De Gaulle yungukiye bikomeye mu gutsindwa kwa Rwemarika

Nzamwita Vincent [De Gaulle] yungukiye mu kuba umukandida umwe rukumbi wiyamamaje ku munsi w'ejo Rwemarika ataragejeje ku majwi yasabwaga kugira ngo abashe kuba perezida wa FERWAFA kuko agiye gukomeza kuyobora iri shyirahamwe mu gihe cy'amezi 3.
Ku munsi w'ejo nibwo byari byitezwe ko abakandida 2 Nzamwita Vincent De Gaulle bagomba guhatanira umwanya wo kuyobora FERWAFA mu matora,ariko uyu Nzamwita atungura benshi ubwo ykuragamo kandidatire ye habura amasaha 2 ngo amatora abe,aho bivugwa ko (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2C0kFM2
via IFTTT

No comments:

Post a Comment