Royal TV yahagaritse ibiganiro byayo mu Rwanda

Bamwe mu bakozi ba Royal TV batufujwe ko amazina yabo atangazwa babwiye Umuseke ko baremeshejwe inama babwirwa icyemezo ko Televiziyo bakoreraga ifunzwe, bafite icyizere ko ibyo bari bemeranyijweho mu masezerano bizubahirizwa, intandaro yo gufunga ibikorwa ngo ni amikoro.
Saa tanu zibura iminota mike kuri uyu wa Kabiri ubuyobozi bwa Televiziyo yari imaze igihe gito ku isoko ryo mu Rwanda ya Royal TV bwakoresheje inama abakozi bayo bubamenyesha ko televiziyo ihagaritse ibiganiro byayo mu (...)

- Politiki /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2hbQuvT
via IFTTT

No comments:

Post a Comment