitani bwitiriwe ‘Uhuru’. Kalonzo Musyoka wagombaga kurahira nka visi perezida we ntiyabonetse muri uwo muhango. Odinga yikuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu yasubiwemo mu kwezi kwa cumi umwaka ushize. Ayo matora yatsinzwe na Kenyatta ku majwi 98 ku ijana. Ayo matora yasubiwemo nyuma yuko urukiko rw’Ikirenga muri Kenya rutesheje agaciro ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye ku itariki 8 y’ukwezi kwa munanu umwaka ushize bitewe n’ibibazo byayagaragayemo. Ministiri w’ubutabera wa Kenya Githu Muigai yari yabwiye Odinga ko aramutse yirahije azashinjwa icyaha cyo kugambanira igihugu gihanishwa igihano cyo kwicwa. Mbere y'uko arahira ibitangazamakuru birimo televiziyo zigenga byafunzwe ubwo byageragezaga gutambutsa ibijyanye n’uwo muhango.    

from Voice of America http://ift.tt/2rPghiD
via IFTTT

Mayor Ntazinda arasaba abafite ubumuga kwishakamo ibisubizo

Erasme…

from UMUSEKE http://ift.tt/2E28JxC

Theo Bosebabireba yakubiswe amenwa umutwe- VIDEO

Umuhanzi Theo Bosebabireba umaze iminsi mu rusobe rw’ibibazo nyuma yo guhagarikwa mu idini rya ADEPR ashinjwa ubuhehesi, n’ubuzererezi dore ko hari umukobwa wari umaze iminsi atangaza ko uyu mugabo wubatse yamuteye inda akamwihakana ndetse akanga no gufasha uwo yabyaye yakubitiwe mu gihugu cya Uganda ubu akaba amerewe nabi. umva hano uko bimeze :



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2Eogwn7
via IFTTT

Rayon yasubiye i Rugende… Inshuro 4 yahiteguriye yaratsinzwe

Umukino…

from UMUSEKE http://ift.tt/2rMWwbg

Nubona ibi bimenyetso 7 mu rugo rwawe uzamenye ko ruri mu manegeka

Bamwe mu b'igitsina gore cyangwa igitsina gabo bakunze kurangwa no gushuka abobakundana cyangwa bashakanye bagamije kugenzura ibitekerezo byabo no kubigarurira.
Nyamara abahanga mu by'iyigamiryango bavuga ko imibanire y'abashakanye ikwiye kurangwa no kwizerana gusesuye kugirango urugo rugende neza.Ababavugako akenshi umuntu ugutwara muri ubu buryo aba atagukunze ahubwo yaragusanze ku zindi mpamvu zirimo imitungo,cyangwa ubuhingiro bw'igihe gito.
Gusa ku rundi ruhande ngo bishobora no guturuka (...)

- Amabanga y'urugo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2EpgcEG
via IFTTT

Muri fashion hari kuvugwa iki?

Umunyarwandakazi…

from UMUSEKE http://ift.tt/2BFy23m

Abatumiza ifumbire hanze bagaragaje inzitizi bafite muri iki gihe

Umuhindo…

from UMUSEKE http://ift.tt/2nnPntz

Perezida Kagame yaganiriye na Museveni

Perezida w' u Rwanda na mugenzi we wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni baganiriye mu bibazo byo mu karere kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Mutarama 2018
Baganiriye ubwo bari I Addis Abeba muri Ethiopia ahari kubera inama ku bucuruzi n'ishorama
Iyi nama ya ‘Transform:Africa Business and Investment Forum” ikaba ari inama yigaga ku bucuruzi n'ishoramari muri Afurika, Inama Perezida Kagame yatanzemo ikiganiro akongera kugaruka ku mikoranire hagati y'abikorera ku giti cyabo na Leta mu kuzamura iterambere (...)

- Mu Rwanda

from Umuryango.rw http://ift.tt/2E2mCfp
via IFTTT

Ibintu bidasanzwe ku kwezi kuwa 31/01/2018

Ibintu bidasanzwe ku kwezi kuwa 31/01/2018

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2GwfMgC
via IFTTT

Theo Bosebabireba yakubitiwe muri Uganda agirwa Intere- VIDEO

Umuhanzi Theo Bosebabireba umaze iminsi mu rusobe rw'ibibazo nyuma yo guhagarikwa mu idini rya ADEPR ashinjwa ubuhehesi, n'ubuzererezi dore ko hari umukobwa wari umaze iminsi atangaza ko uyu mugabo wubatse yamuteye inda akamwihakana ndetse akanga no gufasha uwo yabyaye yakubitiwe mu gihugu cya Uganda ubu akaba amerewe nabi.
Uyu Mugabo akimara guhagarikwa hari amakuru yakwirakwijwe ko yaburiwe irengero kuko atabonekaga aho yakundaga kuba ari ndetse na telephone ngendanwa yakoreshaga itari (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rPfpdH
via IFTTT

Dore uko imbeba zica ahantu hato cyane

Dore uko imbeba zica ahantu hato cyane

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2EmFMu0
via IFTTT

Yasezeye akazi ka Leta ayoboka korora ingurube, ubu ubworozi bwe bubarirwa muri miliyoni 200

Kamonyi: Impanuka iguyemo abana batatu bari bavuye ku ishuri

Impanuka ikomeye y'imodoka ibaye kuri aya manywa mu murenge wa Musambira mu Karere ka Kamonyi mu muhanda Kamonyi -Kigali, igonga abana 4 bavaga ku ishuri, batatu bahita bitaba Imana, undi umwe na Shoferi barakomereka bajyanwa mu bitaro.
Iyi mpanuka yakozwe n'imodoka yo mu bwoko bwa Prado ifite purake RAD 313 I, yabaye mu masaha ya saa sita, ubwo abo bana bavaga ku ishuri berekeza iwabo.Iyi modoka yavaga mu bice bya Muhanga yerekeza i Kigali.
Umuvugizi wa Polisi ishami ryo mu muhanda SP (...)

