“Inzu REB ikodesha Miliyoni 16 ni iyande?” Umudepite yabajije ntiyasubizwa

Abarenga 6 Bishwe Bagonzwe na Kamyo i New York

Abantu bataramenyekana igitigiri bapfuye abandi barakomereka ku muhingamo wo kur’uyu wa kabiri I Manhattan mu gisagara ca New York muri Reta zunze ubumwe z’Amerika. Igiporisi c’i New York gitangaza ko ikamyo yiraye mu nzira y’abagendesha amakinga hafi y’ahari icibutso ca World Trade Center iseka abanyagihugu batari bake. Ibinyamakuru bitari bike bitangaza ko abantu barenga batandatu bapfuye abandi 11 barakomereka. Ikinyamakuru The New York Times gitangaza ko iyo kamyo yagonze bus yunguruza abanyeshure

from Voice of America http://ift.tt/2z2adWc
via IFTTT

New York: umuntu ukekwaho kugonga abanyamagare yatawe muri yombi

Igipolisi mu mujyi wa New York muri Leta zunze ubumwe za Amerika kiravuga ko hari umuntu cyataye muri yombi igihe cyari gitabajwe n'abantu bumvaga amasasu mu gace ka Lower Manhattan.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2yhyNTr
via IFTTT

Kenya: Raila Odinga ntiyemera amajwi Perezida Kenyatta yagize

Umuyobozi utavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Kenya, Raila Odinga, yavuze ko itora rya perezida ryabayemo uburiganya. Yabivuze mu itangazo rya mbere yavugiye ku mugaragaro kuva Uhuru Kenyatta atangajwe ko yatsinze amatora.
Mu ijambo ryari ritegerejwe cyane kuri televisiyo, Odinga yavuze ko abatavuga rumwe n'ubutegetsi bashobora gukomeza gukoresha uburyo bwose bwo kwamagana amajwi yavuye mu itora yise ko “ntacyo rivuze”, banyuze mu cyo yise mu buryo bwemewe n'amategeko.
Ntacyo yigeze avuga cyakora (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zn07Qw
via IFTTT

M-Izzle ft. Gabiro Guitar – BANZA URYE

 M-Izzle ft. Gabiro Guitar – BANZA URYE

Download Now



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2lBCBJ8
via IFTTT

BIRAVUGWA!! Teta Diana Arimo kubana n'umugabo w'umuzungu i Burayi

- Amavidewo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2gYPwDB
via IFTTT

Perezida Trump Yifatiye mu Gahanga George Papadopoulos

Perezida Trump yarigeze gutangaza ko Papadopoulos ari umuhanuzi mpanuzwajambo ku bibazo vyerekeye amasoso ntanganguvu n’ibitoro, kandi ko ar’umuntu afise ubwenge bwinshi cane.

from Voice of America http://ift.tt/2gRUsGR
via IFTTT

Reba iby'iyi ndege ishaka kugwa mu muyaga mwinshi

Reba iby'iyi ndege igerageza kugwa mu muyaga mwinshi

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2h20Qz1
via IFTTT

Umwe muri ba Nyampinga yagaragaye yambaye Ubusa AMAFOTO

- Amavidewo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zluNlb
via IFTTT

Abagororwa batorokanye na Ntamuhanga umwe yari afungiye ubuhotozi undi afungiye gufata ku ngufu

Abagora babiri batorokanye na Cassien Ntamuhanga muri Gereza ya Nyanza(Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ugushyingo umwe yari afungiye ubuhotozi mugenzi we afungiye gusambanya ku gahato.
Umuvugizi w' urwego rw' igihugu rushinzwe imfungwa n' abagororwa CIP Sengabo Helary yatangarije UMURYANGO ko Sibomana Kirenge yari yarakatiwe imyaka 20 nyuma n' icyaha cy' ubuhotozi mu gihe Batambarije Theogene yari yarakatiwe imyaka 16 nyuma yo guhamwa n' icyaha cyo gufata ku ngufu.
CIP Sengabo avuga ko (...)

- Ubutabera /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2z89l1O
via IFTTT

UYU NIWE MUGORE WARWAJIJE ABAGABO BO MU RWANDA ISERERI

- Amavidewo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2z3zxJd
via IFTTT

Cassien Ntamuhanga, waregwaga na Kizito Mihigo, yatorotse Gereza ari kumwe n'abandi 2

- Amavidewo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2yhZ8kx
via IFTTT

YAMAZE GUSAMBANA NA NYINA BABISHYIRA KURI FACEBOOK NGO BURI WESE ABIREBE

- Amavidewo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zn01IC
via IFTTT

Abagera ku 10 bishwe barasiwe muri Afurika yepfo

Abantu bagera ku icumi biciwe mu kurasana kwabereye mu ntara ya Kwazulu Natal muri Afrika y'epfo.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2iQifLx
via IFTTT

Hon. Mukama ngo ibyo PAC yita amakosa bigomba kwitwa ubujura

Hagarutswe cyane ku makosa yakozwe n’Ikigo k’igihugu gishizwe gukwirakwiza amashanyarazi, EUCL yo kugura cash power y’ibihumbi 60, ikagurwa miliyoni eshatu ngo si amakosa ni ubujura. Kuri uyu wa kabiri komisiyo ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’imari ya Leta mu nteko, (Public Account Committee, PAC) yamurikiye inteko rusange isesengura yakoze kuri Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta. PAC […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2z1j8Vo

Pasiteri Uciyimihigo wahanuye abagabo ku bakobwa bagumiwe yongeye guhabwa ubuhanuzi

Ibi Pasiteri Uciyimihigo yabitangaje kuri uyu wa Kabiri Tariki 31 Ukwakira 2017, mu kiganiro kihariye yagiranye n'Ikinyamakuru Ukwezi.com ubwo twamusuraga aho uru rusengero ruhereye ku Kinamba cya Gisozi ahitwa kwa Gakire.

Muri iki kiganiro uyu mukozi w'Imana yagarutse ku buhanuzi butandukanye yagiye akunda guhabwa n'Imana kandi bugasohora harimo kuba yarahanuye imvura n'ihagarikwa rya moto bikaba ndetse ngo hari n'amamisiyo yagiye ahanurira aba polisi n'abasirikare akabaho none ngo kuri ubu hari ubundi buhanuzi yahawe n'Imana kandi nabwo bugiye gusohora vuba aha.

Yagize ati “Kimwe Imana yanshishijemo yambwiye ngo mbwire Abanyarwanda bahumure kuko yongeye gutanga amahoro n'ihumure mu gihugu cy'u Rwanda, bagende bahinge beze barye banywe baryame bakizwe bezwe bakiranuke bashake Imana bayikorere kuko yambwiye ngo yongeye gutanga amahoro n'ihumure mu Rwanda.

Uyu muvugabutumwa kandi yakomeje avuga ko kugeza ubu abahanuzi bakiriho muri iyi minsi aribo bakozi b'Imana, gusa ngo hari n'abandi batari ab'ukuri.Yanavuze ko ari umwe muri ba bahanuzi ibihumbi 7 banze gupfukamira bayari ari nayo mpamvu Imana ikimukoreramo ikanamuha ibyo ahanurira abizera by'umwihariko abayoboke itorero Umurage w'Abera Silowamu abereye umushumba ndetse n'umuvugizi mukuru.

Pasiteri Uciyimihigo Xavier yamamaye cyane mu guhanurira abakobwa babuze abagabo ko bagiye kubabona binyuze mu bubasha bw'Imana. Uyu mu Pasiteri yageraga n'ubwo afata abakobwa akabambika agatimba nk'ikimenyetso cy'uko mu minsi ya vuba bazaba babonye abagabo nabo bakakambara bagiye gusezerana imbere y'Imana.

Rev Pasiteri Uciyimihigo Xavier ngo yahawe n'Imana ubundi buhanuzi bw'uko u Rwanda rugiye kuba mu bihe by'amahoro n'ihumure.

Abakirisitu b'Itorero Umurage w'Abera Silowamu bakira ubuhanuzi

Nyuma y'amateraniro abakirisitu batashye basigwa amavuta abinjiza mu buzima bushya.



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2A2qUyq
via IFTTT

Abahinga umuceri muri CYUNUZI bashimye ifumbire izakuba kabiri umusaruro

Abahinzi bavuga ko bagereranyije n'iyo bakoreshaga iyi itanga umusaruroAbahinga umuceri mu gishanga cya Cyunuzi kiri hagati ya Kirehe na Ngoma barishimira ifumbire nshya y’uruvange bahawe na RAB nubwo ngo batarasobanukirwa nayo neza. RAB ivuga ko ibyo nta mpungenge biteye kuko vuba bazabahugura kuri yo. Dr Telesphore Ndabamenye ushinzwe ibyo kongera umusaruro no kwihaza mubiribwa muri RAB avuga ko iyi fumbire ubu ikorerwa mu […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2gZyJjY

Cassien Ntamuhanga n'abandi bagabo babiri batorotse Gereza

Cassien Ntamuhanga wareganwe hamwe na Kizito Mihigo agakatirwa gufungwa imyaka 25, Sibomana Kirege wari warakatiwe imyaka 20 na Tambirije Théogène wari warakatiwe gufungwa imyaka 16 batorotse gereza ya Nyanza.

Aba bagabo batorotse mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ukwakira 2017 nkuko umuvugizi w'Urwego rw'Igihugu rw'Imfungwa n'Abagororwa ,RCS, CIP Sengabo Hillary yabitangaje.

CIP Sengabo yavuze ko aba bagororwa mu gutoroka bakoresheje imigozi bakurira urukuta rwa gereza bakabasha gusimbuka urukuta nta mucungagereza ubabonye.

Abacungagereza ngo babonye ibimenyetso byo gutoroka kw'aba bagororwa nyuma yo kubona imigozi inaganitse ku rukuta rw'igihome cya gereza.

Cassien Ntamuhanga ahuje dosiye na Jean Paul Dukuzumuremyi, Agnes Niyibizi na Kizito Mihigo. Ntamuhanga wakoraga kuri radiyo Ubuntu butangaje yari yarakatiwe igifungo cy'imyaka 25 ku byaha birimo icyo kugambira kugirira nabi umukuru w'igihugu, kurema umutwe w'abagizi ba nabi, gucura umugambi w'ibikorwa by'iterabwoba.

Sibomana Kirege watorokanye na we yari yarakatiwe gufungwa imyaka 20 azira icyaha cy'ubuhotozi naho Tambirije Théogène wari warahamijwe icyaha cyo gufata ku ngufu yari yarakatiwe gufungwa imyaka 16.



