Abasaga 120 bari batakiye Sena ko ibyo bize babuze aho babisabisha akazi, bagiye gusubizwa

Komisiyo y'Imibereho myiza y'abaturage, uburenganzira bwa muntu n'ibibazo by'abaturage, yagejeje ku nteko rusange uburyo yakurikiranye ikibazo cy'abanyeshuri bayiganyiye ko ibyo bize nta hantu babona bikenewe mu kazi.

- U Rwanda / ,

from IGIHE.com http://ift.tt/2vg7naG
via IFTTT

No comments:

Post a Comment