Mu rwego rwo gufasha abantu guhora bazirikana amagambo y'ubuhanga yavuzwe na Perezida Kagame no gufasha abatarayumvise kuyamenya, Kompanyi yitwa ‘Ikamba' yatangije Imurikabikorwa ryiswe ‘Ijambo Ritatse Ikamba' rizagaragarizwamo ibihangano by'ubugeni ku magambo yavuzwe na Kagame.
- Amakuru / HomeNewsfrom IGIHE.com http://ift.tt/2uT70Xg
via IFTTT
No comments:
Post a Comment