Amerika yarwanyije ko RDC ihagararirwa mu kanama ka Loni kita ku burenganzira bwa muntu

Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Loni, Nikki Haley, yanenze ibihugu bya Afurika byashakaga ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ihagararirwa mu Kanama k' Umuryango w'Abibumbye gaharanira uburenganzira bwa muntu, avuga ko byaba ari ugukomeza kwenyegeza ikandamizwa ry'uburenganzira bwa muntu.

- Muri Afurika /

from IGIHE.com http://ift.tt/2vqFSvP
via IFTTT

No comments:

Post a Comment