Abayobozi batse amafaranga bayitirira ayo gutera inkunga amatora bagiye kubiryozwa

Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu, Francis Kaboneka, yavuze ko abayobozi bo mu nzego z'ibanze batse amafaranga abaturage bababeshya ko ari ayo bagiye gukoresha mu gutera inkunga amatora ko bagiye kubibazwa.

- U Rwanda /

from IGIHE.com http://ift.tt/2vr07JJ
via IFTTT

No comments:

Post a Comment