- Umutekano

from Umuryango.rw http://ift.tt/2BDA6Je
via IFTTT

Theo Bosebabireba yakubitiwe muri Uganda agirwa Intere- VIDEO

Umuhanzi Theo Bosebabireba umaze iminsi mu rusobe rw'ibibazo nyuma yo guhagarikwa mu idini rya ADEPR ashinjwa ubuhehesi, n'ubuzererezi dore ko hari umukobwa wari umaze iminsi atangaza ko uyu mugabo wubatse yamuteye inda akamwihakana ndetse akanga no gufasha uwo yabyaye yakubitiwe mu gihugu cya Uganda ubu akaba amerewe nabi.
Uyu Mugabo akimara guhagarikwa hari amakuru yakwirakwijwe ko yaburiwe irengero kuko atabonekaga aho yakundaga kuba ari ndetse na telephone ngendanwa yakoreshaga itari (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2GwVwvp
via IFTTT

Itangazamakuru ryabibye amacakubiri ngo imbaraga ryakoresheje riracyazifite

*G.…

from UMUSEKE http://ift.tt/2EkDg7z

Ese aho Rayon Sports ntiyaba itera umwaku?

Ikipe ya Rayon Sports n'imwe mu makipe yagiye igira abakinnyi bakomeye ndetse bagiye bagira ibigwi bikomeye gusa bagiye bagorwa n'ibibazo bitandukanye bigatuma umupira wabo usubira inyuma kandi barayivuyemo bari ku rwego rwo hejuru. Umuryango wabateguriye bamwe mu bakinnyi bavuye muri Rayon Sports bagera mu yandi makipe bikanga ndetse bikarangira ayo makipe abarekuye.
Witakenge Jannot Jannot Witakenge yabaye umukinnyi wa Rayon Sports kuva mu 1990 avuye muri Espoir FC, aza kujya i Burundi (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2nm2Odi
via IFTTT

Miss Rwanda ” Muzapfira mu muriro utazima” umwe mu bahataniye ikamba ntagira amahirwe yo gukomeza

Tania Umutoni Muvunyi ni umwe mu bakobwa bitabiriye Miss Rwanda2018 yiyamamarije mu mujyi wa Kigali, icyakora ntabwo yabashije gukomeza ahagarariye uyu mujyi muri iri rushanwa. Nyuma yo kuvamo uyu mukobwa kwihangana byamunaniye kuko magingo aya ku mbuga nkoranyambaga hari gukwirakwizwa amagambo yatutsemo abagize akanama nkemurampaka.

Uyu mukobwa ubwo yitabiraga irushanwa yarabajijwe kimwe nk’abandi ariko we agaragaza ko afite ubwoba, abagize akanama nkemurampaka bakamusaba kenshi kureka ubwoba akabasubiza adafite igihunga. Umutoni Muvunyi Tania nyuma yo gusubiza abagize akanama nkemurampaka bamweretse ‘YES’ bose ariko nyuma yo guteranya amanota birangira atabonetse muri barindwi batoranyijwe ngo bahagararire umujyi wa Kigali.

Miss Rwanda 2018Umutoni Muvunyi Tania

Icyakora kwihangana k’uyu mukobwa kwaje kuba guke kuko mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere tariki 29 Mutarama 2018 yanditse amagambo agaragaza ko yarenganyijwe ndetse atishimiye uko yavanywemo anagaragaza ko abagize akanama nkemurampaka batigeze baba abanyakuri dore ko yanabashinjie kurya ruswa. Umutoni Muvunyi Tania yavuze ko abagize akanama nkemurampaka bose muri Miss Rwanda 2018 batazigera binjira mu marembo y’ijuru bitewe na ruswa iri mu mitwe yabo. Mu magambo ye, yagize ati:

Mwese abagize akanama nkemurampaka (R.J/Rwabigwi Gilbert, S.I.B/Sandrine Isheja Butera na Dr.N /Higiro Jea Pierre) ntabwo muzigera mwinjira mu miryango y’ijuru ahubwo mwese muzapfira mu muriro utazima kuko mwuzuranye ruswa mu mitwe yanyu.

Miss Rwanda 2018

Uyu mukobwa yibasiye abagize akanama nkemurampaka bose

Si ubwa mbere byagendekera gutya abagize akanama nkemurampaka cyane ko muri 2017 umwaka ushize nabwo Ingabire Habibah yaje kuvamo bikarangira nawe atutse bikomeye abagize akanama nkemurampaka, we ariko akaba yaribasiye Rwabigwi Gilbert wari mu kanama nkemurampaka.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2rPBbOF
via IFTTT

Kagame na Museveni baganiriye i Addis Ababa

Ibiro…

from UMUSEKE http://ift.tt/2DNLp3h

Raila Odinga yirahije ka mukuru w'igihugu ca Kenya

Umukuru w'imigambwe itavuga rumwe n'ubutegetsi Raila Odinga yirahije ka mukuru w'igihugu imbere y'isinzi ry'abantu bamushigikiye ku kibuga co kuruhukiramwo Uhuru Park.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2rSoIcH
via IFTTT

Trump yakuyeho ikemezo giheza abimukira bo mu bihugu by’Abasilamu

Kuri…

from UMUSEKE http://ift.tt/2E0C4Zu

Raila Odinga amaze kurahira ati “Uyu ni umunsi w’amateka”

Ku…

from UMUSEKE http://ift.tt/2FtqAuG

Uwakorewe iyicarubozo n’igisirikare cya Uganda araburira Abanyarwanda bifuza kujyayo

Muri Werurwe hazatangira ishuri ryigisha ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Rulindo

Raila Odinga agiye kurahira, Uhuru Kenyatta yibereye mu mahanga

Abashyigikiye Raila Odinga utavuga rumwe n' ubutegetsi bwa Kenya ufite gahunda yo kurahirira kuyobora iki gihugu bamaze kugera kuri Uhuru Park ahateganyijwe kubera umuhango wo kwakira indahiro y' uyu munyapolitiki.
Nubwo kwikubitiro polisi ya Kenya yari yatangaje ko itari bwemerere abashyigikiye Odinga kugera kuri Uhuru Park, amakuru ndetse n' amafoto aturuka muri Kenya biremeza ko abantu batandukanye bitabiriye uyu muhango ku bwinshi.
Wakwibaza uti Uhuru Kenyatta wamaze kurahirira kuyobora (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DObEuN
via IFTTT

Abakinnyi barindwi bakina hanze bahamagawe mu ikipe y’igihugu ya Basketball

BITUNGURANYE: Diamond yihakanye inkumi bavugwagaho gukundana.