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2zlCfg7
via IFTTT

Muri SMS zaka ruswa y’igitsina, yagawe kuvuga ko i Nyagatare ari uko bigenda

Mugisha David Livingston (uwa kabiri uhereye ibumoso)Mugisha David Livingstone wahoze ashinzwe imicurungire y’ubutaka mu karere ka Nyagatare uyu munsi yaburanye mu mizi ku byaha aregwa birimo gusaba ishimishamubiri rishingiye ku gitsina kugira ngo umurimo ukorwe. Ubushinjacyaha bwanenze kwiregura kwe avuga ko kwandika ‘SMS’ nk’izo yandikaga asaba iyo ruswa bimenyerewe muri ako gace, buvuga ko ‘amafuti ‘ye adakwiye kuyashyira no ku batuye […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2hrb74I

Japan: Umugabo yatawe muri yombi nyuma yo kubika imirambo y’abantu mu ngunguru ikonjesha

Ntamuhanga Cassien wareganwaga na Kizito Mihigo yatorotse Gereza

Umuvugizi w'Urwego rw'imfungwa n'amagereza mmu Rwanda (RCS) CIP Sengabo Hillary yemeje aya makuru avuga ko Ntamuhanga Cassien yatorokanye na bagenzi be 2 bari bafunganye muri iyi gereza.

Aba bagabo uko ari batatu batorotse gereza ya Mpanga, ni Ntamuhanga Cassien , Sibomana Kirege na Batambarije Theogene

Iyi nkuru turacyayikurikirana



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2xFFhaj
via IFTTT

Amerika Yemeye Amafranga y'Ukurwanya Iterabwoba muri Sahel

Leta zunze ubumwe z’Amerika zirarahirira kuzatanga miliyoni 60 z’amadolari yo gushyigikira ibikorwa by’ibihugu byo mu karere ka Saheli birwanya iterabwoba. Ayo mafaranga azatera inkunga umutwe w’ingabo ibyo bihugu byashyizeho mu ntangiriro z’uyu mwaka.  Ibyo bihugugu ni: Burkina Faso, Chad, Mali, Mauritania na Niger. Kuwa mbere, mu nteko ishinzwe umutekano kw’isi ya ONU ku bireba uwo mutwe w’ingabo mu karere ka Saheli, ambasaderi w’Amerika mu muryango w’abibumbye Nikki Haley, yumvikanishije neza ko igihugu cya kizatanga ayo mafaranga mu rwego rw’ubufatanye hagati y’impande zombi kugira ngo igikorwa cy’izo ngabo kizagere ku ntego.     Ahamya ko ingabo z’itsinda rya bitanu zigomba kuba iz’ibyo bihugu byo mu karere ubwabyo. Haley yavuze ko yizeye ko ibyo bihugu bizabasha gucunga ibikorwa by’uwo mutwe w’ingabo ku buryo bwuzuye hagati y’imyaka itatu n’itandatu. Cyakora Amerika izaba ikomeje kuzifasha muri icyo gihe. Mu byumweru biri imbere, inteko ishinzwe umutekano kw’isi ya ONU, izasuzuma inkunga yo mu byiciro bine ONU izafashamo uwo mutwe w’ingabo kugira ngo uzabashe gukora mu buryo bwuzuye. Ku italiki ya 14 y’ukwezi kwa 12, ibihugu byo mu muryango mpuzamahanga bizahurira i Buruseri mu Bubirigi mu nama bizarahiriramo inkunga y’ingabo z’ibihugu bizwi nk’itsinda rya bitanu. Ibyo bihugu birifuza miliyoni 490 z’amadorali akenewe n’umutwe w’ingabo byashyizeho.

from Voice of America http://ift.tt/2xHZvjF
via IFTTT

Cassien Ntamuhanga, wareganwaga na Kizito Mihigo, yatorotse Gereza

Cassien Ntamuhanga, umwe mu bareganwaga na Kizito Mihigo bagahamwa n'ibyaha bikomeye, Urwego rushinzwe imfungwa n'abagororwa mu Rwanda rwatangaje ko ari muri batatu batorotse Gereza ya Nyanza (Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ugushyingo
Abatorotse ni Ntamuhanga Cassien mwene Nyirajanja Raphaie na Nyirabahashyi. akomoka mu karere ka Nyarugenge Umurenge Muhima Akagari Kabeza
Sibomana Kirege mwene Subwumwe na Nyiramiheto ukomoka mu kagali Birushya Umurenge Nyamyuba Akarere Rubavu.
Undi (...)

- Ubutabera

from Umuryango.rw http://ift.tt/2gQIa1m
via IFTTT

Umujyi wa Kigali, Polisi n'ingabo mu rugamba rwo kugera kuri Kigali itoshye, isukuye inatekanye

Umujyi wa Kigali na Polisi y'u Rwanda batangije ubukangurambaga bugamije kongera isuku n'umutekano ndetse no kwita ku bidukikije mu mujyi wa Kigali mu rwego rwo gutuma uyu mujyi uhora utoshye, usukuye kandi utekanye.

Ubu bukangurambaga bwatangijwe n'umuganda wahuje abaturage, ubuyobozi bw'umujyi wa Kigali ndetse n'inzego z'umutekano zirimo Polisi, ingabo na DASSO.

Ni umuganda ahanini wibanze ku gusukura za ruhurura, gukubura umuhanda, gukusanya imyanda ndetse abayobozi batandukanye bahatangira ubutumwa bwo gukomeza uyu muco wo gukora isuku no kwita k'umutekano.

Umuyobozi mukuru wa Polisi y'u Rwanda IGP Emmanuel Gasana yashimiye ubufatanye buri hagati y'umujyi wa Kigali, Abaturage na Polisi mu bijyanye no gucunga umutekano no gusukura umujyi wa Kigali.

Ati: “ Ibi bikorwa twatangije uyu munsi by'ubukangurambaga n'ubufatanye kugirango duhashye umwanda twimakaze umutekano. Iyo udafite umutekano, iyo ufite umwanda ubwo no mu mutwe ntabwo biba bitunganye. Ibyo rero iyo ubifite bimeze neza nubundi iterambere ririhuta.”

Yabasabye gukomeza kwitabira Umuganda, gutunganya ibishanga, kwirinda kujugunya imyanda ahabonetse hose n'ibindi byatuma umujyi ukomeza gutekana no kurangwa n'isuku.

Yagarutse ku rubyiruko rukishora mu biyobyabwenge abasaba ubufatanye mu kubirwanya. Ati: “Uyu mujyi nubwo tuvuga ngo harimo umutekano, hari ibintu bituvangira, haracyarimo ibyaha navugira ahangaha kugirango dushyireho ingamba dufatanye tubirwanye, haba ku rubyiruko cyane cyane harimo abantu banywa ibiyobyabwenge, bari mu bisindisha mu tubari hirya no hino.”

Yagarutse ku bikorwa bihungabanya umutekano birimo ubujura, urugomo, agakungu n'akajagari bigaragara hamwe na hamwe mu Mujyi wa Kigali, avuga ko Polisi izakomeza guhangana nabyo cyane cyane hibandwa ku bazunguzayi.

Ati : “Mu minsi ishize byari byagaragaye nabi ugasanga abacururiza mu kajagari barahangana na DASSO baje gufata abazunguzayi, twafashe icyemezo cyo kuvuga ngo inzego z'umutekano zifate abo bantu bose bazana akajagari muri uyu mujyi cyane cyane abacururiza ahatemewe, abajya kwiba, kugirango umujyi utekane. Ubu abazunguzayi n'abandi bazana akajagari baragabanyutse kandi biri mu murongo mwiza.”

Meya w'umujyi wa Kigali Nyamulinda Pascal yashimiye abaturage n'inzego z'umutekano kuba badahwema gufatanya n'ubuyobozi bw'umujyi mu guteza imbere umutekano n'isuku mu mujyi wa Kigali.

Yavuze ko ubuyobozi bw'umujyi wa Kigali butazahwema gukomeza kuba hafi y'abaturage mu guteza imbere igihugu by'umwihariko umujyi wa Kigali abasaba ko isuku n'umutekano bakwiye kubigira umuco.



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2A38L3y
via IFTTT

Ibyo gutandukana cyangwa kugumana kw’abagize itsinda rya Urban Boyz bigiye gushyirwa ahagaragara

Kenya: Raila Odinga Ntiyemera Amajwi Yavuye mw’Itora

Umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya, Raila Odinga, yavuze ko itora rya perezida ryabayemo uburiganya. Yabivuze mu itangazo rya mbere yavugiye ku mugaragaro kuva Uhuru Kenyatta atangajwe ko yatsinze amatora.  Mu ijambo ryari ritegerejwe cyane kuri televisiyo, Odinga yavuze ko abatavuga rumwe n’ubutegetsi bashobora gukomeza gukoresha uburyo bwose bwo kwamagana amajwi yavuye mu itora yise ko “ntacyo rivuze”,  banyuze mu cyo yise mu buryo bwemewe n’amategeko. Ntacyo yigeze avuga cyakora ku byo kuba yajyana amajwi atemera mu rukiko. Hamwe n’abakandida umunani bari ku rutonde rw’itora, Kenyatta yabonye hafi miliyoni zirindwi n’ibihumbi magana atanu z’amajwi, ni ukuvuga 98 kw’ijana yose hamwe.     

from Voice of America http://ift.tt/2A4pK5N
via IFTTT

Umutegetsi Yakuwe ku Butegetsi muri Catalonye mu Bubiligi

Perezida Carles Puigdemont yakuwe mu ntara ya Catalonye, amenyesha kw’atazorondera ubuhungiro mu gihugu c’Ububiligi. Ivyo bibaye umusi umwe inyuma y’aho ashikiye mur’ico gihugu. Mur’iki gihe abashikirizamanza mu gihugu ca Espanye batangaje ko bagiye kwagiriza abategetsi b’intara ya Catalonye ivyaha vyo gushaka  kugumura abanyagihugu kugira biyamirize ubutegetsi n’ukunyuruza amafranga y’igihugu. Puigdemont yatangaje uno musi ku wa kabiri, ari i Bruxelles, kw’atariko arondera ubuhungiro mu Bubiligi. Yatangaje kw’ari mur’ ico gihugu ku mpamvu z’umutekano n’umwidegemvyo. Yamara ntiyamenyesheje ikiringo azomara mu Bubiligi. Umushikirizamanza mukuru w’igihugu ca Espanye, Jose Manuel Maza yaratangaje ku musi wa mbere kw’azokwagiriza ivyaha abayobozi b’intara ya Catalonye bagerageje gutuma iyo ntara yiyonkora kuri Espanye. Sentare niyo izofata ingingo yerekeye nimba izokwihweza ivyo vyagirizo bishoroba gutuma abavyagiwe  bacirwa umunyororo w’igihe kirekire, harimwo imyaka mirongo itatu ku caha c’ukugumuka.  

