Bamwe mu baturage bo mu karere ka Huye bavuga ko n'ubwo hashyizweho uburyo bwo kujuririra ibyiciro by'ubudehe bashyizwemo, bagikeneye kubonamo impinduka kuko n'ubundi kujurira ntacyo byatanze bikaba biri kubagiraho ingaruka zitari nziza mu mibereho yabo.
- U Rwanda / HomeNewsfrom IGIHE.com http://ift.tt/2uzrP7p
via IFTTT
No comments:
Post a Comment