‘Ntabwo u Rwanda rwigeze rutora itegeko ryo gukuramo inda'

Umuryango utari uwa Leta HDI uharanira ko abaturage bagira ubuzima buzira uvuga ko hari Abanyarwanda bumvise mu Rwanda hari ingingo zemerera umunyarwandakazi gukuramo inda bakagira ngo mu Rwanda hari itegeko ryo gukuramo inda nyamara ngo siko bimeze.
HDI ushima kuba muri 2012, igitabo cy' amategeko ahana ibyaha mu Rwanda cyaravuguruwe hakongerwamo ko Umunyarwandazi ashobora gukurirwamo inda igihe bibaye ngombwa.
Ingingo ya 166 mu gitabo cy' amategeko ahana ibyaha mu Rwanda niyo ifite ibika (...)

- Ubutabera /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2yfoi2C
via IFTTT

No comments:

Post a Comment