Imihanda itumukamo umukungu n'abaturage badafite ubuzima bwiza biraza kuba amateka-Kagame I Burera

Umukandida watanzwe na FPR Inkotanyi ku mwanya w'umukuru w'Igihugu yabwiye abatuye akarere ka Burera no mu nkengero zako ko nyuma y'amatora hari ibintu bizaba amateka.
Paul Kagame yavuze ko muri byo harimo imihanda mibi n'abaturage badafite ubuzima bwiza. Yavuze ko uburezi buzatezwa imbere bikajyana no gukundisha Abanyarwanda umurimo.
Yagize ati “Imihanda ureba itumukamo umukungu iraza kuba amateka. Guhera itariki enye ukwezi kwa munani ubwo tuzaba dufite imyaka irindwi imbere yacu yo gukora, (...)

- Mu Rwanda / ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2tWom5s
via IFTTT

No comments:

Post a Comment