Ikirwa cy'ubusambanyi cyatunguye benshi kubera ibikorwa by'urukozasoni bihabera[amafoto]

Mu gihugu cya Colombia hashyizweho agace kitwa ikirwa cy'ubusambanyi “Sex Island” gafasha abantu kurangiza umwaka mu byishimo aho haba huzuye indaya n'ibiyobyabwenge bitandukanye ndetse n'amoko atandukanye y'inzoga.
Kugira ngo winjire muri aka gace ugomba kwishyura ibihumbi 3,700 by'amapawundi aho bahita baguha indaya 2 ndetse wazirambirwa ukagurana n'abandi,ibintu byatangaje abantu benshi ndetse babazwa n'ibikorwa by'urukozasoni bihabera.
Abagana iki kirwa cy'ubusambanyi bamara iminsi 4 mu (...)

- Udushya

from Umuryango.rw http://ift.tt/2Emh3FL
via IFTTT

No comments:

Post a Comment