Reba ibihugu bifite Passports zikomeye ku isi

Muri iki gihe abantu benshi bakunda kuzenguruka ibihugu bakenera ibyangombwa bibemerera kwinjira mu gihugu kimwe bajya mu kindi ,aho bitewe n'igihugu ukomokamo passport igufasha kwinjira byoroshye mu kindi. Hari ibihugu bifasha abaturage babyo kwambuka bajya mu buryo bworoshye bitewe ni umubano byubatse n'ibihugu Passport yabyo ikoramo. Umuryango wabateguriye ibihugu 10 bifite Passports zikomeye ku isi.
Ubu bushakashatsi bwakozwe mu bihugu 199 aho u Rwanda ruri ku mwanya wa 85 ku “isi” 10 (...)

- Amakuru /

from Umuryango.rw http://ift.tt/2wrkgPp
via IFTTT

No comments:

Post a Comment