Hashize iminsi bivugwa cyane ko umuhanzi Diamond Platnumz asigaye akundana n’umunyamudeli, Tunda Sebastian ndetse ko urukundo rwabo rugeze ahashyushye gusa kuri ubu uyu muhanzi yatunguye abatari bake ubwo yahamyaga ko nta mubano wihariye afitanye n’uriya mukobwa.

Nk’uko tubikesha Ghafla,ngo Diamond yihakanye Tunda ubwo yari mu gikorwa cyo kwakira umuhanzi mushya mu nzu ye itunganya umuziki ya Wasafi Records, maze abajijwe gusobanura iby’urukundo rwe na Tunda asubiza aseka cyane, atangaza ko kumubonana n’abakobwa beza bose bitavuze ko baba bakundana.

Yagize ati:”Ese kuki buri mugore wese mwiza abantu bose bambonanye na we bamunshyiraho? Ninjyewe gusa se cyangwa mfite ubuki? Gusa njye nta mubano mfitanye na Tunda”.

Aya magambo ya Diamond akaba yayatangaje nyuma y’amakuru yamuvuzweho mu cyumweru gishize aho byavugwaga ko yakubise inshyi umugore we Zari bapfa kumubaza ibya Tunda.Ndetse bikavugwa ko bishoboka ko bari bamaze iminsi basohokana rwihishwa.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2DOkIzM
via IFTTT

Irerero ry’incuke ry’i Rwabicuma… igisubizo ku bana n’ababyeyi

Nyanza/Amajyepfo…

from UMUSEKE http://ift.tt/2DO1bQ3

Inkuru ibabaje ku bafana ba Rayon Sport | Umutoza uzasimbura Zidane muri Real Madrid yamenyekanye (Football News #1)

Bakunzi ba Yegob.rw twabazaniye gahunda yo kuzajya tubagezaho amakuru y’imikino agezweho buri munsi aho tuzajya tubakorera video tuzajya dushyira kuri youtube channel yitwa Footix abifuza kuyakurikira mukaba mwakora subscribe kugira agatazajya abacika.

Dore inkuru z’ingenzi twagarutseho muri Video y’uyu munsi:

* Nahimana Shassir mu marembo asohoka muri Rayon Sports (source ruhagoyacu.com)

*Rwatubyaye Abdoul yongeye amasezerano muri Rayon Sports

*Arsenal yamaze kumvikana na Dortmund kuri Transfer ya Aubameyang aho aragurwa miliyoni 63 z’amayero

*Manchester City yaguze myugariro wa Atletic Bilbao, Aymeric Laporte itanze akayabo ka miliyoni 57 z’amapound akaba aciye agahigo k’umukinnyi waguzwe menshi mu mateka ya Manchester City.

*President wa Real Madrid yamaze gutoranya umutoza uzasimbura Zidane

Reba Video kugirango wumve ayo makuru ku buryo burambuye:

 

 

 

 



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2GvCUeY
via IFTTT

Televiziyo ebyiri zari zigiye kwerekana irahira rya Raila Odinga zafunzwe

Polisi ya Kenya yafunze televiziyo ebyiri Citizen TV na NTV ubwo zari zigiye kwerekana umuhango w' irahira ry' umunyapolitiki utavuga rumwe n' ubutegetsi bwa Kenya Raila Odinga.
Umuyobozi w' imwe muri izi televiziyo zafunzwe yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko abakozi b' ikigo kigenzura itumanaho binjiye mu biro bya televiziyo bari kumwe n' abapolisi bagahagarika insakazamashusho.
Ni ubwa mbere ibintu nk' ibyo bikozwe mu gihugu cya Kenya.
Ubutegetsi bwa Kenya bwihanangirije ibigo by' (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2GvNe6U
via IFTTT

Ibaruwa iteye agahinda Intwari Felicite yandikiye musaza we Col. Nzungize

Soeur NIYITEGEKA Felicite wishwe tariki 21 Mata 1994 aribukwa nk' Intwari y' Imena. Uyu mubikira yandikiye musaza we Col. Nzungize Alphonse amusaba ko niba adashobora kumurokorana n' abo yari ashinzwe kurinda abareka bagapfana anamusaba kumusezerera kuri nyina.
Yagize ati “Mon frère chéri, urakoze kuba washatse kunkiza. Ariko aho gukiza ubuzima bwanjye ntakijije abo nshinzwe, abantu 43, mpisemo gupfana nabo. Dusabire tugere ku Mana kandi unsezerere umukecuru (mama we) n'umuvandimwe. Ngeze ku (...)

- Politiki /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rTCNGO
via IFTTT

Rubavu: Akarere mu mikwabo itavugwaho rumwe yo gufata Abazunguzayi

Ubuyobozi…

from UMUSEKE http://ift.tt/2Gvfuq8

Safi amaze amezi 3 atabonana na Mme…Ngo aramukumbuye cyane…

Safi…

from UMUSEKE http://ift.tt/2rROU7l

Amerika yatezuriye ingenzi z'ibihugu bigwiriyemwo Islamu

Ubutegetsi bwa Leta Zunze ubumwe za Amerika bwavuze ko ingingo yo gukumira abanyagihugu baturuka mu bihugu bivugwa ko vyobangamira umutekano wa Amerika yahagaritswe, ariko bakazosuzumwa cane imbere yuko binjira.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2Ep717w
via IFTTT

Gisagara Volleyball Club yamaze kumvikana na Sibomana

Perezida Kagame yitabiriye Ihuriro Nyafurika ry’Abashoramari n’Abikorera

Zari yafatiye icyemezo gikomeye Diamond wamweretse ko kubyara mu gasozi abishoboye

Umunyamideli Zari Hassan akaba n'umucuruzi ukomeye muri Tanzaniya no mu bindi bihugu yatanguye benshi nyuma yo gutangaza ku mugaragaro ko atazongera kubyarana n'uyu muhanzi,undi mwana uko byagenda kose.
Zari asanzwe afite abana batanu, babiri yabyaranye na Diamond n'abandi batatu yabyaranye n'uwahoze ari umugabo we, Ivan Ssemwanga.Mu kiganiro na Televiziyo ” Millard Ayo”, yahishuye ko atazigera yongera kubyarana undi mwana na Diamond, ngo keretse babonye uwakwemera kubatwitira(Surrogate), (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2nnEvvu
via IFTTT

Kenya: Imboneshakure zibiri zugawe kubera Raila

Igipolisi ca Kenya cugaye ibigo bibiri vy'imboneshakure (Citizen TV na NTV) mu gihe vyari bigiye kwerekana ibirori vyo kwimika kizigenza w'imigambwe itavuga rumwe n'ubutegetsi, Raila Odinga, ka mukuru w'igihugu.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2rV4jEe
via IFTTT

Ibyo umuhanuzi usomanira mu rusengero akora ni agahomamunwa

Umukinnyi wa Filime muri Tanzaniya, wigeze gukundana na Diamond Platnumz, Wema Sepetu, yavuze ko agiye kurega umuhanuzi wo muri Tanzaniya witwa Tito n’umugore ku bwo kuvuga ko ashaka ko yaza akamubera umugore wa kabiri.

