Gicumbi: Ngo aho batangiye gufashwa na ‘Word Vision’ imibereho yarahindutse

Abigishijwe kwihangira imirimo ubu bararya ifaranga bakura mu duseke babohaAbatuye mu mirenge ya Mukarange, Kaniga, Rushaki, Bwisigye na Shangasha yo mu karere ka Gicumbi baravuga ko mu myaka 17 bamaze bakorana n’Umuryango w’Abanyamerika witwa ‘Word Vision’ hari byinshi byahindutse mu mibereho yabo. Bavuga ko hari benshi bubakiwe inzu, abahawe inka, abigishijwe kwihangira imirimo babinyujije mu masomo y’imyuva, abandi bagafashwa kwishyurirwa abana babo amashuri. Nikobahoze […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2ugHfx8

No comments:

Post a Comment