Polisi ifunze umugabo wari ufite ibuhimbi 100 by'amiganano, BNR ngo abigana amafaranga ni 0.001%

N'ubwo imibare yerekana ko ku rwego rw'isi kwigana amafaranga bikiri ku rwego rwo hasi, Polisi y'u Rwanda na Banki Nkuru y'u Rwanda baremeza ko u Rwanda ari kimwe mu bihugu bitagaragaramo cyane iki cyaha.
Izi nzego zatangaje ibi nyuma y'aho mu minsi ishize hari abantu bafashwe bafite amafaranga y'amiganano.
Muri abo bafashwe harimo uwitwa Nkusi Wellars wo mu karere ka Kamonyi wafatanywe amafaranga y'amiganano y'amanyarwanda agera ku bihumbi ijana Rwf100,000, ikanamufatana amafaranga akoreshwa mu (...)

- Mu Rwanda /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2uRwDVJ
via IFTTT

No comments:

Post a Comment