Dore bimwe mu bice by’umubiri w’abakobwa bikurura abasore benshi ku buryo BUTANGAJE.

Muri iyi minsi usanga abagabo batari bake bashyira mu majwi abakobwa babashinza kwiyambika nabi, ndetse bakavuga ko bibatera irari ryo kubifuza mu gihe bahuriye ahantu hatandukanye kandi nta gahunda yabyo bari bafite.Ibi abagabo babivugira ko hari bimwe mu bice by’imibiri y’abakobwa/abagore bigaragara hanze ndetse bigatuma babifuza kugeza n’ubwo bashaka gukorana nabo imibonano mpuzabitsina.

Ni muri urwo rwego twahisemo kubagezaho bimwe mu bice by’abakobwa biza ku isonga mu gutera irari ab’igitsina gabo cyane ku buryo bahita batekereza mu gitanda mu gihe babirabutswe.

1. Amabere: 

Amabere ni igice cyubashywe cyane ndetse kikaza ku myanya wa mbere gituma abagabo bagira irari cyane kuko iyo umukobwa cyangwa umugore ashyize amabere ye hanze abagabo benshi batangira kurabya indimi.

2. Amabuno: 

Amabuno nayo ni igice gikunze gukurura abagabo batari bake.Burya ngo abagabo bakunda amabuno ku buryo butangaje, iyo babonye umukobwa/umugore ufite amabuno manini ntabwo amaso amuvaho ndetse ngo bahita bifuza ko baryamana.

3. Amaguru:

Imiterere myiza y’amaguru y’abakobwa ari mu bice bishimisha abagabo kuko bakunda kuyitegereza cyane iyo umukobwa/umugore abanyuzeho.

4.Ibirenge:

Burya ngo abagabo benshi bishimira imimerere n’imiterere y’ibirenge by’abagore,Kenshi n’iyo umugabo ari kumwe n’umugore we ukunze gusanga amukorakora ku birenge.

5. Umusatsi:

Nk’uko ikinyamakuru Huffingtonpost kibivuga ngo burya umusatsi w’abakobwa/abagore nacyo ni igice gikundwa byimazeyo n’abagabo benshi. Ibi bikaba ari bimwe mu bituma abagore bita cyane ku musatsi wabo kugira ngo babashe kugarara neza imbere y’abagabo kandi banabishimire, dore ko benshi bemeza ko umusatsi agaragaza ubwiza bw’abakobwa.

6. Imiterere y’inda y’umugore:

Nk’uko ikinyamakuru Huffingtonpost gikomeza kibitangaza ngo abagabo bakunda ibice by’umubiri w’umugore bitandukanye byumwihariko imiterere y’inda. Burya ngo abagabo benshi bakunda cyane imitere y’inda z’abagore,ndetse ngo n’iyo bari kumwe nabo usanga abagabo banyurwa no gukorakora cyangwa kwitegereza  iki gice by’umwihariko umukondo.



from YEGOB|Entertainment News http://ift.tt/2DAMlaU
via IFTTT

No comments:

Post a Comment