Perezida wa Sena, Bernard Makuza yasabye Paul Kagame gukomeza kuyobora u Rwanda kugeza muri 2024, mu kumusubiza Kagame yavuze ko ibyo byazasuzumwa hagendewe kubizava mu matora ateganyijwe muri Kanama uyu mwaka.
Ibi byavugiye mu gikorwa cyo kwiyamamaza no kwamamaza umukandida watanzwe na FPR Inkotanyi, Paul Kagame umuhango wabereye mu karere ka Nyamashake tariki ya 29 Nyakanga 2017.
Kagame avuga ko ibyo Makuza yasabye byazasuzumwa nyuma yo kubona ibizava mu matora yo ku wa 04 Kanama 2017. (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2v9Pcqd
via IFTTT
No comments:
Post a Comment