Ku kigamunsi cyo kuri uyu wa Kane abakuru b' ibihugu bitandukanye bakwiriwe ku kibuga cy' indege I Kanombe; bategereje kwitabira ibirori byo kurahira kwa mugenzi wabo Perezida w' u Rwanda Paul Kagame. Ibyo birori biteganyijwe kuri uyu wa Gatanu tariki 18 Kanama 2017.
Perezida wa Zambia Edgar Lungu
Benjamin Mkapa wahoze ari Perezida wa Tanzania
from Umuryango.rw http://ift.tt/2vMK89B
via IFTTT
No comments:
Post a Comment