Mark Corallo wari Umuvugizi w'itsinda ryunganira Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), Donald Trump, yasezeye ku mirimo ye nyuma yo kunanirwa kumvikana na bagenzi be ku buryo bitwara mu kibazo cy'u Burusiya.
- Mu Mahanga / HomeNewsfrom IGIHE.com http://ift.tt/2vqxix6
via IFTTT
No comments:
Post a Comment