Rwanda: Indwara zitandura harimo izifata umutima n’imitsi zica benshi kurusha izindi

Kunywa itabi, inzoga nyinshi, kurya nabi no kudakora imyitozo ngororamubiri bituma Abanyarwanda bagera kuri 21% bapfa bazize indwara zitandura (umwijima, umutima, impyiko, diabetes n’zindi), abagera kuri 41% bazira indwara zifata umutima n’imiyoboro yawo nk’uko Prof Joseph Mucumbitsi abyemeza. Yabivuze ubwo yasobanuriraga abanyamakuru uko ikibazo cy’indwara zitandura kifashe mu Rwanda muri rusange ndetse n’izifata umutima n’imitsi […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2fDBkiU

No comments:

Post a Comment