Nzamwita Vincent De Gaule yikuye ku rutonde rw'abahatanira kuyobora FERWAFA

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2017,Ubwo bari bateraniye mu nama rusange ya FERWAFA aho De Gaulle atangarije koko ko akuye kandidature ye ku rutonde rw'abahatanira kuba Perezida wa FERWAFA

Nzamwita De Gaulle wikuye ku rutonde rw'abahatanira kuyobora FERWAFA ahaye amahirwe Rwemarika Felicite bari batanye kuri uyu mwanya ubu akaba asigaye wenyine ndetse akaba ari butorwe mu matora araba kuri uyu wa Gatandatu tariki 30 Ukuboza 2017.
Aha bari mu nama rusange ari naho biteganyijwe ko hari bube amatora ya Perezida wa FERWAFA



from UKWEZI.COM http://ift.tt/2CnpPp1
via IFTTT

No comments:

Post a Comment