from Voice of America http://ift.tt/2xHajik
via IFTTT

Isomere amagambo umukinyi ukomeye cyane wa Real Madrid yavuze ko adashaka ko icyi kintu kibi kiba kuri FC Barcelone bigakora ku mitima y’abafana ba ruhago muri rusange kubera urukundo yayeretse

Umukinnyi ukomeye wa Real Madrid ndetse akanayibera kapiteni Sergio Ramos nyuma y’itsinzwi bagiriye imbere y’ikipe ya Girone ubwo bakiniriga mu ntara ya Catalogne,amagambo yavuze kuri FC Barcelone ko ashaka ko iguma muri shampiyona byatunguye abantu.Image result for sergio ramos

Yagize ati “Ku cyumweru dukina na Girone (I Catalogne) numvaga ahantu ndi ari muri Espanye,ibintu biri kuba mu gihugu cyacu birababaje cyane,Numva dukomeye iyo turi hamwe twese nta bantu bashaka kwitandukanya.Sinshaka ko FC Barcelone iva muri shampiyona,kani birababaza kurushaho iyo politike ivanzwe na ruhago



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2zTRTvc
via IFTTT

Umunyamakuru Ntamuhanga Cassien yatorotse Gereza ya Mpanga

Tugiye gushyiraho Inteko y’abaturage-Raila Odinga

Mu ijambo rya mbere abwiye abamushyigikiye nyuma y’uko Komisiyo y’amatora muri Kenya itangaje ibyayavuyemo ikemeza ko Kenyatta ariwe watowe nka Perezida wa Kenya, Raila Odinga yavuze ko bazakomeza kwereka amahanga ko ubutegetsi bwa Kenyatta bwafashe ubutegetsi bidakurikije amategeko. Ngo azashinga Inteko y’abaturage yo kwiga ku bitagenda neza hanyuma bigashyirwa mu bikorwa na National Resistance Movement. […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2z8Gbj4

Cassien Ntamuhanga, wareganwaga na Kizito Mihigo, yatorotse Gereza

Cassien Ntamuhanga, umwe mu bareganwaga na Kizito Mihigo bagahamwa n’ibyaha bikomeye, Urwego rushinzwe imfungwa n’abagororwa mu Rwanda rwatangaje ko ari muri batatu batorotse Gereza ya Nyanza (Mpanga) mu ijoro ryo kuri uyu wa 30 Ugushyingo. Abatorotse ni Ntamuhanga Cassien mwene Nyirajanja Raphaie na Nyirabahashyi. akomoka mu karere ka Nyarugenge Umurenge Muhima Akagari Kabeza Sibomana Kirege  […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2zTrxJU

Gahunda y'IMBONI izafasha u Rwanda mu ishyinguranyandiko

Minisitiri w'ikoranabuhanga n'itumanaho Jean Phillibert Nsengimana aratangaza ko gushyingura inyandiko mu buryo bw'ikoranabuhanga bifasha abazikeneye kuzibona ku gihe kandi mu buryo bworoshye.
Mu rwego rwo gushyira mu bikorwa gahunda y'igihugu y'ishyinguranyandiko yatangiye mu mwaka wa 2012, minisiteri zose n'ibindi bigo bya leta birenga 100, byatangiye gukoresha uburyo buzwi nk'IMBONI, bwo kubika inyandiko hifashishijwe ikoranabuhanga, ndetse ubifitiye uburenganzira akayibona atavuye aho ari (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2gYF2V1
via IFTTT

Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria yavuze icyatumye Boko Haram ivuka

Perezida Olusegun Obasanjo wigeze kuba Perezida wa Nigeria yavuze ko yakoze ubushakashatsi akamenya icyatumye mu majyaruguru w' igihugu yahoze ayobora havuka umutwe w' iterambobwa wiyitirira indini ya Islam Boko Haram
Yabitangarije mu nama ya 14 y' umushinga Dorcas Oke Hope Alive yari ifite insanganyamatsiko igira iti “Ruswa n' ibibazo by' umwana w' Umunyafurika”
Uyu musaza w' imyaka 80 y' amavuko yemeje ko ubwo yakoraga ubushakashatsi asoje amashuri ishuri ry' iyobokamana aribwo yavumbuye (...)

- Umutekano

from Umuryango.rw http://ift.tt/2gZz8mn
via IFTTT

Polisi n'Umujyi wa Kigali mu bukangurambaga ku isuku n'umutekano

Police y'u Rwanda ifatanyije n'Umujyi wa Kigali batangije ubukangurambaga buzamara amezi 2 ku isuku n'umutekano mu mujyi wa Kigali. Abagenda muri uyu mujyi n'abawutuye barasabwa kurushaho kwimakaza isuku no gukumira ibyaha hagamijwe kwihutisha iterambere ry'uyu mujyi.
Ubukangurambaga ku isuku n'umutekano bwatangirijwe mu murenge wa Muhima, mu karere ka Nyarugenge bwaranzwe n'umuganda wo gusukura imihanda, gutema ibihuru byugarije ingo, gusukura ahakorerwa ubucuruzi butandukanye no gukangurira (...)

- Umutekano

from Umuryango.rw http://ift.tt/2iip4Bx
via IFTTT

Dore uko wakwitwara igihe utereta umukobwa uwariwe wese wifuza ko azakubwira “YEGO”

Ni kenshi usanga umuntu yakunze undi ariko akabura aho abihera abimubwira cyangwa yabimubwira bakamukurizaho bimwe ab’ubu bita “gutera indobo”. Burya umuntu aterwa indobo kubera uburyo yitwaye atereta, iyo umukobwa nta gahunda agufiteho ubimenya mbere y’uko umubwira ijambo “ndagukunda“.

Related image

N’ubwo hari usaba umuntu urukundo agahita arumwemerera atamugoye bitewe n’uwo ariwe, burya akenshi ushobora guterwa akadobo bitewe n’uko wagiye nabi cyangwa se wabihubukiye nyamara iyo witwara neza byashoboraga gucamo ukamwemeza.

Dore ibyagufasha kwitwara neza igihe ugiye gutereta umukobwa uwo ariwe wese ntabashe kukwigobotora atavuze YEGO.

1. Kubanza kumenyana n’uwo wifuzaho urukundo

Bijya bibaho ko umuntu ahura n’undi agahita amukunda, nyamara n’ubwo byabaho kwitonda biba ari ngombwa kugirango umenye uwo wakunze uwo ariwe, imico n’ibyiyumviro bye, amateka ye ndetse ukaba wanamenya niba nta wundi afite bakundana. Ibi rero nta handi uzabikura uretse kujya umuba hafi mukaganira, ukamwereka ko umwitayeho kandi umuhaye umwanya bityo akakwisanzuraho ukagenda umenye ukuri kumwerekeyeho buhoro buhoro.

2. Kwirinda guhita umusaba urukundo mu magambo

Ni kenshi usanga abantu batekereza ko intambwe ya mbere mu gukundana n’umuntu ari uguhita ubimubwira mu magambo, nyamara ahubwo burya iyo ikwiye kuba iya nyuma y’izindi, mbese ukabimubwira wizeye neza ko akubwira “YEGO”.

Ibi bivuga rero ko ugomba kwitonda, ukereka uwo wakunze ko umukunda mu bikorwa, mu buryo umufata, mu kumuha umwanya no kumwereka ko umwishimiye bityo buhoro buhoro nawe ugenda ubona icyo wa muntu agutekerezaho, kuburyo iyo nawe agukunze ubibona mbese mukabanza gukundana mu bikorwa ya magambo akazaza nyuma.

3. Kwirinda kumwereka ko umufuhira cyangwa se umuyobora

Ibi bikunze kubaho cyane ugasanga umuntu arafuhira undi batari banemeranya urukundo. Ibi ntibivuga ko wakwikuramo ibyo byiyumviro kuko nyine byizana, ahubwo ugomba kugerageza kubyibikamo ntubimwereke. Naguha gahunda akayica wimurakarira ngo ubimwereke, numuhamagara ntafate telephone wimutonganya ngo umwereke uburakari. Irinde mbese kumwereka ko adafite ubwisanzure bwo kwitwara uko ashaka ahubwo agomba kwitwara uko wowe ushaka. Ibi byakuviramo kurya akadobo kandi wenda amaherezo wa muntu mwari kuzakundana rugakomera.

4. Wimubera nk’umutwaro ngo umuzitire

Burya iyo abantu bakundana, biba byoroshye kuba umwe yabwira undi ngo byanze bikunze uyu munsi tubonane cyangwa byanze bikuze ejo tuzajyana aha naha n’ibindi nk’ibyo. Uwo wifuzaho urukundo rero mu gihe mutari mwabyerura rwose uramenye utazamushyiraho igitutu ugashaka ko ibyo umwifuzaho byose bigomba kugenda uko ubishaka. Ahubwo wowe muhe ubwisanzure busesuye, icyo umukeneyeho ukimusabe uciye bugufi naho bitari ibyo uzarya akadobo byihuse!

5.Kwirinda kuvuga amagambo menshi adasobanutse

Burya abakobwa bakunda abahungu bazi gusetsa ariko na none ntibakunda umuhungu uvugagura amagambo menshi, umuhungu uvuga adaha abandi umwanya wo kuvuga abakobwa ntibamukunda, niba uri kumwe n’umukobwa wifuzaho ubunshuti gerageza umuhe umwanya w’ijambo kandi wirinde kumuca mu ijambo ahubwo ugerageze umutege amatwi. Musore ujye wirinda kuvuga menshi cyane kugira ngo wegukane uwo wakunze. Kora ibikorwa byinshi bimwereka ko umukunda ugire amagambo macye.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2yiJ6GY
via IFTTT

“Doing Business” raporo NSHYA ya Banki y’Isi: u Rwanda ni urwa 2 muri Africa

Icyanya cyahariwe inganda mu mugi wa KigaliUyu munsi, ku nshuro ya 15 Banki y’isi yasohoye icyegeranyo cy’uko ibihugu byoroshya imikoranire mu bucuruzi ku isi, ni raporo ya “Doing Business 2018”. U Rwanda ruri ku mwanya wa 41 ku isi n’umwanya wa kabiri muri Africa. Mu byazamuye amanota y’u Rwanda harimo n’igikorwa cyo kwandikisha ubutaka aho ari urwa kabiri kw’isi. Ishami rya […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2xGLnHC

Dore ibimenyetso 6 bizakubwira umugabo uzi gutera akabariro

Aha numrara kubona ibi bimenyetso uraza kumenya niba uzi gukora imibonano mpuzabitsina cyangwa umugabo wawe abizi,kuko ndabizi buri gihe wahoraga wicira urubanza cyangwa ukarucira umugabo wawe.Ubundi abenshi baryoherwa no kugira umukunzi,ariko bamara kurushinga bageze mu buriri gutera akabariro ngo umugore we aryoherwe bikamunanira.Hano hari bimwe mu bimenyetso 6 bazakubwira niba koko unjya uryohereza umugore wawe mu gihe muri gutera akabariro.

