Byinshi ukwiye kumenya kuri CECAFA igiye kuba ku nshuro ya 39

Kuri iki cyumweru taliki ya 03 Ukuboza 2017,nibwo hagomba gutangira imikino ya CECAFA igomba kubera muri Kenya aho izitabirwa n'ibihugu icyenda birimo 8 byo muri aka karere k'Iburasirazuba na Libya yaje muri iri rushanwa nk'umutumirwa. CECAFA niryo rushanwa rishaje kurusha ayandi yose muri Afurika aho ryatangiye mu mwaka wa 1926 ryitwa Gossage Cup kubera ko ryaterwaga inkunga n'uruganda rwakoraga amasabune rwitwaga Gossage. Iri rushanwa ryitabirwaga n'amakipe 4 y'ibihugu Kenya,Uganda (...)

- Imikino

from Umuryango.rw http://ift.tt/2zGCKOi
via IFTTT

No comments:

Post a Comment