Uwatutse Dr Frank Habineza ko ari Perezida w'Ingagi, yanamushinje gukora Jenoside

Nyuma y'aho Dr.Frank Habineza atutswe n'umuntu ku mbuga nkoranyambaga amugereranya n'ingagi ngo nizo yashobora kuyobora, Uyu mukandida yavuze ko yamaze kugeza ikirego cye mu nzego zibishinzwe ngo uwo muntu akurikiranwe kuko yanamugeretseho gukora jenoside.
Ibintu Habineza wamaze imyaka 15 muri FPR Inkotanyi avuga ko bigambiriye gutesha agaciro kandidatire ye.
Mu minsi ishize nibwo ukoresha izina rya Chantal Rouch ku rukuta rwa facebook yanditse agereranya Dr.Frank n'ingagi ko ari zo ngo (...)

- Mu Rwanda / , ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2sU4BXU
via IFTTT

No comments:

Post a Comment