1.Arabyina:

Niba mvuze ngo arabyina,ntiwumve ko mvuze ko abyinya injyana nka Country,Salsa,ballroom cyangwa Tango,Nshatse kuvuga ko umugabo iyo muri mu mibonano mpuzabitsina yiyegereza umugore we neza ubundi akamugwamo wese ku buryo mu gihe muri gukora imibonano mpuzabitsina agerageza akazanjya yinyonga kuburyo umugore nawe yumva nkaho ari gukkora imibonano mpuzabitsina mu muziki.

2.Agasomyo ke akagenza buhoro:

Niba umugabo agize atya agafungura umunwa we agiye gusoma umugore we,ururimi rwe agomba kurutosa ndetse akamusomana umutuzo adahubuka.Kandi iyo agiye kumusoma agerageza gufata umunwa umwe kuri umwe hanyuma ururimi rwahura n’urwe agasa n’umwenyuramo,icyo gihe umugore we aba yumva yashize ndetse ari nako agenda aryoherwa.

3.Atuma umugore we yiyumvamo ubwiza:

Nta shobora kubwira umugore we ko aryoshye wapi,ahubwo uko agenda amukora kora cyangwa amwiyegereza,niko umugore nawe agenda yiyumvamo ko ateye neza,Ikindi uburyo umugabo arebamo umugore bimutera gushaka gukora imibonano mpuzabitsina,kandi uko avuga umugabo niko umugore agenda yumva ari gushira,bimutera ibyiyumviro bindi.

4.Ashyira amaboko ye mu bice by’ingenzi by’umugore we:

Ubundi hari abazi ko gukorakora igitsina cy’umugore aribyo bintu bituma nawe ashaka gukora imibonano mpuzaitsina,hoya!Ahubwo icyerekana umugabo uzi gukora imibonano mpuzabitsina,nuko mu gihe ari gusomana n’umugore we,atangira k’umukorakora mu mutwe ubundi agatangira gufata imisatsi yawe,ayiguya guya buhoro buhoro ndetse akagera no ku matwi ayakorakora buhoro buhoro.

5.Ntanjya avuga ku byerekeranye n’imibonano mpuzabitsina:

Ubundi hariho abagabo bagira gutya bakabwira abagore babo ngo bakore imibonano mpuzabitsina,ariko umugabo uzi gukora imibonano mpuzabitsina unjya kumva atangiye kugukorakoraho kugeza igihe nawe yumva koko agiye muri bya bihe yumva ashatse gukora imibonano mpuzabitsina,muri make ibikorwa birigaragaza n’uburyo agenda agukorakora.

6.Azi kuyobora ibitekerezo by’umugore:

Abagore benshi bumva ko niba umugabo atazi kumenya niba umugore ashaka gukora imibonano mpuzabitsina atiriwe abivuga uwo nta mugabo umurimo.Umugabo uzi icyo gukora ni wawundi umenya ko umugore ashaka gukora imibonano mpuzabitsina,ubundi nawe agahita amenya uburyo amutwaramo.

 



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2gRMZYp
via IFTTT

Nyuma yo gushinjwa ibikorwa byo gusambanya abagore ku ngufu,icyamamare muri cinema i Hollywood Harvey Weinstein ari mu mazi abira (inkuru irambuye)

Ibibazo bikomeje kwisukiranya kuri Harvey Weinstein umenyerewe mu gutunganya filime muri Hollywood aho ashinjwa gufata ku ngufu abagore n’abakobwa batandukanye aho yabasabaga kuryamana na we kugira ngo abafashe gutunganya filime zabo no kubafasha kuzamamaza. kuri uyu mugabo yahawe ikato ubuzima bwe bwose n’ihuriro ry’abakora filime.

Harvey Weinstein amaze igihe kigera ku kwezi ahanganye n’ibirego byaturutse mu bagore n’abakobwa batandukanye bamushinja ko yabafashe ku ngufu abandi bakavuga ko yabakoreye ihohotera rishingiye ku gitsina mu buryo butandukanye. Gusa agakomeza guhakana ibyo aregwa byose, kuri ubu, Harvey Weinstein yahawe akato ndetse yakumiriwe burundu mu ihuriro ry’abahanga mu gutunganya amashusho haba aya filime, ibiganiro by’itangazamakuru ndetse no mu byiciro byose byo gucuruza no gukwirakwiza filime. Nk’uko tubikesha ikinyamakuru Independant ngo Ubuyobozi bw’iri huriro ryitwa Producers Guild of America[PGA] bwatangaje ko Harvey Weinstein akumiriwe kugeza igihe azavira ku Isi. Amakuru akomeza avuga ko Umuyobozi wa PGA yavuze ko “ibikorwa by’ubusambanyi no guhohotera abagore bishinjwa Weinstein bidakwiye kwihanganirwa na gato”.Twibutse ko bamwe mu bagore baregaga uyu mugabo w’imyaka 45 y’amavuko kubafata ku ngufu ndetse bagatanga ubuhamya mu itangazamakuru harimo: Lena Headey, Eva Green, Minka Kelly, Kate Beckinsale, Lupita Nyong’o , Angelina Jolie n’abandi.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2iiAwNI
via IFTTT

Urban Boys bagiye gusobanura ibibazo by'uruhuri biyivugwamo

Humble Jizzo,Nizzo Kaboss na Safi madiba babarizwa mu itsinda rya Urban Boys, bateguye ikiganiro n'itangazamakuru gisobanura ibibazo by'uruhuri bivugwamo muri iri tsinda.
Mu itangazo bashyize hanze,Urban Boys bavuze ko biteguye gusobanura byimbitse ibibazo byakomeje kurangwamo kuva batangiye kugeza ubu. Tariki ya 10 Ugushyingo 2017 nibwo iki kiganiro giteganyijwe.
Humble Jizzo,umukuru muribo avuga ko bafashe uyu mwanzuro nyuma y'uko abonye ubwabo badashobora kwiyunga.Ngo ntiyakwemera (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2z1ONsx
via IFTTT

Amakamyo yabujijwe kwinjira mu mujyi wa Mogadiscio

Leta ya Somalia yabujije amakamyo kwinjira mu mujyi wa Mogadishu ku manywa nyuma y'ibitero biherutse guhitana abantu benshi muri uwo mujyi.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2z3q1Wj
via IFTTT

Ababyeyi bahana abana ariko kwihutira gukubita hoya – NCC

*Bibiliya na yo ibuza umubyeyi guhanisha umwana ibihano birimo ubugome, *Perezida Kagame asanga akana kigize ikirara katsiburwa iminyafu. Mu mahugurwa ya Komisiyo y’Igihugu y’Abana, (National Commission for children, NCC), Media High Council (MHC) n’Umuryango Mpuzamahanga wita ku bana (UNICEF) avuga ku gutara inkuru zivuga ku bana hisunzwe amahame ya kimwuga “Ethical Reporting of Children Rights” […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2z0ZGIo

Raila Odinga yamaganye ibyavuye mu matora

Muri Kenya, umukuru w'abatavuga rumwe na leta, Raila Odinga, yahamagariye abayoboke gukora imyigaragambyo mu mahoro yamagana ibyavuye mu matora y'umukuru w'igihugu.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2igOkrG
via IFTTT

Umuhanzikazi Queen Cha arashinjwa gushotora abasore nyuma yo kwifotoza yifashe hafi y'igitsina cye(AMAFOTO)

Ni ifoto uyu mukobwa yashyize hanze abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram yifotoje mu rwego rwo kwamamaza indirimo ye nshashya yise”ISHUSHO Y'URUKUNDO” aherutse gushyira hanze.
Iyi niyo Foto Queen Cha yashyize hanze ikavugisha benshi
Benshi mu babonye iyi foto bagiye bayitangaho ibitekerezo bitandukanye aho bamwe bagaragazaga ko babangamiwe cyane n'uburyo Queen Cha yambayemo bakavuga ko arimo kubashotora no kubica mu mutwe.Umwe mu bafana yagize ati:” uyu mwana arashotorana!” Undi na we agira (...)

- Imyidagaduro

from Umuryango.rw http://ift.tt/2hr9Ni0
via IFTTT

Dore urutonde rw’abapasitoro bakize cyane kurusha abandi muri Afurika nyamara abayoboke babo bagisengera ubutunzi

 

Uru rutonde rwashyizwe hanze n’ikinyamakuru kabuhariwe mu kubara imitungo y’abantu n’ibyamamare bitandukanye kw’isi Forbes.

10. T.B Joshua (Miliyoni 15 z’amadolari)

Uyu mupasitoro wo mu gihugu cya Nigeria,mu mwaka wa 1997 yiyemereye ko akiza inrwara nka SIDA,ubumuga,ubuhumyi ndetse n’izindi nrwara zidakunze gukira.Afite televiziyo yitwa Emmanuel TV niyo televiziyo ya mbere ya gikiristu irebwa cyane muri Afurika

9. Chris Oyakhilome (Miliyoni 50 z’amadolari)

Chris OyakhilomeUyu mu pasteur ukomoka mu gihugu cya Nigeria,uzwi cyane no mu Rwanda,yamenyekanye kubera inyigisho ze wasanga mu ndimi 143 zose.Uyu ma pasteur uretse idini n’insengero,afite hotel,restaurant ikomeye cyane ndetse na Televiziyo.idini rye ribariwa abantu 40 000.

8. Uebert Angel (miliyoni 60 z’amadolari)

rolls uebert angelUyu mu pasteur w’imyaka 39 yonyine y’amavuko ukomoka mu gihugu cya ZImbabwe,idini rye rifite insengero 33 mu bihugu 15 byose.Yamenyekanye ku bikorwa byiza akorera imiryango itishoboye muri Aziya na Afurika.

7. Ayodele Oritsejafor (Miliyoni 120 z’amadolari)

pasteur nigérianNi umwe mu pasteur bakize kurusha abandi muri Nigeria kuri miliyoni ze 120 z’amadolari.Yashoye umutungo we muri banki,na televiziyo yitwa ABN irebwa mu bihugu 75 byose.

6. E.A Adeboye (Miliyoni 130 z’amadolari)

sourceUyu mu pasteur wize imibare muri kaminuza ndetse akigisha no muri kaminuza y’iwabo muri NIgeriya,afite urusengero rwitwa Redeemed Christian Church Of God.

