Umugore witwa Olivia Nangonzi arwariye mu bitaro bya Namirembe mu mujyi wa Mukono aho ari kuvurwa ibikomere nyuma yo gukatwa ijosi n'umugabo we amuzizia ko yari yabonye Buruse yo kujya kwioa muri Amerika ibijyanye n'ubuvuzi.
Amakuru ava mu Karere ka Mukono mu gihugu cya Uganda avuga ko Musa Kisakye usanzwe ari umumotari nyuma yo kubwirwa n'umugore we ko ababyeyi be bamwandikishije kujya kwiga amasomo ajyanye n'ubuvuzoi muri Amerika yahise amukata ijosi.
Polisi ivuga ko Musa nyuma yo gukata (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2v7ZmZr
via IFTTT
No comments:
Post a Comment