Dr Lisine Tuyisenge, Muganga w' abana mu bitaro bya CHUK
Inzobere mu buvuzi bw' indwara z' abana mu Rwanda zivuga ko muri iki gihe abana basigaye bagaragarwaho n' indwara zikomeye zirimo umutima, kanseri, n' izindi. Ababyeyi barasabwa kuvuza abana babo indwara zitarabarenga.
Ibi byatangarije mu nama y' iminsi ibiri ku buvuzi bw' abana iteraniye i Kigali yatangiye kuri uyu wa 14 Nzeli 2017.
Dr Lisine Tuyisenge, Umuganga w' abana mu bitaro bya CHUK, avuga ko mu myaka yashize indwara zagaragaraga (...)
from Umuryango.rw http://ift.tt/2wYmsSS
via IFTTT
No comments:
Post a Comment