Uyu muhanuzi witwa Tito yamenyekanye cyane, ku mbuga nkoranyambaga mu ntangiriro z’umwaka wa 2018, kubera idini rifite imyemerere yatangaje benshi.

Umuhanuzi Tito afite idini ryemera Imana, ariko abwiriza mu rusengero ari kunywa inzoga, akanasomana n’abagore barenze umwe.

Mu minsi yashize Tito n’umugore we, bifasha amashusho basaba umukinnyi wa filime Wema Sepetu ko yaza akihuza nabo akaba umugore wa kabiri w’uyu muhanuzi w’agatangaza.

Umugore yagize ati “ Wema Sepetu ndagukunda cyane, n’umuhanuzi Tito aragukunda cyane, uri mwiza, uteye neza, muri Afurika yose urayoboye mu bwiza.”

Nyuma yo kubona ayo mashusho, Wema Sepetu yavuze ko yababajwe n’ibyo uyu muhanuzi n’umugore we bamuvuzeho avuga ko agiye kuvugana n’abajyana be mu by’amategeko  akabajya kubarega.

Polisi yo mu mujyi wa Dodoma iherutse guta muri yombi uyu muhanuzi kubw’ibikorwa bye bidasobanutse, ariko bamujyanye kwa muganga basanga afite uburwayi bwo mu mutwe.

Umuhanuzi wigisha anywa n’inzoga yashakaga kurongora Wema Sepetu

Wema Sepetu yiyemeje kujya kurega



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2Eo23rG
via IFTTT

Ibaruwa iteye agahinda intwari Felicite yandikiye musaza we

Soeur NIYITEGEKA Felicite wishwe tariki 21 Mata 1994 aribukwa nk' intwari y' Imena. Uyu mubikira yandikiye musaza we Col. Nzungize Alphonse amusaba ko niba adashobora kumurokorana n' abo yari ashinzwe kurinda abareka bagapfana anamusaba kumusezerera kuri nyina.
Yagize ati “Mon frère chéri, urakoze kuba washatse kunkiza. Ariko aho gukiza ubuzima bwanjye ntakijije abo nshinzwe, abantu 43, mpisemo gupfana nabo. Dusabire tugere ku Mana kandi unsezerere umukecuru (mama we) n'umuvandimwe. Ngeze ku (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rTGzA4
via IFTTT

Mkhitaryan yatangaje amagambo yababaje abafana ba Manchester United

Umukinnyi Henrikh Mkhitaryan yatangaje ko yari akumbuye gukina umukino usatira nyuma yo kuva mu ikipe ya Manchester United ishinjwa kugarira cyane yerekeza mu ikipe ya Arsenal mu minsi ishize. Uyu musore urakina umukino we wa mbere uyu munsi ubwo Arsenal FC irahura na Swansea City muri shampiyona y'Ubwongereza Premier League iraba igeze ku munsi wa 25,yatangaje ko kimwe mu byatumye aza muri Arsenal ari uko umutoza Arsene Wengera akina umupira mwiza usatira bitandukanye na Jose Mourinho. (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2Gv7zJq
via IFTTT

Kidum yatanze Miliyoni yo kuvuza Aaron, atakambira Perezida Nkurunziza

Kidum, umuririmbyi wo gihugu cy'u Burundi ukunze kuza mu Rwanda yavuye imuzi iby'umubano yagiranye n'abahanzi bakomeye barimo Matata Christophe na Aaron Nitunga urembye bikomeye yanemereye gutanga inkunga ye kugirango ajye kuvuzwa mu Buhinde.
Uyu muhanzi mpuzamahanga abara inkuru ye mu buryo bubiri; avuga ko yakuze agenda iruhande rwa Matata, ngo ni umwe mu bana bakundaga kumukurikira aho yabaga agiye hose.Atanga ubuhamya bw'uko Matata yaguze moto kugirango abana bajyaga bamugenda iruhande (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rMcBho
via IFTTT

Umva impamvu ikomeye ituma Cristiano Ronaldo atishyiraho ibishushanyo(Tattoos) ku mubiri we.

Perezida Kagame yavuze ku butasi Abashinwa bavugwaho ku baperezida ba Afurika

Uwitwa Nkusi Benjamin yasabye guhindura amazina akitwa Rutazihana Benjamin

Uwitwa Nkusi Benjamin yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n'amategeko akitwa Rutazihana Benjamin
Impamvu atanga avuga ko ashaka guhindura amazina ye zikaba ziri hano hasi:

- Mu Rwanda

from Umuryango.rw http://ift.tt/2EoAJJR
via IFTTT

Nyanza: Abakobwa babyariye iwabo bafashwa na ‘Wihogora’ bavuga ko bigaruriye ikizere

Ni…

from UMUSEKE http://ift.tt/2GvzKIu

Miss Rwanda 2018: Umutoni yashinje ruswa akanama nkemurampaka ntiyatanga ibimenyetso

Tania Umutoni Muvunyi umukobwa wa kabiri uvugiye mu ruhame ashidikanya ku bushobozi bw'akanama nkemurampaka kagizwe n'abatatu.Yibukije benshi umukobwa witwa Ingabire Habibah, ashinja ‘Judges' ko bamunzwe na ruswa.
Umutoni w'imyaka 19 apima ibiro 65 ndetse anafite uburebure bwa metero imwe na Santimetero 85, ni umwe mu bakobwa biyamamarije mu mujyi wa Kigali.Yabajijwe ibibazo n'akanama nkemurampaka ariko agaragaza ubwoba bwisnhi ari nacyo cyatumye asezererwa mu icyenda kuri 16 bahatanaga. (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2FsUWgH
via IFTTT

