Imbyino zidasanzwe n'imyambarire ishamaje bya Urban Boys bikomeje gusetsa abantu batari bake(AMAFOTO)

Mu mpera z'iki cyumweru dusoje, mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, ni bwo itsinda rimenyerewe cyane mu muziki wa hano mu Rwanda ryataramiye abakunzi baryo n'abandi benshi bari bataramiye mu tubyiniro 2: Calvados I remera nyuma bakomereza kuri H-zone Gikondo.
Mu gitaramo cyabaye mu ijoro ryo ku wa Gatandatu, mu tubyiniro tubiri dutandakanye aho itsinda rya Urban Boys ryari gutaramira abakunzi babo mutubyiniro tumaze kwamamara mugutegura ibitaramo bihuza abafana ndetse abahanzi bakunda iki gitaramo (...)

- Imyidagaduro /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2uOdBkz
via IFTTT

No comments:

Post a Comment