5. David Oyedepo (Miliyoni 150 z’amadolari)

David OyepodUyu mu pasteur nawe ukomoka muri Nigeriya,afite urusengero rukomeye kurusha izindi muri Afurika,ruterana 3 ku Cyumweru rukacyira abantu ibihumbi 50 umunsi umwe.Afite kaminuza ndetse n’indege za private jet 4.

 

 

 

 



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2yh3AzY
via IFTTT

Bombe y'Umwiyahuzi Yahitanye Umunani i Kabul

Umwiyahuzi yaturikije bombe mu kibanza kirimwo abaserikiora ibihugu vyo mu mahanga ku murwa mukuru w’igihugu ca Afuganistani, Kabul, yica abantu umunani abandi batari bake barakomereka. Ivyo bitangazwa n’abategetsi bo mu bushikiranganji bujejwe amagara y’abantu. Reta ya Kiyislamu yiyitiriye ico gitero. Mu ntango z’uku kwezi, umwiyahuzi yaraturikije amabombe hafi y’ikibanza kirimwo ishule y’igisirikare ku murwa mukuru, Kabul. Yahitanye abasirikare 15, abandi batari bake barakomereka. Abatalibani bariyitiriye ico gitero ca bombe. Muri iyo ndwi nyene umwiyahuzi yariroshe mu musigiti wari wuzuye Abayislamu b’Abashite ku murwa mukuru, Kabul, yica abantu bagera kuri 50. Reta ya Kiyislamu yatangaje ko yateguye ico gitero.

from Voice of America http://ift.tt/2zkZQ0u
via IFTTT

Abanyeshuri 3000 bari mu gihirahiro nyuma y’ifungwa rya kaminuza eshanu

Hashize imyaka 500 abanyagatolika bacitsemo ibice

Kiliziya Gatolika n'amadini y'abaporoso basabye imbabazi kubera ibikorwa by'urugomo byabaye igihe habaga impinduramatwara yatumye Kiliziya Gatolika icikamo ibice.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2gQjQN6
via IFTTT

Messi,Cristiano na Neymar batewe ubwoba n'umutwe witwaje intwaro aho uyu mutwe wabahaga gasopo(AMAFOTO)

Umutwe witwaje intwaro ugendera ku mahame y'idini ya Islam ISIS watangiye gusohora ubutumwa buburira bamwe mu bakinnyi b'ibihangange muri ruhago ko nibibeshya bakitabira igikombe cy'isi bazahahurira n'akaga gakomeye cyane.
Mu gihe hategerejwe igikombe cy'isi kizabera mu gihugu cy'Uburusiya umwaka utaha wa 2018 umutwe wa ISIS watangiye kuburira abantu bazitabira iki gikombe ko batagomba kwizera umutekano kuko bazahahurira n'akaga batigeze babona mu mateka.
Messi na Neymar batewe ubwoba n'umutwe (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2z1sT66
via IFTTT

Uburezi bushyirwemo ingufu ariko abanenga ireme ry’uburezi barakabya – Prof Karambizi

*Abanenga uburezi bwo mu Rwanda bavuga ko barangiza ntacyo bazi ngo barakabya cyane, *Ngo kaminuza yonyine ntiyakemura ikibazo k’ireme ry’uburezi kuko ngo bipfira hasi. Abadepite bo muri Komisiyo y’Uburezi, Ikoranabuhanga, Umuco n’Urubyiruko mu gutegura ingendo zigamije kuzajya kugenzura umusaruro urimo gutangwa no kuba kaminuza zarahujwe n’uburyo zirimo gukora, kuri uyu wa kabiri bagiranye ibiganiro na […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2ihXB2U

Queen Cha yifotoje yifashe hafi y’imyanya ye y’ibanga bitera abasore benshi kurabya indimi.

Umuyobozi wa AMIR uregwa gusambanya umukobwa ku gahato yagejejwe imbere y' urukiko

Urukiko rw'ibanze rwa Bwishyura mu karere ka Karongi rwaburanishije ifungwa n' ifungurwa ry' agateganyo Rwema John Peter Umuyobozi w' impuzamashyirahamwe y' ibigo by' imari iciriritse mu Rwanda AMIR.
Ku isaha ya saa mbili, kuri uyu wa Kabili tariki 31 Ukwakira 2017 nibwo uyu muyobozi ushinjwa kuba yarasambanyije umukobwa w' imyaka 28 mu ijoro ryo rya tariki 16 bucya ari 17 Ukwakira yagejejwe imbere urukiko.
Nk' Umuseke wabitangaje uregwa yagaragaye ku rukiko ubona adafite umususu yambaye (...)

- Ubutabera / ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2ygVxTH
via IFTTT

Uganda: Virusi imeze nka Ebola imaze guhitana abantu batanu

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ryemeje ko icyorezo cya Marburg cyandura cyane kikanahitana abantu cyagaragaye mu Karere ka Kween muri Uganda y’Uburasirazuba.

Icyorezo cya Marburg gitera umuriro mwinshi no kuva amaraso mu myenge y’umubiri yose kiza mu ndwara zikwirakwira vuba zanduzwa n’udukoko two mu bwoko bwa virusi nk’uko Ishami ry’umuryango w’abibumbye ribitangaza.

Ku wagatandatu w’icyumweru gishize ni bwo hemejwe ko abantu babiri bishwe n’iyi ndwara, umwe bishoboka ko ari yo yamwishe, n’abandi babiri byakekwaga, mu karere ka Kwese gaherereye ku mupaka n’igihugu cya Kenya.

Umuryango OMS uri gukorana n’ubuyobozi bwo muri Uganda bushinzwe ubuzima mu kurinda ko ubwandu bukwirakwira.

Abantu 135 bahuye n’abagaragayeho n’abaketsweho iyi ndwara barapimwe ariko ku bw’amahirwe nta wanduye mu gihe harimo n’abaforomo babiri bari bafite ibyago byinshi byo kwandura.

Marburg ni indwara iri mu muryango umwe na Ebola, izi ndwara zombi zikaba zinafite ibimenyetso bisa nk’uko Dr Amesh Adalja umuvugizi wa Infectious Disease Society of America yabitangarije CNN.

Iyi ndwara ikwirakwira binyuze mu matembabuzi yo mu mubiri, mu maraso, igakurira mu duce aho abantu batabasha kugenzura ubwandu no kwita ku barwayi hifashishijwe abaganga babifitiye ubumenyi nta n’ibikoresho byagenewe kwirinda bihari.

Iyo umuntu ahuye n’amaraso, amatembabuzi ayo ari yo yose y’umubiri by’umuntu wanduye na we arandura.

Gukora ahantu umuntu wanduye yashyize amaraso cyangwa amatembabuzi, ibikoresho bye nk’imyenda n’ibiryamirwa bikwirakwiza iyi virusi.

Iyo umuntu yanduye virusi ya Marburg ayibana igihe kiri hagati y’iminsi 2 na 21. Umuriro mwinshi, kubabara umutwe no gucika intege cyane umuntu agahondobera ni byo bimenyetso by’ingenzi.

Ibi ariko bishobora kujyana no kubabara imikaya, impiswi, kuribwa bikabije mu nda, isesemi no kuruka, bikurikirwa no kuva amaraso mu twenge dutandukanye tw’umubiri biza mu minsi itanu n’irindwi, hanyuma hagakurikiraho umuriro ukabije.

50% by’abanduye iyi ndwara bahitanwa na yo kandi kugeza ubu nta muti cyangwa urukingo ifite. Dr Adalja avuga ko iyo umuntu yanduye Marburg ahabwa gusa ubuvuzi bwo kuvura ibyuririzi no kumugabanyiriza ububabare, nk’ibikorwa kuri Ebola.

Avuga ko imiti imwe n’imwe n’inkingo byagiye bigeragezwa kuri Ebola na byo bishobora kugira akamaro ku barwayi b’iyi ndwara bityo na byo bikaba bikoreshwa.

OMS ivuga ko uretse kuba iyi ndwara itagira umuti n’urukingo, haracyari imbogamizi z’imyumvire iri hasi y’abaturage bo muri Kween aho kwitabira kujya kwa muganga ari ingorabahizi ahubwo bahitamo kujya mu bapfumu babyitiranya n’amarozi n’andi makuru menshi adafite ishingiro.

OMS itangaza ko hari umwe mu bagaragayeho Marburg watorotse ajya muri Kenya gushaka abavuzi ba gihanga, kuri ubu akaba ari gushakishwa.

Ikindi ni uko mu gihe uducurama tuzwiho kuba ububiko bwa virusi itera Marburg, ngo abaturage bo muri aka gace bajya gushaka imyanda yatwo bakayishyira mu mirima ngo ni ifumbire y’akataraboneka.

Birashoboka ko agacurama kakwanduza umuntu iyi ndwara, cyangwa se kakayanduza inyamaswa zirimo inkende, inguge n’ingagi, na zo zikanduza abantu.

N’ubwo abanduzwa n’inyamaswa baba ari bake, bo bashobora kwanduza abandi benshi cyane bitewe ahanini no kutagira uburyo bwo kugenzura ubwandu buhamye mu buvuzi.

Uburyo bwo gushyingura na bwo bushobora gutuma iyi ndwara igera ku bantu benshi.

Gusa ariko ngo iyi ndwara ntiyakagombye gutera ubwoba kuko itandura mu buryo bwihuse cyane nka Ebola kandi mu gihe habonetse ibikoresho byo kwirinda bakanahindura uburyo bwo gushyingura iyi ndwara yazima.

Kugeza ubu muri aka gace ubuyobozi bushinzwe ubuzima rusange buri gutanga ubutumwa bugamije kumvisha abaturage iby’iyi ndwara n’uko bakwitwara mu gihe babonye uyikekwaho.



from Izuba Rirashe http://ift.tt/2gXuHbL
via IFTTT

Nta terwa isoni no kubangikanya ubuhanzi n’umwuga wo gutunganya imisatsi y’abagore

Zitto Kabwe yatawe muri yombi muri Tanzania

Umunyamategeko wunganira umukuru w'abatavuga rumwe na leta muri Tanzania, Zitto Kabwe, aravuga ko yatawe muri yombi.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2yZqsTX
via IFTTT

Nigeria: Urukiko rwasabye Leta guha indishyi abarokotse intambara ya Biafra

Urukiko rw’ikirenga rukuru rw’ibihugu byishyize hamwe mu by’ubukungu byo muri Africa y’Uburengerazuba rwategetse Nigeria guha indishyi abarokotse intambara ya Biafra yabaye mu myaka 50 ishize.  Leta igomba guha abaturage bo muri Biafra miliyoni 245$. Amafaranga Nigeria isabwa ngo azafasha mu gusana amashuri, kubaka amavuriro n’indi mishanga izazamura imibereho myiza y’abatuye muri kariya gace. BBC ivaga […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2z0yRGG

Puidgemont aravuga ko atahunze

Carles Puidgemont - wahoze ari umukuru w'intara ya Catalonia muri Espagne - yavuze ko atajyanywe i Buruseli no gushaka ubuhingiro.

from BBC Gahuza - Urupapuro rw'itangiriro http://ift.tt/2lwThl4
via IFTTT

Uwakoze Jenoside yarihiwe amashuri na FARG bimenyekana ageze muri kaminuza

Ese niba gushinga idini atari bizinesi kuki abapasitoro barakazwa n’ubibabwira?

