Kuri uyu munsi Taliki ya 10 Kanama 2017, nibwo hatangira irushanwa rikomeye mu gusiganwa ku magare muri Leta Zunze Ubumwe z'Amerika aho na Team Rwanda iri mu makipe yitabiriye iri rushanwa riri ku rwego rwa 2 HC. Ikipe y'u Rwanda imaze iminsi muri iki gihugu aho yanitabiriye irushanwa rya Cascade cycling classic aho mu bakinnyi 6 ba Amavubi 4 babashije kurangiza ndetse ukiniwabo Jean Paul Rene arangiza ku mwanya wa 55 ku rutonde rusange rw'iri rushanwa asizwe iminota 13 gusa ni umusore (...)
- Imikino / Umuryango_Amakuru_Mashyafrom Umuryango.rw http://ift.tt/2wLd697
via IFTTT
No comments:
Post a Comment