Gusebanya no kwihekura byakuwe mu ‘Itegeko’ rihana ibyaha, Gusinda byagaruwemo

Gusinda mu ruhame byari bisanzwe ari icyaha gihanwa mu ngingo ya 599, hari hifunjwe ko bivanwamo ariko Abadepite babigaruye mu mushinga w'Itegeko rihana*Ubushoreke no guta urugo byasubijwemo muri “penal code” Komisiyo ya Politiki yasuzumye uyu mushinga w’itegeko rihana ibyaha (penal code) mu Rwanda mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane yagejeje ku nteko rusanze y’umutwe w’Abadepite ibyavuye mu bugororangingo kuri uyu mushinga uherutse kwemerezwa ishingiro, iyi Komisiyo yavuze ko icyaha cyo gusebanya no kwihekura byakuwe muri uyu […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2DqYa3w

No comments:

Post a Comment