Umuyobozi wa AMIR uregwa gukoresha umukobwa ‘sex’ ku gahato yaburanye

Karongi – Ku rukiko rw’ibanze rwa Bwishyura saa mbiri z’igitondo hatangiye urubanza, ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo, Rwema John Peter umuyobozi mukuru wa Association of Microfinance Institutions in Rwanda (AMIR) aregwamo icyaha cyo gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato. Rwema yatawe muri yombi 17 Ukwakira 2017 ashinjwa n’umukobwa wari waje mu mahugurwa AMIR yari ifitemo ibikorwa kumusambanya […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2yhH6i2

FEWAFA yimuye imwe mu mikino ya shampiyona kubera Amavubi

Kubera umukino w'ikipe y'igihugu Amavubi izaki na Ethiopia mu gushaka itike yo kwerekeza mu mikino ya CHAN 2018 ,FERWAFA yimuye imikino y'amakipe 4 ,Rayon Sports,APR FC Police FC na AS Kigali kubera zifite abakinnyi benshi mu ikipe y'igihugu.

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zjlbHm
via IFTTT

REG yatunze agatoki abayiyitirira guteza impanuka z’amashanyarazi zahitanye 3

Mu kiganiro n’abanyamakuru ubuyobozi bw’Ikigo k’Igihugu gitanga ingufu z’amashanyarazi REG bwavuze ko mu Ukwakira, 2017 hari abana batatu bahitanywe n’umuriro w’amashanyarazi. REG yihanangirije abatanga amashyanyarazi biyitirira abakozi bayo, isaba abaturage kubamagana. Taliki ya 22, Ukwakira mu Murenge wa Rutunga mu Karere ka Gasabo habaye impanuka y’umuriro w’amashanyarazi yahitanye abana babiri b’abakobwa umwe afite imyaka 16 […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2ihN3ki

BITUNGURANYE! Cristiano Ronaldo ari ku rutonde rw’abakinnyi bakomeye barimo guhigwa bukware n’umutwe w’iterabwoba.

Bwa mbere mu mateka y'isi i Robo "robot" ryahawe ubwenegihugu naryo rivuga uko ribyakiriye(AMAFOTO)

Arabia Saoudite ni cyo gihugu cyabaye icya mbere mu mateka gihaye ubwenegihugu imashini iteye nka muntu(robot).
Ni robot yitwa Sophia izi kuvuga no gutekereza nka muntu. Mu nama yabereye mu Mujyi wa Riyadh aho yaherewe ubwenegihugu, yatangaje ko yishimye cyane kandi ko ari igikorwa kizandikwa mu mateka.
Sophia yakozwe n'ikigo cyitwa Hanson Robotics cyo muri Hong Kong. Ishobora guseka ndetse igatera n'urwenya. Nubwo ifite ubushobozi butangaje ntabwo iragira umutimanama, gusa uwayikoze avuga (...)

- Udushya

from Umuryango.rw http://ift.tt/2iOmUxA
via IFTTT

Bishop Rugagi yikomye bikomeye abanyamakuru birirwa bamuvuga

Album ya Jules Sentore iri gucuruzwa n’Abanya-Maroc

Album yitwa Indashyikirwa umuhanzi Jules Sentore aheruka gushyira hanze iri gucuruzwa na kompanyi yo mu gihugu cya Maroc yamurambagirije mu gitaramo k’iserukiramuco aheruka kwitabira. Kompanyi yitwa OCP yo muri Maroc niyo yifuje gukorana na Jules Sentore, mu byo basezeranye ni uko izajya imufasha kugurisha ibihangano bye mu gihe kingana n’umwaka nk’uko amasezerano basinyanye abivuga. Jules […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2z8hxiV

Kwizera azanye umwihariko mu njyana ya “Dancehall”

Musanze: Korali Ingabire yagobotse abivuraga magendu

Nyarugenge: Umugore akurikiranweho kwiba umwana w'imyaka ibiri

Umugore w'imyaka 23 yafatiwe mu Murenge wa Magferagere w'Akarere ka Nyarugengeakurikiranweho kwitwikira ijoro akajya kwiba umwana w'umuturanyi we w'imyaka ibiri.

Ibi byabaye kuwa gatandatu mu ma saa cyenda z'igicuku ubwo Charlotte Mukarukundo nyina w'umwana wari wibwe yari asinziriye.

Uyu Mukarukundo utabana n'umugabo ngo yari yarabaje kubana n'umugore ukurikiranweho kumwiba umwana

Mu minsi ishize, ngo ukekwaho iki cyaha yajyanye na Mukarukundo mu bavuzi ba gihanga i Kagarama mu Karere ka Kicukiro bajyanye uwo mwana kumuvuza ibyinyo.

Gusa nyuma yo kugera muri aba baganga, Mukarukundo, ntiyabashije kubona amafaranga yasabwaga n'uwo muganga bituma ajyana umwana we atamuvuje. Nubwo uyu Mukarukundo yari yajyanye n'umugore ukekwaho kumwibira umwana we ntiyigeze asubira iwe mu rugo ahubwo ngo yagumanye n'uwo muganga.

Mukarukundo yageze iwe araryama ariko yicuye asanga umwana we adahari! Nyuma yo kubura uwmana we yatabaje abaturanyi maze na bo batabaza Polisi itangira iperereza.

Nyuma y'amasaha atanu Polisi yamaze ishakisha uyu mwana ifatanyije n'abaturage, basanze uwo mugore ukekwaho icyaha yihishe mu kizu gishaje giherereye i Nyaruyenzi mu Murenge wa Mageragere afite na wa mwana nkuko Supt Emmanuel Hitayezu, umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali akomeza abitangaza.

Supt Hitayezu yavuze ko kwiba umwana w'undi iki ari icyaha gihanwa n'ingingo ya 224 y'igitabo cy'amategeko ahana ibyaha mu Rwanda. Yavuze ko Polisi irimo gukora iperereza ryimbitse kugirango hamenyekane impamvu yatumye uyu mugore ukekwaho icyaha agambirira gutwara umwana w'abandi nyuma polisi ikazamugeza imbere y'ubutabera kugirango bukomeze gukora akazi kabwo kuri iki kibazo.

Supt. Hitayezu yasabye ababyeyi gukomeza kwita ku bana babo nop kubajyana kwa muganga wemewe na Leta aho kubajyana mu bapfumu n'abavuzi ba Gihanga bashobora kubangiriza abana.

Ababyeyi benshi mu Rwanda bibwira ko kwa Muganga badashobora kuvura ibyinyo bigatuma bajya muri abo baganga. Nyamara abaganga bo bavuga ko Ibyinyo atari indwara ahubwo ngo ni igihe umwana wese anyuramo uko agenda akura iyo ageze mu kigero cy'amezi atandatu.

Muri iki kigero ngo umwana aba arimo kumera amenyo, muri iki kigero ngo umwana aba ababara cyane,akagira umuriro, akaba anashobora kuruka akanacibwamo, bityo rero ngo gukuramo amenyo ataratunguka si wo muti nyakuri kuko bishobora no gutera umwana inenge azahorana iteka.



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2yhxZOD
via IFTTT

Witwaye muri ubu buryo biragoye kugira ngo hagire umukobwa ukwima urukundo-REBA HANO

- Uko umusore yakegukana umutima w'umukobwa yakunze
- Iturufu umuhungu ashobora kwitwaza agatereta umukobwa wese
- Iyi ni imico ikwiye kuranga umusore wifuza urukundo ku mukobwa
- Ni iki gituma abahungu bamwe baterwa indobo ?

- Urukundo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zULdgC
via IFTTT

Rwatubyaye azagaruka mu kibuga muri Gicurasi 2018

Abakinnyi 2 bakomeye muri Real Madrid bashatse kurwana nyuma yo gutsindwa na Girona

Nyuma yo gutsindwa na Girona mu ikipe ya Real Madrid hagaragaye umwuka mubi aho bamwe mu bakinnyi 2 iyi kipe igenderaho Marcelo na Luka Modric bagaragaye bashwana aho buri umwe yashinjaga undi kutitwara neza.

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2iMitDc
via IFTTT

Ese koko Umuyobozi wa AMIR ushijwa gusambanya kugahato umukobwa w' imyaka 28 yaragambaniwe

- Amavidewo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2hqxAyA
via IFTTT

Amashanyarazi yishe batatu abandi barakomereka, REG yahagurukiye abitwa ABAHIGI

Ibi byagarutswe mu kiganiro REG yagiranye n'abanyamakuru kuri uyu wa Kabiri, aho umuyobozi w'iki kigo Ron Weiss yashimangiye ko batazigera bihanganira na rimwe umukozi wabo ukora ibidakurikije amategeko cyangwa umufatabuguzi ukora ibihanwa n'amategeko bishobora gushyira mu kaga ubuzima bw'abantu kandi bikanangiza amabwiriza yo kubungabunga ibikorwaremezo rusange.

Abayobozi batandukanye barimo na Maj Eng Kalisa Jean Claude uyobora EUCL, bagarutse ku kibazo cy'abazwi nk'ABAHIGI babeshya abaturage ko ari abakozi b'ikigo gikwirakwiza kinatanga amashanyarazi (REG/EUCL/EDCL), bakabizeza ko bashobora kubaha amashanyarazi cyangwa bakabasanira ayangiritse, ariko ibikorwa bitemewe bakora bikaba bigira ingaruka zirimo no kuba byahitana ubuzima bw'abantu.

Mu ngero zatanzwe, harimo nk'aho tariki 22 Ukwakira 2017, mu mudugudu wa Karuranga, mu kagari ka Ndatemwa mu murenge wa Rutunga mu karere ka Gasabo, abana babiri barimo uw'imyaka 16 n'uw'imyaka 17, bafashwe n'umuriro bagapfa, nyuma yo gufata ku rusinga rwari rwakoreshejwe mu buryo butemewe n'amategeko mu gusangiza umuriro ingo ebyiri. Uretse kuba byarakozwe REG itabizi, insinga zakoreshejwe nazo ntizari zujuje ubuziranenge, ari nabyo byatumye abo bakobwa babiri bicwa n'umuriro w'amashanyarazi.

