Gukuramo inda biza bigenwa na Minisiteri y'Ubuzima aho kuba inkiko

Umwana utwite ubyifuje, ashobora gukurirwamo inda, nk'uko biteganywa n'ingingo ya 125 y'itegeko rigena ibyaha n'ibihano muri rusange ririmo kwemezwa n'inteko rusange y'umutwe w'abadepite. Gukuramo inda kandi bigiye kujya bigenwa n'iteka rya minisitiri ufite ubuzima mu nshingano aho kunyura mu nkiko nk'uko byakorwaga mbere.
Mu mpamvu zemewe kugira ngo umuntu wakuyemo inda ntakurikiranwe, harimo no kuba ari umwana. Gusa ingingo ya 126 ivuga ko uwo mwana abisabirwa n'abamufiteho ububasha bwa kibyeyi (...)

- Ubuzima /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2CpnTfS
via IFTTT

No comments:

Post a Comment