Soma uko intwari Soeur Felicite yandikiye musaza we Col. Nzungize

Yishwe…

from UMUSEKE http://ift.tt/2Em8fQD

Muhire yatangiye ibiganiro na Rayon Sports

Ruswa muri Miss Rwanda 2018 yahawe icyicaro, byavuzwe

Tania Umutoni Muvunyi umukobwa wa kabiri uvugiyemo mu ruhame ashidikanya ku bushobozi bw'akanama nkemurampaka kagizwe n'abatatu.Yibukije benshi umukobwa witwa Ingabire Habibah, ashinja ‘Judges' ko bamunzwe na ruswa.
Umutoni w'imyaka 19 apima ibiro 65 ndetse anafite uburebure bwa metero imwe na Santimetero 85, ni umwe mu bakobwa biyamamarije mu mujyi wa Kigali.Yabajijwe ibibazo n'akanama nkemurampaka ariko agaragaza ubwoba bwisnhi ari nacyo cyatumye asezererwa mu icyenda kuri 16 bahatanaga. (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2Gv0Gry
via IFTTT

‘Wisdom Night’ inkera igiye gutegurwa bwa mbere mu Rwanda

Mu…

from UMUSEKE http://ift.tt/2DMfO6d

Amafoto y’urukozasoni Kim Kardashian yashyize hanze yakije umuriro kuri instagram.

Umunyamideli Kim kardashian yongeye kwatsa umuriro kuri instagram nyuma yo gishyira hanze uruhererekane rw’amafoto menshi amugaragaza yambaye ubusa buri buri ndetse agaragaza bimwe mu bice by’ibanga by’umubiri we.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2rTFXKZ
via IFTTT

Sanchez yatangiye guteza ibibazo muri Manchester United

Umukinnyi Alexis Sanchez yatangiye guteza umwuka mubi mu rwambariro rw'ikipe ya Manchester United kubera umushahara yahawe byatumye abakinnyi bakomeye muri iyi kipe batangira kwifuza kongezwa.
Uyu musore ugiye kujya ahabwa umushahara w'ibihumbi 500 ku cyumweru nyuma yo kuva mu ikipe ya Arsenal mu minsi ishize,yateje urunturuntu muri Manchester United kuko abakinnyi nka Paul Pogba, Zlatan Ibrahimovic na David de Gea bagiye gusaba kongererwa umushahara nyuma yo kumva aya makuru.
Nubwo (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2EnaUJP
via IFTTT

Manzi Thierry yavuze ko nta kipe yo hanze baravugana

Myugariro Manzi Thierry ukinira ikipe y'igihugu Amavubi na Rayon Sports yanyomoje amakuru yavugaga ko ari gushakwa n'amakipe menshi yo hanze y'u Rwanda nyuma yo kwitwara neza mu mikino ya CHAN nubwo basezerewe mu matsinda.
Uyu musore yavuze ko nta kipe n'imwe baravugana gusa amakuru agera ku Umuryango ni uko yabonye abamushakira ikipe barimo uwahoze akinira Senegal witwa Fadiga.
Yagize ati “ibyo sinzi aho ababivuga babikura kuko nta kipe iranyegera cyangwa ngo yegere ushinzwe kunshakira ikipe (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DMbShO
via IFTTT

Nshuti Savio ntatewe ubwoba n'ikipe ya Rayon Sports

Umukinnyi Nshuti Savio Dominique yatangaje ko adatewe ubwoba n'ikipe yahozemo Rayon Sports mu mukino w'umunsi wa nyuma w'igikombe cy'intwali uteganyijwe ku wa Kane taliki ya 01 Gashyantare 2018 nyuma yo kwkirwa nk'umwami mu ikipe ya APR FC.
Uyu musore wakiriwe nk'umwami mu myitozo ye ya mbere mu ikipe ya APR FC aheruka gusinyira nyuma yo gusesa amasezerano muri AS Kigali,yabwiye abanyamakuru ko uyu mukino awumenyereye ndetse yiteguye kuwitwaramo neza kuko abakinnyi b'aya makipe yombi bose abazi. (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2EnR9lK
via IFTTT

Raila Odinga ararahirira kuyobora Kenya, bisi zari zijyanye abayoboke aho arahirira polisi yazihagaritse

Amabisi atatu yari atwaye abayoboke b' ihuriro ry' amashyaka atavuga rumwe n' umutegetsi bwa Kenya bava I Mombasa berekeza mu mugi wa Nairobi ahabera umuhango w' irahira rya Raila Odina yaharitswe na polisi y' iki gihugu nk' uko amakuru aturuka muri iki gihugu abivuga.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 30 Mutarama nibwo biteganyijwe ko Raila Odinga umuyobozi w' abatavuga rumwe n' ubutegetsi bwa Uhuru Kenyatta arahirira kuyobora iki gihugu.
Polisi ya Kenya ivuga ko izi bisi zahagaritswe saa cyenda z' (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DW6pIF
via IFTTT

Liberiya: Perezida Weah Agiye Kwigabaniriza Umushahara

Umukuru w’igihugu mushasha wa Liberiya George Weah yatangaje kur’uyu wa mbere ko afise umugambi wo guhindura ibwirizwa shingiro, akuremwo agace kavuga ku guha ubwenegihugu ufatiye ku rukoba, yongere yigabanirize umushahara kugeza ku bice 25%. George Weah, yatanguye amabanga yo kurongora Liberiya kw’itariki 22 z’ukwezi kwa mbere, asubirira Ellen Johnson Sirleaf, umukenyezi wa mbere yabaye perezida muri Afurika. Mw’ijambo yashikirije imbere ya sena n’inama nshingamateka, perezida Weah yavuze ko bidakwiye ko haba ivangura rifatiye ku rukoba. Uwo mukuru w’igihugu mushasha yongeye kandi aranegura kubona abanyamahanga batemerewe kugira amatongo, kubwiwe ngo vyatumye batiyumvamwo igihugu. Weah avuga ko atumva igituma abanyamahanga batemererwa kugira ubwenegihugu bubiri mu gihe Abanyaliberiya bahunze mu ntambara yo mu myaka ya 1989-2003 bahawe ubwenegihugu n'ibihugu vyabakiriye.

