Ikinini gishyirwa mu gitsina amavangingo agasa neza akanahumura ntikivugwaho rumwe

Ikinini gifasha abagore kugira amavangingo yererana ndetse akanahumura ntikiri kuvugwaho rumwe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika aho abahanga mu by'ubuvuzi bw'abagore bagaragaza ko gifite ingaruka ku buzima, mu gihe hari umubare munini w'abakomeje kukigura.

- Ubuzima /

from IGIHE.com http://ift.tt/2uT0wrG
via IFTTT

No comments:

Post a Comment