Rwanda: Secondaire ya mbere muri Africa yigisha ibya Gasutamo irahiga gutangiza A1

Sebanani uyobora iri shuri avuga ko ryifuza kugira ikiciro cya A1 muri iri shami*Muri Africa, iyi program yigishwa muri Kaminuza yo muri Tanzania gusa, *Ahandi iri mu mashuri yisumbuye ni muri Sweden. College Doctrina Vitae ni ishuri ry’i Ndera mu karere ka Gasabo rifite ishami ryigisha amasomo y’imicungire y’imisoro na Gasutamo. Ni ryo shuri ryisumbuye rya mbere muri Africa ryatangije iri shami kuko ahandi riri ari muri Sweden. […]

from UMUSEKE http://ift.tt/2llfH5G

No comments:

Post a Comment