Nshobora guhindura ikipe ariko kugaruka mu Rwanda ntibirimo- Emery Bayisenge

Gushaka uko yaguma ku rwego rwiza niyo mpamvu yatumye ajya gukorera imyitozo mu ikipe y'igihuguMyugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi Emery Bayisenge arahakana amakuru avuga ko yatangiye ibiganiro n’amakipe yo mu Rwanda APR FC na Rayon sports. Gusa kuba ikipe ye KAC de Kénitra yo muri Maroc yaramanutse mu kiciro cya kabiri bishobora gutuma ahindura ikipe. Mu gihe ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abakina imbere mu gihugu ikomeje imyiteguro y’imikino yo gushaka […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2uij5Et

No comments:

Post a Comment