Huye: Hari abakinyotewe no kubona impinduka mu byiciro by'ubudehe

Bamwe mu baturage bo mu karere ka Huye bavuga ko n'ubwo hashyizweho uburyo bwo kujuririra ibyiciro by'ubudehe bashyizwemo, bagikeneye kubonamo impinduka kuko n'ubundi kujurira ntacyo byatanze bikaba biri kubagiraho ingaruka zitari nziza mu mibereho yabo.

- U Rwanda /

from IGIHE.com http://ift.tt/2uzrP7p
via IFTTT

No comments:

Post a Comment