Meddy yavuze icyo yakundiye inkumi ari gutereta ituye muri Amerika,

Ngabo Medard wamamaye nka Meddy ukorera muzika muri Leta zunze ubumwe za Amerika yahishuye ko atari yajya mu rukundo ko ariko ari gutereta umukobwa wo muri Amerika yirinze gutangaza izina rye.
Ni mu kiganiro yahaye Kt Radio aho yabajijwe niba ari mu rukundo nkuko bikunze guhwihwiswa n'abatari bake maze Meddy asubiza ko akiri gutereta.
Agira ati "Sindi mu rukundo ariko hari uwo ndi gutereta, mfite icyizere ko bizacamo. Atuye muri Amerika! Si umunyarwanda!"
Akomeza avuga ko uwo mukobwa ari (...)

- Imyidagaduro /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2x6pvaY
via IFTTT

No comments:

Post a Comment