Huye: Perezida wa Sena yatashye umudugudu w' ikitegererezo uzatuzwa imiryango 20

Perezida wa Sena y' U Rwanda, Makuza Bernard, ubwo yatahaga ku mugaragaro umudugudu w' ikitegererezo mu karere ka Huye, umudugudu wubatse mu murenge wa Simbi mu kagari ka Kabusanza, yibukije ababubakiwe izi nzu ndetse n' abanyarwanda muri rusange ko bagomba kumva ko n' abo ibyiza bibagenewe ntibumve ko hari abandi bigenewe bo batabikwiye. Igikorwa cy'umuganda rusange harimwa ahazahingwa ubwatsi bw' inka zizahabwa abatuye muri uyu midugudu, ni cyo cyahujwe no gutaha inzu eshanu ziwugize. Imwe (...)

- Ubuzima / ,

from Umuryango.rw http://ift.tt/2fAjM3p
via IFTTT

No comments:

Post a Comment