Byukusenge yatangaje inzozi yifuza gukabya mu mukino wo gusiganwa ku magare

Umukinnyi Byukusenge Patrick watwaye Rwanda Cycling Cup y'uyu mwaka yatangaje ko inzozi ze ari ugukina nk'uwabigize umwuga ndetse ari gukora cyane kugira ngo abashe kubigeraho.
Uyu musore ukinira ikipe ya Benediction y'I Rubavu,yatangarije The New Times ko ahorana inzozi zo kuzakina nk'uwabigize umwuga kandi ahora akora cyane kugira ngo abashe kubigeraho.
Yagize ati “Ndishimye cyane kuba negukanye Rwanda Cycling cup y'uyu mwaka, gusa ndifuza gukina nk'uwabigize umwuga kuko uzaba ari umugisha (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2CwXcTU
via IFTTT

No comments:

Post a Comment