Bizimana ntiyahiriwe n'urugendo rwo mu Budage

Umusore Bizimana Djihad ukinira ikipe ya APR FC ntiyahiriwe n'igeragezwa yakoreraga mu ikipe ya Fortuna Dusseldolf yo mu Budage nyuma y'ibyumweru yari amaze akora igeragezwa muri iyi kipe ikina mu cyiciro cya kabiri mu Budage.
Uyu musore werekeje mu Budage nyuma y'umukino Amavubi yatsinzemo Uganda ibitego 2-0 wabaye ku italiki ya 19 Kanama uyu mwaka , ntiyashoboye kwemeza abatoza ba Fortuna Dusseldorf kugira ngo bamuhe amasezerano, byatumye ahita afata icyemezo cyo kwigarukira mu Rwanda. (...)

- Imikino /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2gsEeXI
via IFTTT

No comments:

Post a Comment