Ubushinwa ngo burambiwe ubusabe bw' Amerika n' u Buyapani

Ubushinwa bwatangaje ko burambiwe ubusabe bwa Leta zunze ubumwe z'America n'Ubuyapani mu kurwanya korea ya ruguru ikomeje kugerageza ibisasu bya kirimbuzi.
Reuters ibiro ntaramakuru by'Abongereza bivuga ko kuri uyu wa Mbere aribwo Ubushinwa bwasubije perezida wa Leta zunze ubumwe z'America, Donald Trump, wari wanditse ku rukuta rwe rwa Twitter avuga ko Ubushinwa bumutengushye nyuma y'uko bwari bwatangaje ko ibibazo bya Koreya ya ruguru bitazamukiye mu Bushinwa ahubwo bireba impande zose (...)

- Amakuru

from Umuryango.rw http://ift.tt/2uPE55i
via IFTTT

No comments:

Post a Comment