Ron Weiss uyobora REG avuga ko nta kwihanganira na rimwe abazwi nk'ABAHIGI

Nyuma y'iminsi ibiri gusa, kuwa Gatatu tariki 25 Ukwakira 2017, mu mudugudu wa Kindobwe, mu kagari ka Gakoni ho mu murenge wa Muganza mu karere ka Rusizi, umwana w'umukobwa w'imyaka 15 yishwe n'amashanyarazi bagenzi be babiri barakomereka, bitewe n'urusinga rwari rwakoreshejwe n'umuntu utabifitiye uburenganzira abeshya ko akorera EUCL. Urwo rusinga rwakoreshejwe nabi, rwavaga ku gisenge rugakora ku ruzitiro rw'icyuma, ari nabyo byatumye umwana umwe apfa ubwo yakoraga kuri urwo ruzitiro arimo gukina na bagenzi be, abandi bakomereka bagerageza kumutabara.

REG ariko ivuga ko abaturage nabo bakwiye kujya bitondera insinga z'amashanyarazi, kuko hari abazisagarira ugasanga bahuye n'akaga. Urugero ni nko kuwa Gatandatu tariki 29 Ukwakira 2017, mu mudugudu wa Mpenge mu kagari ka Mpenge ko mu murenge wa Muhoza mu karere ka Musanze, umugabo w'imyaka 31 y'amavuko nawe yafashwe n'umuriro w'amashanyarazi ubwo yakoraga ku rusinga, akaba yarakomeretse ajyanwa mu bitaro bya Rugengeri aho akirimo kuvurirwa kugeza ubu.

Uwo munsi kandi muri aka karere ka Musanze, hari umwana w'umukobwa w'umunyeshuri w'imyaka 10 wakomerekejwe n'umuriro w'amashanyarazi ubwo yakoraga ku muyoboro w'amashanyarazi wangijwe n'ikompanyi yasanaga umuhanda, ubu nawe akaba arimo kuvurirwa mu bitaro bya Ruhengeri.

Muri rusange, REG isaba abaturage kuzajya birinda abababeshya ko ari abakozi ba REG/EUCL/EDCL, hagira uwo bashidikanyaho bakitabaza umurongo utishyurwa wa 3535, kandi ngo abakozi bemewe bo baba banafite ibyangombwa bibaranga. Abaturage kandi basabwa kwirinda gucokoza insiga z'amashanyarazi, gufungura mubazi (counter) n'ibindi bigomba gukorwa n'abakozi babishyinzwe, ndetse abana bakabuzwa gukora ku nsinga no kwegera ibikorwa by'amashanyarazi, hanabaho impungenge bakitabaza ikigo gishinzwe ingufu bahamagara kuri 3535.



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2gYMrDB
via IFTTT

Uburusiya na US byarashe ibisasu kirimbuzi kuri Koreya ya Ruguru

Mu mpeza z'icyumweru gishize nibwo Leta Zunze Ubumwe za Amerika zohereje igisasu cyo mu bwoko bwa B-2 kinyuzwa hejuru y'Inyanja ya Pacific, Uburusiya nabwo bwohereza igisasu cyo mu bwoko bwa Tupolev-95MS kinyuzwa hejuru y'Ubuyapani ndetse n'Inyanja ya Pacific.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31 Ukwakira, Minisitiri w'Ingazo z'Uburusiya yavuze ko igisasu cyatewe na US ndetse n'indege y'Ubuyapani byaherekejwe n'igisasu kirimbuzi cyarekuwe n'ingabo z'Uburusiya, byose bikaba byaranyujijwe hejuru y'Ubuyapani ndetse n'Inyanja ya Pacific.

Yagize ati “Ibisasu bibiri bya kirimbuzi byo mu bwoko bwa Tupolev-95MS nibyo byarashwe n'ingabo z'Uburusiya aho byanyujijwe heruru y'Inyanja y'Ubuyapani ndetse no mu gice cy'Uburengerazuba bw'Inyanja ya Pacific.

Yakomeje avuga ko hari gutegurwa ikindi kiciro cy'ibisasu bikomeye cyane bizaterwa kuri Koreya ya Ruguru, muri byo hakaba harimo ibyo mu bwoko bwa Tupolev-95MS, F-18 bikoreshwa n'indege z'intambara zo muri US, F-15, F-4 na F-2A bikoreshwa n'indege z'intambara zo mu Buyapani.

Umunyamabanga w'ingabo za US Jim Mattis,yavuze ko Perezida Kim Jong Un wa Koreya ya Ruguru yakomeje umugambi we w'ibikorwa byo gucura ibisasu Kirimbuzi mu buryo bunyuranyije n'amategeko yongeraho ko igihe kigeze ngo bamuhagurukire.

Koreya ya Ruguru iherutse gutangaza ko iri gukora ibisasu bikomeye cyane bitigeze bikorwa n'undi wese, bizaterwa kuri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ikomeje kurrwanya ubutegetsi bwa Kim Jong Un



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2z1xuYe
via IFTTT

Israel: Umufasha wa Netanyahu arashinjwa guhohotera abakozi bo mu rugo

Uwakoze mu rugo rwa Minisitiri w'Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu arashinza umugore we kumuhohotera no kumubwira kwifata uko we atari asanzwe amenyereye, ngo abasaba kwihuta aho kuzetura ibirenge mu kazi.
Sarah Netanyahu umufasha wa Netanyahu ashinjwa kandi na bamwe mu bakozi bagiye bakora mu rugo rwe ariko nyuma akaza kubirukana ntacyo ashingiyeho .By'umwihariko uyu mugore wakoze muri urwo yabwiye ibinyamakuru byo muri Israel ko uyu mugore yari yaramujujubije amubuza kurya no kunywa. (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zkGR6b
via IFTTT

Umutoza w’Amavubi yakoresheje imyitozo ya mbere mu kwitegura Ethiopia

LowestRates.ca Cycling Team yatangaje intego zayo Tour du Rwanda

Ikipe ya LowestRates.ca Cycling Team yo muri Canada yigaragaje muri Tour du Rwanda iheruka ubwo yatwaraga uduce 2, yatangaje gahunda ifite muri Tour du Rwanda y'uyu mwaka aho bifuza gutwara uduce (etapes) turenze utwo batwaye ndetse no gufasha umusore wabo Brett Wachtendorf uzi kuzamuka cyane kuba yakwegukana iri rushanwa. Iyi kipe igiye kwitabira Tour du Rwanda ku nshuro ya 2 yikurikiranya,aho ubuheruka begukanye uduce 2 twatwawe na Rugg Timothy werekeje muri Bikeaid yo mu (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2yhZqaY
via IFTTT

Umutoza w’Amavubi yagarutse ku kazi

Uwayoboye ibikorwa byo kwiyamamaza bya Trump yashinjwe ibyaha 12

Paul Manafort wigeze kuyobora ibikorwa byo kwiyamamaza bya Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika yashinjwe ku mugaragaro ibyaha 12.
Ibyo byaha birimo kugambanira Leta zunze ubumwe za Amerika no kwinjiza amafaranga adafitiwe ibisobanuro.
Paul Manafort na Rick Gates bafatanyaga mu bucuruzi, barashinjwa kuba barakoreye igihugu cya Ukraine ntaho banditse maze bagahisha amafaranga abarirwa muri za miliyoni nyinshi z'amadolari bahembwe.
Umunyamakuru wa BBC ducyesha iyi nkuru uri i (...)

- Politiki

from Umuryango.rw http://ift.tt/2lx5lTw
via IFTTT

Gicumbi: Abaturage 4 491 batari bafite amashanyarazi bagiye kuyahabwa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi bwiteguye kwegereza abaturage 4 491 amashanyarazi mu bice bitandukanye mu rwego rwo kubegereza iterambere ribafasha guhindura imibereho yabo. Buri gihembwe cy’umwaka ubuyobozi bugerageza kwegereza amashanyarazi ingo bigendanye n‘ubushobozi cyangwa ingengo y’imari yabonetse, igikorwa cyo guha abaturage amashanyarazi kizagerwaho hifashishijwe abafatanyabikorwa batandukanye. Ubuyobozi bw’akarere ka Gicumbi buvuga ko umihigo bafite muri iki […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2gPAVqf

Nyuma y’igihe gito cyane bari mu munyenga w’urukundo, Selena Gomez ahemukiye bikomeye The Weeknd amukorera ikintu gitunguye benshi.

Nyuma y’amezi hafi icumi gusa umuhanzikazi Selena Gomez n’umukunzi we,The Weeknd bari mu rukundo ruryoshye kuri ubu biravugwa ko bamaze gutandukana.

TMZ dukesha iyi nkuru ikaba yanditse ko Gomez na The Weeknd batazongera kugaragara bari kumwe kuko bamaze gutandukana gusa ngo Gomez yahise atangaza ko bitamworoheye gufata uwo mwanzuro wo gutandukana na The Weeknd ariko ngo avuga ko ntakundi kuko yamaze kubyakira.Uyu muhanzikazi yongeyeho ko kandi gutandukana kwabo bidatewe n’amakuru mu minsi ishize yavugaga ko asigaye asohokana na Justin Bieber bahoze bakundana, avuga ko Bieber atari we ntandaro yo gushwana na The Weeknd.

Twibutse ko iby’urukundo rwa Gomez na The Weeknd byavuzweho cyane nyuma yaho amafoto yabo acicikanye ku mbuga nkoranya mbaga bigaragara ko Gomez na The Weeknd baba bari mu rukundo rukabije ariko by’umwihariko ubwo batambukanaga ku itapi itukura (red carpet) ku wa 01 Gicurasi 2017 mu birori bya Met Gala.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2zklmSL
via IFTTT

Kenneth Roth uyobora HRW yikomwe bikomeye n'abadepite "REBA VIDEO HANO"

- Amavidewo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2yYXqnn
via IFTTT

BYAKOMEYE! URBAN BOYZ YABAYE NK'AKAZU KUBATSE KU MUCANGA KATWAWE N'UMUHENGERI(VIDEO)

- Amavidewo

from Umuryango.rw http://ift.tt/2gXRyUL
via IFTTT

Kimironko: Abahoze ari ‘Abazunguzayi’ aho bakorera ntihatandukanye n’aho bahoze

Bavuga ko aho bakorera hadatandukanye no mu muhanda*Ku mugoroba, udafite itoroshi arataha, *Ubuyobozi buvuga ko banze kujya mu masoko yemewe. Abahoze bakora ubucuruzi butemewe (bakunze kwita Abazunguzayi) bo mu murerenge wa kimironko bakaza kujya gukorera mu gasoko gato kari mu kagari ka Nyagatovu baravuga ko batahishimiye kuko iyo imvura iguye ibanyagira ndetse ko ku mugoroba bahagarika akazi kuko nta matara ahari. Muri […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2lvWktT

Museveni yasabye abakora ingendo mu muhanga kuzigabanya

Bakame yatangaje byinshi ku myiteguro y'Amavubi kuri Ethiopia

Kapiteni w'ikipe y'igihugu Amavubi Ndayishimiye Eric Bakame yatangaje ko we na bagenzi biteguye gukora ibishoboka byose kugira ngo badapfusha ubusa amahirwe y'imbonekarimwe yo kwitabira imikino ya CHAN 2018. Uyu munyezamu umaze igihe mu ikipe y'igihugu,yatangaje ko mbere yo gutangiza imyitozo yok u munsi w'ejo baganiriye n'abatoza babo bababwira ko badakwiye gupfusha ubusa aya mahirwe babonye ndetse aricyo gihe ngo bashimishe abafana babo. Yagize ati “Twebwe nk'abakinnyi twishimiye amahirwe (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2yhBswj
via IFTTT

Spacey yasabye imbabazi ku busambanyi yakoreye umukobwa ku gahato

Umukinnyi ukomeye wa filime muri Hollywood Kevin Spacey yasabye imbabazi ku cyaha ashinjwa cyo gusambanya ku gahato umukobwa ukiro mu muto.

