Abasirikare ba Centrafrique 40 banduye SIDA bangiwe gukorera imyitoza mu Rwanda

Leta y'u Rwanda yafashe icyemezo cyo kubuza abasirikare bagera kuri 40 ba Centrafrique gukora imyitoza, nyuma y'uko bapimwe bagasanganwa ubwandu bwa SIDA.
Itsinda ry'abasikare 200 ba Centrafrique boherejwe mu Rwanda mu rwego rwo kuzamura ingufu z' igisirakare cy'iki gihugu (Forces Armées Centrafricaines, FACA).
Bageze mu Rwanda habaye igikorwa cyo kubapima cyakozwe n'abaganga b'u Rwanda; basanga muri 200 abagera kuri 40 nibo banduye SIDA hafatwa icyemezo cy'uko basubira iwabo igitaraganya nk'uko (...)

- Politiki /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2wkK5Cf
via IFTTT

No comments:

Post a Comment