By’agateganyo, Abanyarwanda bazatora ubu ni 6 888 592

Abanyarwanda baheruka mu gikorwa cy'amatora rusange mu 2015 aho batoye kuri 98% bemeza ivugurura ry'Itegeko NshingaKomisiyo y’igihugu y’amatora yatangaje kuri uyu mugoroba ko kuri listi y’itora by’agateganyo ubu hariho abanyarwanda 6 888 592 nubwo hakiri abakiyongera kuri uru rutonde. Biteganyijwe ko abari mu Rwanda bazatorera mu  biro by’itora bigera ku bihumbi 16 hari indorerezo 307 (zimaze kwiyandikisha) zirimo 31 zo mu mahanga. Prof Kalisa Mbanda uyobora Komisiyo y’amatora yavuze ko […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2udKDex

No comments:

Post a Comment