from Voice of America http://ift.tt/2nidlpZ
via IFTTT

Ingingo Yabuza Abava mu Bihugu 11 kwinjira muri USA Yakuweho

Reta zunze ubumwe z’Amerika kur’uyu wa mbere zakuyeho itegeko ryari ryarafatiwe impunzi ziva mu bihugu 11 ryazibuza kwinjira muri Amerika, ariko yongereza ibisabwa kugira bemererwe kwinjira, nkuko vyashikirijwe na deparotema y’umutekano mu gihugu hagati (DHS) mw’itangazo ryayo. Abo bategetsi ntibavuze urutonde rw’ivyo bihugu vyegwa n’iyo ngingo, ariko bishobora kuba ari Misiri, Irani, Iraki, Libiya, Mali, Koreya ya ruguru, Somaliya, Sudani y’epfo, Sudani, Siriya, na Yemeni, nkuko bivugwa n’amashirahamwe yita ku mpunzi. Abategetsi b’Amerika batangaje kandi ko bagiye gukomeza umutekano mu gihugu no gufata ingingo zikomeye mu gusuzuma bikomeye abasaba ubuhungiro no kuzoza baratangaza urutonde rw’ibihugu biteye amakenga hamwe no guhitamwo impunzi Amerika izokwakira.   Mu kwezi kwa cumi, Amerika niho yakuraho itegeko ryabuza impunzi kwinjira muri Amerika, kiretse ivyo bihugu 11. Iryo tegeko ryavuga ko ritumbereye kurwanya iterabwoba ryashizwe mu ngiro mu kwezi kwa 12 n'aho ryarwanijwe cane na bamwe ko rikumira Abayisilamu. Ubushikiranganji bw’umutekano mu gihugu nta vyinshi bwashikirije kubiri mur’izo ngingo zerekaye ivyo bihugu 11.

from Voice of America http://ift.tt/2ElkhK3
via IFTTT

Savio Nshuti wakiriwe neza muri APR FC ntabwo atewe ubwo na Rayon yahozemo

Umukinnyi…

from UMUSEKE http://ift.tt/2rNm0p3

Umusogongero w’inkuru ndende….. ICYO YAMBWIYE

Mu…

from UMUSEKE http://ift.tt/2BDvse5

Muhire wasubiye muri Rayon ashobora kubura amahirwe yo gukina hanze nka Itangishaka

Rayon…

from UMUSEKE http://ift.tt/2EkC6sK

I Karembure muri Kicukiro akarere karimo kubakayo ishuri ribanza ry' igorofa

Karembure ni akagari ko mu murenge wa Gahanga,umwe mu mirenge igize akarere ka Kicukiro mu mugi wa Kigali. Aka kagari kimwe n' utundi twose two muri aka karere karimo kuzamukamo ibikorwa bitandukanye by' iterambere birimo imihanda n' inyubako zitanukanye kandi zigezweho.
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera no kunoza imiturire mu karere ka Kicukiro, umushoramari witwa Gahakwa arimo kubaka amazu agezweho mu murenge wa Gahanga arinaho akarere karimo kubaka ishuri ribanza rya (...)

- Ubukungu

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rNuIDH
via IFTTT

Abarwanyi 3 b'Abarundi Barishwe mu Buseruko bwa RDC

Igisirikare ca Republika iharanira demokarasi ya Congo catangaje kuri uno musi wa mbere ko cishe abarwanyi batatu b’Abarundi bakeka kuba bariko bariba ibijumbu mu karere k’ubuseruko bwa RDC. Abasirikare ba Congo bari mu bikorwa vya gisirikare muri ako gace. Mw’ijoro ryakeye, abasirikare ba Congo bariko baracungera umutekano w’ako karere batangura gutana mu mitwe n’abarwanyi b’Abarundi b’aba FNL. Lieutenant Masumbuko Petit wo mu gisirikare ca Congo i Kiliba mu buraruko bwa Uvira, yabitangarije intaramakuru y’abafaransa AFP. Iryo tana mu mitwe hagati y’izo mpande zibiri ryabaye mu kigwati c’Irusabagi i Kiliba, hafi y’umupaka wa Congo n’Uburundi.  Lieutenant Masumbuko ati “Abo barwanyi baje bava mu Burundi bajabutse uruzi Rusizi baje kwiba imirima y’abanyagihugu i Kiliba.  Ati mu guhunga bataye inyuma imifuko y’ibijumbu bari bamaze kwiba.  Daniel Ruhanika umukuru w’akarere ka Kiliba, yavute ati: “Ibiziga vy’abo bagabo batatu vyashizwe ahabona ku biro bikuru vy’akarere ka Kiliba hafi ya paruwasi katolika ya Saint Joseph imbere yuko bihambwa. Igisirikare ca Congo gikunze kugira ibikorwa vyo gucungera umutekano w’ako karere kazwi kuba karimwo imirwi itandukanye y’abarwanyi muri iyi myaka 20 iheze.  

from Voice of America http://ift.tt/2FpoNqc
via IFTTT

Inzira eshanu Kofi Annan abona zarandura imirire mibi muri Africa

Iyi…

from UMUSEKE http://ift.tt/2Gq1kGZ

Irani: abagore 3 bamanitse ku nkoni ibitambaro byabo byo mu mutwe

Amafoto y'abagore batatu muri Irani bamanitse ibitambaro byabo byo mu mutwe ku nkoni yaciye ibintu kuri interineti nyuma yo gushyirwa ku mbuga nkoranyambaga.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2DKtnyU
via IFTTT

Ubudage bwamaganye ubushakatsi bwakozwe ku byuka biva muri mazutu

Akanama kagenzura ikigo Volkswagen kasabye ko hakorwa iperereza ku bushakashatsi bwakorewe ku bantu n'inguge hakoreshejwe ibyuka biva mu modoka zinywa mazutu.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2DM8wPZ
via IFTTT

