Ubuhamya bw'umunyarwandakazi wasezeranye mu rukiko n'umukunzi we bakamara imyaka 10 batarabana nk'umugore n'umugabo bitewe n'ibizazane bahuye nabyo

Umubyeyi w'abana 2 yadusangije ubuhamya bw'ukuntu yategereje umukunzi we wari umaze imyaka itari mike aba hanze kandi yarasize basezeranye mu rukiko, naho agarukiye urukundo rwabo ruhura n'ibizazane bageza aho bamara imyaka 10 baraseranye mu rukiko ariko batarabana nk'umugore n'umugabo.
Uwo mugore mu buhamya yoherereje ikinyamakuru cy'umuryango.rw,yagize ati : “ Twari mu bihe byo gutegura ubukwe dufite gahunda yo kubana tugatura ino mu Rwanda kuko ariho n'ubundi twese twabaga, tumaze gusezerana (...)

- Uko Twahuye /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2vnGFl4
via IFTTT

No comments:

Post a Comment