
Komisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje kuri uyu mugoroba ko kuri listi y’itora by’agateganyo ubu hariho abanyarwanda 6 888 592 nubwo hakiri abakiyongera kuri uru rutonde. Biteganyijwe ko abari mu Rwanda bazatorera mu biro by’itora bigera ku bihumbi 16 hari indorerezo 307 (zimaze kwiyandikisha) zirimo 31 zo mu mahanga. Prof Kalisa Mbanda uyobora Komisiyo y’amatora yavuze ko […]
from UMUSEKE http://ift.tt/2udKDex
No comments:
Post a Comment