Uganda: Akanyamakuru Gasetsa “Red Pepper” Kasubiye kw’Isoko



from Voice of America http://ift.tt/2njbcKC
via IFTTT

Akanama ka ONU Kwirabira Ibisigarira vya Misile Zakozwe na Irani

Inteko y’Umuryango w’Abibumbye ishinzwe umutekano ku isi kur'uyu wa mbere yakiriwe na Perezida wa Reta zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump.  Ba ambasaderi 15 bagize iyi nteko barasangira ku meza ifunguro ryo ku manywa na Perezida Trump. Ni ubwa kabili abakiriye ku meza, kuko n’umwaka ushize barasangiye. Inteko y’umutekano ya ONU igomba kandi kujya kureba ibimanyu bya misile zirasa kure Amerika ivuga ko zakozwe na Irani. Ubu bishyinguye mu kigo cya gisilikali i Washington DC. Mu kwezi kwa 12 gushize, ambasaderi wa Leta zunze ubumwe z’Amerika mu muryango w’Abibumbye, Nikki Haley, yatangarije abanyamakuru ko ibimanyu bw’izo misile byavuye muri Yemen. Icyo gihe, Nikki Haley yavuze ko “nta gushidikanya, izi misile zakozwe na Irani. Noneho izoherereza inyeshyamba z’Aba-Houthis, bigaruriye Sanaa, umurwa mukuru wa Yemen mu 2014. Nabo bazirasa ku kibuga cy’indege cya gisivili muri Arabiya Saoudite, bafite umugambi wo kwica abaturage amagana.” Umuryango w’Abibumbye wafatiye ibihano aba-Houthis mu birebana n’intwaro. Leta zunze ubumwe z’Amerika ivuga ko Loni igomba kuryoza Irani icyaha cyo kurenga ku bihano byayo.    

from Voice of America http://ift.tt/2BDxGue
via IFTTT

Perezida Kagame na Moussa Faki bahakanye ko China ineka abayobozi ba africa 

Ethiopia…

from UMUSEKE http://ift.tt/2DIz40w

Shaddy Boo mu buryohe bw'urukundo n'umugabo wamutanye abana babiri (Amafoto)

Umunyamideli Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo yafashwe amashusho ari kumwe n'uwahoze ari umugabo we Meddy Saleh babyaranye abana babiri bitabwaho na Nyina.
Like (abakunze ifoto) zigera ku bihumbi 5 birenga mu masha arenga 20 iyi foto imaze kuri konti ya Instagram ya Shaddy Boo, mu bitekerezo bigera ku 111 benshi bamubwiye ko ari iby'agaciro niba koko basubiranye.Abandi bakavuga ko nk'abantu babanye bagakwiye kwita ku bana babo bari kumwe.
Nyuma y'amashusho n'amafoto yashyizwe hanze (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2rMnCzn
via IFTTT

Afrika Igiye Kuzogira Ikirere Kimwe cy’Indege

Perezida mushya w’Afrika yunze ubumwe, Paul Kagame w’u Rwanda, ari kumwe na perezida w’inama nshingwabikorwa y’Afrika yunze ubumwe, Moussa Faki, uyu munsi yafunguye ku mugaragaro isoko rukumbi ryo gutwara abantu n’ibintu mu ndege mu bihugu 23 by’Afrika. Umuhango wabereye Addis-Abeba muri Etiyopiya, ku cyicaro cy’Umuryango w’Afrika yunze ubumwe. Iri soko ryitwa Single African Air Transport Market (SAATM) mu Cyongereza. Rizatuma ubwikorezi bw’indege bukorwa mu bwisanzure. Ibigo bizarusheho gupiganwa, bityo birushye no gukora neza, no kugabanya ibiciro. Perezida Kagame yavuze ko iri soko “rizahindura byinshi: kugenda mu ndege muri iki gihe biragoye kandi bitinza abagenzi. Akenshi na kenshi, nta ndege iva mu gihugu kimwe cy’Afrika ihita ijya mu kindi nta handi inyuze.” Kugeza ubu, ikirere cy’Afrika gifunguye ahanini binyuze mu masezerano hagati y’igihugu n’ikindi. Indege z’ibihugu byo muri SAATM zo zizajya zikoresha ikirere cy’ibihugu biyirimo nta nkomyi, nta mananiza, nta n’inzitizi. Muri iri soko u Rwanda rurimo ariko Uburundi bwo ntiburajyamo. Ibindi bihugu birimo ni Bénin, Botswana, Burkina-Faso, Cap Vert, Congo-Brazzaville, Côte d'Ivoire, Misiri, Etiyopiya, Gabon, Ghana, Guinée, Kenya, Liberiya, Mali, Mozambique, Niger, Nigeria, Rwanda, Sierra Leone, Afrika y’Epfo, Swaziland, Togo na Zimbabwe. SAATM ni umwe mu mishinga itatu ikomeye Afrika yunze ubumwe ishyize imbere, mu cyerekezo yihaye cyo guhinduka bitarenze 2063, umwaka Afrika yiyunze izuzuza imyaka ijana. Indi mishanga ibiri, nk’uko Perezida Kagame yabisobanuye ejo ku cyumweru, gushyiraho akerere k’ubuhahirane butagira imipaka muri Afrika yose, no gutembera nta nkomyi mu bihugu byose by’umugabane kubera igitabo cy’inzira – pasiporo – kimwe ku baturage b’Afrika yose.

from Voice of America http://ift.tt/2DM7Q9d
via IFTTT

Meddy n'umukobwa agiye kurongora bari kuryoshya i Las Vegas-AMAFOTO

Meddy umuhanzi w'umunyarwanda ariko uba muri Amerika(USA) yasohokanye n'umukunzi we mu mpera z'icyumweru dusoje mu mujyi wa Las Vegas,basangiza aba bakurikirana amashusho yafatiwe mu rugendo bagize.
Mbere yo guhagaruka Meddy yashyize ifoto ku mbuga nkoranyambaga akoresha yerekana igikapu cyuzuyemo ibintu bitandukanye.Yirinze gutangaza uwo bagiye gusohokana ariko avuga ko yerekeje mu mujyi wa Las Vegas wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika.
Mehfira yafashe amashusho ari kumwe na Meddy(niwe (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2BASNNO
via IFTTT

Impene zo muri Uganda zatumye izishika 4000 mu Burundi zipfa

Impene zazanywe mu Burundi zikuwe muri Uganda ku mugambi w'ibanki y'isi wo kugwiza ubwoko bwiza bw'impene, ngo zanduje akaranda izo mu Burundi hapfa izishika ku bihumbi bine

