*Hari iyari imaze imyaka itanu yibwe.
Polisi Mpuzamahanga, Interpol ishami ryo mu Rwanda yasubije imodoka eshatu zibwe Abanyafurika y’Epfo.
Uyu mupolisi wo muri Africa yahawe urufunguzo rw’imodoka ya Range Rover ya Sosiyete ikorera muri icyo gihugu yibwe
Mu modoka zasubijwe harimo iyari imaze imyaka itanu yibwe, n’indi yari imaze umwaka umwe yibwe.
Polisi y’igihugi ikangurira abantu kujya bashishoza igihe bagura imodoka zakoze.
Imodoka eshatu zibwe muri Africa y’Epfo zafatiwe mu Rwanda.
AMAFOTO @CallixteNDUWAYO/UMUSEKE
Inkuru turacyayikurikirana……
NDUWAYO Callixte
UMUSEKE.RW
from UMUSEKE http://ift.tt/2yn3pPF
No comments:
Post a Comment