Niba wajyaga wibaza impamvu Perezida Museveni Yoweli wa Uganda akunda kwambara ingofero aho ari hose, ugiye gusubizwa kuko abikora agamije kwikingira izuba nk'uko yabibwiwe n'abana be.
Ubwo yasubiza ikibazo yari abajijwe mu inama yaberaga I Dubai ku nshuro ya kane yiga ‘ahazaza ha Afurika binyuze mu kuzamura ubufatanye bw'ibihugu no gushora imari'.Museveni yasubije impamvu akunda kwiyambarira ingofero.
Aganira na Sangu Delle uhagarariye ikigo cya Golden Palm Investments mu gihugu cya Ghana, (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2AOuwaU
via IFTTT
No comments:
Post a Comment