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2Fo9375
via IFTTT

U Rwanda mu bihugu 23 byatashye isoko ry' ubwikorezi bwo mu kirere

U Rwanda n' ibihugu 23 byo muri Afurika ubwo bari mu nama y'Umuryango w'Afurika Yunze Ubumwe (AU) yabereye i Addis Ababa, ibihugu 23 bya Afurika byatangije isoko rihuriweho mu gutwara abantu n'ibintu mu ndege (Single African Air Transport Market), ryitezweho gufungurirana amarembo mu bijyanye n'ubwikorezi bwo mu kirere, kugabanya ibiciro by'ingendo no guteza imbere ubuhahirane hagati y'abatuye uyu mugabane.
Iyi gahunda yari imaze imyaka itatu yaremejwe ariko itarashyirwa mu bikorwa, ije gukuraho (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2FrCmpg
via IFTTT

Pasiteri Mpyisi, Musenyeri Rukamba na Islam bavuze ku mperuka ya muntu ishidikanwaho na benshi

Bibiliya na Korowani bigaragaza neza ko isi izarangira hakabaho imperuka kandi ibi bitabo biyoboye ibindi bitabo byose byandikwa kuri iy'isi,kuko biyobora abatari bake, bituma babyizera bemeza ko iy'isi izarangira ikagira imperuka rusange.
Pasteri Esra Mpyisi ubarizwa mu itorero ry'abadiventiste b'umunsi wa karindwi we siko abibona.Mu kiganiro yahaye TV1 yahamije ko iby'imperuka nawe abisoma muri Bibiliya aragira ati :"Ndakubwira ngo imperuka iriho, mbikuye he?Ni muri Bibiliya kuko (...)

- Iyobokamana

from Umuryango.rw http://ift.tt/2DYqG07
via IFTTT

Ethiopia: Perezida Kagame yasabye Africa gusigasira urusobe rw’ibinyabuzima

Asoza…

from UMUSEKE http://ift.tt/2DJ3JL6

Abagore 3 bararwanira gusasira no gutamika Radio urembye bikomeye

Umuririmbyi Radio wo mu itsinda rya Good Life ahuriyemo na mugenzi we Weseal amaze iminsi ari muri koma nyuma yo gukubitwa bikomeye mu kabari akajyanwa kwa muganga ameze nabi,kuri ubu akaba yatangiye gutora agatege.
Ku wa 28 Mutarama, 2018 ikinyamakuru Bukedde cyasohoye inkuru ivuga ko aho uyu muhanzi arwariye hari gusimburana abagore bagera kuri batatu bose bashaka kumwitaho.Iki kinyamakuru kivuga ko baharwaniye buri wese avuga ko ariwe mugore wemewe Radio yashatse n'ubwo nta bukwe (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2GttmRS
via IFTTT

Pasiteri Mpyinsi, Musenyeri Rukamba na Islam bavuze ku mperuka ya muntu ishidikanwaho na benshi

Bibiliya na Korowani bigaragaza neza ko isi izarangira hakabaho imperuka kandi ibi bitabo biyoboye ibindi bitabo byose byandikwa kuri iy'isi,kuko biyobora abatari bake, bituma babyizera bemeza ko iy'isi izarangira ikagira imperuka rusange.
Pasteri Esra Mpyisi ubarizwa mu itorero ry'abadiventiste b'umunsi wa karindwi we siko abibona.Mu kiganiro yahaye TV1 yahamije ko iby'imperuka nawe abisoma muri Bibiliya aragira ati :"Ndakubwira ngo imperuka iriho, mbikuye he?Ni muri Bibiliya kuko (...)

- Iyobokamana

from Umuryango.rw http://ift.tt/2njun6T
via IFTTT

Ubushinwa buhakana gusuma urusaku kw'ishirahamwe Nyafrika

Igihugu c'Ubushinwa cahakanye amakuru yasohowe n'ikinyamakuru co mu Bufaransa, Le Monde, avuga ko Ubushinwa busuma urusaku ku biro bikuru vy'ishirahamwe ry'ubumwe bwa Afrika muri Ethiopia

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2DMNrAV
via IFTTT

Abakobwa ba “APR Athletics Club” bigaragaje mu isiganwa ritegura Marato y’Amahoro

Kina Music igiye gutangiza amarushanwa yo gushaka uzasimbura Christopher

Inzu…

from UMUSEKE http://ift.tt/2EjRQwf

Zari yafatiye Diamond icyemezo gikarishye gishobora kubatandukanya.

Umunyamideli, Zari Hassan umugore wa Diamond akomeje kwibazwaho n’abatari bake, nyuma yo gutangaza ku mugaragaro ko atazongera kubyarana n’uyu muhanzi,undi mwana.

Uyu munyamideli usanzwe ufite abana batanu, harimo babiri yabyaranye na Diamond ,n’abandi batatu yabyaranye n’uwahoze ari umugabo we, Ivan Ssemwanga, aganira na Televiziyo ” Millard Ayo”, yahishuye ko atazigera yongera kubyarana undi mwana na Diamond, ngo keretse bashatse uwakwemera kubatwitira(Surrogate), ngo kuko afite byinshi aba ahugiyemo.

Yagize ati:”Byararangiye, mfite byinshi ngiye gukomeza gukora simfite igihe cyo gutwita, nta gihe mfite rwose.Nimbona uzemera kuntwitira (surrogate) bizaba ari byiza, gusa ku bwanjye sinabishobora.”

Zari yakomeje avuga ko Diamond afite uburenganzira bwo gukomeza kubyara abana benshi bashoboka kugeza igihe azashakira , ndetse avuga ko atazigera amubuza kabone nubwo yabyara abana icumi cyangwa makumyabiri ngo ntazigera amukoma imbere.

Zari yagize ati:”ashobora kubyara abana ashaka bose.Yabyara abana icumi cyangwa makumyabiri ibyo ni ibibazo bimureba, njye ndatuje ntacyo bimbwiye.”

Aya magambo ya Zari akaba yateye benshi kwibaza niba azakomeza kubana na Diamond mu gihe azaba adashaka ko babyarana, ndetse bituma abandi bemeza ko iby’urukundo rwabo bishobora kuba biri mu marembera.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2FnQ9NF
via IFTTT