Hashize imyaka 30 Spacey akoze icyi cyaha, umukinnyi wa filime Anthony Rapp mu kiganiro yagiranye na Buzzfeed yavuze ko Spacey yamujyanye ku gitanda aramusambanya nyuma y'igitaramo bari bakoze.

Icyo gihe ngo Rapp yarafite imyaka 14, Kevin Spacey avuga ko atibuka ko yigeze gusambanya uyu mukobwa ariko ngo niba byarabaye ntibyari bikwiye.

Mu butumwa yacishije kuri twitter uyu mukinnyi wigeze gutsindira igihembo cya “Oscar” yavuze ko n'ubwa mbere yahoze agendana n'abahungu ndetse n'abakobwa ariko ubu ngo yafashe icyemezo cyo kureka abakobwa n'abagore ngo yigendanira n'abagabo gusa.

Aya magambo ariko ntiyakiriwe neza n'abo bakorana muri Hollywood bavuze ko Spacey iturufu y'uko asigaye yitwara muri iki gihe kugirango ahume abantu amaso kuri iki cyaha aregwa cyo guhohotera uyu mukobwa ku gitsina.



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2gPeDVD
via IFTTT

Ipfunwe n’intimba by’abagabo b’i Musanze basigaye bakubitwa n’abagore babo

Hadi Janvier yatangaje ikintu yakumburaga mu gihe yari amaze adakina

Nyuma y'umwaka yari amaze adakina,uwahoze ari kapiteni w'ikipe y'igihugu Hadi Janvier yatangaje ko iki gihe cyose yari amaze adakina yakumburaga guhatana ndetse no gusohoka mu gikundi aho yavuze ko ari gukora imyitozo ikarishye kugira ngo azagaruke aryana.

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zSZ2fl
via IFTTT

“Mituweri iratwishyurira tukabona amadarubindi ariko utabona ntimwishyurire, uburenganzira bwe ntibuba bwahutajwe?”

Depite Rusiha Gaston uhagarariye abafite ubumuga mu Nteko ishinga amategeko y'u Rwanda, arasaba Leta gufasha abafite ubumuga bakajya bahabwa insimburangingo hakoreshejwe ubwisungane mu kwivuza (Mituweli) kuko biteganywa n'itegeko kandi bikaba biri no mu burenganzira bwabo.

Kuri uyu wa 30 Ukwakira, ubwo Komisiyo y'uburenganzira bwa muntu mu Rwanda yagezaga ku mitwe yombo y'inteko ishinga amategeko ibikorwa yakoze mu mwaka wa 2016/2017 yagaragaje ko abafite ubumuga bakibangamirwa no kutabona insimburangingo cyangwa bakazibona bibabagoye cyane kuko Leta itabibafashamo.

Ubwo Nirere Madeleine uyobora iyi Komisiyo yagarukaga ku burenganzira bw'abantu babarizwa mu byiciro byihariye birimo n'icy'abafite ubumuga, yavuze ko Komisiyo yasuye ibigo 11 byakira abantu bafite ubumuga hagamijwe kugenzura imibereho yabo n'uburyo uburenganzira bwabo bwubahirizwa.

Mu bibazo Komisiyo yasanze mu bigo byakira abantui bafite ubumuga harimo kuba bagorwa no kubona insimburangingo n'inyunganirangingo kandi Mituweri yakagombye kubafasha kuzibona .

Yagize ati: "Icyo bansabye ni uko bakwemererwa gukoresha ubwisungane mu kwivuza bugakoreshwa mu guhabwa insimburangingo n'inyunganirangingo. Icyo ni icyifuzo cyatanzwe."

Depite Rusiha Gaston ari na we uhagarariye abafite ubumuga mu Nteko ishinga amategeko nyuma yo kumva iki kibazo yavuze ko bibabaje kubona iki kibazo gihora kigaruka muri Raporo z'iyi komisiyo za buri mwaka kandi nyamara hari iteka rya Minisitiri riteganya ko abafite ubumuga bafashwa kubona insimburangingo n'inyunganirangingo bifashishije ubwishingizi bakoresha.

Ati: Iki kibazo gikunda kugaruka buri mwaka muri Raporo ya Komisiyo y'uburenganzira bwa muntu, twibaza impamvu mu by'ukuri kidakemuka kandi ari n'ibintu biteganywa n'amategeko. Mu by'ukuri ibi bintu hashize imyaka umunani byarateganyijwe mu iteka rya Minisitiri ryo ku itariki 27/07/2009 yuko abafite ubwishingizi bajya bahabwa insimburangingo n'inyunganirangingo hakoreshejwe ubwishingizi ariko kugeza ubungubu ntabwo birakorwa, ese Komisiyo y'uburenganzira bwa muntu iyo isuzumye isanga kibazo ari ikihe?"

Depite Rusiha avuga ko iki kibazo kidakomeye ku buryo cyananiye Leta, ngo abona gisaba gusa gufata umwanzuro kuko ngo ntabwo gikeneye igenamigambi ry'igihe kirekire nkuko gushaka abarimu bigisha indimi z'amarenga bishobora gutinda.

Yakomeje yibaza impamvu abadafite ubumuga bo bafashwa kubona ibikoresho bibafasha birimo nk'amadarubindi ariko abafite ubumuga ntibafashwe. Ati: "Twebwe tubona ubwishingizi buratwishyurira tukabona amadarubindi ariko uriya muntu utabona na gake ubwishingizi ntibumwishyurire ntimubona ko uburenganzira bwe buba bwahutajwe?"

Nirere yavuze ko iki kibazo bakigejeje muri Minisiteri y'ubuzima n'ikigo cy'igihugu cy'ubwiteganyirize (RSSB) ariko ngo izi nzego zose zagaragaje ko insimburangingo zihenda dore ko zose ngo nta n'imwe ikorerwa mu Rwanda.

Ati: "Twagiye kureba MINISANTE na RSSB, icyo batubwiye gikomeye ni uko izi nsimburangingo zidakorerwa mu Rwanda, zose zitumizwa hanze,ngo zirahenze. Ariko ubuvugizi bwo twarabukoze bavuze ko ari ikibazo gikomeza kwigwaho bakareba uburyo babafasha, ahasigaye ni ukureba uko bizashyirwa mu bikorwa."

Komisiyo kandi yasanze hari ibindi bibazo byugarije abafite ubumuga birimo nkaho basanze hari ibigo byakira abafite ubumuga byashyizwe mu cyiciro cya gatatu cy'ubudehe bigatuma bigorwa no kubonera mituweri abo baba bafite mu nshingano bose bagasaba gushyirwa mu cyiciro kiborohereza kubabonera ubwisungane mu kwivuza.

Hari kandi ikibazo cy'abantu bakira abafite ubumuga bwo kutavuga kandi badahugukiwe n'ururimi rw'amarenga ndetse hakaba n'ikibazo cy'abarimu bigisha abafite ubumuga bwo kutavuga na bo bakiri bakeya cyane.



from Makuruki.rw | Amakuru Asesenguye! http://ift.tt/2xDbAGT
via IFTTT

Perezida Museveni yahamije ko adashobora kuva ku butegetsi mu buryo bworoshye

Ibi Perezida Museveni yabigarutseho mu ijambo yagejeje ku nteko rusange y'Ishyaka rya NRM (National Resistance Movement) abereye umuyobozi ubwo bari mu nama yabaye mu mpera z'iki Cyumeru dusoje yari yahuje abayobozi bakuru b'iri shyaka bagamije kwiga ku cyemezo cyo guhindura Itegeko Nshinga by'umwihariko ingingo y'102(B) ivuga ku myaka uwiyamamariza kuba umukuru w'igihugu atagomba kuba arengeje (Age Limit), iyi ikaba ari nayo ikumira Museveni kuba yaziyamamariza manda itaha bitewe n'uko azaba yararengeje imyaka 75 itegenywa n'iyi ngingo.

Umunyamabanga ushinzwe itumanaho mu Ishyaka rya NRM, Mulindwa Rogers yasohoye itangazo rivuga ko iri shyaka ryamaze kwemeza ko habaho ihindurwa ry'iyi ngingo y'102(B) aho imyaka 75 yateganywaga n'iyi ngingo ihindurwa umuntu akaba yemerewe kwiyamamaza afite imyaka iyo ariyo yose mu gihe abifitiye ububasha n'ubushobozi.

Ikinyamakuru NewVison dukesha iyi nkuru kivuga ko mu ijambo Museveni yagejeje ku bari bitabiriye iyi nama atigeze avuga ku kayabo k'amafaranga aherutse guhabwa abadepite ngo bige ku ihindurwa ry'iyi ngingo, ibintu byamaganiwe kure n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi bwa Museveni bavuga ko ari ugusesagura umutungo w'igihugu .

Yagize ati “Ndi impirimbanyi y'ubwigende yarwanye intambara nyinshi, sinshobora gusiga ibi gutyo ngomba kubanza kubitegura (Aha yavugaga kuva ku butegetsi), ikindi kandi ikibazo si imyaka umuntu afite ahubwo ikibazo ni ibyo ugeza ku baturage”

Iyi nkundura yo guhundura itegeko Nshinga muri Uganda yatangiye mu kugera ku ntera idasanzwe mu kwezi kwa Nzeri uyu mwaka aho bamwe mu batavuga rumwe na Leta ya Museveni bakomeje kurwanya iki cyemezo gusa Perezida Museveni we avuga ko atigeze ashyigikira ko iyi ngingo ihindurwa ahubwo byakozwe n'abaturage ba Uganda ari nayo mpamvu nawe agomba kubashyigikira kuko aribo akorera



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2yZ7g95
via IFTTT