Kwizera Pierrot umaze imyaka 2 aba umukinnyi wa mbere mu Rwanda biravugwa ko yaba ari mu biganiro n'ikipe ya AS Kigali ndetse ashobora kuzayikinira umwaka w'imikino utaha. Amakuru umuryango ukesha ikinyamakuru Ruhagoyacu aravuga ko uyu musore amaze iminsi avugana n'ikipe ya AS Kigali ndetse mu minsi iri imbere dushobora kumva yamaze kuyisinyira. Uyu musore usigaje umwaka umwe ku masezerano yagiranye na Rayon Sports mu mwaka wa 2016 ubwo yahabwaga miliyoni 10 kugira ngo asinye,agiye guca mu (...)
- Imikino / Umuryango_Amakuru_Mashya, Umuryango_Highlights_In_Slidefrom Umuryango.rw http://ift.tt/2iGJW9c
via IFTTT
No comments:
Post a Comment