Mu mafoto yakomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga, Perezida Kagame hari aho ari mu bikorwa bisanzwe bimenyerewe nk'iby'ubukerarugendo no kuruhuka, muri ibyo hakaba harimo imyidagaduro itandukanye ku mucanga wo ku mazi magari ku Gisenyi ndetse hari n'aho agaragara atwaye ubwato.
from UKWEZI.COM http://ift.tt/2wesSsm
via IFTTT
No comments:
Post a Comment