Nyarugenge: Batatu barafunze bakekwaho gukora impushya zo gutwara ibinyabiziga mpimbano

Polisi ikorera mu karere ka Nyarugenge yataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gukora no kugurisha impushya zo gutwara ibinyabiziga za burundu.
Nk'uko Polisi ikorera muri ako karere ibitangaza, aba bagabo bafatiwe mu kagari ka Biryogo, umurenge wa Nyarugenge mu karere ka Nyarugenge, ku italiki ya 26 Nzeli ,bafatanwa n'ibikoresho bitandukanye bifashishaga mu gukora izo mpushya.
Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, SP Emmanuel Hitayezu yavuze ko, nyuma yo guhabwa amakuru n'abaturage (...)

- Umutekano /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2xO3Rs9
via IFTTT

No comments:

Post a Comment